N’ubwo Arsenal itatwaye igikombe ngo izahora itinyitse kurusha Leicester City
Lauren (Laureano Bisan) wahoze ari myugariro muri Arsenal yashimye uburyo Leicester City yitwaye muri Premier League ariko agashimangira ko Arsenal ifite ubudahangarwa kuyirusha by’umwihariko ko mu mikino 49 yose yakinnye nta n’umwe yigeze itsindwa uhereye 2004-2005, ko ariyo yari imbere y’izindi. Mu ijoro ryo ku wa mbere tariki ya 2 Gicurasi, nibwo hemejwe ko Leicester […]
Kaminuza zirasabwa gukora ubushakashatsi kuri jenoside ngo itazibagirana
Kaminuza zasabwe gukora ubushashatsi kuri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda kugira ngo amateka yayo atazibagirana kandi bunangire uruhare mu kurandura ingengabitekerezo ya Jenoside. Ibi byagarutsweho ubwo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hibukwaga ku nshuro ya 22 jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. N’ubwo mu yari kaminuza nkuru y’ u Rwanda, ubwicanyi bwatangiye mu matariki […]
Burundi: Umuntu yishwe abandi 3 bakomeretswa na gerenade
Kuri uyu wa Gatatu nibwo muri Komine ya Kirundo hatewe gerenade ikomeretsa abantu 3, naho mu gace ka Musaga umuntu umwe yishwe undi arakomereka. Uyu wiciwe mu gace ka Musaga yari azwi ku izina rya Jean Bosco Habonimana bakundaga kwita Ndandaye, abamwishe bakaba bamusanze hafi yo mu rugo iwe bahita bamurasa. Uyu mugabo yapfuye asize […]
Polisi yatanze ibisobanuro ku iraswa ry’umupolisi ryabereye i Busogo
Polisi y’u Rwanda yifuje gutanga ibisobanuro ku iraswa ry’umupolisi ryabaye muri iki gitondo cya tariki 05 Gicurasi mu ma saa moya n’igice mu Murenge wa Busogo wo mu Karere ka Musanze. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na polisi y’Igihugu, Umuvugizi wayo, ACP Celestin Twahirwa avuga ko Assistant Inspector of Police (AIP) Richard Kabandize, wakoreraga kuri sitasiyo […]
RDC: Moise Katumbi arahakana kwinjiza abacanshuro ashinjwa na guverinoma
Kuri uyu wa Kane tariki 05 Gicurasi, MoĂ ÂŻse Katumbi yateye utwatsi ibyo ashinjwa na guverinoma ya Congo by’uko yinjije abacanshuro bo gukoresha, avuga ko ari ibinyoma byambaye ubusa by’ibihimbano, asaba ko hakorwa iperereza mpuzamahanga kuri iki kibazo. Katumbi wahoze ari guverineri w’Intara ya Katanga, yabitangaje nyuma y’umunsi umwe minisitiri w’ubutabera wa Congo, Alexis Tambwe Mwamba, […]
Umunyamideli Alessandra yambitswe ubusa n’umuyaga- REBA AMAFOTO
Amafoto y’umunyamideli, Alesandra Ambrosio yashyizwe hanze yambitswe ubusa n’umuyaga aho yari ari ku mazi i Malibu muri Los Angeles. Uyu mubyeyi w’abana 2 yari ari muri aka gace kuri uyu wa Gatatu taliki 04 Gicurasi 2016, ibyo ngo byamubayeho ubwo yarifotozaga amafoto yo kwamamaza iyi kanzu yambaye. Carolina Gonzalez, inshuti ya Alessandra niwe wamufotoye anakoresha […]
RDC: Abaturage 17 bo mu giturage kimwe bishwe n’abantu bataramenyekana
Abantu bitwaje ibirwanisho mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bagabye igitero mu giturage bica abasivili 17 abandi 7 barakomereka nk’uko byatangajwe kuri uyu wa gatatu n’umuvugizi wa Loni. Ingabo z’umuryango w’Abibumbye muri Congo zavuze ko abakekwaho kuba abarwanyi b’umutwe wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, bateye igiturage kitwa Luna mu majyaruguru ya Beni […]
Kuki Paul Barril adafatwa n'ibimenyetso byose bigaragaza uruhare rwe muri jenoside?
