Ibihugu bya Afurika nibyo byihishemo umubare munini w’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi
Ubushakashatsi bugaragaza ko ibihugu bya Afurika aribyo byihishemo umubare munini w’abakurikiranweho Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni mu gihe Leta ikomeje kunoza imikoranire n’ibyo bihugu mu gukurikirana abakekwaho ibyo byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi bakomeje kwihishamo. Byagarutsweho kuri uyu wa Gatanu, mu biganiro abayobozi muri Minisiteri yUbutabera bagiranye na Sena ku mbogamizi zikiri mu kugeza […]
Indege yari itwaye Perezida Mnangagwa yaburiwe ko hari bombe ziyitegereje isubira inyuma
Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yasubitse urugendo rwe rwerekeza I Victoria kubera kwikanga ibitero ku bibuga by’indege bitandukanye by’iki gihugu, nk’uko umuvugizi we George Charamba yabitangaje. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, taliki 01 Werurwe 2024, abayobozi b’ikibuga cy’indege cya Zimbabwe, Robert Gabriel International Airport, bohererejwe ubutumwa bwanyujijwe kuri imeri(email), buvuga ko hashobora guterwa […]
Abayobozi ba Rayon Sports ni abagome, barantereranye: Aruna Madjaliwa
Umurundi Aruna Moussa Madjaliwa yibasiye ubuyobozi bwa Rayon Sports, abushinja kumutererana bukanga kumuvuza ahubwo bugahitamo kumuteranya n’abafana. Uyu musore amaze igihe adakinira Rayon Sports, nyuma y’imvune y’agatsitsino yagize mu mwaka ushize wa 2023. Amakuru aturuka imbere muri Murera avuga ko ubuyobozi bw’iyi kipe bwifuje ko abagwa iyo mvune kugira ngo agaruke vuba, gusa we ahitamo […]
Yavanye amahembe y’inzovu muri Congo afatirwa mu Rwanda agiye kuyacuruza
Umugabo ufite ubwenegihugu bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatawe muriyombi n’inzego zishinzwe umutekano mu Karere ka Rusizi, azira gucuruza amahembe y’inzovu. Ni umugabo witwa Byamungu Kizungu Claude w’imyaka 39, yafatanwe amahembe y’inzovu afite ibice 41 bipima kg 81.5. Byamungu yafatiwe neza ku mupaka wa Bugarama, uhuza u Rwanda na Congo, akaba yarafashwe n’urwego rw’i […]
RIB yasubije abaturage telefoni zirenga 160 bari baribwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Werurwe 2024 rwashyikirije abaturage telefoni 167 bari baribwe. Ni igikorwa cyabereye ku Cyicaro Gikuru cy’uru rwego giherereye ku Kimihurura mu mujyi wa Kigali. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry, yasobanuye ko telefoni zasubijwe ba nyirazo 160 zari zaribwe mu bihe bitandukanye zigahindurirwa ibirango, […]
Ibyihebe byarituye inkambi ya Koulikouro abagera kuri 30 bahasiga ubuzima
Inkambi ya gisirikare ya Koulikouro, iherereye nko mu birometero 200 mu majyaruguru ya Bamako yerekeza ku mupaka wa Mauritania, yibasiwe n’igitero cy’iterabwoba cyahitanye abarenga 30. Ingabo zabyemeje mu itangazo rigenewe abanyamakuru, gusa nta mubare wanyawo zatangaje w’abantu bapfuye, ariko amakuru yatangajwe na RFI yemeza ko hapfuye abantu bagera kuri mirongo itatu. Igisirikare cyavuze ko mu […]
AFC/M23 bamaganye Tshisekedi ukomeje gukinira ku maraso ya Okende
Umutwe wa M23 wibumbiye mu Ihurirro ry’Impuzamashyaka ryiswe Alliance Fleuve Congo AFC, wamaganiye kure iperereza ry’Ubushinjacyaha bukuru ku rupfu rwa Okende bwagaragaje ko yiyahuye bemeza ko ibikomeje gukorwa ari ukumwica bwa kabiri. Chérubin Okende yabaye minisitiri wo gutwara abantu n’ibintu muri Congo akanaba umudepite muri icyo gihugu yapfuye ku wa 13 Nyakanga 2023, umurambo we […]
Muri Bangaladesh bari mu marira
