Nyamagabe: Gitifu w’Akarere yasezeye ku mirimo ye

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akarere ka Nyamagabe Nshimiyimana Jean Pierre yamaze gusezera ku mirimo ye nyuma yo guhatwa ibibazo na njyanama y’akarere akananirwa kwisobanura ku bibazo bigaragara mu buyobozi agahitamo kwegura. Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’aka karere, Jean pierre ngo yananiwe kwisobanura ku bibazo byagaragaye mu mitangirwe y’amasoko amwe n’amwe ya leta muri aka karere, bityo agahitagamo gukuramo […]

Uko igitaramo cya Christus Regnat cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 cyagenze (AMAFOTO)

Kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2016, Chorale Christus Regnat yo Paruwasi Regina Pacis /Remera yizihije isabukuru y’imyaka 10 imaze ivutse, mu muhango yanamuritsemo Album yayo ya 5 y’indirimo za Audio. Muri iki gitaramo kandi, iyi chorale yanaboneyeho gutanga ibihembo ku bahanzi, ibigo n’abandi bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu guharanira imibereho myiza ya Sosiyeti Nyarwanda. [ad id=”44145″] […]

Dore urutonde rw’ibihugu 5 bifite umubare w’abaturage bagufi ku isi kuruta ibindi

Iyo babara uburebure bw’abaturage aba n’aba, hibandwa ku mikurire y’umuntu mu gihagararo, uhereye mu gihe yari umwana kugeza ku basaza. Aha turagaruka ku bihugu bifite umubare munini w’abaturage bafite uburebure butajyanye n’imyaka baba bafite baba abagore n’abagabo muri rusange. Ubusanzwe buri gihugu cyangwa agace kagira abantu barebare ndetse n’abagufi, ariko hano haraza kugaragaramo ibihugu usanga […]

Dore uburyo butatu bworoshye bwagufasha kurwanya indwara y'umugongo

Abantu benshi bakunze kugira uburibwe bukabije bw’umugongo, akenshi ubu buribwe buterwa n’uko umuntu aba yitwara mu buzima bwe bwa buri munsi, imiterere y’akazi ukora cyangwa n’indi mibereho ya buri munsi isobora kuugururwa kandi mu buryo bwooroshye umuntu akabasha kugira amagara mazima. Hari uburyo bwagaragajwe n’abashakashatsi batandukanye bushobora kugufasha kwirinda indwara y’umugongo [ad id=”44145″] 1 . […]

Tour du Rwanda: Umunyarwanda Areruya Joseph yaje ku mwanya wa 3

Mu isiganwa ry’amagare kuri iki cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2016, umunyarwanda waje mu myanya y’imbere ni Areruya Joseph wo mu itsinda Amies Sportifs, yaje ku mwanya wa 3, umwanya wa mbere ukaba wegukanye umunya-Canada, Rugg Timothy. Muri iri rushanwa ry’uyu munsi, undi munyarwanda wabashije kuza mu myanya y’imbere ni NDAYISENGA J Bosco wo mu […]

Kenya: Umubare w’abagwiriwe n’inzu ukomeje kuzamuka

Muri Kenya kumunsi w’ejo tariki ya 12 ugushyingo 2016, hakomeje ibikorwa bwo gutaburura abantu bagwiriwe n’inzu mu gihe bari mu bikorwa byo kuyubaka mu mpera z’icyumweru gishize, kuri ubu hakaba hamaze kugaragara imibiri 9 y’abahitanywe nayo n’abandi basaga 32 bakomeretse cyane, ariko ibikorwa byo gushakisha abandi bikaba bigikomeje. Inzego zishinzwe ubutabazi mu gace ka Kisii […]

Uganda: Museveni yatumije inama y’igitaraganya yiga ku kibazo cya Bri Kyanda

President Yoweri Kaguta Museveni nk’umugaba w’ikirenga w’ingabo za Uganda yahamagaje abasirikare bakuru mu nama y’igitaraganya kugirango yige ku kibazo cy’ubujura bwa Bri Kyanda, bivugwa ko uyu Kyanda yaba yaranyereje amafaranga agera kuri miliyoni 12 z’amayero. Iyi nama yatumijwemo abayobozi b’ingabo barimo irabera mu rugo kwa Museveni ahitwa Rwakitura, mu karere ka Kiruhuura gaherereye mu burengerazuba […]

Umunyarwandakazi yegukanye ikamba rya Miss NaĂ ÂŻades 2016 muri Benin

Igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda 2016, Ndaruhutse Kwizera Peace w’imyaka 20 y’amavuko yatsindiye ikamba rya Nyampinga uhiga abandi mu bakobwa batuye mu mujyi witwa Cotonou uherereye mu gihugu cya Benin. Irushanwa rya Miss NaĂ ÂŻade ryatangiye gutegurwa mu 1998, Kuva ryatangira abanyarwandakazi baryitabiriye incuro eshatu, muri izo nshuro zose abanyarwandakazi bagiye begukana ibihembo. [ad […]

Gen Sultani Makenga wayoboraga M23 yatorotse none igikuba cyacitse

Nyuma yaho Uganda itangarije ko Gen Makenga atakiri mu nkambi aho yari asanzwe aba muri Uganda, inzego z’umutekano muri Congo zabwiwe kuryamira amajanja ngo atongera kubinjirana. Ikinyamakuru Zonebourse gitangaza ko Leta ya Congo yashishikarije inzego z’umutekano kuba maso cyane cyane mu Burasizuba bw’igihugu, ibi bikaba bije mu gihe Makenga atakiri hamwe n’abandi barwanyi yahoze ayoboye […]

ONU yasabye leta ya Kongo ko ishyiraho inzibacyuho

Mu gihe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo hari gutegurwa amatora y’umukuru w’igihugu, aho abatavuga rumwe n’ishyaka riri ku butegetsi rishaka ko Perezida Kabila yiyamamariza indi manda, ibintu byanateje umutekano mucye muri iki gihugu, umuryango w’Abibumbye wasabye ko mu rwego rwo guhosha imvururu ziri muri iki gihugu hashirwaho inzibacyuho bityo amatora akazakorwa nta muyobozi uri […]

Imikorere idahwitse yatumye KBS ihindurirwa umuyobozi

Ikigo ngenzura mikorere cy’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) cyatangaje umuyobozi mushya wa kompanyi itwara abagenzi mu mujyi wa Kigali izwi nka KBS (Kigali Bus Service). Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na RURA kuri uyu wa gatatu, iki kigo cyemeje ko Eng. Deo Muvunyi ari we muyobozi wa KBS muri manda y’amezi atandatu. [ad id=”44145″] Iri tangazo […]

Ruhango: Abagore n'abagabo 75 bigeze gukorerwa ihohoterwa bibumbiye hamwe mu kurirwanya

Abigeze gukorerwa ihohoterwa 75 bo mu karere ka Ruhango biyemeje gutanga umusanzu mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo, irishingiye ku gitsina, n’irikorerwa abana. Ibi babyiyemeje ku wa 10 Ugushyingo mu nama bagiranye na Inspector of Police (IP) Angelique Abijuru, akaba ashinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage ndetse n’izindi nzego muri aka karere. [ad id=”44145″] […]