Huye: Arashinjwa kwica mukuru we amuziza ibiceri 250Frw

Umugabo w’imyaka 28 utuye mu Mudugudu wa Rusasa, Akagari ka Nyakibungo, Umurenge wa Gishubi, mu Karere ka Gisagara ushinjwa kwica mukuru we bapfuye ibiceri 250Frw. Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye, buvuga ko ku itariki ya 31 Ukuboza 2025 saa kumi nâimwe zâumugoroba yakubise intebe mu gahanga mukuru we ufite imyaka 40 bikamuviramo gupfa. Mu […]
Niba mutanakunda Tshisekedi mukunde Congo – Muyaya

Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick Muyaya, arahamagarira abaturage ba Kongo gushyira ku ruhande ibyo batandukaniyeho muri politiki no kwerekana ko bakunda igihugu cyabo mu gihe cy’ibyo yita “ubushotoranyi bw’u Rwanda ndetse n’abaruhagarariye AFC/M23”. Minisitiri wâitumanaho nâitangazamakuru, akaba n’umuvugizi wa guverinoma yari yakiriwe mu kiganiro “Tubwire ukuri,” kiyobowe na ĂlysĂ©e Odia, agaragaza ko nubwo ubutegetsi […]
Niba Tshisekedi adashaka ibiganiro tuzabitegura adahari – Lamuka

Prince Epenge, Umuvugizi wâihuriro Lamuka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri RDC, yagaragaje aho ishyaka rye rya politiki rihagaze nyuma yâibyo yavuze ko ari “amayeri yâubutegetsi bwa Tshisekedi” bugamije guhagarika imitunganyirize yâibiganiro hagati yâabanyagihugu kandi birimo abantu bose kugira ngo bakemure ikibazo cyâumutekano kibangamiye uburasirazuba bwa DRC. Ibi Epenge yabitangaje muri videwo yasangijwe ku mbuga nkoranyambaga kuwa […]
Kenya: Yajyanwe mu rukiko azira amashusho ya Perezida Ruto yakozwe na AI

Muri Kenya, umunyamuryango wa sosiyete sivile kuwa Mbere, itariki ya 5 Mutarama 2026, yagejejwe mu rukiko kubera gushyira ahagaragara amashusho ya Perezida William Ruto yakozwe hifashishijwe AI. Harrison Mumia, perezida wâumuryango utemera Imana muri Kenya, arashinjwa gutangaza “amakuru y’ibinyoma.” Uyu wari ufunzwe kuva kuwa Gatanu, itariki ya 2 Mutarama, yarekuwe by’agateganyo nyuma yo gutanga ingwate […]
CAR: Perezida Touadera yatsindiye indi manda

Perezida wa Repubulika ya Centrafrica, Faustin Archange Touadera, yatsindiye manda ya gatatu mu matora yo mu kwezi gushize, nk’uko ibyavuye mu matora by’agateganyo bibigaragaza. Ibyavuye mu matora by’agateganyo byashyizwe ahagaragara nâubuyobozi bushinzwe amatora mu masaha akuze kuri uyu wa Mbere ushize, byerekana ko Touadera yabonye amajwi 76.15%, mu gihe abitabiriye amatora bagera kuri 52%. Abakandida […]
New York: Perezida Maduro yoherejwe mu rukiko

Umuyobozi washimuswe w’igihugu cya Venezuela, Nicolas Maduro nâumugore we kuri uyu wa Mbere baritaba urukiko i New York ku byaha bifitanye isano nâibiyobyabwenge, mu gihe Perezida Donald Trump ashimangira ko Amerika ubu ari yo igenzura Venezuela. Perezida w’agateganyo wa Venezuela, Delcy Rodriguez, arahamagarira umubano “ushyira mu gaciro kandi w’ubwubahane” na Washington mu gihe cy’inzibacyuho. Trump […]
Uganda: Itangazamakuru ryabujijwe gutangaza live imyigaragambyo mu gihe cy’amatora

Kuri uyu wa Mbere, Guverinoma ya Uganda yavuze ko bibujijwe gutangaza imbonankubone “imyigaragambyo itemewe” nâibindi bikorwa byâurugomo mbere yâamatora ateganyijwe mu minsi iri imbere, aho Perezida Yoweri Museveni ashaka kuguma ku butegetsi amazeho imyaka isaga 40. Ubutegetsi bwamaze gufunga abantu babarirwa mu magana bashyigikiye abatavuga rumwe nâubutegetsi mbere yâamatora yo ku itariki ya 15 Mutarama […]
Abagaba b’ingabo bo mu karere bagiye guhurira mu nama muri Zambia