Minisitiri w’ubuzima wa Bangaladesh avuga ko byibuze abantu 43 bapfuye nyuma y’umuriro wibasiye inyubako y’amagorofa arindwi. Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza ngo uyu muriro watangiriye muri resitora Kacchi Bhai , ahagana mu ma saa mbiri za mu gitondo 16h00 GMT) kuri uyu wa kane mu murwa mukuru Dhaka. Abantu 75 batabawe abandi bajyanwa mu bitaro.Abashinzwe kuzimya […]
U Burundi bukomeje kwitwaza u Rwanda mu rwego rwo guhuma amaso abaturage: Mukasi
Charles Mukasi wahoze ari umuyobozi w’ishyaka UPRONA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, yagaragaje ko ibirego leta y’iki gihugu imaze iminsi ishyira ku Rwanda nta kindi kibihatse kitari ugukinga abaturage ibikarito mu maso ngo batabona umwanya wo kwinubira ubuzima bubi babayemo. Kuva mu mpera z’umwaka ushize u Burundi bwakunze kwikoma u Rwanda, burushinja kuba ari rwo […]
Hassan Mwinyi wabaye Perezida wa Tanzania yapfuye
Ali Hassan Mwinyi wabaye Perezida wa Kabiri wa Tanzania, yapfuye kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Gashyantare afite imyaka 99 y’amavuko. Mwinyi yayoboye Tanzania imyaka 10, hagati ya 1985 na 1995. Mbere yaho yari yarabanje kuba Visi-Perezida wa Tanzania ndetse na Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu. Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan ni we […]
RDC:Iperereza ryagaragaje icyishe Okende wigeze kuba Minisitiri
Iperereza ryakozwe ku rupfu rw’umunyapolitiki Chérubin Okende wigeze kuba Minisitiri wo gutwara abantu n’ibintu muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ryagaragaje ko uyu mugabo ngo yiyahuye. Urupfu rwe rwamenyekanye taliki 13 Nyakanga 2023, ruza kwemezwa n’Umuvugizi wa Guverinoma ya DRC Patrick Muyaya. Kuri uyu wa Kane nibwo umushinjacyaha mukuru mu rukiko rw’Iremezo, Firmin Mvonde, yahamije […]
Ibibombe bibiri bivugwa ko ari ibya M23 byajegeje ibifaru bya SADEC hafi na Sake
Kuri uyu wa kane, tariki ya 29 Gashyantare 2024 i Sake, mu gace ka Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ibisasu bibiri bivugwa ko byatewe n’inyeshyamba za M23, byibasiye imodoka ibyiri za SADC ziri mu bwoko bw’ibifaru. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru afrik-info.cd, kivuga ko mu masaha ya saa 11h30 za […]
Hatangajwe umubare mbumbe w’abo muri hamas wahitanwe n’ibitero bya Israel
Minisiteri y’ubuzim irangajwe iyobowe na Hamas, ivuga ko ubu Abanyapalestina barenga 30.000 biciwe i Gaza kuva ku ya 7 Ukwakira 2023. Uyu mubare uhwanye na 1,3% by’abaturage miliyoni 2.3 batuye kuri ubu butaka. Minisiteri ivuga ko benshi mu bishwe ari abagore n’abana. Umubare nyawo w’abapfuye ushobora kuba mwinshi cyane kubera ko harimo abatigeze bagera mu […]
Abaduteye ni bene wacu, ni abana bacu: Gen Ndirakobuca ku gitero cya RED-Tabara
Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Lt Gen Gervais Ndirakobuca, yagaragaje ko abarwanyi b’umutwe wa RED-Tabara uheruka kugaba igitero mu Burundi ari abaturage ba kiriya gihugu; bitandukanye n’ibivugwa na Perezida Evariste Ndayishimiye umaze igihe abitirira u Rwanda. Ndirakobuca yabitangaje ku wa Gatatu w’iki cyumweru ubwo yari ahitwa i Gihanga, aho aheruka guhurira n’abagize inzego z’ubuyobozi ndetse n’iz’umutekano. […]
Paul Pogba yahagaritswe imyaka 4 adakina umupira w’amaguru
Umufaransa Paul Pogba ukinira Juventus yo mu Butaliyani, yahagaritswe kumara imyaka ine atagaragara mu bikorwa by’umupira w’amaguru azira gukoresha imiti imwongerera imbaraga. Pogba yari amaze amezi atanu yarahagaritswe by’agateganyo, nyuma yo gupimwa agasangwamo ikigero kidasanzwe cy’imisemburo yongera imbaraga za kigabo izwi nka “testosterone”. Ikigo gishinzwe kurwanya Ibiyobyabwenge mu Butaliyani (NADO) ni cyo cyamupimye muri Nzeri […]
