Ibyiza 5 byo gusomana mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
Gusomana cyane mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni ngombwa. Nubwo usanga hari abantu badakunda gusomana, iki gikorwa kibanziriza igikorwa nyir’izina ni ingenzi kuko kigira umumaro mu gutegurana no gutuma imibiri irushaho gukenerana. Hano hari imwe mu mimaro yabashijwe kwegeranywa mu rwego rwo gusangiza abakunzi ba bwiza.com ibyiza byo gusomana cyane cyane mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Byongera […]
Perezida Nkurunziza yitereye mu birere- IFOTO Y'UMUNSI
[xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi ni ifoto ya Perezida Nkurunziza w’u Burundi, yari yitereye mu birere mu gikorwa cy’amasengesho barimo mu Burundi, uyu munsi akaba ari umunsi wa kabiri, bashimira Imana yarinze u Burundi muri uyu mwaka wa 2016, akaba ari amasengesho azamara icyumweru. Iyi foto ikaba ari iy’umunsi, irimo guhanwahanwa ku mbuga nkoranyambaga. Nawe gira icyo […]
Dore amwe mu mafoto yanyeganyeje isi muri uyu mwaka wa 2016 hirya no hino
Muri uyu mwaka urimo usoza wa 2016, hagiye haba ibikorwa bitandukanye hirya no hino ku isi, nyamara nubwo abantu batabashije kuba bakwigererayo cyangwa ngo bumve ibyagiye biba, hari amafoto yabashije kwegeranywa afite icyo avuze ku byabaye. Amwe muri ayo mafoto ni aya [xyz-ihs snippet=”google-pub”] [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri […]
Perezida Nkurunziza ku munsi wa kabiri w’amasengesho- REBA AMAFOTO
Uyu munsi tariki ya 27 Ukuboza 2016, ni umunsi wa kabiri w’amasengesho mu gihugu cy’u Burundi, yateguwe n’umuryango wa Perezida Nkurunziza akaba arimo kubera mu Ntara ya Rutana. Aya masengesho ngo ni ayo gushima Imana yarinze u Burundi n’Abarundi muri uyu mwaka wa 2016, yitabirwa na Perezida Nkurunziza n’umufasha we hamwe n’abandi bayobozi mu nzego […]
Gasabo: Abagororwa 2 batorotse gereza
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe imfungwa n’abagorororwa RCS buratangazako abagororwa 2 bashobora kuba barazimiriye mu bari baje kubasurakuri Noheli kuko kugeza ubu bakomeje kuburirwa irengero. Aba bagororwa barimo Martin Ugirimpuhwe wari ukurikiranyweho ibikorwa by’ubujura ndetse na Emmanuel Twagirimana wari umaze igihe akatiwe imyaka 4 ku byaha yaregwaga, bikekwa ko bacitse mu gihe gereza ya Nyarugenge izwi nka […]
Prezida Magufuli yiyamye abategetsi be birukana Abazunguzayi
Perezida John Pombe Magufuli wa Tanzaniya yiyamye abategetsi bo muri iki gihugu ababwira ko bagomba kureka abacuruzi bo ku muhanda (Abazunguzayi) bagakora aka kazi kabo mu bwisanzure n’umutekano usesuye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu ijambo rye, perezida Magufuli yavuze ko Abazunguzayi bagomba kwerekwa ahantu heza bisanzuye bagakorera ubucuruzi bwabo habura bakaguma mu mihanda uko babyifuza. Perezida Magufuli […]
Burundi: Urubanza rw’abashinjwa kwica Hafsa Mossi rwigijwe inyuma
Urubanza rw’abakekwaho kwica depite Hafsa Mossi wari uhagarariye u Burundi mu Nteko ishinga Amategeko ya EAC rwegejwe inyuma ukwezi nyuma y’aho aba bagejejwe imbere y’urukiko bagasanga nta bunganizi mu mategeko bafite. Abagejejwe imbere y’urukiko rwa Komini Ntahangwa mu Ntara ya Muramvya bose hamwe ni batanu, hakaba harimo umunyeshuri mu ishuri rikuru rya gisirikare ISCAM ndetse […]
Perezida Habyarimana iyo aza kwigira kuri Thomas Sankara ntiyari kugwa mu gatego ka Mitterand