Minisiteri yâIngabo ya Zambia kuwa Gatandatu yatangaje ko iki gihugu kizakira inama yâabaminisitiri yâiminsi itatu izibanda ku kibazo cyâumutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Itangazo ryashyizwe ahagaragara rivuga ko iyi nama yasabwe nâInama Mpuzamahanga ku Karere kâIbiyaga Bigari (ICGLR), izaba kuva ku itariki ya 8 kugeza ku ya 10 Mutarama ikabera […]
Rurambikanye hagati y’inyeshyamba za AFc/M23 na FARDC muri Kibati

Amakuru aturuka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko imirwano ikaze ihuje kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 5 Mutarama 2026, inyeshyamba za AFC / M23 nâIngabo za Leta (FARDC) i Kibati, muri Gurupoma ya Luberike iherereye muri Teritwari ya Walikale. Aya makuru yerekana ko Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, […]
Trump yaburiye abayobozi ba Iran nyuma ya Venezuela

Ku Cyumweru, itariki 4 Mutarama 2026, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yateye ubwoba Irani, ayiburira avuga ko ubwo butegetsi “buzakubitwa cyane” na Amerika niba abigaragambya bakomeje gupfa. Trump yabwiye abanyamakuru bari mu kirere mu ndege ya Air Force One, ati: “Turabikurikiranira hafi. Niba batangiye kwica abantu nk’uko babigize mu bihe byashize, […]
Igitotsi mu mubano wa Qatar n’u Burundi nyuma y’amagambo ya Minisitiri Bizimana

Ishyamba si ryeru mu mubano hagati y’ibihugu bya Qatar n’u Burundi nyuma y’amagambo atari aya kinyamwuga yatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi yibasira Qatar bikaba ngombwa ko Perezida Evariste Ndayishimiye yisegura. Byose byatangiye kuri iki Cyumweru, itariki 3 Mutarama 2026, ubwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Edouard Bizimana, yagiraga atya akajya ku rubuga nkoranyambaga […]
Ibihuha by’itoroka rya Bunyoni ryatumye asubizwa mu Bitaro bya Gitega ikubagahu

Ibyitwa ibihuha bivugwa ko byakwirakwijwe na General Ndayiziga biherutse gutuma Gen. Alain-Guillaume Bunyoni asubizwa mu Bitaro bya Gitega ikubagahu, nubwo bivugwa ko ubuzima bwe bukimeze nabi. Amakuru akomeje kugaragara ku mbuga nkoranyambaga avuga ko General Ndayiziga yatanze amakuru y’ibinyoma avuga ko Bunyoni ateganya gutoroka. Aya makuru yabanje kumenyeshwa umuyobozi mukuru wâubutasi mu ntara ya Gitega, […]
Ingabo za FARDC zafashwe zibishaka zemerewe gusubira i Kinshasa

Umugaba Mukuru w’Ingabo ziharanira Impinduramatwara muri Congo (ARC), General Major Sultani Makenga, kuwa Gatanu yasuye ikigo cya gisirikare cya Rumangabo giherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Yahuye nâimfungwa zâintambara kimwe nâabasirikare ba FARDC (Ingabo zâigihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo) nâinyeshyamba za Wazalendo zishyize mu maboko y’Ingabo za ARC/AFC/M23. Mu ruzinduko rwe, Gen. Sultani […]
Koreya ya Ruguru itangiye umwaka ikanga abaturanyi n’ibisasu bya ballistic

Kuri iki Cyumweru, Koreya ya Ruguru yarashe misile nyinshi za ballistique i yerekeza ku nyanja iri ku nkombe zâiburasirazuba, nk’uko Igisirikare cya Koreya y’Epfo kibitangaza. Uku kurasa misile kwa Koreya ya Ruguru ni ukwa mbere mu mezi abiri, kandi ni ukwa mbere kuva umwaka mushya utangiye. Igerageza ry’ibisasu riheruka ryabaye habura amasaha make ngo Perezida […]
Venezuela izayoborwa na Washington kugeza habonetse uzasimbura Maduro

Ejo hazaza ha politiki ya Venezuela ntiharamenyekana nyuma yâigitero cya Amerika ku murwa mukuru, Caracas, no gufata mpiri Perezida Nicolas Maduro mu rukerera rwo ku wa Gatandatu, itariki 3 Mutarama 2026. Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, avuga ko Venezuela izayoborwa na Washington kugeza igihe hazabera ihererekanya ry’ubutegetsi ritekanye. Urukiko rwo muri […]
MONUSCO yamaganye igitero cy’indege za FARDC cyahitanye abasivili i Masisi

