Ibihugu bifite ingabo muri AMISOM biteraniye mu nama muri Djibuti
Abakuru b’ibihugu bya Afurika bifite ingabo muri AMISOM bateraniye mu nama mu gihugu cya Djibuti, aho bari kwigira hamwe uko ingabo zabo ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Somalia zakongererwa ingufu zikarushaho kurwanya umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabab . AMISOM yashinzwe kuwa 19 Mutarama mu 2007, ishinzwe n’Akanama k’Amahoro n’Umutekano ka Afurika Yunze Ubumwe. Ni […]
Mugabe arashinja Abongereza n’abanyamerika kuba inyuma y’amacakubiri yugarije ishyaka rye
Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe kuri uyu wa gatandatatu ubwo yizihizaga isabukuru y’imyaka 92 amaze avutse kuwa 21 Gashyantare, yashinjije amahanga kuba inyuma y’amacakubiri amaze iminsi yugarije ishyaka Zanu PF riri ku butegetsi kuva mu 1980. “Amacakubiri nta mwanya afite mu ishyaka ryacu”. Ibi perezida Mugabe yabitangarije imbere y’imbaga y’abari batumiwe muri uyu munsi mukuru, […]
Centrafrika: Abapolisi b’u Rwanda bashimiwe ubanyamwunga n'imyitwarire myiza mu kazi
Intumwa esheshatu z’Umuryango w’Abibumbye zasuye ku itariki ya 26 Gashyantare itsinda ry’ abapolisi b’u Rwanda bari mu gihugu cya Centrafrika, bashimirwa kuba bakora akazi kinyamwuga kandi barangwa n’imyitwarire myiza. Bari bayobowe na Mark Kroeker akaba yarigeze kuba umuyobozi w’abapolisi babungabunga amahoro muri iki gihugu. Bari baje kwirebera uko inshingano bahabwa n’umunyamabanga muru wa Loni zo […]
Congo irasaba gushyikirizwa uwahoze ari umuyobozi muri M23 wafatiwe mu Rwanda
Ubuyobozi bw’u Rwanda ngo bwataye muri yombi umwe mu bahoze ari abayobozi b’umutwe wa M23 nk’uko byatangajwe na minisitiri w’itangazamakuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Lambert Mende. Uyu mugabo, Col. Seraphin Mirindi yajyanywe muri kasho ngo iri hafi y’umupaka wa Congo n’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu ushize nk’uko Mende yakomeje abitangaza ku murongo […]
A.U. igiye kohereza indorerezi zigera kuri 200 mu Burundi
Afurika Yunze Ubumwe igiye kohereza abagenzuzi 100 bo kugenzura uko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa mu Burundi ndetse n’indorerezi 100 mu bya gisirikare nk’uko byatangajwe kuri uyu wa gatandatu na perezida Jacob Zuma nyuma y’uruzinduko we na bagenzi be bane bagiriraga muri iki gihugu aho bari baragiye gushaka uko bakumvikanisha abatavuga rumwe. Perezida Zuma atangaza ibyo […]
Kuguma ku butegetsi abaturage batagushaka buri gihe birangirana n’akaga — Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu ushize yasobanuye impamvu ya referandumu yatumye yongerwa amahirwe yo gukomeza kuyoboora u Rwanda, ikintu cyanenzwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibindi bihugu by’ibihangange byo mu Burayi. Perezida Kagame wayoboye urugamba rwo kubohoza u Rwanda ndetse n’urwo guhagarika Jenoside yakorerwaga Abatutsi mu 1994 igahitana abantu basaga miliyoni, yasobanuye […]
Polisi y’u Rwanda yagize icyo itangaza ku modoka yahiriye ku Gishushu
Polisi y’u Rwanda yashyize ahagaragara impamvu zateye gushya imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz C200 RAB 371 ku itariki ya 26 Gashyantare 2016. [xyz-ihs snippet=”ads-google”] Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commission of Police (ACP) Celestin Twahirwa yahakanye amakuru yatanzwe na nyiy’imodoka aho yivugiye ko imodoka ye yahiye bitewe n’umuntu wanywaga itabi ari mu […]
Ubuhamya:Umukobwa yasomye urupfu ahabwa impano y’Isanduku
NASOMYE URUPFU Yratangiye:Nitwa Aline ntuye I kigali. Mfite imyaka 22. Ndangije amashuri yisumbuye naratsinzwe biba ngombwa ko nsubiramo(candidat libre) mu gihe natahaga mva ku ishuri umusore yanciyeho mu modoka nziza ya jeep ageze imbere asubira inyuma ati nguhe lift sister, sinari kwanga dore ko natahaga kure kandi ibibazo byimibereho byari hatari nayo gutega ntayo nabonaga. […]
Kanye West wiyise Yesu, agiye kugera ikirenge mu cy'intumwa y’Imana Paul
Umuhanzi Kanye West wigeze gutangaza ko ari we Yesu mu mwaka w’2013, ubu noneho aherutse guhindura imvugo ashimangira ubutwari bw’intumwa Pawulo ivugwa muri Bibiliya, anatangaza ko ari we yifuza kwigiraho mu gihe asigaje cy’ubuzima bwe. Urubuga Infochretienne rwatangaje ko ubutumwa bushimangira ubutwari n’ibigwi bya Paulo, Kanye West yabutanze ubwo yagarukaga kuri Alubumu ye y’indirimbo yise […]
Abayobozi bahiga ibyo batazahigura ngo babone amajwi baranenzwe
Mu karere ka Ngoma, bamwe mu baturage bagaturiye mu mirenge itandukanye banenze bamwe mu bayobozi biyamamaza bakavuga ibyo bazakora maze bikarangira nta kigezwho na kimwe nk’aho baba batumwe kubeshya. Umwe mu batuye mu murenge wa wa Rurenge, akagari k’Akagarama gatuwe n’abasaga ibihumbi 6000, ati nyamara abagatuye ntibagira amazi meza, amashayanyarazi, amashuri n’ikigo nderabuzima, muri uyu […]
Ubufaransa, Nkurunziza na FDLR bafitanye ibanga rikomeye
Ubukuzi bw’umutungo kamere bwa “Nickel” mu Burundi bucukurwa n’ibigo byo muri Afrika y’Epfo nibyo bushishikaje u Buransa gushaka ubucuti budasanzwe mu ibanga kimwe na FDLR . Bivugwa ko Ubufaransa buharanira inyungu zabwo bwite cyane cyane iz’ubukungu, icyo gihugu kizwiho kuba gashakabuhake kandi gikurikiye peteroli na za gazi zihishe mu kibaya cy’uruzi rwa Rusizi, zidacukurwa kubera […]