Cristiano yaciwe ibihumbi by’amadorari azira ibyo yakoreye abafana
Cristiano Ronaldo ubarizwa mu ikipe ya AL Nassr yafatiwe ibihano birimo guhagarikwa umukino umwe no gucibwa amande nyuma y’igikorwa kigayitse yakoze. Uyu munye Portugal arirenza umukino wo kuri uyu wa Kane, nyuma y’uko abafana baririmbye Messi na we akabasubiza agaragaza ikimenyetso gifatwa nk’urukozasoni ku buryo kitemewe muri Arabie Saoudite. Byabaye mu mukino w’umunsi wa 21 […]
N.Kivu:Lt-Col Guillaume Ndjike Kaiko yatagatifuje Wazalendo
Abaturage ba Goma bamaze iminsi bavuga ko batewe impungenge z’umutekano mucye baterwa n’urubyiruko rwa Wazalendo bakorera mu kwaha kwa FARDC ariko ugasanga ijwi ryabo ritagera kure bitewe n’uburyo uru rubyiruko rufite ijambo. Uretse na Wazalendo, abaturage bakunze kuvuga ko n’abasirikare ubwabo bazambya umutekano wabo bityo ugasanga bamwe barameneshejwe abandi bakicwa. N’ubwo bavuga ibi ariko, ntibahuza […]
Tchad: Ukuriye ‘opozisiyo’ yishwe nyuma ya coup d’état yapfubye
Abanya-Tchad benshi barimo n’uwari ukuriye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu, bishwe nyuma y’igitero cyagabwe ahakorera urwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu i Ndjamena. Byabaye ku wa Gatatu tariki ya 28 Gashyantare. Guverinoma ya Tchad yashinje abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwayo kuba ari bo bari inyuma y’icyo gitero. Minisitiri w’Itumanaho muri iki gihugu, Abderaman Koulamalla, yavuze ko […]
Umuturage aryame asinzire yiyorose ushobora kurota arote- RDF
Igisirikare cy’u Rwanda cyamaze amanga abaturarwanda ko bakwiye kuryama bagasinzira kuko umutekano uhari kandi wuzuye. Byatangajwe n’Umuvugizi wungirije w’Igisiriare cy’u Rwanda (RDF) Lt Col Simon Kabera, mu kiganiro Waramutse Rwanda cya RBA cyo kuri uyu wa Kane.Yasabye abaturage kudahangayikishwa n’abavuga ko bazahungabanya umutekano w’Igihugu kuko gifite ubushobozi n’ubushake bwo kukirinda. Ati”Umuturage aryame asinzire yiyorose ushobora […]
Ghana:Umuntu wese uzajya avuga ko ari umutinganyi azajya afungwa imyaka itatu
Inteko ishinga amategeko ya Ghana ivuga ko umunshinga wo kunonosora itegeko rihana abatinganyi warangiye ku buryo umuntu wese uzajya yiyita cyangwa akagaragaza ko ari umutinganyi azajya abihanirwa. Uwo mushinga w’itegeko unashyiraho igihano cyo kuba wafungwa kugeza ku myaka itanu igihe uhamwe no gushinga cyangwa gutera inkunga amatsinda y’abatinganyi, banazwi nk’aba LGBTQ+. Abadepite bashwishurije amagerageza yo […]
Abatumiza hanze Serivisi zitaboneka mu Rwanda ntibazajya bishyura TVA
Abashoramari batumiza cyangwa bazana mu Rwanda serivisi zitahabarizwa bakuriweho TVA. Byagarutsweho na Bwana komiseri Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, Pascal Bizimana Ruganintwali, aho yizeje ko abazajya abatumiza mu mahanga, serivisi zitaboneka mu Rwanda batazajya bishyura umusoro ku nyongeragaciro, TVA. Ibi n’ubusanzwe bikubiye mu Iteka rya Minisitiri rigena uburyo bwo gusaba uruhushya rwo kugura serivisi […]
Héritier Luvumbu yabonye ikipe nshya
Umunye-Congo Héritier Luvumbu Nzinga wahoze akinira Rayon Sports, yamaze kwerekeza muri AS Vita Club y’iwabo. Ku wa Gatatu tariki ya 28 Gashyantare ni bwo uyu mukinnyi yasinye imbanzirizamasezerano yo gukinira iriya kipe mu mwaka utaha w’imikino wa 2024/25. Uyu mukinnyi ugikurikiranwe n’ibihano by’amezi atandatu yafatiwe na FERWAFA, yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yavuze ko atari we […]
Intabaza kuri MONUSCO yahuje imbaraga na FDLR
