Perezida Paul Kagame umwe mu bakuru bâ ibihugu bya Afurika bagiye ku butegetsi biyushe akuya
Abakuru bâ ibihugu bagiye ku butegetsi barwanye intambara zikomeye bahurira ku kintu cyo kudahuzagurika ndetse no kutajenjeka , nkâ uko umunyarwanda muri iyi minsi yaciye umugani ugira uti:âImbuto yâ umugisha iva ku giti cyâ umuruhoâ. Iyo twitegereje amateka nâ imikorere yâ abo baperezida bagiye biyemeza gufata umuheto binjira ishyamba baharanira impamvu zinyuranye zirimo uburenganzira bwabo […]
Wifuza kubyara ibitsina byombi? Menya uko wabigenza
Mu gihe tugezemo, byaragaragaye ko umwana ari nkâundi, ariko nubwo bimeze gutyo ntibibuza ababyeyi benshi kwifuza kubyara igitsina runaka, bityo hakaba hari nâabafata umwanzuro wo kubyara indahekana bashakisha igitsina kinyuranye nicyo babyara. Hari nâabafata umwanzuro wo gushaka abandi bagore nyamara ubushakashatsi bwaragaragaje ko Umugabo ariwe ufite ububasha bwo gutera inda ikavamo umukobwa cyangwa umuhungu. Nkâ […]
Rutsiro: Batanu bafatiwe mu mukwabu wâabacukura amabuye mu buryo butemewe
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Rutsiro nâabafatanyabikorwa bayo, ku itariki ya 9 Kanama yafatiye mu murenge wa Rusebeya abantu 5 barimo nâumugore, bakekwaho gucukura amabuye yâagaciro mu buryo butemewe nâamategeko. Polisi ikaba yaranafatanye aba bakekwa ibiro 1,438 bya Tini nâibindi 702 bya Coltan. Umuyobozi wa Polisi mu karere ka Rutsiro Superintendent of Police […]
Ambasaderi Richard Gasana wari uhagarariye u Rwanda muri Loni yakuwe ku mwanya we
None kuwa Gatatu, tariki ya 10 Kanama 2016, Inama yâAbaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, ashingiye ku bubasha ahabwa nâamategeko yamenyesheje Inama yâAbaminisitiri ko yemereye kujya mu kiruhuko cyâizabukuru Abapolisi 303 nâAbacungagereza 24. Inama yâAbaminisitiri yishimiye ko Inama ya African Union yahuje Abakuru bâIbihugu […]
Wari uzi uko Ubuki bukingira ubuzima ?
Ubuki nkuko bigaragazwa nâubushakashatsi bwakozwe nâabahanga bukomoka ku nzuki. Bukaba bushobora kuba ikinyobwa cyangwa ikiribwa bitewe nuko wifuza gutegura ifunguro ryawe. Uruyuki ni agakoko gato kaguruka gakora ubuki kabukuye ku ndabo zâibiti binyuranye, akaba ariyo mpamvu mu buki habonekamo uruhurirane rwâintunga mubiri nyinshi zikomokamo umuti wâindwara zisaga 50. Amoko yâinzuki Amoko yâinzuki azwi cyane ni […]
Uganda: Byarangiye umukuru wâigipolisi Gen. Kale Kayihura atageze mu rukiko
Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko umukuru wâigipolisi cya Uganda, Gen. Kale Kayihura atageze mu rukiko mu gihe byari byitezwe ko kuri uyu wa gatatu yitaba akisobanura ku byaha byo guhutaza abatavuga rumwe nâubutegetsi bishinjwa igipolisi. Inkuru dukesha BBC iravuga ko byabaye ngombwa ko igipolisi gishinzwe guhangana nâabigaragambya cyavanye abaturage bigaragambyaga ku rukiko. […]
Rafael Nadal afite icyizere cyo kwegukana umudari wa Zahabu i Rio
