Amagambo ya Wema sepetu nyuma yuko Diamond abyaye hari abo yateye agahinda
Kuwa 6 Ukuboza 2016 nibwo hatangajwe inkuru yuko Diamond Platinumz yibarutse umwana wa kabiri yabyaranye na Zari Hassan. Iyi nkuru kubyara kwa Diamond yakiriwe mu buryo butandukanye ariko ibyo Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond yatangaje byateye benshi agahinda bamwe baherako banemeza ko kutabyara ari byo byatumye atandukana na Diamond. Abinyujije kuri instagram, Wema Sepetu […]
Kuba urubyiruko rutabasha kwihangira imirimo, ni uko rushaka guhera ku mishinga ihanitse-RDB
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere RDB kiratangaza ko imwe mu mpamvu nyamukuru zituma urubyiruko rutabasha kwihangira imirimo ngo rutere imbere ari ukuba rushaka guhera ku mishanga ihanitse aho guhera ku mishanga mito ikazagenda ikura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko bitangazwa n’umujyanama ku nganda nto n‘iziciriritse muri RDB Joy Rwamwenge, ngo usanga urubyiruko rufite gukora imishinga minini kandi […]
Ubuhamya: Akerengane gashingiye ku myizerere kageze hano hafi muri EAC
Ibyo gukubita no kurenganya abatizera ibyo Isilamu yizera byageza mu karere k’Afurika y’Uburasirazuba, Abasilamu bo mu gihugu cya Uganda bihereranye uwitwa Hegenyi baramuhondagura bamuziza ko yahinduye idini, ibi bimenyerewe mu bihugu bigendera ku matwara akaze ya Isilamu (Sharia). Abasilamu bo mu gace ka Bufuja mu karere ka Butaleja gaherereye mu Burasilazuba bw’igihugu cya Uganda bihereranya […]
Perezida Kagame yongeye gutunga agatoki abayobozi batubahiriza inshingano
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’umuryango wa RPF Inkotanyi (Chairman) ubwo yaganiraga n’abagize biro politiki ya RPF kuri uyu wa 11 Ukuboza 2016; yabasabye kurushaho gukora inshingano neza nk’abayobozi aho kubigira igikangisho no kumva ko barusha igihugu agaciro. Muri uyu muhango wabereye muri Kigali Convention Centre, Kagame yagarutse ku iterambere igihugu cyagezeho anasaba […]
Burundi: Nta mpamvu zo kugirana umubano n’igihugu cyadukoronije nk’u Bubiligi- Nyamitwe
Leta y’u Burundi ikomeje kuvuga ko Ambasaderi wayo mu gihugu cy’u Bubiligi Jeremie Banigwaninzigo arimo gutinda mu mayira mu gihe bamusabye gusezera akagaruka mu gihugu cye nyuma y’uko iyi leta ishinjije kiriya gihugu gutera inkunga abatavuga rumwe na leta. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minisitiri w’ububanyi n’amahanga mu Burundi Alain Aimé Nyamitwe yatangaje ko bashaka kugarura uhagarariye igihugu […]
Somalia: Al Shabaab yubuye ibitero by’ubwiyahuzi ihita yivugana 16
Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2016 igisasu cy’umwiyahuzi cyaturikiye mu modoka gihitana abagera kuri 16 mu murwa mukuru Mogadishu. Ibikorwa by’ubwiyahuzi byongeye kubura muri iki gihugu giherereye mu Burasirazuba bw’Afurika mu gihe hari hashize iminsi ibi bikorwa byakunzwe kwitirirwa abayoboke b’idini ya Isilamu bo mu ntagondwa zo mu mutwe wa Al Shabaab bitumvikana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Ikibazo cy’abatera inda abana bato kigiye kuvugutirwa umuti
Mu gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje kugaragara ibibazo by’abana baterwa inda bari munsi y’imyaka 18 y’ubukure, Minisiteri y’Ubutabera iratangaza ko iki kibazo kigiye kubonerwa umuti urambye ushobora no kuzatuma gicika burundu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo guharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri iki cyumweru dusoza, Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera […]
Bomboribombori mu masambu i Rubavu, Meya Sinamenye abeshya na perezida wa Repubulika