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ryatabaje akanama gashinzwe umutekano mu muryango w’Abibumbye, rigasaba kwamagana ubutumwa bw’uriya muryango bwo kugarura amahoro muri RDC (MONUSCO) ku bwo guhuza imbaraga n’imitwe irimo uwa FDLR. AFC yatanze iyo ntabaza biciye mu itangazo ryasohowe na Lawrence Kanyuka uyivugira mu bya Politiki. Ati: “AFC irahamagarira akanama gashinzwe umutekano k’Umuryango w’Abibumbye kwamagana […]
Munyenyezi yasabiwe gufungwa burundu asaba urukiko kutazira umuryango yashatsemo
Beatrice Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yasabiwe gufungwa ubuzima bwe bwose , ahita asaba urukiko kutazira umuryango yashatsemo. Yabivuze ubwo yasabwaga n’urukiko kugira icyo avuga kuri icyo gihano Ubushinjacyaha bwari bumaze kumusabira.Yavuze ko abamushinja Jenoside ari ugushaka kumuharabika. Imbere y’urukiko kuri uyu wa gatatu, taliki 28 Gashyantare 2028 , Munyenyezi n’abamwunganira […]
Cyera kabaye Shakib yavuze ku itandukana rye na Zari
Mu ntangiro z’iki cyumweru nibwo hacicikanye amakuru y’itandukana rya Zari n’umugabo we Shakib Lutaaya ndetse binavugwa ko umuhanzi Diamond Platinumz ariwe ubiri inyuma. Byatangiye gushyuha ubwo hashyirwaga hanze amashusho Zari arikumwe na Diamond bafatanye agatoki ku kandi.Aya mashusho yariye Shakib afata umwanzuro wo gutandukana na Zari n’ubwo we yatangaje ko amakimbirane yabo yatangiye mu mpera […]
Tshisekedi yagiye gusabira u Rwanda ibihano mu Bubiligi
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye u Bubiligi gufatira ibihano u Rwanda ashinja gushoza intambara ku gihugu cye. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Gashyantare ni bwo Tshisekedi yageze i Bruxelles, yakirwa na Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo. Aba bombi baganiriye ku ngingo zitandukanye […]
Ambasaderi w’Ubufaransa muri Uganda yijanditse mu bibazo by’u Rwanda na Congo
Ambasaderi w’Ubufaransa muri Uganda, Xavier Sticker, yatangaje ko umutwe wa M23 uterwa inkunga n’u Rwanda ndetse ko ingabo zarwo ziri ku butaka bwa Kongo. Ambasaderi Xavier avuga ko M23 igomba guhagarika imirwano ako kanya kandi ikava mu turere twose irimo, hakurikijwe ibyemezo byafashwe mu biganiro by’i Luanda,ikindi kandi u Rwanda rugahagarika inkunga rwayigeneraga. Ati: “Turahamagarira […]
Amavubi agiye kwipima n’ibihugu 2
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, irateganya gukina imikino ibiri ya gicuti mu kwezi gutaha kwa Werurwe. Amavubi azakina umukino wa mbere ku wa 18 Werurwe ahura na Madagascar, mu mukino uzabera i Antananarivo. Nyuma y’iminsi 10 Amavubi azahurira mu wundi mukino na Sylli National ya Guinée-Conakry. Umutoza Frank SPITTLER utoza Amavubi y’u Rwanda, ni we wasabye iyi […]
Bamwe mu baturage bo muri Rubavu na Rutsiro bahunze inzara
Mu murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu no mu wa Nyabirasi ho mu Karere ka Rutsiro,hari abaturage bavuga ko hari abatangiye guhunga inzara bitewe n’imbuto y’ibigori bahawe ikanga kwera. Aba baturage bavuga ko imbuto y’ibigori bahawe muri gahunda ya ‘Smart Nkunganire’ yanze kwera, none inzara ikaba ibageze ahabi, ku buryo hari n’abasuhutse.Bakimara guhabwa iyo […]
U Burusiya bwaburiye NATO ko iri kwegera umurongo utukura
Guverinoma y’u Burusiya yaburiye ibihugu byo mu muryango wa NATO ko nibiramuka byohereje ingabo muri Ukraine, intambara ishobora guhita irota hagati y’uriya muryango n’u Burusiya. U Burusiya bwaburiye NATO nyuma y’uko ku wa Mbere w’iki cyumweru Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko ibihugu by’incuti za Ukraine byiteguye gukora ibishoboka byose ngo u Burusiya butsindwe […]
Tshisekedi yemereye Lourenà§o kuba yahura na Perezida Kagame