Rafael Nadal watangirane imvune amarushanwa ya Tennis akomeje kubera i Rio, ashingiye ku mikinire yagaragaje yanahise imwinjiza mu kiciro cya kabiri ubwo yasezereraga Gilles Simon,Thomas Belluci na David Goffin yeruriye itangazamakuru ko bimuha ikizere cyo kuzegukana umudali wa Zahabu. Nadal atangaje ibi nyuma yâaho atsinze mu mikino 3 ya Tennis mu bagabo yikurikiranya na mugenzi […]
Jean-Baptiste Mugimba wahoze ari umunyamabanga wa CDR arasaba kutoherezwa mu Rwanda
Jean-Baptiste Mugimba uregwa ibyaha bya jenoside nâ ibyâ intambara yanditse ibaruwa ifunguye yerekana impungenge afite zo koherezwa kuburanishirizwa mu Rwanda. Muri iyi baruwa Mugimba yageneye kopi Minisitiri wâ Umutekano nâ Ubutabera wâ u Buholande, Gerard Adriaan « Ard » van der Steur amusaba ko yatesha agaciro icyifuzo cya Leta yâ u Rwanda cyo kumwohereza kuburanishirizwa […]
Abanyamakuru bo mu Rwanda mu nzira zo gushinga ikigo cyâimari
Abanyamakuru bo mu Rwanda barateganya gushinga ikigo cyâimari iciriritse kizajya kibafasha mu kwiteza imbere nkâuko byemerejwe mu nteko rusange yâItorero ryâAbanyamakuru âImpamyabigwiâ yateraniye i Kigali. Umwe mu banyamakuru bagize igitekerezo cyo gutangiza âImpamyabigwi Development Fundâ, Rene Anthere Rwanyange, yasobanuriye abagize inteko rusange i (Abatoza bâintore zâabanyamakuru) batangiye ari abanyamakuru 30 ariko bakaba bafite gahunda yo […]
Ubusobanuro 10 bwâ inyito, Imana
Mu Kinyarwanda ijambo Imana rikunda kugaruka cyane mu biganiro byâabakoresha urwo rurimi ku buryo ku bantu bamaze gucengerwa nâimyizerere yâabakirisitu kubahiriza itegeko rya gatatu ribuzanya kuvugira ubusa izina ryâImana ubusa cyangwa mu biganiro bikunda kuranga ubuzima bwa buri munsi bwâAbanyarwanda. Gusa ababibona gutyo babiterwa no kutamenya ko ijambo dufite mu Kinyarwanda cyâubu ari umwe mu […]
Bosenibamwe yasabye ko inka zanyerejwe n'izahawe abatazigenewe zigaruzwa byihuse
Guverineri wâintara yâAmajyaruguruguru, yasabye abayobozi b’inzego z’ibanze kugaruza inka zanyerejwe muri gahunda ya âGirinka Munyarwandaâ nâizahawe abo zitari zigenewe bitarenze mu Ukuboza kâuyu mwaka. Guverineri Aime Bosenibamwe yatangaje ibi yibaza n’impamvu umusaruro wâibikomoka ku buhinzi nâubworozi ukomeje kuba mucye, akaba anenga abayobozi bo mu nzego zâibanze badafata iya mbere ngo bumve ko bagomba kugira uruhare […]
Imbaga yâabaturage yaje gushyigikira Gen. Kayihura ku rukiko yaganjije abashyigikiye Besigye
Imbaga yâabaturage ishyigikiye umukuru wâigipolisi cya Uganda, Gen. Kale Kayihura, yazindukiye ku Rukiko Rukuru rwa Makindye ije kumushyigikira, ivuga ko umukuru wâigipolisi bakwiye kumureka agakomeza gukora akazi ko gutuma amategeko yubahirizwa mu gihugu. Kuri uyu wa Gatatu bikaba byari biteganyijwe ko Kayihura yitaba urukiko akisobanura ku byaha bishinjwa igipolisi akuriye. Ni mu gihe kandi abashyigikiye […]