Ni iki Paul Barril wahoze abarizwa mu butasi bw’u Bufaransa yakoraga mu Rwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’abacanshuro be? Ni ubuhe burenganzira yari yahawe n’ubuyobozi bushinzwe ubutasi mu gisirikare (DRM). Icyo kibazo ngo kimaze imyaka 22 kibazwa ariko nta gisubizo kirabona aho abantu benshi batumva impamvu Barril adashyikirizwa ubutabera ngo yisobanure. Uwahoze ari […]
Ubushinwa: Havutse umwana ufite intoki n’amano 31
Mu ntara ya Hunan mu gace ka Pingjiang mu Bushinwa, habonetse umwana wavukanye amano 16 n’intoki 15, mu gihe yakabaye afite amano n’intoki 20 nk’uko bimenyerewe ku bantu. Hong Kong yavukanye amano n’intoki 31,nyuma yuko nyina umubyara nawe afite amano 6 n’intoki 6. Nk’uko CNN ibitangaza, ngo nyina w’uyu mwana akimutwite yari afite ubwoba ko […]
Umugaba w’ingabo za FDLR yafashwe
Gen.Mujyambere Leopord, umugaba w’ingabo muri FOCA ushamikiye kuri FDLR yatawe muri yombi n’abasirikare bashinzwe iperereza muri Congo ( ANR) ari kumwe na bagenzi be basanzwe bakorana mu bikorwa by’iterabwoba. Mujyambere yatawe muri yombi ubwo yari ageze i Goma avuye muri Afurika y’Epfo ariko abanje kunyura muri Zambiya aho yari kumwe na bagenzi be bazwi nka […]
Abba Marcus, umuhungu wa Chameleone agiye guhagararira Uganda mu mukino wo koga
Nyuma yo kugenda yegukana imidali itandukanye mu marushanwa yo koga, Abba Marcus umuhungu wa Chameleone Kuri ubu agiye guhagararira igihugu cya Uganda mu marushanwa azabera muri Kenya yo koga. Abba Marcus yatangiye ahiga abandi mu marushanwa yahuje abanyeshuri bo ku bigo bitandukanye yabaye umwaka ushize ku kigo cy’amashuli “ Rainbow International School”. Amaze kwegukana umudali […]
Ku bufatanye na Polisi, hasinywe amasezerano ku bukangurambaga bw’umutekano n’isuku
​Polisi y’u Rwanda n’umuryango witwa Society Family Health(SFH) Rwanda n’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha(RYVCPO) bagiranye amasezerano yo gushyira imbaraga mu bukangurambaga bw’umutekano n’isuku. Aya masezerano akaba yashyizweho umukono ku italiki 4 Gicurasi hagati ya Assistant Commissioner of Police Damas Gatare ku ruhande rwa Polisi y’u Rwanda akaba anashinzwe Community Policing , Manasseh Gihana […]
Moise Katumbi ashobora kuba perezida wa Congo-Kinshasa
Umunyapolitiki akaba n’umuherwe muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo Moise Katumbi akaba yemeje kuzahatana mu matora ateganijwe mu Gushyingo uyu mwaka, akaba yabinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Urwunge rw’amashyaka atandukanye arwanya Leta ya Kabila yishize hamwe muri Werurwe uyu mwaka yemeza Moise Katumbi ko yaba umukandinda uyahagarariye mu mwanya wo guhatanira kuba umukuru w’igihugu. Moise Katumbi, […]
Minisiteri y’ubuzima irizeza Abanyarwanda ko inzitiramibu ziri gutangwa zujuje ubuziranenge
Minisiteri y’ubuzima irizeza Abanyarwanda ko inzitiramibu ziri gutangwa muri iki gihe zujuje ubuziranenge nyuma y’aho mu mwaka wa 2012 higeze gutangwa inzitiramibu nyuma bikaza kugaragara ko zifite ibibazo byo kutuzuza ubuziranenge bikaba byarangize ingaruka ku baturage kuko icyo bari bazibahereye cyo kubarinda malaria kitagezweho ahubwo ikarushaho kubibasira cyane cyane mu bice by’igihugu bishyuha. Mu mpera […]