Ubutumwa bwâUmuryango wâAbibumbye bushinzwe kubungabunga umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bwamaganye ku wa Gatandatu igitero cyâindege zitagira abapilote zâIngabo za Congo kuwa Gatanu mu mujyi wa Masisi, cyahitanye nibura abasivili bane. Igitero bivugwa ko cyari kigendereye kwibasira ibirindiro by’inyeshyamba za AFC / M23 mu gace ka Mont Ngaliema, cyibasiye ingo z’abasivili, cyangiza […]
Rutshuru: Imirwano ikaze irakomeje nyuma y’uko AFC/M23 yinjiye bwa mbere mu ndiri za FDLR i Bukombo

Imirwano ikomeye irimo Kubica hagati ya AFC/M23 nâinyeshyamba za Wazalendo zo mu mutwe wa CMC-FDP, Â zikorana bya hafi nâinyeshyamba zâAbanyarwanda zo mu mutwe wa FDLR mu midugudu myinshi ya Gurupoma ya Bukombo, Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru. Amakuru aturuka aha hantu avuga ko iyi mirwano yatangiye ku bunani ku iitariki 1 Mutarama 2026, […]
Lubero: Liyetona koloneli na majoro mu basirikare 8 ba FARDC bashinjwa ubwicanyi

Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 31 Ukuboza 2025, abasirikare umunani mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), barimo umuliyetona koloneli na majoro, bitabye Urukiko rwa Gisirikare rwa Kivu y’Amajyaruguru, muri Lubero-centre bakurikiranweho ubwicanyi. Uru rubanza rufatwa mu rwego rwo kwigisha, rukomoka ku iyicwa ry’undi musirikare wa FARDC. Uyu avugwaho kunyanyagiza amasasu […]
Inama Nkuru yâUbucamanza yirukanye abacamanza babiri nâumwanditsi wâurukiko

Inama Nkuru yâUbucamanza yirukanye abacamanza babiri nâumwanditsi wâurukiko kubera ibikorwa bijyanye na ruswa. Undi mucamanza yahagaritswe kubera imyitwarire idahwitse yâumwuga, nkâuko bigaragazwa n’imyanzuro yemejwe mu nama njyanama yabaye ku wa Gatatu, itariki 31 Ukuboza, iyobowe na Perezida wâUrukiko rwâIkirenga, Domitilla Mukantaganzwa. Iyi nama yirukanye Dalaus Kamanzi, umucamanza mu Rukiko Rukuru, Zozime Hategekimana, Umucamanza mu Rukiko […]
U Busuwisi: Inkongi y’umuriro yahitanye nibura 40 mu kabari ku Bunani

Nibura abantu 40 barapfuye abandi bagera kuri 115 barakomereka, mu gihugu cy’u Busuwisi, ubwo ikongi y’umuriro yibasiraga akabari kari Crans-Montana karimo abantu benshi mu birori byo kwizihiza umwaka mushya. Iyi nkongi y’umuriro yibasiye akabari kaba karimo abantu benshi muri Crans-Montana ahantu hakinirwa umukino wa ski mu rukerera rwo ku wa Kane ubwo abantu bizihizaga umwaka […]
Amsterdam: Iyahoze ari kiliziya yahindutse ahabera ibirori yahiye irakongoka

Kiliziya ya Vondel i Amsterdam, yari yarahinduwe ahantu habera ibitaramo, hafi y’imwe muri parike zizwi cyane muri uyu mujyi, yasenyutse igice kinini kubera inkongi yâumuriro yarwibasiye mu gihe ibirori byo kwizihiza umwaka mushya byari birimbanyije, nk’uko ibitangazamakuru byaho byatangaje ku wa Kane. Umunara w’urusengero rwahoze ari urwa Kiliziya Gatolika ufite uburebure bwa metero 164 (metero […]
Kinshasa imaze kwanga kwitabira inama 2 ku ihagarikwa ry’imirwano – Corneille Nangaa

Ihuriro rya politiki na gisirikare, Alliance Fleuve Congo / M23 rirashinja Guverinoma ya Kinshasa gushyira imbere ibikorwa bya gisirikare nk’igisubizo ku kibazo cy’umutekano gikomeje kuba mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Umuhuzabikorwa wa politiki, Corneille Nangaa, avuga ko iki kibazo ari uko abona ko abayobozi ba Kinshasa badashaka kubahiriza ibyo biyemeje mu rwego […]
Congo-Brazza: Sassou Nguesso agiye guhatanira indi manda nyuma y’imyaka 41 ari perezida

