Umugabo w’imyaka 59 y’amavuko wakoraga umurimo w’uburobyi yafashwe akorana imibonano mpuzabitsina n’ingona.
Uyu mugabo uzwi ku izina rya Rupert Darwin bivugwa ko yari umurobyi kabuhariwe kuko yari azwi mu buro budasanzwe bikaba bivugwa ko nubundi yasambanyaga inyamaswa, byaje kuba impamo ubwo yatunguwe bagasanga arimo asambanya ingona yayihambiriye amaboko ndetse yapfutse mu maso.

Mu kwisobanura Darwin yavuze ko ari guhorera abantu benshi harimo abo azi n’abo atazi bapfuye bazize kuribwa n’ingona, bityo ngo kuyisambanya ari ukuyiryoza ibyo nayo yakoze.
Abaturage bo muri Leta ya Floride aho uyu mugabo abarizwa bavuga ko n’ubundi ajagaraye ”le bizarre” nawe akaba yemeza ko ibyo avugwaho byose ari ukuri ko n’iryo zina bamuhimba ritapfuye kuza gusa.
Darwin yabaga munzu wenyine, maze umuturanyi yumva ameze nk’urikuvugisha umuntu ati “ubutaha nutinyuka kwica umuntu ntuzigera umva mu nzara, guhera ubu uri imbwakazi yanjye iteka ryose”, umuturanyi yatashwe n’ubwoba bitwe n’ibyo yumvishije atabaza polisi.
Polise ikihagera yatunguwe no kubona uyu mugabo ari gusambanya ingona, ababwira ko amaze kuyisambanya inshuro nawe atazi umubare, bityo nyamugabo akaba akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera inyamaswa.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com


