Mu myaka irenga 15 bamaze bacuranga Itsinda “Ipfundo ry’Amahoro” bateguye igitaramo cyo gushima Imana

Nyuma y’imyaka ir enga 15 baririmbira Imana nk’umuryango, ku nshuro yabo ya mbere Ipfundo ry’Amahoro bagiye gutaramira abakunzi b’indirimbo zihimbaza Imana. Iki gitaramo giteguranywe ubuhanga dore ko aba basore uko ari batanu buri wese ari umuhanga bikomeye ku cyuma cya muzika.   Aba basore bayobowe na mugenzi wabo, Aaron Ndayishimiye ari nawe ufata indangaruramajwi akayobora […]

Umuhanzi Pedro Someone yakubise akanyafu abagabo birengagiza ibiryamo byabo- Umva indirimbo

Nyuma y’indirimbo “Impungege” umuhanzi Pedro Someone yagarukanye indi ndirimbo nshya yise “Isubireho” ikubiyemo ubutumwa bukubita akanyafu abagabo birengagiza inshingano zabo z’urugo. Mu kiganiro na Bwiza.com, cyo kuri uyu wa kane tariki ya 13 Kanama 2015, umuhanzi Pedro Someone n’ubwo bwose akiri ingaragu avuga ko ababazwa cyane n’umugabo uvuga ko ari umugabo uhamye, uta urugo rwe […]

Desire Luzinda wizihije isabukuru y’imyaka 25 inshuro zirenze imwe byagaragaye ko ashobora kuba afite ikabakaba 40

Umuhanzi Desire Luzinda umaze kubaka izina mu gihugu cya Uganda kubera amafoto y’urukozasoni, no kuryamana n’ibyamamare bitandukanye yashyize hanze ifoto yo mu bwana bwe akiri umunyeshuri ivugisha abatari bake. Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Desire Luzinda yizihizaga isabukuru y’amavuko, akaba yarizihizaga ko yujuje imyaka 25 mu gihe byari byatangajwe ko yari yujuje imyaka 26.   […]

Umucamanza wo muri Espagne wari wifuje guta muri yombi Gen Karake yakubise igihwereye

Mu gihe umucamanza wo muri Espagne yasabaga ubuyobozi bw’u Bwongereza kubuza Gen Karenzi Karake kuza mu Rwanda, uyu mucamanza yamaze gukubita igihwereye kuko Gen Karenzi Karake yamaze koherezwa mu Rwanda. Kuri uyu uyu Gatatu nibwo umucamanza wo muri Espagne yari yabujije Leta y’u Bwongereza kohereza mu Rwanda Gen Karenzi Karake nyuma y’uko urukiko rwa Westminster […]

Mbere yo kuba Perezida w’u Burundi, Petero Nkurunziza ngo yari yarakatiwe urwo gupfa

Mu gihe hari abakeka ko Perezida Nkurunziza yagundiriye ubutegetsi ku bw’Impamvu zo gukunda ubuyobozi n’ibyubahiro mu Burundi, umwe mu bahoze ari abanyamuryango b’ishyaka rikorana na CNDD FDD yatangaje ko Nkurunziza yari yarakatiwe igihano cy’urupfu ari nacyo ntandaro yo kugundira intebe. Bernard Ntungwanayo wahoze ari Visi Perezida w’ Ishyaka FNL-Iragi rya Gahutu RĂ©my, ishyaka rikorana na […]

Umushyushyarugamba Anita Pendo arashaka umugabo, dore ibisabwa ku musore yifuza ko barushingana

Umushyushyarugamba Anita Pendo nyuma yo gukundana n’abasore batandukanye barimo Bac T, Nizzo wo muri Urban Boyz ndetse na Producer David ntibagire icyo bageraho, kuri ubu yatoboye avuga umusore ubu yifuza ko bakundana. Anita Pendo nyuma yo gukundana n’abo basore bose bakamubera, ngo arifuza umusore ufite gahunda ihamye yazatuma barushingana bakabana akaramata. Ibi yabitangaje kandi hari […]

Kim Kardashian yagaragaje ubwambure bwe atwite bitera urujijo mu bafana -AMAFOTO

Kim Kardashian umugore w’icyamamare Kanye West akomeje kwigaragaza mu mafoto agaragaza ubwambure bwe, kuri iyi nshuro yatangiye kugaragaza ko akiri mwiza kandi ateye neza n’ubwo atwite.   Kardashian akimara kubyara imfura ye North ,abaganga bamubwiye ko nta wundi mwana azabyara,ariko kubw’amahirwe Imana imukuraho igisuzuguriro. Nyuma yo kumva amakuru avuga ko yaba yarahindanye kubera gutwita ariko […]