Thomas Sankara ni intwali ya Afurika, akaba yaratanze ubuzima bwe kugirango intekerezo ze nziza zivane abaturage ba Burkina Faso ku ngoyi ya ba Mpatsibihugu, ibikorwa bye by’ubutwari benshi bamwibukiraho na Perezida Juvenal Habyarimana w’u Rwanda iyo aza kubigenderaho aba yaramenye igakino k’Abafaransa akicwa gitwari kurusha uko yasize u Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ese Thomas Sankara ni […]
Pepiniere Fc yatangaje ko izikura mu irushanwa nibatayemerera gukinira ku kibuga cyayo
Nyuma y’uko ikipe ya Pepiniere Fc isabye ko ikibuga cyayo giherereye ku ruyenzi gikorwa ndetse ikanasaba ko umukino yari gukina usubikwa, kuri ubu yamaze gutangaza ko nitemererwa gukinira ku kibuga cyayo izikura mu irushanwa. Ikipe ya Pepiniere Fc itangaje ibi nyuma y’uko ku munsi wa 10 w’irushanwa iyi kipe yatewe mpaga ubwo yari yabuze ku […]
Ikibazo cy’inyama za Noheli zibwe cyahinduye amateraniro intonganya
Abakirisitu babuze uko bifata nyuma y’uko pasiteri wabo yahinduye ibyari ijambo ry’Imana intonganya nyuma y’aho uyu muvugabutumwa yari agarutse ku kibazo yagiranye n’abakirisitu bamwibiye Inyama yari yateguriye abashyitsi be ku munsi mukuru wa Noheli zibwe n’abo yari yahaye akazi ko kumubagira. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bishop Henry Katumba wo mu gihugu cya Uganda yahinduye isura ubwo yagezaga […]
Donald Trump asanga Loni imaze kuba club abantu bahuriramo bagiye kwinezeza
Nyuma y’iminsi micye Umuryango w’Abibumbye utoye umwanzuro ubuza Israel gukomeza kubaka muri West Bank no muri Yerusalemu y’uburasirazuba, Donald Trump witegura gutangira kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu minsi iri imbere, yakemanze ubushobozi bwawo kuri uyu wa Mbere, avuga ko Loni ari nka club abantu bahuriramo bashaka kugira ibihe byiza. Abinyujije ku rukuta rwe […]
Ese kuki ingabo za UN ziri mu butumwa bw'amahoro zikora ibyaha ariko zigakomeza kurindishwa?
U Burundi ni kimwe mu bihugu byagiye bigira inzego z’umutekano za leta zavuzweho guhungabanya umutekano w’abaturage haba mu gihugu imbere ndetse no mu butumwa bw’amahoro mu bihugu bitandukanye. Muri rusange, leta y’u Burundi igaragaraho amakosa menshi yo gukoresha ingabo zayo mu guhangana n’abatavuga rumwe nayo guhera mu myaka yashize ndetse abenshi mu baturage bakaba barahazize […]
Hakozwe impinduka muri Koperative Umwalimu SACCO
Amadeni adashira kandi akabije ubwinshi yatumye muri koperative umwalimu SACCO hakorwa impinduka zitandukanye, ibi kandi ngo ni mu rwego rwo kugira ngo iki kigega gitangire gushaka uko cyakwigira ntigikomeze gutega amaboko leta. Kuri ubu umubare w’amafaranga abarimu baguzaga muri SACCO wagabanyijwe kubera amadeni akabije. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Newtimes dukesha iyi nkuru yanditse ko ubu nta mwalimu […]
Lt Col mu ngabo za Uganda yakubiswe iz’akabwana kugeza apfuye azira gushaka kwiba
Umusirikare wa Uganda ufite ipeti rya Lt. Col kuri Noheri yakubiswe iz’akabwana kugeza ashizemo umwuka nyuma yo gukekwaho kugerageza kwiba umuntu ucuruza mobile money nk’uko amakuru agera kuri Chimpreports avuga. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wungirije w’igipolisi muri Kampala, Paul Kangave, ngo ibi byabaye nka saa tatu za mugitondo ubwo Lt Col. Keba Nekepere yageragezaga kwiba umucuruzi […]
Kirehe: Nsabimana Joel yafatanywe umufuka w'urumogi
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kirehe , ku itariki 25 Ukuboza yafashe uwitwa Joel Nsabimana ukekwaho kuba mu batunda ibiyobyabwenge babivana mu bice bimwe by’igihugu babijyana ahandi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba, Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi yavuze ko uyu mugabo w’imyaka 25 y’amavuko yafatiwe mu kagari ka Nyamiryango, mu […]