Muri Congo-Brazzaville, abantu 3.000 bitabiriye kongere ya gatandatu yâIshyaka ryâAbakozi muri Congo (PCT) riri ku butegetsi ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 30 Ukuboza, bemeje Perezida Denis Sassou Nguesso, w’imyaka 82, nâimyaka irenga 40 amaze ku butegetsi, nkâumukandida wabo mu matora yâumukuru wâigihugu ateganijwe muri Werurwe 2026. Denis Sassou Nguesso yahiswemo, bidatunguranye, […]
Mu Budage habaye ubujura bushobora kuba ari bwo bwa mbere bukaze mu mateka

Abajura bibye imitungo ibarirwa muri miliyoni mirongo z’amayero yari mu dusanduku tubitse mu mutamenwa wa banki yo mu Budage bacukuye ku wa Mbere mu gihe cy’ikiruhuko nk’uko byatangajwe na polisi. Polisi na banki bavuze ko abakiriya ba banki bagera ku 2700 bagizweho ingaruka nâubujura bwakozwe mu ishami rya Sparkasse bank riherereye mu Mujyi wa Gelsenkirchen. […]
USA: Umwuzukuru wa JF Kennedy yapfuye akiri muto azize uburwayi

Tatiana Schlossberg, umwuzukuru w’uwahoze ari Perezida wa Amerika, John F Kennedy, yapfuye afite imyaka 35 y’amavuko azize uburwayi. Umuryango we watangaje ko yapfuye ubinyujije mu butumwa ku rubuga nkoranyambaga bwatanzwe na John F Kennedy Library Foundation, yanditse ngo: “Tatiana mwiza wacu yitabye Imana muri iki gitondo. Azahora mu mitima yacu.” Mu Gushyingo, nibwo Schlossberg, umunyamakuru […]
Guinea: Doumbouya yatsinze amatora ya perezida

Mamadi Doumbouya wari uyoboye Guinea mu nzibacyuho nyuma yo guhirika ubutegetsi, yatsinze amatora ya perezida ku majwi 86% nk’uko ibyavuye mu matora by’agateganyo byashyizwe ahagaragara na komisiyo y’amatora bivuga. Bisobanuye ko igihugu kigiye kuyoborwa mu butegetsi bwa gisivile butanzwe mu nzira y’amatora nyuma y’uko mu 2021, Mamadi Doumbouya ahiritse ubutegetsi bwa Perezida Alpha CondĂ© wari […]
Kinshasa: Undi muyobozi mu ishyaka PPRD rya Kabila yafunzwe

Dunia Kilanga Nyembo Christian, umunyamabanga akaba nâumukangurambaga wâishyaka PPRD, yatawe muri yombi mu ijoro ryo ku wa Kabiri, itariki ya 30 Ukuboza, ahagana mu saa 00h30 za mu gitondo, uvuye mu munsi wo kuwa Mbere, afashwe nâabantu bitwaje imbunda batamenyekanye bamusanze iwe mu karere ka Lemba. Nyuma yajyanywe ahantu hatazwi, nk’uko amakuru ava mu muryango […]
Khaleda Zia wabaye minisitiri wâintebe wa mbere wâumugore wa Bangladesh yapfuye ku myaka 80

Khaleda Zia, wabaye minisitiri wâintebe wa mbere wâumugore wa Bangladesh akaba nâumwanzi ukomeye wâumuyobozi uherutse guhirikwa, Sheikh Hasina, yapfuye ku myaka 80 azize indwara yari amaranye igihe kirekire. Muri Gashyantare, Zia yari afite intego yo kwiyamamariza manda ya gatatu ya minisitiri wâintebe, ubwo iki gihugu kizaba gitora ku nshuro ya mbere abayobozi bashya kuva haba […]
RDC: Barasaba ko Gen. Ekenge yahanwa by’intangarugero nyuma yo guhagarikwa

Umuryango wâabaturage urwanya imvugo zibiba urwango (ACLDH) wishimiye ihagarikwa rya General Sylvain Ekenge, wari Umuvugizi wâIngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ariko usanga bidahagije. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Mbere, itariki ya 29 Ukuboza 2025, Umuvugizi w’umuryango, Gloire Manesa, yamaganye amagambo “avangura” yavuzwe nâumuyobozi mukuru mu gisirikare ku itariki ya 27 Ukuboza […]
Hamas yemeje urupfu rwa Abu Obeida wari umuvugizi w’ishami rya gisirikare

Umutwe wa Hamas w’Abanyapalestine wemeje iyicwa ry’Umuvugizi w’ishami ryawo rya gisirikare uzwi ku izina rya â Abu Obeida, na Mohammed Sinwar wahoze ayobora uyu mutwe muri Gaza, bombi baguye mu ntambara yo muri Gaza mu ntangiriro z’uyu mwaka. Mu itangazo rya videwo ryashyizwe ahagaragara ku wa Mbere, Brigade ya al-Qassam, ishami rya gisirikare rya Hamas, ryemeje […]
Burundi: Amarondo ya nijoro yagizwe itegeko mu bice byegereye u Rwanda

