Uko Abatuye isi bari kwizihiza umwaka mushya wa 2017 (AMAFOTO)
Abatuye isi bari mu birori bikomeye byo kwizihiza umwaka mushya wa 2017, ibi birori byiganjemo kurasa mu kirere no kwishimisha mu buryo budasanzwe, mu bihugu nk’Ubuhinde n’Ubushinwa bari gukoresha Fireworks ziri kwaka hejuru y’amazu mu buryo bunogeye amaso. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] [xyz-ihs snippet=”google-pub”] [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwaka wa 2017 utangiye uzagira iminsi 365 mu gihe umwaka wa […]
Afurika y’Epfo: Ishyaka ANC ryatangiye gushakisha uzasimbura Jacob Zuma
Mugihe muri leta y’Afurika y’Epfo hasigaye imyaka ibiri ngo hakorwe amatora y’umukuru w’igihugu, ishyaka riri ku butegetsi ANC ryatangaje ko bitoroshye kubona uzasimbura Perezida Zuma nubwo ritakimushaka nk’umukandida wakongera kuyobora indi manda. Muri uyu mwaka wa 2016, Perezida Jacob Zuma yaranzwe no gushinjwa ibyaha byiganjemo ibya ruswa ndetse no gukoresha umutungo w’igihugu mu nyungu ze […]
Ibimenyetso 10 bizakubwira ko umugore wawe arimo kurangiza mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina
Mbese muri make kurangiza k’umugore ntabwo ari ibintu biza ngo uhite ubibona nkuko umugabo bigenda ni nayo mpamvu abagabo benshi batanabisobanukirwa, ukabaza umugabo uri nk’umuganga uti, ese umugore wawe ajya arangiza iyo mutera akabariro, akagusubiza agira ati: “nabibwira niki se? Mu byukuri umugore urimo kurangiza nuko aba ageze ku ndunduro y’ibyishimo mu imibonano mu mibonano […]
Umubano w’u Rwanda n’u Burundi mu ihurizo nk’iry’umwana w’intama n’ikirura
Muri Politiki na Dipolomasi mpuzamahanga hari ubwo ibihugu bikimbirana mu bigaragara nk’ibibazo karundura amahanga yandi agahaguruka reka sinakubwira akajyaho agakiza akitambika hagati y’ibihugu 2 cyangwa byinshi biba bifite ikibazo gishobora kuyahanganisha gisirikare cyangwa mu buryo ubu cyangwa buriya.  Twagiye twumva aho ibihugu 2 byagiye bikimbirana ndetse bikanakora ku ntwaro bikesurana imbaga y’abantu ikahatikirira.  […]
Umwaka wa 2016 wari uw’amaraso- Guverineri Paluku (Nord Kivu)
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2016, nibwo Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Julien Paluku Kahongya yatangaje ko mu ntara abereye umuyobozi haranzwe n’amaraso muri uyu mwaka urimo kurangira wa 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ati: “twaje kumenya ko umwak wa 2015 wari mwiza, umwaka wa 2016 waranzwe n’ubwicanyi […]
2016: Ap. Mukabadege yiswe Interahamwe, Ap.Gitwaza yitwa umubeshyi naho Aline Gahongayire we arara yipfumbase
Mu gihe umwaka wa 2016 ubura amasaha abarirwa ku ntoki ngo urangire, mu matorero n’amadini yo mu Rwanda hagiye hagaragara ibikorwa bitandukanye umuntu yakwita byiza ariko hakagaragara n’inkundura ku bayobozi, bigera no mu baririmbyi n’abakiristu. Aha twahera ku Nkurundura yagaragaye mu itorero “Umusozi w’ibyiringiro” rya Apotre Mukabadege Liliane wariryaniyemo n’umugabo we Ap. Bizimana Abrahim. [xyz-ihs […]
Perezida Nkurunziza yagaragaje ko nyuma ya 2020 ashobora kuzakomeza kuyobora ubuziraherezo
Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo kuri uyu wa 30 Ukuboza 2016, Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi, yakuriye inzira ku murima abamubazaga ikijyanye no kuba yakwiyamamaza kuri manda ya kane mu mwaka wa 2020. Mu gusubiza iki kibazo, Perezida Nkurunziza yabatangarije ko nawe ubwe atakora ibirenze ku byifuzo by’abaturage abereye umuyobozi ndetse n’Itegeko Nshinga rikubiyemo amategeko muri […]
Polisi y’u Rwanda ibifashijwemo na Interpol yafashe ibikoresho n’ibiribwa bitujuje ubuziranege
Kuva ku itariki ya 15 kugeza kuya 16 Ukuboza 2016, ibihugu bihuriye mu muryango uhuza Polisi mpuzamahanga (Interpol) byo mu muryango uhuza abayobozi bakuru ba za Polisi zo mu bihugu 13 byo mu burasirazuba bwa Afurika (EAPCCO), byakoreye rimwe umukwabu wiswe “Operation FAGIA-OPSON II” wo gufata no gukura ku isoko ibikoresho, ibiribwa n’ibinyobwa by’ibyiganano byinjiye […]
Muhanga: Ibibazo by’ihohoterwa bicocerwa mu mugoroba w’ababyeyi
Mu murenge wa Cyeza, buri wa gatandatu wa kabiri w’ukwezi haba umugoroba w’ababyeyi, aho bagaruka ku ngo zibana mu makimbirane. Iyo miryango igirwa inama, buri muntu agategwa amatwi, bakumva uruhare rwe mu makimbirane, abateraniye aho bakabafasha gufata imyanzuro yubaka. Uhagarariye inzego z’abagore mu mudugudu wa Busozi, akagari ka Kivumu, Gato Stephania atanga ubuhamya bw’uburyo umugoroba […]
Kigali: Umunyamategeko Ntabwoba Toy yarashwe arapfa
Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko Umunyamategeko Nzamwita Ntabwoba Toy yarashwe n’umupolisi arapfa ubwo yavogereye bariyeri iri hafi y’amasangano y’umuhanda wo kuri KBC. Polisi itangaza kandi ko uyu mugabo yari yasinze, ko ubwo yari ageze muri Rond Point ya Kacyiru ahazwi nka KBC yahagaritswe akanga ndetse agashaka no kugonga umupolisi […]