RDC: Mu gikingi cya Gen Laurent Nkunda ngo havumbuwe ibikoresho bya gisirikare

Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 10 Ukuboza, mu gikingi cyari icya Gen. Laurent Nkunda, ahitwa Kashunguru muri Teritwari ya Masisi, havumbuwe ahantu hari hahishe intwaro. [ad id=”44145″] Izi ntwaro zikaba ngo zaragaragaye nyuma yo gusaka kwakozwe n’abasirikare bo muri regiment ya 340 y’ingabo za […]

Amwe mu masomo y’ingenzi dusanga mu ijambo rya Perezida Kagame ryafunguye inama ya biro politiki ya FPR-Inkotanyi

Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2016 nibwo abanyamuryango basaga 2000 bagize Biro Politiki ya FPR-Inkotanyi bahuriye mu nama yabereye mu cyumba cy’inama cya Kigali Convention Center, aho perezida wa repubulika yabagejejeho ijambo twifuje gusesengura. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1.Inkuru yacu iribanda ku gusesengura intambwe ku yindi ku ngingo zikomeye kurusha izindi zibanzweho na Perezida wa Repubulika . […]

Malawi: Umukobwa w’uwahoze ari Perezida yakubiswe n’inkuba arapfa

Umukobwa wa Perezida Bakili Muluzi ucyuye igihe muri Malawi yakubiswe n’inkuba ejo kuwa 12 Ukuboza 2016 ahita yitaba Imana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru bitandukanye byo muri kiriya gihugu bitangaza ko uyu mukobwa wa Perezida witwa Esmie Muluzi Malisita yitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa 12 Ukuboza hamwe na mugenzi we Hazel Busile mu mujyi […]

Twazamuye imisoro kuri caguwa ngo duteze imbere ibikorerwa mu Rwanda – Min Kanimba

Mu gihe u mu Rwanda hagiye gutangizwa imurikagurisha ry’ibikorerwa mu Rwanda rizwi nka Made in Rwanda Expo 2016, Minisiteri y’ubucuruzi, inganda n’ibikorwa bya EAC yatangaje ko kongera ibiciro by’imisoro ku bicuruzwa byavaga mu mahanga byarakoreshejwe bizwi nka caguwa cyangwa sekeni bitari bugamije guca burundu ibi bicuruzwa ahubwo ko kwari ukugirango himakazwe umuco wo gukundisha Abanyarwanda […]

CEDEAO irateganya kohereza ingabo muri Gambia zikajya kumvisha Yahya Jammeh

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’uburengerazuba, CEDEAO, bwana Marcel de Souza, kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko uyu muryango ushobora kohereza ingabo mu gihugu cya Gambia zikajya gutuma ibyavuye mu matora ya perezida aheruka byubahirizwa nyuma y’aho Yahya Jammeh yisubiye akanga kwemera ko yatsinzwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Marcel Souza yabitangarije mu kiganiro […]

Kabarebe yasobanuye impamvu perezida Kagame yimuriye urugamba mu majyaruguru asanze barihebye

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Ukuboza, minisitiri w’ingabo, Gen. James Kabarebe, yahaye ikiganiro urubyiruko ruri mu itorero Urunana rw’Urungano ku nzira y’umusaraba banyuzemo mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, aho yatangaje ko Kagame yagarutse avuye ku ishuri agasanga nta kizere cyo gukomeza urugamba bafite akabakomeza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko ku nzira […]

Ntimukabe imfungwa z'amateka mutagizemo uruhare-Min Gen Kabarebe

Kuri uyu wa 13 Ukuboza 2016, Minisitiri w’ingabo Gen James Kabarebe yaganirije urubyiruko rusaga 700 ruri mu itorero Urunana rw’Urungano i Gabiro , aho yabaganirije ku mateka yaranze urugamba rwo kubohora igihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu buhamya Minisitiri Gen Kabarebe yahaye uru rubyiruko yanabasabye ko batagomba kuba imfungwa z’amateka mabi yaranze u Rwanda mu myaka yashize […]

Abarundi bahungiye mu Rwanda bibutse banasabira benewabo bishwe kuwa 11 na 12 Ukuboza 2015

Kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Ukuboza, impunzi z’Abarundi zahungiye mu Rwanda zibutse bagenzi bazo bishwe ku matariki 11 na 12 Ukuboza mu 2015. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuwa 11 Ukuboza 2015, nibwo ibigo bitatu bya gisirikare byagabweho ibitero n’abantu bitwaje intwaro barwanya manda ya gatatu ya perezida Nkurunziza. Ibi bitero bivugwa ko byakurikiwe n’ibikorwa bias nko […]

Umupasiteri anywesha abakiristo umuti bogesha ibisebe ngo arabavura mu izina rya Yesu

Muri Afurika y’Epfo hongeye kuboneka umupasiteri ufite agashya ke ko kunywesha abakiristo umuti bogesha ibisebe ukarinda ukwinjira kwa mikorobe ndetse n’isabune y’amazi ababwira ko arimo kubavura indwara mu izina rya Yesu. Uyu mupasiteri uvuga ko ari umuhanuzi w’itorero (prophète de l’Eglise), akaba anavuga ko kuba aha abakiristo isabune (dĂ©sinfectant) cyangwa umuti bogesha ibisebe (antiseptique), ngo […]

