Ibintu 3 bizakwereka umukobwa waryoshya imibonano mpuzabitsina umurebye ku mubiri inyuma
Ntibazakubeshye ngo abakobwa baryoshya imibonano mpuzabitsina kimwe, kuko ntibaremwe kimwe, kandi nanone abo baryohereza ntibakunda bimwe. Gusa nanone ntitwakwirengagiza ko ubumenyi nâuburambe umukobwa abifitemo bushobora kumufasha kuryoshya imibonano, kuko bitewe nâibyo banyirasenge bamutoje cyangwa se niba yaraganiriye nâabakuze, cyangwa akaba asengera muri ya madini bigisha abakobwa gufata neza abagabo no kubasasira neza, ibi bishobora gutuma […]
Paris: Hagiye kubakwa agace bazajya bidagaduriramo bambaye ubusa
Ubuyobozi bwâumujyi wa Paris mu Bufaransa, bwemeje ko mu mwaka utaha buzubaka agace kazajya gahuriramo abashaka kwidagadura bambaye ubusa. Nkâuko bitangazwa na AFP, ngo ako gace kazaba kwitwa Bois de Boulogne cyangwa Bois de Vincennes, hakazajya hahurira abantu benshi bagamije kwishimisha dore ko mu muco wâAbafaransa ngo banezwezwa cyane no kwambara ubusa. Muri uyu mujyi […]
Mahmoud Abbas uyobora Palestine yitabiriye ishyingurwa rya Shimon Peres
Abakuru bâibihugu batandukanye ku isi kuri uyu wa gatanu bitabiriye umuhango wo gushyingura Shimon Peres wahoze ari perezida wa Israheli witabye Imana kuwa 28 Nzeri 2016. Mahmoud Abbas uyobora Palestine, igihugu gihora mu makimbirane na Israheli ni umwe mu banyacyubahiro bitabiriye ishyingurwa rye. Minisitiri wâintebe wa Israheli Benjamin Netanyahu mu ijambo yavuze yatangaje ko Shimon […]
Min.Kaboneka yasabye abatuye muri Rubavu gukora nk'uko babyivuga
Francis Kaboneka, Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu yasabye abatuye akarere ka Rubavu gukora nkâuko babivuga mu kivugo cyabo cy ââInganjiâ bakanarangwa nâumuvuduko no mu kwesa imihigo, nyuma yo gusubira inyuma mu mihigo 2015/2016. Ibi yabibasabye kuri uyu wa 28 Nzeri 2016 ubwo yabasuraga ari kunmwe na Minisitiri wâIngabo General James Kabare akaba nâimboni yâAkarere ka Rubavu mu […]
Amoko (Hutu,Tutsi,Twa) mu gihugu cyâu Burundi azasiga iki?
Ibi ni ibikomeje kwibazwaho na benshi, mu gihe muri iki gihugu hakomeje imyigaragambyo imbere yâibiro byâagashami ka Loni gashinzwe uburenganzira bwâikiremwamuntu, bamagana ibyasohotse muri raporo ko muri iki gihugu hatutumba jenoside. Iyi myigaragambyo kandi ikomeje mu Burundi mu gihe i Geneve mu Busuwisi harimo kubera inama ya 33 yâaka gashami ka Loni, bikaba bikekwa ko […]
John Ndabarasa wayoboraga Sana Radiyo akaburirwa irengero ibye bimeze bite?
Muri Kanama uyu mwaka hasakaye amakuru yâibura ryâumunyamakuru akaba nâumuyobozi wa Sana Radiyo John Ndabarasa. Inzego zitandukanye zagize icyo zibivugaho na bamwe mu bagize umuryango we bagaragaza impungenge batewe no kubura kâumuvandimwe wabo bamwe bakanavuga ko afungiwe ahantu hatazwi nâinzego zâumutekano nubwo nta gihamya byose byari ugukekeranya. Umuryango we ukimara kumubura wabimenyesheje urwego rwâabanyamakuru bigenzura […]
Human Right Watch ihangayikishijwe nâibura ryâumukozi wa FDU Inkingi
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu wa Human rights Watch (HRW) watangaje ko uhangayikishijwe na Iragena Illumine wari umwe mu banyamuryango bâishyaka rya FDU Inkingi riyobowe na Ingabire Victoire. HRW ikaba ifite impungenge ko yaba yarashimuswe ndetse akanicwa. Mu itangazo ryatanzwe na HRW rivuga ko Iragena ubarizwa mu ishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda amaze […]
Perezida Kagame yihanganishije inshuti nâumuryango wa Shimon Peres witabye Imana
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yihanganishije abaturage bo muri Israel, inshuti nâumuryango wa Shimon Peres witabye Imana, wayoboye iki gihugu kuva muri 2007 kugeza 2014. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Perezida Kagame yagize ati : â Umutima wacu ubabaye wihanganishije abaturage ba Israheli ku bwâurupfu rwâumunyapolitiki wâ inararibonye Shimon Peres, Ndetse nâumuryango nâinshuti ze!â […]
Sudani yâEpfo: Umuryango wâAbibumbye wambitse abapolisi bâu Rwanda 29 imidari yâishimwe
Umuryango wâAbibumbye wambitse imidari yâishimwe abapolisi bâu Rwanda 29 bakora imirimo itandukanye irimo ubujyanama mu butumwa bwâamahoro muri Sudani yâEpfo mu rwego rwo kubashimira uruhare rwabo mu kugarura amahoro muri iki gihugu kimaze igihe gito kivutse. Mu butumwa yagejeje ku bitabiriye uwo muhango wabaye ku wa 28 Nzeri, Uwungirije Intumwa Idasanzwe yâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye; […]