Muri Komini ya Kirundo, ihana imbibi nâu Rwanda mu Ntara ya Butanyerera, mu majyaruguru yâu Burundi, ingamba z’umutekano zafashwe zateje impungenge zikomeye mu baturage. Ku dusozi twinshi duteganye n’Ikiyaga cya Cyohoha nâUmugezi w’Akanyaru, amarondo yagizwe itegeko, ibintu ngo bishobora kugira ingaruka zikomeye ku mibereho ya buri munsi yâabaturage no guteza ibibazo byâuburenganzira bwa muntu. Nkâuko […]
Kikwit: Imirwano hagati ya FARDC na Mobondo yaguyemo abagera kuri 20

Nibura abarwanyi 15 ba Mobondo n’abasirikare batanu bo mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) baguye mu mirwano iherutse kubera i Kikwit, mu Ntara ya Kwilu. Kuwa Mbere, itariki ya 29 Ukuboza, igisirikare cyeretse abanyamakuru intwaro nâinyandiko byâabarwanyi ba Mobondo byafashwe. Nkâuko FARDC ibitangaza, ibintu byafashwe birimo imbunda 29 za calibre 12, imbunda […]
Kinshasa: Haravugwa itabwa muri yombi rya Col. Makoko wo mu barinda perezida

Kuri uyu wa Mbere, undi musirikare mukuru wa FARDC, Colonel Serge Makoko Bwanamoya, wo muri Batayo y’Ingabo zirinda Perezida, yoherejwe muri Gereza ya Ndolo, kandi dosiye ye yamaze gushyikirizwa umushinjacyaha mukuru. Amakuru amaze kujya ahagaragara agera kuri Bwiza avuga ko akurikiranweho ibyaha byinshi bikomeye birimo: kugirana ibiganiro kuri telefone nâumwe mu bagize AFC / […]
FARDC yitandukanyije n’ibyatangajwe n’Umuvugizi wa yo

Ubuyobozi bukuru bw’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo buravuga ko bwamaganye imvugo yo kwibasira Abatutsi y’Umuvugizi w’Ingabo, Maj. Gen. Sylvain Ekenge, kuri Televiziyo y’Igihugu (RTNC) kuwa Gatandatu, itariki 27 Ukuboza, kubw’ibyo hakaba hafashwe icyemezo cyo kumukura ku mirimo ye y’Umuvugizi wa FARDC. Itangazo rya FARDC ryashyizweho umukono n’Umugaba Mukuru w’Ingabo, Lt. Gen. Banza Mwilambwe […]
Turkiya: Abapolisi 3 biciwe mu mirwano na Islamic State abandi barakomereka

Abapolisi batatu bishwe abandi icyenda bakomeretswa nâamasasu mu gikorwa cyo kurwanya iterabwoba mu ntara ya Yalova, nyuma y’uko Turkiya itaye muri yombi abantu barenga 100 bakekwaho kuba bateguraga ibitero mu biruhuko. Ubuyobozi bwavuze ko abapolisi batatu ba Turkiya bishwe abandi icyenda barakomereka ubwo barasanaga nâabakekwaho kuba mu mutwe wa Leta ya Kisilamu (IS) mu gikorwa […]
Bunia: Umunyamakuru wa RTNC yishwe n’abantu bataramenyekana

Umunyamakuru Thierry Banga Lole, ukorera ishami rya Radio na Televiziyo by’Igihugu ( RTNC ) muri Bunia, yapfuye azize ibikomere bikomeye nyuma yo kuraswa n’abantu bitwaje intwaro bamusanze iwe mu rugo mu Mujyi wa Bunia. Nkâuko amakuru atandukanye ava muri ako gace agera kuri ACTUALITE.CD abitangaza, abantu bitwaje imbunda batamenyekanye binjiye iwe nijoro, ahagana mu ma […]
Imirwano iri kubica hagati ya AFC/M23 na FARDC/Wazalendo i Katogo kugeza Kambiba

Imirwano hagati yâabarwanyi ba AFC-M23 nâIngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zishyigikiwe na Wazalendo, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 29 Ukuboza 2025, yabereye mu midugudu ya Katogo, Kigogo, Kambiba, no mu turere tuyikikije. Iyi mirwano nk’uko amakuru atarasobanuka neza abivuga, iri kubera muri Gurupoma ya Kalungwe, Sheferi ya Bavira, Teritwari ya Uvira, mu […]
Centrafrica: Perezida Touadera aritegura kuyobora manda ya 3 nyuma y’amatora