âImitegurire ya Salax Award irafutamye, ihabanye kure nâibyo umuhanzi aba ayitezehoâ – Uncle Austin
Nyuma yâuko hasohokeye abazahatanira ibihembo bimenyerewe nka Salax Award, Uncle Austin yagaragaje isura abonamo abategura iri rushanwa. Umuririmbyi mu njyana ya Afrobeat Luwano Tosh uzwi ku izina ryâubuhanzi Uncle Austin, yatunze agatoki abashinzwe imitegurire yâibihembo bya Salax Awards agaragaza ubuswa bategurana iri rushanwa, nyuma yo kutagaragara ku rutonde rwâabazahataniro ibyo bihembo mu byiciro bitandukanye. Uyu […]
Leta ya Pierre Nkurunziza yatangiye gushishikariza Imbonerakure gushotora u Rwanda
Ku bwâ ibibazo byâ ingutu kandi bikomeye, Leta yâ u Burundi yatangiye gushishikariza umutwe wâ Imbonerakure gushotora u Rwanda mu buryo bwose bushoboka ku mipaka yâ ibihugu byombi. Guharabika Perezida Paul Kagame , guhohotera abanyarwanda bâ inzirakarengane ndetse no gutuka ingabo zâ u Rwanda biciye mu myigaragambyo yateguwe ni bimwe mu bimenyetso simusiga byagiye bigaragara. […]
Hizihijwe isabukuru yâimyaka 30 yâubufatanye hagati yâIntara ya Castre nâUmurenge wa Huye
Mu Murenge wa Huye ho mu karere ka Huye, mu Ntara y’Amajyepfo bijihije isabukuru yâimyaka 30 yâubufatanye bwâIntara ya Castre mu Bufaransa nâUmurenge wa Huye. Ubu bufatanye bwatangijwe mu mwaka wâ1986, bwari hagati yâiyi Ntara yo mu Bufaransa, nâahahoze ari muri Komini Huye, Perefegitura ya Butare. Bwari bugamije guteza imbere ubuhinzi, imyuga nâuburezi ku mpande […]
DRC: Intumwa yâ umuryango HRW yimwe ibyangombwa ihatirwa gutaha
Ida Sawyer, intumwa yâUmuryango Mpuzamahanga urengera uburenganzira bwa muntu (Human Rights Watch/HRW) yahatiwe kuva muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma yâaho uruhushya rumwemerera kuhaba (Visa) ruteshejwe agaciro mu kwezi gushize. Ida Sawyer yahagurutse muri RDC kuri uyu wa Kabiri, nyuma yâimyaka umunani yari amaze ahagarariye uwo muryango muri icyo gihugu nkâuko radiyo mpuzamahanga […]
Abayobozi ba Gereza ya Mpimba bafunze bazira umunyururu wakekwagaho gukura ibirwanisho mu Rwanda watorotse
Abakozi ba Gereza Nkuru ya Mpimba mu gihugu cyâu Burundi bakomeje gutabwa muri yombi umusubirizo, aho nyuma yo guta muri yombi umuyobozi wayo kuva kuwa Gatandatu ushize, abandi bayobozi babiri muri iyi gereza baraye batawe muri yombi kuri uyu wa Mbere. Aba bantu uko ari batatu bakurikiranweho kuba barahaye uruhushya umunyururu wari ufungiye muri iyi […]
NYABIHU: Urubyiruko rwaganirijwe ku icuruzwa ryâabantu
Ku itariki ya 8 Kanama, Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Nyabihu yaganirije urubyiruko rugera kuri 200 rwo mu mirenge ya Jomba na Mulinga ku cyaha cyâ icuruzwa ryâabantu, uko gikorwa, uko bakwirinda nâingamba Polisi yâu Rwanda yashyizeho mu mukurwanya icyo cyaha. Umupolisi ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi nâabaturage hagamijwe gukumira ibyaha (DCLO) muri […]