Malawi: Impunzi ziyemeje kwitambika iyoherezwa mu Rwanda rya Vincent Murekezi

Impunzi z’Abanyarwanda ziba muri Malawi ziyemeje gutanga ruswa zikanitambika mu buryo bushoboka bwose aho ngo zizanateza akavuzo ku buryo zizahagarika iyoherezwa mu Rwanda ry’umunyarwanda Vincent Murekezi ukurikiranywe ho uruhare jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Izi mpunzi zateraniye mu nama mu murwa mukuru wa Malawi, Lilongwe aho ngo zanoganyije umugambi wo guteza akavuyo mu […]

Umukinnyi warokotse impanuka y’indege yavuye muri Koma abaza muganga uko final y’umukino yagenze

Umwe mu bakinnyi barokotse impanuka y’indege mu byumweru 2 bishize Neto yatunguye abaganga bari bamukurikiranye mu bitaro yari arwariyemo ubwo yabazaga muganga wamwitagaho uko final y’umukino bari bagiye gukina yagenze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Neto ni umwe mu bantu 6 barokotse impanuka y’indege iherutse kubera mu gihugu cya Colombia yari itwaye ikipe yo mu gihugu cya Brazil […]

Abasirikare bayoborwaga na Gen Niyombare mu ishyamba bakaniwe urubakwiye

Abantu 25 bagiye bafatwa bakavuga ko bari mu mutwe ushaka guhirika Leta y’u Burundi (FOREBU) uyobowe na Gen Niyombare, bagejejwe imbere y’urukiko bakanirwa urubakwiye. Urukiko rukuru ruherereye mu Ntara ya Makamba nirwo kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Ukuboza 2016, rwasomeye aba bantu bagera kuri 25 ibihano bafatiwe. Babiri bakatiwe igihano cy’imyaka 20, cumi […]

Ibyo bamwe mu baturage bifuza ko inama y’umushyikirano 14 yazagarukaho

“Hari igihe abayobozi bafata ibyemezo umuntu yareba ukuntu bimubangamiye, wenda arebeye ku nyungu ze bwite akaba yavuga ko abangamiwe, ariko nibabivugaho mu nama y’umushyikirano, bakabitindaho, perezida wacu akumva imbogamizi z’abaturage maze akabifatira icyemezo ntakuka ndumva ikizabo gisigaye ari ugukurikiza gahunda ya Leta” Umwe mu batumye ku nama y’umushyikirano. Inama y’umushyikirano ya 14 izaterana kuva ku […]

Mu 2018 Abanyarwanda bose bazaba bagejejweho amazi meza — Dr Nzahabwanimana

Kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Ukuboza, mu Cyumba cy’inama cya Minisiteri y’Intebe habereye ikiganiro kigenewe abanyamakuru cyari kigamije kubagezaho ibyaganiriwe mu nama y’abaminisitiri yo kuwa 09 Ukuboza 2016. Kimwe mu byatangarijwe abanyamakuru harimo na politiki y’igihugu yo gukwirakwiza amazi na politiki y’isuku n’isukura n’ingamba zo kuzishyira mu bikorwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu 2010 guverinoma yemeje […]

Minisitiri Mushikiwabo yifurije akazi keza Minisitiri w’Intebe mushya w’u Butaliyani

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga , Louise Mushikiwabo, yashimiye Minisitiri w’Intebe mushya w’u Butaliyani, Paolo Gentiloni, kubw’inshingano yahawe amwifuriza kuzagira amahirwe muri iyo mirimo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Mushikiwabo abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter akaba yaragize ati: “Ndifuriza gutsinda uwahoze ari mugenzi wanjye Paolo Gentiloni, ubu wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani” Yakomeje agira ati: “ […]

Uburasirazuba: Urubyiruko rw’Abasilamu rwasabwe ubufatanye mu gukumira ibyaha

Mu kiganiro Polisi y’u Rwanda iherutse kugirana n’urubyiruko rusaga 600 rwo mu turere twa Gatsibo na Kayonza, Polisi y’u Rwanda yibukije uru rubyiruko ko rugomba kuba nyambere mu kurwanya ibyaha bitandukanye bigenda bigaragara uko u Rwanda rugenda rutera imbere birimo iby’ubujura bw’amatungo, ingengabitekerezo y’ubutagondwa n’ubuhezanguni, icuruzwa ry’abantu, n’ihohoterwa ririmo iryo mu ngo, irishingiye ku gitsina, […]

Yatawe muri yombi agerageza kuvunjisha Amayero 3550 y'Amahimbano ahwanye na miliyoni 3

Polisi y’u Rwanda irasaba abafite ibigo bikora imirimo ijyanye no kuvunja amafaranga anyuranye kwitonda bakagenzura ko amafaranga bahabwa atari amahimbano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubu butumwa buje nyuma y’uko Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali ifashe uwitwa Nyandwi Jean Marie Vianney, kubera gukoresha amafaranga y’amahimbano. Yafatiwe mu Kagari ka Kimisagara mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka […]

AMAFOTO: Abanyamahanga 9 baje gufasha Perezida Kagame kunoza gahunda z’umuryango w'Afurika yunze ubumwe

Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2016, Perezida wa rRepubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye itsinda ry’intiti 9 zivuye mu bihugu bitandukanye, zije kumufasha kunoza neza gahunda zo guteza imbere umuryango w’Afurika yunze ubumwe. Nk’uko byagaragaye mu itangazo ryatanzwe na Perezidansi y’u Rwanda, ngo aba banyamahanga bazafatanya na Perezida Kagame kurebera hamwe uburyo umuryango w’Afurika yunze […]