Papa Francis agiye gushyira hanze Alubumu yâindirimbo zizajya ziririmbwa muri Kiliziya
Nyuma yâaho agaragaje ko imiririmbire yâindirimbo zihimbaza Imana muri Kiliziya gaturika zitakimuryoheye, Papa Francis yatangaje ko agiye gusohora indirimbo zihimbaza Imana zizajya zifashishwa mu guhimbaza Imana. Imiririmbire yâabakiristu bâidini rya Gaturika yaba igiye kubonerwa ikiyisimbura,ngo bakazajya baramya indirimbo zâumushumba wa Kiriziya Gaturika. Aganira nâitangazamakuru Papa Francis yatangaje ko ngo izi ndirimbo yazikoze mu buryo bwo […]
Ubuhamya bushya ku rupfu rwa Tupac burashinja P Diddy kuba ari we wakodesheje uwamwishe
Igipolisi cya Los Angeles ngo cyamaze kumenya abari inyuma yâurupfu rwâabaraperi Tupac na Christopher Wallace aka Biggie Smalls nkâuko bigaragara muri filimi mbarankuru yagizwemo uruhare nâuwahoze ari Detective mu gipolisi cya Los Angels. Greg Kading wigeze kuyobora itsinda ryakoraga iperereza kuri ubu bwicanyi bumaze imyaka 20 bubaye. Hashingiwe ku byagezweho nyuma yâimyaka itatu higwa kuri […]
Icyamamare mu byâimideli, Dylan Penn yagaragaye yiyambitse ubusa mu gihugu kitari icye-AMAFOTO
Umunyamideli akaba nâumukinnyi wa Cinema,Dylan Penn yagaragaye ari ku mazi yambaye umwenda wo kogana (Bikini) ubwo yari ari mu biruhuko i Rio de Janeiro mu gihugu cya Brazil. Uyu munyamideli yagaragaye asigwa amavuta ku mugongo amufasha kwirinda ubushyuhe bwâizuba yakuyemo umwenda wo hejuru amabere ye ari ku Karubanda. Penn wari wasabagijwe nâibyishimo, yemeza ko Umugi […]
Wakora iki ngo urukundo rwanyu rurambe hagati yâabashakanye?
Impuguke mu buzima bwâubwonko, Lucy Vincent, aherutse gutangaza ko urukundo nyarukundo rudashobora kurenza imyaka 3ruriho. Ariko ngo rimwe na rimwe warurambana kugeza ku gupfa. Ese ni iki wakora kugira urukundo rwanyu ruzahore ari ubuziraherezo yaba ku bashakanye ndetse n’abitegura gushakana. Mu mubano wa babiri buri wese akenera kâuwundi icyo ataremanywe. Nkâuko Lucy Vincent ,uzwi cyane […]
Kigali: Perezida Kagame yakiriye Li Yong uyobora iterambere ryâinganda muri UN
Kuri uyu wa kane tariki ya 4 Gashyantare 2016, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Li Yong umuyobozi mukuru wa United Nations Industrial Development Organization (UNIDO) , watangaje ko yaje mu Rwanda azi neza ko ari igihugu kimaze gutera intambwe mu bigendanye no guha umurongo mwiza iterambere ryâinganda. Li Yong yatangaje ko yishimiye ibiganiro yagiranye […]
Yahatiwe kugenda yambaye ubusa nyuma yo gufatwa yoherereza abandi bagabo amafoto ye yambaye ubusa
Umugabo wo mu mujyi wa New York yahatiye umugore we kugenda mu muhanda yambaye uko yavutse nkâigihano nyuma yo kumufatira mu ikosa kuryihanganira bikamunanira. Video igaragaza iki gihano uyu mugabo yahaye umugore we yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga nâabatarabonye ibi bintu nâamaso yabo babasha kwihera ijisho uko byari byifashe. Muri iyi video, umugabo wumvikana avuga icyesipanyolo […]
Gupima no guhemba abakobwa bâamasugi byatangiye kwamaganwa muri Afrika y'epfo
Nyuma yâaho imwe mu ntara za Afurika yâepfo ifatiye icyemezo cyo guhemba abakobwa bakiri amasugi mu rwego rwo kurinda ikwirakwiza ryâagakoko gatera SIDA, Umwe mu baminisitiri muri iki gihugu yamaganiye kure iki cyemezo avuga ko kidakurikije amategeko kandi ko kibangamiye uburenganzira bwa muntu. Mu kwezi gushize , ubuyobozi bwâumujyi wa Uthukela mu ntara ya Kwazulu-Natal, […]
Uganda: Gen David Sejusa ashobora gukatirwa imyaka 7 yâigifungo naramuka ahamwe nâibyaha ashinjwa
Gen David Sejusa wahoze ari umukuru wâinzego zâubutasi za Uganda kuri ubu akaba ari kubarizwa muri Gereza ya Luzira, ashobora gukatirwa igifungo cyâimyaka 7 naramuka ahamwe nâibyaha bigera kuri 6 akurikiranweho nâubutabera. Gen Sejusa kuri uyu wa Kabiri ushize nibwo yagejejwe Mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare muri Makindye ashinjwa ibyaha byo gusuzugura, guta akazi nta […]
