Mbigenze nte? Ababyeyi banjye banyangishije uwo nkunda uwo banshyingiye ku ngufu twaratandukanye
Nitwa Vanessa, ubu ndi umugore mfite abana babiri ariko ubu ndibana kuko natandukanye n’umugabo mu mwaka ushize ariko byose mbishinza umuryango wanjye. Nakundanye n’umusore tumara imyaka itanu dukundana bihambaye ariko iwabo bakaba abakene bikabije. Twe iwacu twari twifashije ndetse tubarirwa mu bakire bo mu cyahoze ari Gitarama. Nyuma yo kurangiza amashuri yisumbuye njye n’umukunzi wanjye […]
FDLR yishe umusirikare wari ufite ipeti rya Kapiteni n’abandi 3 ba FARDC
Abasirikare 4 barimo n’umusirikare ufite ipeti rya kapiteni mu ngabo za Leta ya Congo (FARDC) bishwe mu bitero bari bahanganyemo n’inyeshyamba za Nyatura na FDLR . Iyi mirwano yatangiye ku wa Gatandatu tariki ya 26 Werurwe 2016, ibera mu gace ka Mpati (Nord Kivu), ikomeza ku cyumweru ubwo abasirikare ba Leta bashakaga kubohoza imirambo y’abasirikare […]
Ibimenyetso 8 biranga umuntu utarabohoka
Amavuta y’Imana abohora ingoyi z’ibyaha akanadukuraho imitwaro (Imivumo), yesaya10 :27 None kubohoka n’iki ?Ikinyuranyo cyo kubohoka, ni ukubohwa, bivuzeko rero habohoka umuntu uboshye. 1). Ubwoba: ni kimwe mu bintu byerekana ko ukwiye kubohorwwa, kuko handitse ngo abanyabwa n’abatizera iherezo ryabo ni mu muriro, (Ibyahishuriwe Yohana 21:8) n’ubwo kamere muntu buri wese ashobora kugira ubwoba, ariko […]
Uburyo 6 wasomamo umugore akagira ububobere bwinshi mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
Gusomana mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina, ni kimwe mu bituma icyo gikorwa kigenda neza mu buriri dore ko iyo bikozwe neza byorohereza umugabo gutuma ageza umugore we kugera ku ndunduro y’ibyishimo. Akenshi iyo hatabayeho ububobere bw’umugore igihe yumva cyangwa ashaka gukora imibonano mpuzabitsina bituma umugabo atirekura neza, ariko hari uburyo yasomamo umugore agahita atoha bityo […]
Perezida Kagame arasaba abaturage gufata neza ibikorwa by’iterambere
Perezida Kagame arasaba abaturage gufata neza ibikorwa by’iterambere cyane cyane iby’amazi birinda kubyangiza. Ibi Perezida wa Repubulika yabivugiye mu murenge wa Kanyinya ubwo yatahaga ku mugaragaro uruganda rw’amazi rwa Nzove ya 2 rugiye kujya rutanga litilo 25000 ku munsi. Mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’amazi gikunzwe kuvuga mu murenge wa Kanyinya by’umwihariko mu gace ka […]
Umugandekazi Bad Black uririmba indirimbo za Gospel ashegeshwa no kutabona umurongora
Umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana ukomoka muri Uganda, Shanitah Namuyimba uzwi nka Bad Black yatangaje ko ashakaka umukunzi uzamutetesha mu minsi mike bakaba banarushinga. Aganira na Howwe , uyu muhanzikazi yavuze ko yumva akumbuye kujya mu rukundo rw’umwimerere, akaba ashakira hasi no hejuru uzamwuzuriza iby’ishimo by’ubuzima bwe. Yagize ati:” ndabona umuziki wanjye ukomeje gutera imbere kandi […]
Pakistan: Pasika yabaye intandaro y’ubwiyahuzi bwasize amateka atazibagirana
Ku munsi w’ejo taliki 27 Werurwe 2016, ubwo hizihizwaga umunsi mukuru wa Pasika nibwo mu gihugu cya Pakistan mu gace ka Gulshan hagaragaye ubwiyahuzi bwahitanye abagera kuri 70 abandi 300 barakomereka bikabije. Mu gihe abakirisitu muri icyo gihugu bari babukereye, nibwo umutaribani w’umwiyahuzi yiturikirizagaho igisasu agamije kurimbura aba kirisitu bari bateraniye aho. Nasreen Bibi umubyeyi […]
Padiri Nahimana Thomas yabaye maneko wa Faustin Twagiramungu
Nahimana Thomas wahoze ari padiri muri Cyangugu mbere yo kujya i Burayi akanatangira kugaragaza ukutavuga rumwe na Leta y’u Rwanda, avuga ko mu matora yo muri 2003 yari maneko wa Twagiramungu wayatsinzwe. Uyu mupadiri w’umunyapolitiki watangaje benshi nyuma yo kwiyambura ikanzu ya kiliziya agakurikira politiki, ntiyemera ko Twagiramungu yatsinzwe amatora yo muri 2003, mu gihe […]
Nyuma y’imyaka 27 Umukobwa na se baramenyanye bahujwe n’akazi
Mu 1989 Habimana Jean Leonard bakunze kwita Shinani hamwe n’umukobwa mwiza utaravuzwe amazina bahuriye mu cyahoze ari komini Kibari ubwo yari agiye gusiga amarangi mu bitaro bya Byumba. Muri icyo gihe baje kuryamana inshuro 1 gusa aza kumutera inda. Nyuma y’imyaka 27 Shinani atarabona umwana yabyaye ndetse atazi neza ko yateye inda, aba bombi baje […]
Burundi: Abiyemereye ibikorwa by’ubwicanyi bari mu mutekano usesuye
Igipolisi cy’u Burundi kimaze ukwezi kurenga gikora iperereza ku bwicanyi bubera mu Burundi. Iri perereza rikaba ryaratahuye abantu batandukanye ndetse baniyemerera ubu bwicanyi Aba bafashwe abenshi nibo bijyanye kuri polisi bavuga uko bakoze ubu bwicanyi. Abafashwe bose bemera ko bishe abaturage batavuga rumwe n’ubutegetsi barangije babashyingura mu byobo rusange. Bemera kandi ko aribo bishe ababikira […]
Burera: Abanyeshuri barenga 400 basobanuriwe uko icuruzwa ry'abantu rikorwa
Ku itariki 26 Werurwe, abanyeshuri barenga 400 bo mu rwunge rw’amashuri rwa Kagogo, ruherereye mu murenge wa Kagogo, ho mu karere ka Burera, bahawe ubumenyi ku buryo icuruzwa ry’abantu rikorwa. Ibi babisobanuriwe na Superintendent of Police (SP) DieudonnĂ© Rwangombwa, akaba ayobora Polisi y’u Rwanda muri aka karere. Icyo kiganiro kitabiriwe kandi n’ubuyobozi bw’iri shuri ndetse […]