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemereye mugenzi we Joà£o Lourenà§o wa Angola ko asa n’uwiteguye guhura na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda bakagirana ibiganiro. Ku wa Kabiri tariki ya 27 Gashyantare Tshisekedi yari i Luanda muri Angola, mu ruzinduko yari yagiye kubonaniramo na Perezida Lourenà§o usanzwe ari umuhuza mu bibazo […]
80% by’Abanyamerika bashyigikiye Israel mu ntambara na Hamas-Netanyahu
Ikusanyabitekerezo rigaragaza ko ngo abaturage ba Amerika bashyigikiye ko Israel itsinda intambara ibahuje na Hamas. Byagarutsweho na Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu aho yavuze ko ukuntu igihugu cye gishyigikiwe n’abaturage muri Amerika bizagifasha kurwana kugeza ku ntsinzi yuzuye. Netanyahu yasubiyemo ibyo mu bushakashatsi bwagaragajwe n’ibiro ntaramakuru Associated Press n’ikigo NORC, ryasanze muri Mutarama (1) […]
Mu gihe cy’itumba hateganyijwe imvura iruta isanzwe igwa muri icyo gihe
Mu Rwanda hateganyijwe imvura iruta isanzwe igwa mu gihe cy’itumba bityo abaturarwanda bakaba basabwa kuzigengesera. Byatangajwe n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyateguje abaturarwanda ko Itumba rya 2024 [Werurwe, Mata, Gicurasi] hateganyijwe imvura iri hejuru gato y’isanzwe igwa muri iki gihe . Iyi mvura izaba iri hagati ya milimetero 200 na milimetero 700.By’umwihariko […]
Gen. Patrick Nyamvumba yahawe imirimo mishya
Gen. Patrick Nyamvumba wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, yatanzwe n’u Rwanda nka Ambasaderi ugomba kuruhagararira muri Tanzania. Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kabiri tariki ya 27 Gashyantare iyobowe na Perezida Paul Kagame ni yo yamugennye kuri ziriya nshingano. Mu gihe Tanzania yaramuka imwemeje, Gen. Patrick Nyamvumba wanigeze kuba Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu […]
Huye:Babiri barimo Rtd Mjr bahamwe n’ibyaha bijyanye n’ikirombe cyaguyemo 6
Mu mwaka kuwa 19 Mata 2023, nibwo hacicikanye inkuru y’ikorombe cy’amabuye y’agaciro cyahitanye abantu batandatu mu karere ka Huye mu Kagari ka Gahana ho mu Murenge wa Kinazi, ariko gutahura nyiracyo biza kuba ingume. Nyuma inzego zitandukanye zirimo iz’Ubugenzacyaha zaje gukurikirana abaketseho ko bafitanye isano mu bucukuzi bw’icyo kirombe bidatinze abagera kuri batanu baza gutabwa […]
U Burusiya bwatangaje umubare uremereye w’abasirikare ba Ukraine bumaze kwica
Igisirikare cy’u Burusiya cyatangaje ko mu myaka ibiri ishize kimaze kwica abasirikare ba Ukraine babarirwa muri 444,000. Byatangajwe na Minisitiri w’Ingabo z’u Burusiya, Sergey Shoigu, ubwo yari mu nama n’abagize inama nkuru y’Igisirikare cy’u Burusiya i Moscou. Shoigu yavuze ko mu myaka ibiri ishize byibura Ukraine itakaza abasirikare 800 ku munsi ndetse n’intwaro z’amoko atandukanye […]
Apôtre Yongwe yasabiwe gufungwa imyaka itatu
Umuvugabutumwa akaba n’intumwa Apôtre Yongwe yasabiwe gufungwa imyaka itatu no gutanga ihazabu ya miliyoni 5frw. Ubushinjacyaha bwasabiye Yongwe iki gihano nyuma y’uko akurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.Iburanisha ryabereye ku rukiko rw’ibanze rwa Gasabo kuri uyu wa 27 Gashyantare 2024. Yongwe yaburanye yemera ibyaha Ubushinjacyaha bumukurikiranaho ariko akavuga ko abisabira n’imbabazi. Ati “Icyaha […]
Musanze: Nyirakabera arataka inzara nyuma yo ‘kunyagwa’ n’abahungu be inzu zakamutunze

Nyirakabera Elizabeth wo mu kagari ka Kigombe ho mu murenge wa Muhoza w’akarere ka Musanze, arasaba kurenganurwa nyuma yo kunyagwa n’abahungu be inzu ebyiri zakabaye zimutunga. Uyu mukecuru w’imyaka 89 unasanzwe afite ubumuga (bamusunika mu kagare) avuga ko ikibazo afite cyatangiye mu myaka hafi ibiri ishize, ubwo hubakwaga umwe mu mihanda ya kaburimbo mishya iri […]