Patricia ubyina muriâ Sitya Lossâ ya Eddy Kenzo yatunguwe nâinshuti ze ku isabukuru ye yâamavuko- AMAFOTO
Patricia umwe mu bana babyinnye mu ndirimbo Sitya Loss kuri uyu wa 3 Mutarama 2016 nibwo yatunguwe nâinshuti ze yizihiza isabukuru yâamavuko. Kuri iyi sabukuru byari ibyishimo kuri Patricia ndetse nâinshuti ze babyinana muri â Ghetto Kids Dancers â bazwi cyane mu ndirimbo âSitya Lossâ yâumuhanzi Eddy Kenzo. Uyu mubyinnyi yaje kwisanga yageze mu birori […]
Ikipe yâigihugu yâumupira wâamaguru yazamutseho imyanya 6
Urutonde ngarukakwezi rwâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru ku Isi (FIFA) rwashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu ruragaragaza ko ikipe yâigihugu, Amavubi yazamutseho imyanya 6. Kuri ubu Amavubi arabarizwa ku mwanya wa 85 avuye ku mwanya wa 91 nkâuko urubuga rwa internet rwa FIFA rubitangaza. Mbere yâirushanwa ryâabakinnyi bakina muri shampiyona yabo ku mugabane wâAfurika (CHAN), Amavubi yanganyije […]
Hamaze gutangazwa igihe filimi Fast & Furious igice cya 8 izasohokera
Filimi yâuruhererekane irimo ibikorwa (actions) bibereye ijisho izwi nka Fast & Furious igice cyayo cya 7 cyatunguye abantu benshi ubwo iyi filimi yazaga muri filimi zâibihe byose ubwo yasohokaga mu mwaka ushize, ariko kuri ubu bikaba byamaze kwemezwa ko igice cyayo cya 8 kiri mu nzira ndetse hakazakinwa nâicya 9 nâicya 10. Iyi filimi iba […]
Leta yâu Bubiligi igiye kugaba igitero ku Burundi.
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Bubiligi Didier Reynders yamaze guteguza Perezida wâu Burundi Petero Nkurunziza ko naramuka atagiye mu biganiro bihuza bose ,ko abasirikare bâu Bubiligi bazahita binjira mu Burundi ku ngufu Nyuma yâaho inama ya AU inaniwe gufata umwanzuro wo kohereza ingabo za MAPROBU zigamije kugarura amahoro nâumutekano mu Burundi, Leta yâu Bubiligi yamaze kwiyemeza […]
Abakozi bâIkigo Nderabuzima cya Rwampara ngo bamaze amezi 2 batazi umushahara
Abaforomo n’Abaforomokazi kimwe n’abandi bose bakora mu kigo nderabuzima cya Rwampara barabogoza nyuma y’amezi bamaze badahembwa, bitewe n’uko amafaranga bagombaga guhembwa ubuyobozi bw’ikigo bwayakoresheje mu nyungu zabwo bwite. Abakozi mu kigo nderabuzima cya Rwampara giherereye mu Kagari ka Rwampara, Umurenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge ho mu Mujyi wa Kigali, bamaze amezi abiri (2) […]
Ingaruka z'umujinya, uburakari no gusharira
“Gusharira kose nâuburakari nâumujinya nâintonganya, no gutukana hamwe nâigomwa ryose bibavemo. “(Efeso:4:31) Gusharira, umujinya nâuburakari byombi Bibiliya ibigaragaza nkâicyaha, cyangiza urukundo nâimibanire yâabantu ndetse kibangamira no gukura ko mu mwuka. Kutihana ibi byaha biteza agahinda Umwuka Wera , biha Satani urwaho mu buzima bwawe, bituma umucyo wawe uhinduka umwijima imbere yâabandi (ubuhamya), byangiza ubumwe bwâumubiri […]
Abimukira bava muri Afurika Israel itifuza ngo boherezwa muri Uganda nâu Rwanda
Hagiye gushira hafi umwaka, igihugu ca Israel giha amafaranga abimukira bava mu bihugu bya Afurika bakajya kuba mu bindi bihugu nanone byo muri Afurika. U Rwanda na Uganda bikaba bishyirwa mu majwi ko byakira izo mpamvu ariko ku ruhande rwabyo nta na kimwe cyemera ko cyakira aba bimukira. BBC dukesha iyi nkuru ivuga yabashije kuvugana […]
Raporo nshya yâimpuguke za Loni irashinja u Rwanda gutoza impunzi ngo zikure perezida Nkurunziza ku butegetsi
Raporo yâibanga yashyikirijwe Akanama kâamahoro nâUmutekano kâUmuryango wâAbibumbye yongeye gushinja u Rwanda gutoza impunzi zâAbarundi hagamijwe gukura ku butegetsi perezida wâu Burundi, Pierre Nkurunziza. Iyi raporo yakozwe nâimpuguke za Loni yabashije kubonwaho kuri uyu wa Gatatu nâIbiro Ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, dukesha iyi nkuru, igizwe nâubuhamya bukomeye bushinja u Rwanda kwivanga mu bibazo byâu Burundi. Iyi […]
