Dore umukobwa n’abahungu bashaka abakunzi- (Fungura ubone ibibaranga)
1.Ndashaka umukunzi ndi umusore mutomuto kandi ndi mugufi (1 m55cm) umukunzi nshaka agomba kuba byibura ansumba ari hagati 1m 65cm -1m 75cm.yarize byibura humanite kandi ari inzobe byaba ari akarusho kuko nkunda abakobwa binzobe. Njye mfite akazi mpembwa 150000 narangiye kaminuza mfite 29 ans.uyu mukobwa agomba kuba ari hagati 23-27 ans. my address email :hirwachance62@gmail.com […]
Tanzania: Ifoto ya Perezida Magufuli akomeje kwerekana itandukaniro n’abandi baperezida muri Afurika
Perezida wa Tanzania John Magufuli ukomeje kwerekana itandukaniro hagati ye n’abandi bakuru b’igihugu ku mugabane w’Afurika, ku munsi w’ejo yemereye imbuga zo muri kiriya gihugu gushyira hanze amafoto ye yasuye umugore we mu bitaro biherereye muri kiriya gihugu, agamije ngo kwerekana ko atari ngombwa cyane ko umuntu ajya kwivuriza hanze ngo nuko akomeye. Perezida Magufuli […]
USA: Umuryango wa Col Patrick Karegeya umaze imyaka 5 usaba ubuhungiro uhakanirwa
Umuryango wa Nyakwigendera Col Patrick Karegeya; umugore, n’abana be batatu; Elvis, Portia na Richard, umaze imyaka usaba ubuhungiro nk’impunzi za politiki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ariko amaso akomeje guhera mu kirere nyuma y’aho bangiwe inshuro irenze imwe babwirwa ko nta kibazo bagira mu Rwanda nyuma y’uko se yapfuye. Biravugwa ko batangiye gusaba mu […]
RDC: Umuyobozi w’akarere arashinja leta kurebera ubwicanyi bukorerwa abasivile
Umuyobozi w’akarere ka Beni gaherereye mu burasirazuba bwa Kongo Bwanakawa Nyonyi, yatangaje ko inzego z’ubuyobozi bwo mu nzego zo hejuru muri kiriya gihugu zishobora kuba ari zimwe mu bihishe inyuma y’urugomo rumaze guhitana abasaga 1300 muri kiriya gihugu. [ad id=”44145″] Mu kiganiro yagiranye n’ibiro ntaramakuru by’u Bufaransa,Bwanakawa Nyonyi yagize ati “birashoboka cyane ko abanyepolitiki b’imbere […]
Inzoka yasatuwe inda imaze kumira inyana bayisangamo amagi agera ku 100
Iyi nzoka yiciwe muri Nigeria aho yari imaze kumira inyana, bayisatuye basanga mu nda yayo hatonzemo amagi agera ku ijana. Nk’uko abaturage bayishe batangarije itangazamakuru, ngo iyi nzoka bayishobojwe nuko yari yananiwe itabasha kugenda nyuma yo kumira inyana yose. Aba baturage kandi bakomeje bavuga ko ayo magi yari akuze bigaragara ko n’ubundi yendaga kuyatera, bikubitiye […]
Umukozi w’umugore wafashe ikiruhuko ku mpamvu zo gutwita azajya ahabwa umushahara we wose – RSSB
Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB kiratangaza ko hashyizweho ubwishingizi bw’ibigenerwa umugore uri mu kiruhuko cyo kubyara kugirango bugoboke umukozi w’umugore wafashe ikiruhuko ku mpamvu zo gutwita, kubyara no kugira ngo abashe kwita k’umwana wavutse. Ubwo bwishingizi bukaba bwaratangiranye n’uku kwezi k’Ugushyingo 2016. [ad id=”44145″] Ibi bikaba byarakozwe hashingiwe ku Itegeko No 003/2016 ryo kuwa 30/03/2016 […]
Ibyo utamenye ku myemerere ya perezida mushya w’Amerika
Donald Trump ni we perezida w’Amerika, uyu mugabo w’imyaka yatorewe kuyobora igihugu cy’igihangange ku isi akazaba ari perezida wa 45 uzaba ayobora Amerika kuva mu kwezi kwa mbere 2017. Ubusanzwe Donald Trump ni umukirisitu w’itorero ry’Aba-Presbyterian ni (Abapoloso mu Rwanda), yabatirijwe muri iri dini kuva akiri umwana muto, Ibijyanye n’imyizerere ya perezida Trump bisa nk’ibiteye […]
Umushinga wo kubaka urugomero rw'amashanyarazi rwa Rusumo ugiye gutangizwa vuba
Muri iki cyumweru, leta y’u Rwanda yasinyanye amasezerano n’umishinga w’ubwubatsi yo kubaka urugomero rw’amashanyarazi rwa rusumo, aho biteganyijwe ko uyu mushinga nuramuka ushyizwe mu bikorwa, uzabasha gutanga byibuze Megawati zisaga 80, izi zikaba zizifashishwa mu gicanira abaturage batari bacyeya bo mu gihugu cy’u Rwanda, u Burundi ndetse na Tanzania. [ad id=”44145″] Aya masezerano akaba akubiye […]
