Dore amabanga 7 yagufasha niba utajya unyurwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Ingo nyinshi zirasenyuka ndetse abandi bagahora bababaye kubera kutishimira mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina n’abafasha babo. Ubushakashatsi bwerekanye ko imibonano mpuzabitsina ikora byose, kuko ishobora gutuma umuntu abaho ababaye cyangwa yishimye. Ariko icyo buri wese aba ashaka, ni ukubaho yishimye. Ni yo mpamvu niba wajyaga ukora imibonano ukumva ntacyo bimaze, ukwiye kujya ukora ibyo tugiye kukubwira, […]

ADEPR: Urutonde rw’abapasiteri 10 batahiriwe n’ingoma ya Rev.Past Sibomana na Tom Rwagasana

Muri 2012 nibwo mu itorero ADEPR habaye impinduka mu buyobozi Rev. Past Usabwimana Samuel asimburwa na Rev.Past Sibomana Jean wungirijwe na Tom Rwagasana, izi mpinduka nizo zatangiye inkubiri y’amakimbirane no kutumvikana ari nabyo byaviriyemo abashumba n’abandi bayoboke kwicazwa ku gatebe imburagihe abandi bahantanurwa mu ntera. Rev. Past Usabwimana Samuel akurwa ku buyobozi manda ye yari […]

Nyuma ya Rooney na De Gea, imvune muri Man U zongeye kwibasira Smalling na Martial

Mu minsi ishize muri Manchester United havugwaga imvune ya Rutahizamu Wayney Rooney waje usanga umuzamu David De Gea. Kuri izi mvune hiyongereyeho Cris Smalling na Martial bari basigaye ari ba kizigenza muri Man U. Ibibazo bikaba byongeye kwiyongera kuri iyi kipe ubwo hibazwa niba iyi kipe izabasha gutsinda Arsenal. Kuri iki cyumweru tariki 28 Gashyantere […]

Intumwa za UNICEF zo mu gihugu cya Finland zasuye Isange One Stop Center

​Intumwa eshanu z’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana zo mu gihugu cya Finland (National Committee for UNICEF – Finland), ku itariki 26 Gashyantare, zasuye ishami rya Isange One Stop Center ryo ku Kacyiru, mu bitaro bya Polisi y’u Rwanda. Zikihagera, izi ntumwa zakiriwe n’umuhuzabikorwa wa Isange One Stop Center, Superintendent of Police (SP) Shafiga Murebwayire, […]

Inde: Amaganga y’inka afatwa nk’ikinyobwa cy’ingirakamaro kandi kivura

N’ubwo hari aho inka ziganga mu biraro cyangwa ku gasozi, mu gihugu cy’u Buhinde ho amaganga barayatega bakayanywa nk’umuti w’ingirakamaro. Mu duce dutandukanye tw’u Buhinde, ngo hari aho ugera ugasanga bifitiye umuco wabo bwite utandukanye n’uwo abandi, mu gace ka Vrindavan amaganga y’inka bayafata nk’ikintu cy’ingirakamaro, ko avura ndetse ko anarinda indwara. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru […]

Donald Trump yandagajwe na bamwe mu bayoboke b’ishyaka rya aba Republicain

Abakandida bari kwiyamamaza mu ishyaka rya Abarepubulike Ted Cruz ba Marco Rubio bifatiye ku gahanga batuka umukandida Donald Trump ukomeje kubarusha amajwi aho ari kwiyamamaza hose. Ibi bitutsi bakaba babigaragaje mu kiganiro cya nyuma baraye bagiranye cyateguwe n’itangazamakuru muri Amerika. Ted Cruz na Marco Rubio basanzwe ari abasenateri mu nteko ishinga amategeko muri Amerika. Aba […]

Intambara y'amasasu muri Syria yatangiye guhosha

Amakuru aturuka muri Syria aravuga ko muri rusange urusaku rw’imbunda rutacyumvikana mu turere tuvugwamo imirwano ikomeye nyuma yaho amasezerano yo kuyihagarika atangiye kubahirizwa. Amakuru atangazwa na BBC dukesha iyi nkuru aravuga ko nta masasu yumvikanye i Aleppo, ariko ko i Damas no mu nkengero zaho ubu hari ituze. Nta na makuru y’indege z’intambara zihaguruka cyangwa […]

Rulindo: Abacuruzi bamenyeshejwe ibinyobwa byashyizwe ku rutonde rw’ibiyobyabwenge

​Ku itariki 24 Gashyantare, umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rulindo, Senior Superintendent of Police (SSP) Felix Bizimana yagiranye inama n’abacuruzi bagera kuri 200 bacururiza mu isoko rya Base, riri muri aka karere, abamenyesha ibinyobwa byashyizwe ku rutonde rw’ibiyobyabwenge. Iyo nama yamuhuje na bo yabereye mu kagari ka Rwamahwa, mu cyumba cy’inama cy’umurenge […]

