Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere)
Iyi si ducumbitsemo twese uko turi hafi miliyari 7 tuyibanamo ukuntu gutandukanye kandi ugasanga buri wese afite uko ayibamo kujyanye naho ubuzima bumwerekeje. Hariho umuntu uvuka umubyeyi we akamubyara ashonje akazarinda [ uwo wavutse ] ava muri iyi si atariye ngo ahage n’umunsi n’umwe kabone nubwo yamara imyaka 100. Ubwo ariko bamwe baba barira, abandi […]
Amerika ntizi ahantu Hezbollah yakuye ibimodoka by’intambara byayo
Umutwe wa Hezbollah ushyigikiwe n’igihugu cya Iran wamuritse ibimodoka bya gisirikare bitwara ingabo byakorewe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibimodoka by’intambara by’imitamenwa byakorewe mu Burusiya mu karasisi wakoreye muri Syria, ariko abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakaba bavuga ko batazi uko uyu mutwe wabonye izi ntwaro. [ad id=”44145″] Amashusho y’aka karasisi kabereye […]
Abo mu muryango wa Kigeli V Ndahindurwa amaherezo barakizwa n’inkiko
Ese koko umuco nyarwanda uvuga ko iyo umwami w’igihugu atangiye ishyanga ari naho atabarizwa umugogo we udashobora gucyurwa mu Rwanda? Ibi ni bimwe mu byatangajwe na mushiki wa Kigeli Ndahindurwa witwa Speciose Mukabayojo uba muri Kenya ubwo yabazwaga n’umwishywa we, Gerald Rwigemera, ibijyanye n’aho umwami azatabarizwa, ariko akaba yaraje kwisubira nyuma avuga ko we icyo […]
Kamariza, umukobwa ushaka umukunzi ufite gahunda (Fungura ubone nimero ze)
Muraho bakunzi buru rubuga, nje hano nshaka inshuti ufite gahunda pana ibyo gukina, nd’umukobwa, imyaka 28, ndimunini bidakanganye,ntakazi mfite, uwumva afite gahunda agomba kuna afite urukundo nyarwo, imyaka guhera 29 kugeza 40, kuba ari VIH+ kuko twaba duhuje aho yabatuye ntacyo, ampamagare tuvugane 0784496453 ,ok mbaye mbategereje Imana nibane namwe. Niba nawe ushaka umukunzi twandikire […]
Gisagara: Hatangijwe Panafrican Movement mu karere
Kuri uyu wa gatanu 18/11/2016 habaye inama ku Karere yo gutangiza Panafrican Movement. Inama yayobowe n’Umuyobozi w’Akarere ka Gisagara, RUTABURINGOGA Jerome. Umushyitsi mukuru yari Dr NKULIYINGOMA James akaba ari Komiseri ushinzwe itangazamakuru, ubugeni n’umuco . Inama yitabiriwe n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge, ab’Utugari, abayobozi b’ibigo by’amashuri, abayobozi b’ibigo nderabuzima n’ibitaro, abahagarariye amadini n’amatorero, Inzego z’umutekano, abahagarariye Inama […]
Haribazwa icyo abakomando bagera mu 5,000 ba Uganda bakora muri Congo Inteko itabizi
Iperereza riravuga ko hari ingabo zo mu gisirikare cya Uganda (UPDF) bari mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Iki kibazo kikaba giherutse kuzamurwa na depite Godfrey Katusabe. [ad id=”44145″] “ N’iki bari gukora muri Congo nta ruhushya rw’inteko ishinga amategeko? Ibintu nk’ibi nibyo ntandaro y’ubwimvikane bucye hagati y’ibihugu ,” […]
Abanyarwanda batagira aho babarizwa mu bitabo by’irangamimerere bagiye gufashwa kwandikwa – MINALOC
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko Abanyarwanda batagira aho babarizwa mu bitabo by’irangamimerere bagiye gufashwa kwandikwa kuko ari uburenganzira bwabo. [ad id=”44145″] Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka yijeje Abanyarwanda ko ntawuzabuzwa uburenganzira biturutse ku mateka mabi igihugu yatumye abantu bamwe batandikwa mu bitabo bya Leta by’irangamimere. Mu kiganiro zagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu, minisiteri y’ubutegetsi […]