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 28 Ukuboza 2025, muri Repubulika ya Centrafrica (CAR) habaye amatora atarigeze abaho. Miliyoni hafi 2.4 z’abaturage ba Centrafrica babyukiye gutora Perezida wa Repubulika, abadepite, abajyanama b’amakomine, n’abahagarariye uturere. Amatora yagenze neza nta kibazo gikomeye cyabaye. Ku biro by’itora No 6 ku ishuri rya Lakouanga, mu murwa mukuru wa Repubulika ya […]
U Bushinwa bwagose Taiwan mu myitozo yiswe “Just Mission 2025”

Taiwan irashinja u Bushinwa iterabwoba rya gisirikare nyuma y’uko Beijing itangaje imyitozo ikoreshwamo amasasu ya nyayo. Bije nyuma y’uko Minisitiri wâIntebe wâu Buyapani avuze ko Tokyo ishobora kugira icyo ikora kugira ngo irengere ikirwa cyigenga. Kuri uyu wa Mbere, u Bushinwa bwatangaje imyitozo ya gisirikare “ikomeye” izenguruka Taiwan mu gihe umwuka mubi ukomeje kwiyongera nâu […]
Nduhungirehe yamaganye imvugo y’Umuvugizi wa FARDC yibasira Abatutsi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yamaganye imvugo y’Umuvugizi w’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Gen. Major. Sylvain Ekenge, watangarije kuri Radio na televiziyo by’igihugu kuwa Gatandatu ko gushakana n’Umututsi ari ukwitonda. Nkâuko Gen. Sylvain Ekenge yabitangaje: “Iyo ushyingiranywe n’umugore w’umututsi, ugomba kwitonda. Iyo uri mu mwanya w’ubutegetsi, nk’umutware gakondo wo mu rwego rwo […]
Burundi: Gen. Bunyoni mu bindi bitaro mu ibanga rikomeye

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko uwahoze ari minisitiri w’intebe, Gen. Alain Guillaume Bunyoni wari mu Bitaro bya Gitega kuva mu Kwakira 2025, yimuriwe ku itariki ya 27 Ukuboza 2025, mu bitaro byigenga bya Kira i Bujumbura. Iyimurwa ryakozwe mu ibanga no mu mutekano bihambaye, ryongeye gutera kwibaza ku buzima bwe ndetse nâuko […]
Abajenerali bafunzwe ni abakoreshejwe n’u Rwanda – Gen. Ekenge

Umuvugizi wâIngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Gen. Sylvain Ekenge, yashinje u Rwanda icyo yise umugambi wo gukomeza guhungabanya Congo n’nzego zayo, aho yemeza ko abasirikare bakuru bafunzwe bazira gukoreshwa n’u Rwanda. Abasirikare bakuru barenga 20 barimo Gen. Christian Tshiwewe, wahoze ari umugaba mukuru wâingabo, ubu barafunzwe. Abo basirikare bakuru hafi ya bose […]
Madagascar: Uwahoze ari perezida wa sena yatawe muri yombi

Muri Madagascar, ubutabera bwataye muri yombi uwahoze ari Perezida wa Sena, Richard Ravalomanana. Uyu wari isura yâubutegetsi bwa Rajoelina, wamaganwe nâabigaragambyaga mu gihe cy’imyigaragambyo ya Gen Z iherutse, yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 27 Ukuboza, akuwe iwe i Antananarivo. Mu minsi yashize yari yanze kwitaba ihamagazwa rya Gendarmerie. Abashinzwe iperereza […]
MONUSCO yafashije FARDC kuva mu gace kafashwe n’inyeshyamba za Lubanga

Nyuma y’ifatwa rya centre ya Bule yafashwe n’inyeshyamba za CRP, kuri uyu wa Gatandatu ushize, MONUSCO, ku bufatanye n’Ingabo za Uganda, bavanye Abasirikare ba FARDC bafashwe mu nkambi y’inyeshyamba i Rhoo, iherereye mu birometero bitanu uvuye i Bule. Aba basirikare ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) bari bafashwe cyangwa bagoswe n’inyeshyamba baherekejwe kugera mu […]
Drones zongeye guhungabanya akazi ku Kibuga cy’Indege cya Hannover

Ingendo zo mu kirere zahungabanijwe i Hanover muri Leta ya Lower Saxony mu majyaruguru yâu Budage nyuma yâuko indege zitagira abadereva zitamenyekanyekanye zigaragaye ku Kibuga cy’Indege cya Hannover nk’uko byatangajwe kuwa Gatandatu. Biravugwa ko gufunga Ikibuga cy’Indege cya Hannover byatangiye saa 9h45 z’ijoro ku isaha yaho (20:47 UTC) kuwa Gatanu bigeza saa 12:16 z’amanywa kuwa […]
Walikale: Habaye imirwano ikaze nyuma y’igitero cya wazalendo kuri AFC/M23

