Ntituzemera na rimwe ko igihugu cyacu kiba imfabusa-Paul Kagame

Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda yagiranye ikiganiro n’abanyeshuri basaga 2000 bo mu mashuri makuru na kaminuza ubwo basozaga Itorero, umuhango waberaga muri Kigali Convention centre, kuri iki Cyumweru tariki ya 11 Nzeli 2016. Mu ijambo yabagejejeho, Paul Kagame yashimangiye ahanini ku ntero ivuga ko ntacyo umuntu yageraho na kimwe adakoze. Ati :” Mu kwiye […]

Abafarizayi bashaka gutegera Yesu ku magambo

Abafarizayi baza aho ari kugira ngo bamutegere mu byo avuga, baramubaza bati: “Mbese biremewe ko umugabo yirukana umugore we ku mpamvu ibonetse yose?” 4 Arabasubiza ati: “Mbese ntimwasomye ko mbere na mbere igihe Imana yaremaga yaremye abantu, umugabo n’umugore? 5 Nyuma yaravuze iti: ‘Ni cyo gituma umugabo azasiga se na nyina akabana n’umugore we akaramata, […]

1990: Kuki Perezida Juvenal Habyarimana yemezaga ko yatewe na Uganda?

Perezida Juvenal Habyarimana yari azi FPR/Inkotanyi kuko ari mu bantu bafashije Yoweri Kaguta Museveni ubwo yari mu ishyamba arwanya Leta ya Milton Obotte. Yari azi neza ko benshi mu basirikare ba NRA ya Museveni bari abana b’ impunzi z’ Abanyarwanda ndetse nta wutazi ko Habyarimana ariwe wambitse Gisa Fred Rwigema ipeti rya Jenerali dore ko […]

Amanota y’ imihigo ubwayo ashobora kutubera amasomo-Minisitiri Murekezi

Intero igira iti:” Aya manota twayavanamo amasomo”, yashimangiwe na Minisitiri w’ Intebe, Anastase Murekezi ubwo yagiraga ati:” Uturere twa Huye, Nyanza, Gasabo na Nyamagabe dukomeje kuza mu Turere icumi twa mbere mu gihe Uturere twa Nyabihu, Musanze, Rubavu, Rutsiro, Gakenke, Karongi na Ruhango twakomeje kugaragara mu myanya 10 ya nyuma”. Mu imbwirwaruhame rye Minisitiri Murekezi […]

Uruhare rw’ abakozi bo mu rugo mu gusenya urukundo rw’abashakanye

Abakozi bo murugo barafasha kugira ngo abashakanye babone umwanya uhagije wo kuganira no kurushaho kubaka urukundo rwabo. Kuko iyo murugo ntamukozi uhari usanga umugabo n’umugore bafatanya gukora imirimo yo murugo umwe yaba atetse undi ugasanga asubirishamo abana ibyo bize abafasha no gukora imikoro (Home work), umwe yaba yoza abana undi akaba yoza amasahani cyangwa se […]

Ihuriro RNC ryirinze kumurika abarihagarariye mu bihugu bitandukanye birimo n’ u Rwanda

Mu gihe amakuru aturuka hanze yemeza ko ihuriro RNC ryacitsemo ibice biturutse k’ ubwumvikane bucye, mu nama rusange iri huriro riherutse kugirira i Washington abayobozi birinze gusobanura impamvu batatangaje amazina y’ abazarihagararira mu bihugu bitandukanye birimo n’ u Rwanda. U Rwanda, Norvege, Mozambique, Malawi ndetse na Zambiya ni bimwe mu bihugu bifite umubare munini w’ […]

Koreya y’Epfo ngo yiteguye guhindura Pyongyang umuyonga

Nyuma y’aho Koreya ya Ruguru igeragereje igisasu gifite ubukana buruta ubw’igisasu cyarashwe i Hiroshima mu Ntambara ya 2 y’Isi, abategetsi bo muri Korea y’Epfo batangaje ko biteguye kuba basenya umurwa mukuru wa Korea ya Ruguru ntihagire ibuye risigara rigeretse ku rindi biramutse bihwihwishwe ko iki gihugu kigiye kugaba igitero cy’ibisasu bya kirimbuzi bya nucleaire. Yonhap, […]

Taliki 11 Nzeli: Imyaka 15 irashize Ossama Ben Laden yibasiye USA

Hashize imyaka 15 , Abaturage ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bibuka ibitero b’ intagondwa za Al Quada bikaze byahitanye abantu 2.977 naho ibihumbi 6 bigakomereka. Iki gitero cyabaye ku italiki ya 11 Nzeli 2001, nicyo cya mbere cyahitanye abantu benshi ku buryo kitazibagirana mu mateka y’ Isi ndetse gikomeza guhangayikisha Leta n’ abaturage b’ […]

Umusaza w’imyaka 69 yikinishirizaga mu ruhame

Urukiko rukuru mu gihugu cy’Ubutaliyani rwatangaje ko kwikinisha mu ruhame nta cyaha kirimo mu gihe ubikora abikorera ahantu hatari abana bari munsi y’imyaka 18 (mineurs). Uru rukiko rwatangaje ibi mu gihe hari umusaza wari wafashwe w’imyaka 69 y’amavuko yikinisha muri gari ya moshi (train), ubwo yari kumwe n’abanyeshuli bo muri kaminuza ari nabo bari batangariye […]