Tour du Rwanda: Umunyarwanda, Valens Ndayisenga yegukanye agace ka 6 (Musanze-Kigali)
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Ugushyingo 2016, umunyarwanda Valens Ndayisenga yegukanye agace ka 6 mu irushanwa Tour du Rwanda 2016, akoresheje amasaha 2, iminota 20 n’amasegonda 38. Urugendo barutangiriye i Musanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu barusoreza kuri stade i Nyamirambo, mu mujyi wa Kigali. [ad id=”44145″] Felix, umutoza wungirije w’ikipe […]
Guinea Bissau: Hashyizweho Minisitiri w’Intebe wa 5 mu mwaka umwe
Igihugu cya Guinea Bissau cyashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya wa Gatanu mu mwaka umwe kuri uyu wa Gatanu mu gihe iki gihugu cyakunze kurangwa no guhirika ubutegetsi gihanganye no kwikura mu bibazo bya politiki kirimo. Iteka rya perezida rikaba ryagize Minisitiri w’Intebe Umaro Mokhtar Sissoco Embalo wahoze ari Brig. Gen. n’umujyanama wa perezida ndetse akaba yaranabaye […]
Ku myaka 73 y’amavuko, yabeshyewe ko yasambanyije ingurube
Sharon Hamilton, w’imyaka 54 y’amavuko ndetse unazwi mu ruhando rwa film, nyuma y’inshuro nyinshi agezwa imbere y’urukiko byaje kurangira ahanishijwe amande y’amapawundi ibihumbi 230 azira kubeshyera umusaza w’imyaka 73 gusambanya ingurube. [ad id=”44145″] Anton Barkhuysen, w’imyaka 73 niwe wabeshyewe kurongora ingurube akaba ari umuturanyi wa Sharon wamuharabitse, biturutse ku makimbirane bari bafitanye amaze igihe kirekire, […]
IBUKA irishimira iyoherezwa mu Rwanda ry’abakekwaho uruhare muri jenoside igasaba u Bufaransa kwikosora
Kuri uyu wa Gatanu IBUKA yishimiye iyoherezwa mu Rwanda ry’abantu bakekwaho uruhare muri jenoside riherutse ry’abitwa; Jean Claude Seyoboka uhertse kuvanwa muri Canada, Claude Iyamuremye na Jean Baptiste Mugimba bakuwe mu Buholandi, na Leopold Munyakazi wakuwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Aba bose uko ari bane bakaba bararwanye urugamba rwo kutoherezwa mu Rwanda imyaka […]
Abasirikare b’urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2)
Iki ni igice cya kabiri cy’abasirikare bo muri aka karere u Rwanda ruherereyemo bapfuye mu buryo budasobanutse, ni nyuma y’iminsi ibiri gusa igice cya mbere nacyo gitambutse kuri uru rubuga Bwiza.com. Kuri uyu munsi twakwibaza mbere na mbere ku musirikare benshi bazi Nobel Mayombo , uyu ni umusirikare wa Uganda wapfuye mu 2007, urupfu rwe […]
YPO igiye gutangiza isomero kuri internet ryunganira iryo u Rwanda rwari rufite
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu yakiriye itsinda ryo mu muryango w’abayobozi bakiri bato uzwi nka Young Presidents’Organisation riri mu Rwanda kuva kuwa 12 Ugushyingo. Iri tsinda rikaba rigizwe n’abantu 17 baturutse mu Bihugu Byunze Ubumwe ryo by’Abarabu (UAE), Australia, Israel, Scotland, Hong Kong, Leta Zunze ubumwe za Amerika n’u Rwanda. [ad […]
Abapolisi 20 barangije amahugurwa y'ubugenzacyaha bwifashisha ubuhanga mu binyabuzima
Abapolisi 20 bakorera mu bugenzacyaha, ejo barangije amahugurwa y’ibyumweru bitatu ku bugenzacyaha bwifashisha ubuhanga mu binyabuzima. [ad id=”44145″] Aya mahugurwa yabereye mu ishuri rikuru rya Polisi(NPC) ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda na Kaminuza ya Maastrich mu Budage hamwe n’umuryango EP-Nuffic ushinzwe uburezi ku rwego mpuzamahanga mu Budage. Asoza ayo mahugurwa, umuyobozi wa NPC, Commissioner […]