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 27 Ukuboza, imirwano ikaze yadutse hagati yâinyeshyamba za AFC / M23 na Wazalendo muri Ihula, muri Gurupoma ya Kisimba iherereye muri Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nkâuko amakuru aturuka muri Gurupoma ya Kisimba abitangaza, ngo inyeshyamba za Wazalendo zateye ibirindiro byâinyeshyamba za AFC/M23 ahagana mu ma […]
Kindu: Byabaye ngombwa ko basimbuka kugirango basohoke mu ndege kubera kubura ingazi

Mu ijoro ryo ku itariki ya 19 Ukuboza 2025, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo habaye agashya ubwo abagenzi benshi bari muri Boeing 737-800 bahatiwe gusohokamo basimbutse metero hafi eshatu uvuye ku muryango wâindege, kubera ko nta ngazi zari zihari. Nyuma yo gutegereza amasaha menshi kandi nta makuru babona ava muri komanyi y’indege, bamwe bahisemo […]
RDC: Gen. Padiri Muhizi wa FARDC yatawe muri yombi

General Major Padiri Muhizi Jonas, Komanda wâAkarere ka 11 ka Gisirikare ka FARDC, yatawe muri yombi kuwa Kabiri i Kinshasa, nkâuko amakuru atandukanye yizewe aturuka mu nzego zâumutekano abyemeza. Biravugwa ko yahamagajwe nâubuyobozi bwe, ariko atigeze agaruka ku kazi, ibyateye impuha ku itabwa muri yombi rye. Abamwegereye bavuga ko urwikekwe ari rwose hajuru mu buyobozi […]
Nigeria: Igitero cya bombe mu musigiti cyahitanye batanu

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 24 Ukuboza 2025, byibuze abantu batanu bapfuye abandi 35 barakomereka ubwo igisasu cyaturikiye ku musigiti mu masengesho ya nimugoroba muri Leta ya Borno mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nigeria, nk’uko Umuvugizi wa Polisi, ASP Nahum Daso Kenneth, yabitangaje ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook. Nkâuko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, abayobozi bakeka […]
Impanuka ya kajugujugu ku Musozi wa Kilimanjaro yahitanye abarimo ba mukerarugendo

Kuri uyu wa Kane, kajugujugu yaguye ku Musozi wa Kilimanjaro muri Tanzaniya, ihitana abantu batanu, nk’uko byatangajwe ibitangazamakuru byaho byavuze ko indege yari mu butumwa bwo gutabara. Iyi kajugujugu yaguye hafi yâinkambi ya Barafu kuri uyu musozi, nkuko byatangajwe nâikigo cyâindege za gisivili muri Tanzaniya. Ikinyamakuru Mwananchi na East Africa TV , byasubiyemo umuyobozi wa […]
Tanzania: Hateguwe imyigaragambyo ku munsi wa Noheri

Muri Tanzaniya, impirimbanyi zahamagariye abaturage imyigaragambyo kuri uyu wa Kane, itariki 25 Ukuboza, ku munsi wa Noheri. Barashaka kwibuka abazize urugomo rwakurikiye amatora ya perezida yo mu Kwakira. Ariko nyuma yâubukangurambaga bwananiranye ku itariki ya 9 Ukuboza, ntihazwi urwego iyi myigaragambyo ishobora kwitabirwaho hakurikijwe ukuntu ubutegetsi bumaze iminsi bwarakajije ingamba z’umutekano no gukumira imyigaragambyo yose. […]
Ituri: Imirwano ikaze yahuje FARDC n’inyeshyamba za Thomas Lubanga

Ku wa Gatatu, itariki ya 24 Ukuboza, imirwano ikaze yadutse hagati yâIngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) nâinyeshyamba z’umutwe wa Convention pour la RĂ©volution Populaire (CRP), uyobowe na Thomas Lubanga. Iyi mirwano yabereye i Bule, umujyi uherereye mu birometero byinshi uvuye i Bunia, muri Teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri. Nkâuko amakuru […]
Kindu: Umuyobozi w’umujyi yaburiye umuntu wese uzafatwa yambaye Visit Rwanda