Abanyanyagiza amafaranga ku bantu bashobora kujya bisanga mu maboko ya RIB
Mu birori bitandukanye by’umwihariko mu bukwe cyangwa ahateraniye imbaga, usanga hari abantu bakunda kubanyanyagizaho amafaranga bashaka kugaragaza ko bishimye cyangwa se gutanga ubufasha ariko binyuze muri ubwo buryo. Ibi akenshi usanga bikunda gukorwa n’ibyamamare bitandukanye ariko ugasanga hari ababigaragaza mu rwego rwo kwiyerekana no kwiyemera ko ari abatunzi . Uku kuyanyanyagiza ku bantu cyangwa abahanzi […]
Kagame ararengana, Tshisekedi ni we kibazo: Jean Jacques Mamba
Depite Jacques Mamba uheruka kwiyunga ku ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, yagaragaje ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi ari we nyirabayazana y’ibibazo by’umutekano muke wo mu burasirazuba bwa RDC aho kuba Perezida Paul Kagame amaze igihe yikoma. Ku wa Mbere tariki ya 26 Gashyantare ni bwo Mamba wahoze ari umuvugizi w’ishyaka MLC rya […]
Bernard Ntaganda yiteguye ko n’akurwaho ubusebwa azahangana mu matora ya Perezida
Umunya Politiki Ntaganda Bernard akaba nyiri ishyaka P S Imberakuri ku ruhande rw’igice kitaremerwa nk’ishyaka, ngo yiteguye ko n’ahanagurwaho ubusembwa bw’igifungo yamaze muri gereza yiteguye guhangana mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Mu itangazo Ntaganda yashyize hanze kuri uyu wa Mbere taliki 26 Gashyantare 2024, yavuze ko mu 2019 yandikiye urukiko arusaba kumukuraho […]
Tuzakora ibishoboka byose kugira ngo u Burusiya butsindwe iyi ntambara: Macron
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yatangaje ko igihugu cye n’inshuti zacyo biteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo u Burusiya butsindwe intambara bumaze imyaka ibiri buhangayemo na Ukraine. Yabitangarije mu biro bye mu ijoro ryacyeye, ubwo yatangizaga inama y’Abakuru b’ibihugu byo ku mugabane w’u Burayi yaberaga i Paris. Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa (AFP) byasubiyemo amagambo ye avuga […]
Ni gute igisirikare kitarinda amashu cyashobora M23?Julius Malema yongeye kwinigura
Umunyapolitiki Julius Malema ukuriye ishyaka rya EFF ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Cyril Ramaphosa ,Perezida wa Afurika y’Epfo, yanenze ishyaka rya ANC riyoboye igihugu, ko ryangije igisirikare cy’iki gihugu kugeza n’ubwo kitapfa no kurinda umurima w’amashu. Yavuze ko kuba iki gihugu cyarafashe icyemezo cyo kohereza izi ngabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gufatanya n’iza SADC […]
Biden yatangaje agahenge k’intambara hagati ya Israel na Hamas
Umukuru w’Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden atangaza ko mu Cyumweru gitaha hitezwe agahenge hagati ya Israel na Hamas. Biden ashingira ku biganiro biherutse kuba hagati y’izi mpande zombi byabereye mu muri Qatar. Biden yagize ati: “Umujyanama wanjye mu by’umutekano w’igihugu ambwira ko turi hafi [kugera ku gahenge].” Ni nyuma y’uko Israel […]
RDC yahamagaje Ambasaderi wa Algeria kubera uruzinduko rwa Gen Chanegriha mu Rwanda
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahamagaje Ambasaderi wa Algeria i Kinshasa, kugira ngo atange ibisobanuro ku ruzinduko Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cye aheruka kugirira mu Rwanda. Ku wa Mbere tariki ya 26 Gashyantare ni bwo Ambasaderi Mohamed Yazid Bouzid yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa RDC, Christophe Lutundula. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya RDC […]
Ibyo kwa Zari imbwa zabirwaniyemo , Shakib yivumbuye yisubirira i Bugande