U Buholandi : Umujenosideri Basebya yitabye Imana mu buryo butunguranye

Madame Yvonne Ntacyobatabara Basebya yitabye Imana ku buryo butunguranye kuwa gatatu tariki ya 24 Gashyantare 2016 aguye mu gihugu cy’u Buhorandi. Uyu mukecuru w’imyaka 69 ibinyamakuru bitandukanye mu Buholandi byanditse ku rupfu rwe ntibyigeze bivuga icyo yazize ndetse naho yaguye. Nyakwigendera Madame Yvonne Basebya kuva mu 2003 kugeza ubu yavugwaga cyane mu bitangazamakuru ku ruhare […]

Desire Luzinda ashyirwa ku Karubanda yambaye ubusa ngo yari azi ko ijuru rimugwiriye

Mu mpera z’Ugushyingo 2014 nibwo amafoto y’umuhanzi Desire Luzinda yashyizwe hanze n’uwari umukunzi we yambaye ubusa, kuri ubu akaba avuga ko yari yaketse ko ibye bya muzika bihise birangira ariko nyuma aratungurwa. Mu gihe uyu mukobwa yashakishwaga na Polisi ya Uganda ashinjwa gukora ibiteye isoni ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’umuryango we watangaje ko umuhaye akato,…Luzinda […]

Vso irivuga imyato mu gufasha Leta kukuzamura imibereho myiza y'abafite ubumuga bwo mu mutwe

Umuryango Mpuzamahanga w’Abakorerabushake Vso ubinyujije mu mushinga INSPIRED urishimira ibikorwa byo kwita ku Abana bafite ubumuga bwo mu mutwe ku intambwe ibikorwa byagezeho ndetse ugasaba Leta kugumya gushyira ingufu mu gufasha abana bafite ub’umuga bwo mu mutwe. Sarah Shalloner Umuyobozi ushinzwe igenamigambi n’imiyoborere muri VSO mu kiganiro yahaye itangazamakuru kuri uyu wa 4 yavuze uyu […]

Umusirikare wa FDLR yarashwe ubwo bageragezaga kwiba amafaranga (3000$)

Umwe mu barwanyi ba FDLR yarashwe mu gatuza ariko ntiyapfa ubwo bageragezaga kwiba amafaranga yari afitwe n’umukozi wa Entreprise Iterambere ishizwe kohereza no kwakira amafaranda aho ikorera muri Minembwe na Buvira ho muri Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo. Aba barwanyi ba FDLR ngo barengaga 18 bakaba barambuye uwo mukozi amafaranga asaga ibihumbi 3 by’amadorali ya […]

Urubanza rwa Col.Byabagamba na bagenzi be rushobora kuba ruri hafi yo gupfundikirwa

Kuba Brig.Gen. Aloys Muganga wagombaga kumvwa nk’Umutangabuhamya ushinja Col.Tom Byabagamba atagaragaye mu rukiko kubera impamvu z’akazi, umucamanza agahita afata icyemezo ko nta mutangabuhamya uzongera kumvwa, bamwe mu bakurikirana uru rubanza babwiye Bwiza.com ko uru rubanza rushobora kuba ruri hafi yo kugera ku musozo warwo. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Gashyantare 2016, Urukiko rukuru […]

ADEPR Cyahafi:Pastor Matias aributsa abanyarwanda ko babayeho kubera Imana

  Itorero ry’ADEPR Cyahafi riri mu giterane cy’ishimwe kigomba kumara iminsi 3 aho Pastor Mathias yahaye ubutumwa abanyarwanda n’Abakirisito abasaba gushima Imana nk’inshingano bakibuka ko babayeho kubwayo. Mu kiganiro Pastor Nzabahimana Mathias uyobora umudugudu wa cyahafi yagiranye na bwiza.com yavuze iki giterane cyateguwe mu rwego rwo kuzuza inshingano zabo nk’abakirisito ngo kuko Imana yabarinze mu […]

Ubwicanyi bukorwa i Burundi buracyashyirwa ku mutwe w’igisirikare na Polisi

Nyuma y’igitero cyabaye ku wa 11 na 12 Ukuboza 2015, ku nkambi za gisirikare i Burundi nibwo byatangajwe ko abasirikare n’abapolisi ba Leta biraye mu baturage barabica, kuri ubu umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW) wongeye gutunga agatoki izi nzego za Leta. Human Right Watch(HRW) nk’umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, muri raporo washyize hanze […]

Abameya 18 muri 30 amatora yaraye abubikiye imbehe (urutonde rw’abashya n’abagize njyanama batowe)

Amatora y’abayobozi b’uturere 30 n’abagize njyanama zatwo yabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 26 Gashyantare 2016, yatumye abameya 18 batongera gutorwa basimburwa n’abandi bashya naho 12 bagaruka ku myanya yabo. Kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Gashyantare 2016, mu gihugu hose hiriwe amatora y’abagize ubuyobozi mu nzego z’uturere. Abahoze ari ba Meya wa Kicukiro, […]

Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye

Kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Gashyantare 2016, i Kigali hateraniye ihuriro ngarukamwaka ry’abapolisikazi bagera kuri 700, rikaba ririmo kwibanda ku guha ubushobozi abapolisikazi ndetse no guteza imbere ubumenyi bwabo mu nzego zose aho basabwe kitanga mu kazi kabo ndetse bakaba intangarugero mu kurungera abahohotewe. Polisi y’u Rwanda ikaba yaratangiye gukoresha amahuriro nk’aya mu […]