Umuyobozi yahaye abaturage uburenganzira bwo kwihanira badategereje polisi

Umuyobozi w’akarere ka Mbarara mu burengerazuba bwa Uganda, Capt. JB Bamuturaki yahaye uburenganzira abaturage bwo kujya bihanira (Mob justice) nta gushidikanya, umunyabyaha bazajya bafatira mu cyuho. Ibi uyu muyobozi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu ushize ubwo yatangizaga ku mugaragaro Sacco ya Rwanyamahembe mu gasantere k’ubucuruzi ka Kyenshama ho mu Karere ka Mbarara. Muri iki gikorwa […]

Dore ibanga ku bakobwa baca imyeyo (gukuna) bakuze

Tumaze gusanga abakobwa benshi bakurira mu miryango itabitaho bikaba ngobwa ko bakura badakunnye/ badaciye imyeyo kandi abagabo babikunda cyane muri iki gihe, twahisemo kubashakira igisubizo kugirango nawe mukuru ubashe gushimisha umugabo wawe Benshi bagiye batubaza niba gukuna ukuze byakunda kuko hari benshi batagiye babona ayo mahirwe, Ibi byatumye dukora ubushakashatsi butandukanye ariko ahanini twifashishije aba […]

Karongi: Kwivanga mu bucuruzi kw’ibigo bya leta no kwimwa amasoko ni bimwe mu bibangamiye abacuruzi

Muri iki Cyumweru i Karongi muri Centre Bethel, habereye gahunda yo gukusanya amakuru mu rwego rwo kuvugurura itegeko rigena ubucuruzi bw’ imbere mu gihugu. Ni gahunda yateguwe na Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, ikaba yari yitabiriwe n’Akarare ka Karongi ari nako kari kayakiriye, Akarere ka Ngororero, Abahagarariye Urugaga rw’Abikorera(PSF) ndetse n’abacuruzi bahagarariye abandi baturutse muri utwo […]

Miss Uganda mu mafoto agaragaza ubwambure- REBA AMAFOTO

Nyampinga wa Uganda 2015, Nakiyaga Zahara yashyize hanze amafoto ye agaragaza ubwambure bwe, ubu akaba akomeje kuvugisha abagabo benshi amangambure. Areba neza, yarize, yararezwe ndetse aza no mu bakobwa bacu beza kandi banakurura abagabo, aya ni amwe mu magambo yagiye avugwa n’abagabo ku mbuga nkoranyambuga, nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Bigeye.ug cyo muri Uganda dukesha iyi nkuru. […]

Burundi: Yatawe muri yombi ashinjwa gutunga ibiganiro bya radio zikorera mu Rwanda

Inzego z’iperereza z’u Burundi zataye muri yombi umugabo zimushinja gutunga ibiganiro bya radio Humura na Radio Inzamba zitangaza amakuru ku Burundi ziri mu Rwanda. Aya makuru yatangajwe na SOS Media Burundi avuga ko uyu mugabo witwa Emmanuel Bizindavyi yatawe muri yombi ubwo yari mu nama hagati ya Guverineri w’Intara ya Makamba, Gad Niyukuri, abatanga essence […]

Koreya ya Ruguru yakoze umuti witwa Kumdang-2, uvura Sida, Ebola na Cancer

Igihugu cya Koreya ya Ruguru cyakoze umuti utavura sida gusa, ahubwo umuti ushobora no gukiza Ebola na Cancer niba ibyatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru by’iki gihugu ari ibyo kwizerwa. Itangazo ryashyizwe ahagaragara rikaba rivuga ko uyu muti wakozwe mu gihingwa kitwa ginseng gikurira mu ifumbire kikavangwa n’ibindi bintu ariko ntihasobanuwe uruvange rugize uyu muti. Perezida wa Koreya […]

Umutingito wumvikanye mu Rwanda wahitanye 11 muri Tanzania

Umutingito wo ku gipimo cya magnitude 5.7 wumvikanye uturutse mu burasirazuba bwa Afurika kuri uyu wa Gatandatu ndetse ukanumvikana I Kigali, wahitanye abantu 11 ukomeretsa abagera ku 192 mu majyaruguru ya Tanzania nk’uko byatangajwe n’abayobozi. Uyu mutingito wumvikaniye cyane ku mupaka wa Uganda n’u Rwanda hafi y’Ikiyaga cya Vigitoriya. Amashusho yashyizwe ahagaragara ku mbuga nkoranyambaga […]

Rubavu: Abatunze ibinyabiziga begerejwe na polisi imodoka izabafasha kubisuzuma

Abatunze ibinyabiziga bo mu karere ka Rubavu n’abatuye mu nkengero zako, ibinyabiziga byabo bizasuzumwa imiterere yabyo mu minsi mike iri imbere, kuko imodoka ya Polisi y’u Rwanda isanzwe irimo ibikoresho byose bipima imiterere y’ibinyabiziga izaba iri muri aka karere mu gihe cy’imisi icumi. Chief Superintendent of Police (CSP) Emmanuel Kalinda uyobora Ishami rya Polisi y’u […]