Nyuma yâimyaka 4, Rihanna agiye kongera kwitabira ibirori bya BRIT Award 2016
Icyamamare Rihanna umanze imyaka igera kuri 4 adakandagira ku rubyiniro mu birori âBRIT Award 2016â ubu noneho byemejwe ko azagaragara muri ibyo birori. Ibi birori ngarukamwaka byemejwe ko bizaba kuri 24 Gashyantare 2016, bizaba ari ku nshuro ya 4 iki cyamamare Rihanna kizaba kigaragaye ku rubyiniro. Abashinzwe gutegura ibyo birori babinyujije ku mbuga nkoranyambaga (Twitter) […]
Abasirikare ibihumbi 5 ba UA ngo nta kindi cyari kibazanye i Burundi uretse gusubiza Buyoya ku buyobozi
Ibi ni ibyatangajwe nâishyaka CNDD FDD ririho mu gihugu cyâu Burundi aho ritunga agatoki imwe mu miryango mpuzamahanga ndetse nâabakuru bâibihugu ko aribo bakomeje guteza umwiryane mu gihugu cyabo, bakaba bahamya ko ingabo za Union Africain zateganywaga koherezwa muri iki gihugu nta kindi zari gukora uretse guhirika Nkurunziza zikimika Buyoya. Mu itangazo ryashyizwe hanze nâiri […]
Polisi iragira inama abaturage kwirinda ubucukuzi bwâamabuye yâagaciro butemewe
Polisi yo mu karere ka Rulindo iragira inama abaturage kureka ibikorwa byo kwishora mu bucukuzi bwâamabuye yâagaciro butemewe, aho ivuga ko abakora ibi bikorwa bitwikiriye ijoro kugira ngo bibe amabuye yâagaciro bibaviramo gukomereka nâ impfu za hato na hato. Ubu butumwa, Polisi yabutanze ku itariki ya 3 Gashyantare, aho mu kagari ka Shengamure, umurenge wa […]
Umugabo yaguwe gitumo asambanya ingona
Umugabo wâimyaka 59 yâamavuko wakoraga umurimo wâuburobyi yafashwe akorana imibonano mpuzabitsina nâingona. Uyu mugabo uzwi ku izina rya Rupert Darwin bivugwa ko yari umurobyi kabuhariwe kuko yari azwi mu buro budasanzwe bikaba bivugwa ko nubundi yasambanyaga inyamaswa, byaje kuba impamo ubwo yatunguwe bagasanga arimo asambanya ingona yayihambiriye amaboko ndetse yapfutse mu maso. Mu kwisobanura Darwin […]
Kinshasa: Hatangiye urubanza rwa Germain Katanga wari uherutse kurekurwa na CPI ngo ajye kurangiriza igihano iwabo
Urubanza rwa Germain Katanga uherutse kurekurwa nâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ngo ajye kurangiriza igihano cye iwabo, rwatangiye kuri uyu wa Gatatu tariki 03 Gashyantare I Kinshasa, aho ubutabera bwâiwabo nabwo bumukurikiranyeho ibyaha byibasiye inyokomuntu no kuba mu mitwe yitwaje ibirwanisho. Germain Katanga na bagenzi be batanu bareganwa bakurikiranweho ibyaha byâintambara, ibyaha byibasiye inyokomuntu no kuba mu […]
Abahoze mu ishyaka CNDD FDD bakaza kuvamo bashinze ishyaka rirwanya Perezida Nkurunziza
Abahoze mu ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD â FDD bakaza kurivamo nyuma yâaho Perezida wâu Burundi Pierre Nkurunziza atangarije ko azategeka manda ya gatatu, ndetse bakagira nâibindi birego byinshi barega iri shyaka, bishyize hamwe bashinga ishyaka rirwanya ubutegetsi. Ishyaka aba bagabo nâabagore bashinze baryise PPD â Girijambo. Iri shyaka rigizwe ahanini nâinararibonye zahoze mu […]
Gasabo: Hakomeje kwibazwa icyihishe inyuma yâigitero giherutse kugabwa nâabagizi ba nabi ku baturage ba Ndera
Kugeza ubu harakibazwa icyaba cyihishe inyuma yâigitero giherutse kugabwa nâabagizi ba nabi bitwaje ibirwanisho bibasiye abaturage bo mu Murenge wa Ndera bakabatemagura, aho mu ijoro ryo kuwa 01 rishyira kuwa 02 Gashyantare bamwe mu bakekwaho uruhare muri iki gitero batawe muri yombi na polisi. Aba bantu bari bitwaje intwaro gakondo bateye ingo zitandukanye zo mu […]
Imodoka yibwe muri Uganda yasubijwe nyirayo
Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 3 Gashyantare, Polisi yâ u Rwanda yashyikirije imodoka umugabo wâumugande, witwa Kananura Ndizeye Moses, yari yaribiwe mu gihugu cya Uganda, nyuma ikaza gufatirwa mu Rwanda mu Kuboza kâumwaka ushize Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa, yavuze ko iyi modoka yo mu bwoko bwa […]