Ibintu ntibyifashe neza mu rugo rwa Zari n’umugabo we Shakib Lutaaya nyuma y’uko hasohotse amashusho y’uyu mugore arikumwe na Diamond Platinumz bafatanye agatoki ku andi mu gihugu cya Afurika y’Epfo. Aya mashusho yateje ikibazo hagati ya Zari na Shakib ndetse byanavuyemo gutuma batandukana by’igihe gito.Bivugwa ko uyu mugabo yaba yanivumbuye akaba yisubiriye i Bugande aho […]
Dipolomasi y’inka: Museveni yakiriye Ruto na Odinga mu rwuri rwe
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yakiriye mugenzi we William Ruto wa Kenya na Raila Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, bagirana ibiganiro. Museveni abinyujije ku rubuga rwe rwa X, yatangaje ko ibiganiro bye na bariya bagabo bombi basanzwe badaca uwaka byibanze “ku ngingo zifitiye inyungu” Kenya na Uganda. Ni ibiganiro byahereye mu rwuri rwa Museveni […]
Perezida Kagame yagenewe ubutumwa na Gen. Al Burhan uyoboye Sudani
Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Gashyantare, yakiriye mu biro bye Visi-Perezida w’inama ya gisirikare iyoboye Sudani mu buryo bw’inzibacyuho, Malik Agar. Agar n’itsinda ry’intumwa yari ayoboye bashyikirije Perezida Kagame ubutumwa yagenewe na Abdel-Fattah Al Burhan Abdelrahman uyoboye Sudani mu buryo bw’inzibacyuho. Perezidansi y’u Rwanda ni yo yemeje […]
NEC yongeye gutanga umucyo ku mpamvu amatora y’umukuru w’Igihugu yahujwe n’ay’Abadepite
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora NEC , yongeye gusobanura impamvu nyamukuru yatumye amatora y’umukuru w’Igihugu ahuzwa n’ay’Abadepite. NEC ivuga ko impamvu yo guhuza aya matora ari uburyo bwo kugabanya ingengo y’imari yagombaga kugendera kuri buri cyiciro. Byasobanuwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa, tariki ya 25 Gashyantare 2024, ubwo yari mu Kiganiro Dusangire Ijambo cyo […]
Ngoma:Baratabaza umuhisi n’umugenzi kubera ibura ry’akaboga karimo na mushikaki
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Kibungo mu Karere ka Ngoma, baratabaza umuhisi n’umugenzi bavuga ko batakibona inyama bitewe n’amabwiriza yashyizwe ku mabagiro muri uyu murenge. Bavuga ko nyuma y’uko hafunguwe ibagiro ry’inyama rya Kibungo bumvaga ko rigiye koroshya ikiguzi cyazo (inyama) no gutuma babasha kuzigondera ku bwinshi, ariko ngo batunguwe n’uko bamwe iri […]
Depite Mamba wahoze ari umuvugizi w’ishyaka rya Bemba yahuje amaboko na M23
Depite Jacques Mamba wahoze ari umurwanashyaka w’ishyaka MLC rya Jean Pierre Bemba, yinjiye mu ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23. Mamba yemeje ko yinjiye muri ririya huriro riyobowe na Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa Komisiyo y’amatora muri RDC, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 26 Gashyantare 2024. […]
Congo ni igihugu gifite umuyobozi udashyitse mu mutwe no muri Politiki -Me Uwizeyimana
Senateri Uwizeyimana Evode asanga Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kidafite umuyobozi wuzuye (unfit) mu mutwe no muri politiki bishingiye ku bikomeje gukorerwa muri iki gihugu. Yabigarutseho mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 26 Gashyantare 2024, mu kiganiro waramutse Rwanda gica kuri RTV, aho yabonaye ko bitewe n’akajagari kabarizwa muri Congo, ari […]
RED-Tabara yigambye kwicira abasirikare b’u Burundi mu gitero cy’i Buringa
Umutwe wa RED-Tabara wigambye igitero cyaraye cyigabwe mu Burundi, uvuga ko wacyiciyemo abasirikare batandatu ba kiriya gihugu. Ni igitero cyagabwe muri Zone Buringa ho muri Komine Gihanga, mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 25 Gashyantare 2024. RED-Tabara ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X, yemeje ko yacyiciyemo abasirikare batandatu ndetse inagitwikiramo ibiro by’ishyaka CNDD-FDD riri […]
