Jose Mourinho yanangiye guhindukira ku ijambo ku cyemezo cye cyo guhagarika Eva Carneiro
Icyemezo Jose Mourinho yafashe cyo kwirukana Eva Carneiro umuganga unahagarariye itsinda ry’abaganga b’ikipe ya Chelsea gikomeje guteza umwiryane mu bakinnyi,abayobozi n’abafana ba Chelsea. Mourinho yafashe iki cyemezo nyuma y’uko Eva Carneiro yinjiye mu kibuga kuvura Eden Hazard wari wagize ikibazo cy’imvune ariko we ntabyishimire kuko yifuzaga ko uyu mukino yawutsinda ariko ntabigereho. Kwinjira mu kibuga […]
Koreya ya Ruguru igiye gutangira kugaba ibitero kuri Amerika
Hari hashize iminsi hatutumba umwuka mubi hagati ya Leta zunze Ubumwe z’Amerika na Koreya ya Ruguru. Kuri ubu rero uyu mwuka mubi umaze iminsi ututumba ugiye kuvamo intambara hagati y’ibi bihugu byombi itangijwe na Koreya ya Ruguru. Iki gihugu cyatangaje ko yiteguye kugaba ibitero kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cyose Leta zunze […]
Ntibisanzwe : Polisi yagiye gufata abapfumu bayishumuriza inzoka
olisi ya Uganda ikorera mu gace ka Kasese yagiye gufata abapfumu bane bari bambuye umunyeshuri amashingi 800 bayitereza inzoka bariruka. Ubwo aba bapolisi bagera aho bari barangiwe n’ umunyeshuri wari wambuwe n’ abapfumu amashiringi 800 abapfumu bayitereje inzoka babiri muri bane baracika. Polisi ivuga ko bakimara kuyitereza inzoka yinginze babiri bari basigaye ngo bafate iyo […]
Ibice 2 by’igitsina cy’umugore wakwibandaho ukamufasha kurangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
Hagati y’abashakanye akabariro ni ngomba kandi ni ingenzi mu kubaka urugo ndetse no kwagura umuryango, iki gikorwa hagati yabashakanye kiba ari ibanga hagati yabo ndetse ntagereranwa iyo uganiriye nabo cyangwa umwe muri bo. Bityo rero iyo tuvuze imibonano mpuzabitsina mbere na mbere ni iyakozwe hagati y’abashakanye, bityo ikaba ikorwa ku buryo bwateguwe, igakoranwa ubuhanga n’ubushishozi […]
Intambwe 7 zikurinda icyaha cy’ubusambanyi no kuguma mu murimo
Mu gihe cyashize, umwe mu ncuti yiyirukanye mu murimo kubera agakungu yari afitanye n’umugore umwe wo mu itorero, hifashishijwe ibitekerezo 7 bikurikira, kurira ngo wowe n’umuryango wawe n’itorero muri rusange bibakize uru rungabangabo. Ntukavuge uti “Ntibishobora kumbaho!” Mu gihe benshi muri mwe muzunguza imitwe mwemeza ko hari ibishobora kuba mu buzima bwanyu, mu mitima yanyu […]
Gicumbi: Umukwabu wo koza abafite umwanda
Mu mpera z’icyumweru gishize mu karere ka Gicumbi haramukiye umukwabu wo koza abantu bagaragaraho umwanda aho ubu buyobozi buvuga ko bubangamiwe nacyo. Nyuma y’uko ikibazo cy’abaturage b’abanyamwanda kigaragajwe nka kimwe mu bibangamiye umujyi wa Gicumbi, kuwa gatandatu tariki ya 15 hakozwe umukwabu wo gufata abatiyuhagira, bajyanwa ku karere biyuhagira bahagarikiwe. Gufata abaturage bafite umwanda bagategekwa […]
Burundi no mu karere haranugwanugwa intambara ishingiye ku moko
Nyuma y’urupfu ry’uwahoze ari umukuru w’ingabo mu Burundi Col Jean Bikomagu rwabaye ku itariki ya 15 Kanama 2015, ubu mu gihugu cy’u Burundi hari icyoba cy’uko hashobora kuba intambara ishingiye ku moko ishobora no gukongeza akarere kose. Col Bikomagu yari umusirikare wo ku rwego rwo hejuru warwanyije bikomeye ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi ubu […]
Col Bikomagu yishwe yahonderwaga agatoki ku kandi ashinjwa kwicisha Perezida Melchior Ndadaye
Nyuma y’urupfu rwa Bikomagu rwo kuri uyu wa 15 Kanama 2015, abantu benshi bahise bibuka urupfu rwa Perezida Ndadaye wishwe urw’agashinyaguro nyuma biza gushinjwa uyu Col Bikomagu ariko ubutabera buterera iyo. Ijambo ryakomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’urupfu rwa Rukomagu, abarundi bahise bibuka ijambo Perezida Melchior Ndadaye ngo yavuze kenshi mu gihe yiyamamazaga mu […]
Ubuhamya bw’umukobwa wemera uburyo yabaye umurozi:REBA VIDEO
Ubu buhamye ni ubwa Rachel Mwanza ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu akaba amaze kuronka awards zirenga 17 z’umukinnyi mwIza muri cinema mu gihugu cya Canada. Kubera ubuzima Rachel yanyuzemo ntiyigeze yibagirwa ubuzima yanyuzemo kuva akiri muto cyane ubwo se umubyara yashakaga gutandukana nawe ndetse na barumuna be, byatumye agaruka Kinshasa kugirango atange […]
Laurent Gbagbo yameneshejwe n'ingabo zanyuze mu kuzimu
Amabanga cyangwa se ibintu bisa nk’ibitangaza kunzu izwikw’izina rya Cocody, Cocody n’inzu ikoreramo umukuru w’igihugu cya Cote D’ivoire. Nkuko tubikesha ikinyamakuru Jeune Afrique, ngo iyi nzu yakorewemo bwa mbere n’umukuru w’igihugu wa mbere FĂ©lix Houphouà «t Boigny, nyuma gato yuko iki gihugu kibonye ubwigenge. FĂ©lix Houphouà «t Boigny wari inshuti magara akanagira amabanga menshi yarafitanye n’abayobozi b’i […]