Madamu Ingabire Marie Immaculee uyobora umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda ati “Ntimukage mumbwira akarere ka Rubavu, ni ukuri ndabasabye, Akarere ka Rubavu kamaze kungera hantu, wabonye Meya ubeshya? babeshye perezida wa Repubulika bamukoresha amakosa, barangije akabeshya minisitiri bicaranye amubeshya ngo ikibazo barakirangije kandi ntacyo bakozeho kubera ruswa bahabwa n’umucuruzi, niba yitwa nde? Mana […]
Uganda: Impanuka yasize mushiki wa Museveni ari intere, uwo bari kumwe arapfa
Impanuka ikomeye y’imodoka yabaye kuri uyu wa gatandatu mu gihugu cya Uganda ku muhanda wa Mbarara, yaje guhitana Geoge Agaba wari umukozi wa KCCA iza gusiga mushiki wa perezida Yoweli kaguta Museveni; Dr Violet Kajubiri bari kumwe mu modoka akomereka bikomeye ku kaguru. Iyi mpanuka yabereye ku muhanda wa Isingiro ufatanye n’uwa Mbarara ahagana saa […]
kwibuka umunsi w’amasezerano ya UN ahana jenoside byahujwe n'ibiganiro bya Kaminuza
Buri mwaka tariki ya 9 Ukuboza , isi yose yibuka amasezerano mpuzamahanga yo gukumira no guhana icyaha cya jenoside, yasinywe n’inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye tariki 9 Ukuboza 1948. Muri uyu mwaka Kaminuza n’amashuri makuru zakoze ibiganiro bijyanye n’umunsi wo kwibuka aya masezerano mpuzamahanga. Kuva mu mwaka wa 2012, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG), isaba za […]
Uganda: Impanuka yasize mushiki wa Museveni ari intere, uwo bari kumwe arapfa
Impanuka ikomeye y’imodoka yabaye kuri uyu wa gatandatu mu gihugu cya Uganda ku muhanda wa Mbarara, yaje guhitana Geoge Agaba wari umukozi wa KCCA iza gusiga mushiki wa perezida Yoweli kaguta Museveni; Dr Violet Kajubiri bari kumwe mu modoka akomereka bikomeye ku kaguru. Iyi mpanuka yabereye ku muhanda wa Isingiro ufatanye n’uwa Mbarara ahagana saa […]
Kenya: Inkongi y'imodoka yahitanye abasaga 40 barimo n’Abapolisi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 10 Ukuboza 2016, impanuka y’igikamyo cyari gitwaye ibikomoka kuri Peteroli mu gihugu cya Kenya yahitanye abasaga 40 barimo n’Abapolisi 5 bafite ipeti rya Ofisiye abandi benshi bataramenyekana umubare barakomereka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi kamyo yaturukaga mu mujyi wa Nairobi yerekeza Nakuru, ngo yagonganye I’imodoka yari itwaye Abapolisi barimo n’Abofisiye, ubwo […]
Nigeria: Urusengero rwari rurimo guverineri rwaguye ruhitana ababarirwa muri 60
Abantu bagera kuri 60 mu gihugu cya Nigeria babuze ubuzima nyuma yo kugwirwa n’igisenge cy’urusengero bari barimo cyabaguyeho bari mu muhango wo kwimika musenyeri mushya warwo. Ibi byabereye mu mujyi wa Uyo wo muri Nigeria kuri uyu wa Gatandatu nk’uko byatangajwe n’itangazamakuru ritandakunye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press byo byavuze ko umwe mu […]
Byanze bikunze aharangwa ruswa, harangwa n’inzego zijegajega – ACP Celestin Twahirwa
Inama nyunguranabitekerezo ku kurwanya ruswa iherutse kuba yatumye abayobozi benshi bashima ingamba za Polisi y’u Rwanda zo gufatanya n’izindi nzego mu kuyirwanya, aho muri Polisi y’u Rwanda hari umuco wo kutihanganira uwo ari we wese wayigaragaramo. Aha ikiganiro abitabiriye inama bagera kuri 200 ku ngamba Polisi y’u Rwanda yafashe mu kuyikumira, Assistant Commissioner of Police […]
kwibuka umunsi w’amasezerano ya UN ahana jenoside byahujwe n'ibiganiro bya Kaminuza
Buri mwaka tariki ya 9 Ukuboza , isi yose yibuka amasezerano mpuzamahanga yo gukumira no guhana icyaha cya jenoside, yasinywe n’inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye tariki 9 Ukuboza 1948. Muri uyu mwaka Kaminuza n’amashuri makuru zakoze ibiganiro bijyanye n’umunsi wo kwibuka aya masezerano mpuzamahanga. Kuva mu mwaka wa 2012, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG), isaba za […]