Tshisekedi mbere yo kurasa Kigali akwiye kubanza kurasa Bunagana: Senateri Evode
Senateri Uwizeyimana Evode yatangaje ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa RDC ubwo yatangazaga ko azarasa i Kigali na we yari azi neza ko atabishobora, gusa ahitamo kubitangaza nk’iturufu yo kugira ngo yibonere amajwi. Mu cyumweru gishize ni bwo Tshisekedi yisubiye ku isezerano ry’uko azashoza intambara ku Rwanda yari yarahaye abanye-Congo, avuga ko icyo ashyize imbere […]
Abayobozi batanga impushya zo kubaka mu buryo bwa balinga bararye bari menge
Mu gihe hari bamwe mu baturage bitwikira amajoro bakubaka inzu mu buryo bunyuranyije n’amategeko bibwira ko baciye ubuyobozi mu rihumye, bagirwa inama ko uzajya afatwa azajya abiryozwa. Minisiteri y’ibidukikije iburira abayobozi batanga ibyangombwa byo kubaka bitujuje ubuziranenge birengagije imikoreshereze y’ubutaka ko hari ibihano bibategereje kandi biremereye. Ni mu gihe hari abaturage bagaragaza ko kuba umuntu […]
Rayon Sports yapfushije umufana w’imena
Uwimana Mariam ‘Mama Hussein’ wari umukunzi w’imena wa Rayon akaba n’umwe mu bigeze kuba muri komite yayo, yapfuye. Inkuru y’urupfu rwa Mama Hussein wari usanzwe ari umuyobozi wa Fan Club yitwa Ururembo Diaspora yamenyekanye mu ijoro ryacyeye. Rayon Sports yifashishije urubuga rwayo rwa X iri mu bamubitse. Iti: “Uwimana Mariam (Mama Hussein) wahoze muri Komite […]
Ubudage:Umuntu uzajya ashaka kunywera urumogi mu ruhame azajya yimara ipfa
Mu gihe ibihugu bitandukanye kunywa usanga gukoresha urumogi bihanirwa n’amategeko, mu Budage ho siko bimeze kuko uzajya ashaka no kurunywera mu ruhame azajya ahabwa ubwisanzure. Byashimangiwe n’Inteko Ishinga amategeko y’iki gihugu aho yashyigikiye itegeko rishya ryemera kunywa urumogi mu ruhame. Muri iri tegeko, abarengeje imyaka 18 bemerewe ingano y’urumogi ariko hari amabwiriza agendanye no kurugura. […]
Zelensky yatangaje umubare w’abasirikare be bamaze kwicirwa mu ntambara ya Ukraine n’Uburusiya
Mu gihe intambara y’Uburusiya na Ukraine ikomeje hagakomeza gukwirakwiza imibare y’abasirikare ba Ukraine bamaze gupfa ariko ntivugweho rumwe, kurubu Zelensky yatangaje umubare nyawo wabamaze kubura ubuzima. Ni imibare yatangajwe na Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky agirango akureho urujijo n’ibihuha avuga ko bikwirakwizwa n’Uburusiya. Avuga ko abasirikare 31,000 ba Ukraine bamaze kwicirwa mu gitero gisesuye Uburusiya […]
Nigeria: Igisirikare cyasubije abaturage bamaze iminsi bagisaba gukora Coup d’état
Igisirikare cya Nigeria cyateye utwatsi icyifuzo cya bamwe mu baturage b’iki gihugu bamaze iminsi bagisaba guhirika Perezida Bola Tinubu ku butegetsi. Ku mbuga nkoranyambaga abanya-Nigeria bamaze iminsi bahamagarira igisirikare gukora Coup d’état, nyuma y’uko iki gihugu cyugarijwe n’ikibazo cy’ubukungu bwacyo bukomeje kuzamba. Umugaba Mukuru w’Ingabo za Nigeria, Gen Christopher Musa mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, yavuze […]
T.du Rwanda:Itamar Einhorn watwaye agace ka kabiri yatwaye n’akakarindwi
Itamar Einhorn ukinira Israel-Premier Tech ni we wegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda kavuye mu Rukomo gasorezwa Kayonza no Uyu munyonzi yanatwaye agace ka kabiri kamuhesheje guhita anaba uwa mbere utwaye uduce tubiri muri iri siganwa ry’uyu mwaka rimaze iminsi irindwi rikinwa. Abakinnyi 74 bahagurutse i Rukomo, bakomeje guhatana mu mihanda ya Gicumbi-Kayonza, […]