Umuyobozi w’Umujyi wa Kindu, Augustin Atibu Mulamba, yatangaje ko bibujijwe kwambara, kugurisha, gutunga, no gukwirakwiza imyenda cyangwa ibindi bintu byanditseho “Visit Rwanda.” Iki cyemezo cyatangajwe ku mugaragaro mu mpera z’icyumweru gishize ubwo umuyobozi w’umujyi yari mu kiganiro n’abanyamakuru baho. Nkâuko Augustin Atibu Mulamba abitangaza, ngo serivisi z’umutekano ziherutse gusenya umuyoboro ugira uruhare mu kugurisha no […]
Umunsi nzaba ndi ku rugamba nta muntu uzemererwa guhunga – Gen. Kapend

Umuyobozi w’Akarere ka 22 ka Gisirikare k’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Gen. Eddy Kapend, yatangaje ko yazamuye urwego rwo kuba maso ku mitwe ye yose yo mu ntara za Haut-Katanga, Lualaba, Tanganyika, na Haut-Lomami, mu rwego rwo guhangana n’ibitero bishoboka by’inyeshyamba za AFC / M23, ashimangira ko igihe azaba ari ku rugamba […]
Moscow: Abapolisi 2 baturikanwe n’igisasu hafi y’aho Gen. Sarvarov yiciwe

Abashinzwe iperereza baravuga ko aba bapolisi bombi begereye umuntu wari uteye amakenga i Moscow igihe igisasu cyaturikaga. Iri turika bivugwa ko ryabereye hafi yâaho igisasu cyari giteze mu modoka cyahitaniye undi mujenerali wâu Burusiya muri iki cyumweru. Kuri uyu wa Gatatu, Komite ishinzwe Ubugenzacyaha mu Burusiya yatangaje ko abapolisi babiri nâundi muntu umwe baguye […]
Amerika ntabwo yemera ko AFC/M23 yavuye muri Uvira uko bikwiye

Umuyobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangarije Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ko ubuyobozi bwa Trump n’uko inyeshyamba za AFC/M23 zavuye mu mujyi wâingenzi mu burasirazuba bwa Congo, mu gihe kuwa Kabiri habaye imirwano hafi yaho nk’uko abaturage babitangaje. M23 yigaruriye umujyi wa Uvira, hafi yâumupaka nâu Burundi, ku itariki ya 10 Ukuboza, nyuma yâiminsi […]
Walikale: Wazalendo yasabye buri mudugudu ihene bazarya mu minsi mikuru

Abatuye mu midugudu ya Baruko, Mukondoli, Banamatumo, na Banankoyo muri Gurupoma ya Kisimba (Teritwari ya Walikale) iherereye muri Kivu y’Amajyaruguru, barimo gutabaza bamagana ihohoterwa bari gukorerwa n’inyeshyamba za wazalendo zo mu mutwe wa NDC-RĂ©novĂ©. Nkâuko aba baturage babitangaza, mu cyumweru gishize, basabwe gutanga umusanzu wihariye wo kugura ihene kuri buri mudugudu, zizahabwa NDC-RĂ©novĂ© mu minsi […]
Cabo Delgado: Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko yasuye ingabo n’abapolisi b’u Rwanda

Perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Mozambike, Margarida Adamugi Talapa, kuwa Kabiri yasuye Abashinzwe umutekano bâu Rwanda (RSF) boherejwe i MocĂmboa da Praia, Intara ya Cabo Delgado. Yari aherekejwe n’intumwa zo mu rwego rwo hejuru zirimo Guverineri w’Intara ya Cabo Delgado, Valige Tauabo, hamwe n’umuyobozi w’ingabo za Mozambike (FADM), Maj. Gen. AndrĂ© Rafael Mahunguane. […]
RCS na ADEPR baganiriye ku bimaze kugerwaho mu bufatanye hagati y’impande zombi

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Ukuboza 2025, Komiseri mukuru wa RCS CG Evariste Murenzi yakiriye Umushumba Mukuru wâItorero ADEPR Rev. Ndayizeye Isaie ku Cyicaro Gikuru cya RCS, bagarira ku Ntambwe imaze guterwa ku masezerano yâubufatanye bagiranye mu mwaka wa 2023 ajyanye nâivugabutumwa mu Magororero, iterambere nâimibereho myiza yâabagororwa no guteza imbere uburezi nâikoranabuhanga […]
Umuyobozi w’Ingabo za Libya yapfiriye mu mpanuka y’indege muri Turkiya

Kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri wâIntebe wa Libya, Abdul-Hamid Dbeibah, yemeje urupfu rwâUmuyobozi Mukuru wâIngabo za Libya, Gen. Mohammed al-Haddad, hamwe nâabandi bane bazize impanuka yâindege yabereye muri Turkiya. Minisitiri wâumutekano mu gihugu wa Turkiya Ali Yerlikaya yavuze ko abashinzwe umutekano mu kirere batakaje kuvugana nâindege ya ‘private jet’ ya Falcon 50 yari itwaye Umuyobozi […]