Ibintu 10 bivugwa kuri Major Désiré Uwamahoro ushinjwa ubujura n’ubwicanyi i Burundi
Mu mpera z’Ukwakira nibwo byatangajwe ko Majoro Desire Uwamahoro, ofisiye muri polisi y’igihugu cy’u Burundi yatawe muri yombi ashinjwa ubujura akoresheje imbunda, aho bivugwa ko yashakaga kwambura ku ngufu abashoramari bari baje kugura zahabu. 1.Uyu Komiseri wa Polisi, DĂ©sirĂ© Uwamahoro yavukiye mu gace gaherereye hafi y’umugezi wa Ninga, mu mudugudu wa 4 muri Komini Gihanga, […]
USA: Uwagiye muri Amerika nk’impunzi ava muri Somalia yatorewe umwanya mu nteko
Nyuma y’aho Hillary Clinton ananiriwe kwandika amateka aba perezida wa mbere w’umugore wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ngo mu bademokarate byibuze bakoze andi mateka batora mu bagize inteko ishinga Amategeko muri Minnesota umugore wa mbere w’Umunyamerika waje muri iki gihugu ari impunzi iturutse muri Somalia. [ad id=”44145″] Ilhan Omar w’imyaka 34, wahoze ari impunzi […]
Burundi: Ishyamba si ryeru hagati y’umukobwa wa Mwambutsa IV na mubyara we
Mu gihugu cy’u Burundi hakomeje impaka mu muryango w’umwami Mwambutsa wa IV hibazwa aho agomba kuzaruhukira mu mahoro hagati ya Bujumbura nk’uko umukobwa we, Iribagiza Rosa Paula abyifuza, cyangwa azakomeza kuruhukira I Meyrin mu Busuwisi aho yatangiye mu 1977 nk’uko yasize abisabye ndetse nuko byifuzwa na mwishywa we, Esther Kamatari. [ad id=”44145″] Kuwa 01 Ugushyingo […]
Indwara ya Kolera ikomeje gufata indi ntera mu mpunzi z’abanya-Sudani ziri muri Uganda
Umuryango mpuzamahanga wita ku bana UNICEF uratangaza ko umubare w’abarwayi ba kolera mu mpunzi z’abanya-Sudani mu nkambi zitandukanye ukomekuzamuka umunsi ku wundi. [ad id=”44145″] Umubare munini w’impunzi ziri kwibasirwa n’iki cyorezo ukaba uri kugaragara mu mpunzi ziri mu nkambi zitandukanye mu gihugu cya Uganda. Nk’uko bitangazwa na Dr Rabbin Drabe, umwe mu bakozi ba UNICEF […]
Ikipe y’igihugu ya Brazil ikomeje kugira Argentine insina ngufi (Amafoto)
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane nibwo ikipe y’igihugu ya Brasil yakiriye iya Argentine mu mukino wo guhatanira kuzitabira igikombe cy’isi mu mwaka wa 2018. Uyu mukino ni umwe mu mikino yoroheye ikipe ya Brazil yaje no kuwutsindamo ibitego 3:0, ibintu byatunguye abatari bake bahereye ku magambo aba yavuzwe mbere y’uyu mukino ufatwa nk’uruta […]
Abagore barasabwa gutinyuka bakiyamamariza imyanya ifata ibyemezo mu buyobozi
Bamwe mu basenateri bagize Komisiyo ya Politiki n’imiyoborere myiza barasaba abagore gutinyuka mu gihe cy’amatora, bakiyamamariza imyanya ifata ibyemezo,aho kurindira ko bashyirwa mu myanya yabo ya 30%. Ibi ni bimwe mu byagarursweho mu Karere ka Huye kuri uyu wa gatatu tariki ya 09 Ugushyingo 2016, ubwo abasenateri bagiranaga ibiganiro n’ubuyobozi bw’Akarere. [ad id=”44145″] Nk’uko byasobanuwe […]
Obama yakoresheje Ijambo ririmo kwigengesera kwinshi mu biganiro ku ihererekanyabubasha
Kuri uyu wa kane nibwo muri perezidansi y’Amerika habereye ibiganiro hagati ya perezida Obama na Trump watorewe kuzasimbura Obama guhera mu kwezi kwa mbere, byari ku ncuro ya mbere aba bagabo bo mu mashyaka abiri ahora ahanganye muri Amerika bicaranye mu biganiro badashobora kwanga gukora, N’ubwo perezida Obama yakunze kumvikana anenga ndetse arwanya Donald Trump, […]
“Gukora neza amarondo byaca ubujura bw’inka” Judith Kazayire
Guverineri w’intara y’uburasirazuba, Judith Kazayire yeretse abatuye iyi ntara akamaro ko gukora neza amarondo mu gihe muri iyi ntara hakomeje kuvugwa ubujura bwa nijoro butandukanye burimo n’ubwamatungo. Ibi Kazayire yabitangarije abaturage mu nama ubuyobozi bw’iyi ntara bwagiranye n’abatuye mu Karere ka Rwamagana umurenge wa Nzige aho yanibukije abaturage baba bafitanye ibibazo kutihanira ahubwo bakayoboka inzego […]