Rafsanjani wigeze kuba Perezida wa Iran yapfuye ku myaka 82

Hashemi Rafsanjani Akbar, wigeze kuba Perezida wa Irani, yitabye Imana ku myaka 82 y’amavuko azize indwara y’umutima. Nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi, uyu musaza ngo yari amaze igihe arwaye nyuma akaza kujyanwa mu bitaro kuri iki cyumweru tariki ya 8 Mutarama 2017 agahita agwayo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo yayoboye Irani kuva […]

Ikipe ya Pepiniere igarukanye umwaku mu kibuga

Mu mukino wa mbere w’ikipe ya Pepiniere kuva aho igarukiye mu kibuga kuri uyu wa 8 mutarama 2017, ntubashije kuyigendekera neza aho ikipe ya Rayon Sports iyitsinze ibitego 3-1 kuri kimwe, iyi kipe ikaba ikomeje kuza ku mwanya wa nyuma mu irushanwa dore ko na bamwe mu bakinnyi bayo basaga n’abigendeye burundu. Iyi kipe ya […]

Burera: Akarere nyaburanga kavumburwa n’uwihanganiye urugendo

Akarere ka Burera ni kamwe mu turere tubitse ibyiza nyaburanga muri iki gihugu, ariko bibonwa n’ubasha kwihanganira urugendo. Nta gushidikanya ko imigendekere yako yaba ivutsa bamwe ubwo burenganzira bwo kumenya ibyiza bitatse urwa Gasabo. Ikirunga cya Muhabura, umupaka wa Cyanika, ikiyaga cya Burera, igishanga cy’urugezi, ibitaro bya Butaro, igicumbi cya Nyabingi n’ibindi, nibyo bifata umwanya […]

Zimbabwe:Uwungirije perezida Mugabe ari mu mazi abira azira ifoto

Uwungirije perezida Mugabe yasabwe gutanga ibisobanuro ku ifoto yazengurutse ku mbuga nkoranyambaga igaragaza ko uyu mugabo yaba ashaka kwiyitirira ubutegetsi bwa perezida Robert Mugabe w’imyaka 92 kuri ubu uri mu biruhuko by’akazi bisoza umwaka mu gihugu cy’Ubushinwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ifoto ya Visi perezida w’igihugu cya Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa yazengurutse ku mbuga nkoranyambaga agaragara afite igikombe […]

Abashumba bo muri Kenya bashinjwa kwinjirana imbunda muri Uganda bakazigurisha n’abaturage

Igisirikare cya Uganda UPDF cyatangajwe ko kigiye kwirukana Abanyakenya basgaa 2000 baba muri kiriya gihugu ndetse n’abari mu nkengero zacyo bitwaza ko baje kuragira bakazana ibirwaniro byo kugura n’abaturage ba Uganda. Abaturage bo mu gihugu cya Kenya biganjemo abashumba ndetse n’imiryango yabo batangiye kwinjira muri Uganda guhera mu myaka yashize, kuri ubu hakaba habarurwa abasaga […]

Mario Soares wahoze ari perezida wa Portugal yitabye Imana ku myaka 92

Mario Soares, wahoze ari perezida wa Portugal ndetse akaba ari nawe washinze ishyaka ry’abasosiyalisiti, yitabye Imana ku myaka 92 y’amavuko. Iki gihugu kikaba cyatangaje icyunamo cy’iminsi 3 mu gihugu hose guhera kuri uyu wa Mbere mu gihe azashyingurwa kuwa Kabiri. Mu 1976, yabaye Minisitiri w’Intebe wa mbere nyuma ya kudeta, agira uruhare mu kuyobora igihugu […]

Umuhanzikazi Bad black yahaye abakunzi be izina rishya riteye urujijo

Umuhanzikazi uzwi nka Bad black mu gihugu cya Uganda akomeje kugaragaza udushya tudasanzwe , aho nyuma yo kwiyita bad black yasabye abakunzi be ko ntawe ashaka kongera kumva amuhamagara Bad Black ahubwo ko ari akanyamuongo gato. Uyu muhanzikazi yatangaje ibi nyuma yo kuva mu buroko aho yari amaze igihe akurikiranyweho ibyaha byo gucuruza magendu n’ibindi […]

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abaturage bazo kuva muri Gambia

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abaturage bazo bari mu gihugu cya Gambia kuhava mu gihe hakomeje kwikangwa imirwano yo gukuraho perezida Yahya Jammeh uherutse kwanga ibyavuye mu matora. Nyuma yo gutsindwa amatora yo kuwa 01 Ukuboza 2016, perezida Yahya Jammeh yemeye ko yatsinzwe ariko nyuma aza kwisubira yanga ibyavuye mu matora avuga ko yibwe […]

Ibyo wamenya ku cyaha cya ruswa mu Rwanda muri 2016

Muri gahunda ya leta y’u Rwanda harimo guhashya ruswa mu nzego zose ndetse no guhana abanyabyaha bafatiwe muri iki cyaha, urwego rw’umuvunyi rutangaza ko mu mwaka ushize wa 2016 Inkiko zo mu Rwanda zakiriye ibyaha bifitanye isano na ruswa 121, ibi ni hafi kimwe cya kabiri cy’ibyari byagaragaye muri 2015. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urwego rw’umuvunyi ruvuga […]

Siporo Rusange ya mbere muri 2017 yitabiriwe bidasanzwe – Amafoto

Nk’uko bisanzwe muri siporo rusange ngarukakwezi, Abanyakigali kuri uyu wa 08 Mutarama bongeye guhurira ahantu hatandukanye bakora siporo guhera saa moya za mugitondo, ndetse habaho n’igikorwa cyo gupima indwara zitandura nka diabete n’izindi. Nk’uko bisanzwe na none, abaturage bo mu mujyi bahuriye muri Car Free Zone mu mujyi rwagati bererekeza kuri SOPETRAD bagana ku cyicaro […]

Amajyepfo: Abarimu barasabwa kwirengagiza ibibazo bafite bagakunda umwuga bakora kurushaho

Mu muhango wo gutangiza ku itorero ry’Indemyabigwi rigizwe n’abarezi bo mu mashuri abanza, ay’isumbuye ndetse n’ay’imyuga mu karere ka Ruhango, Guverineri Mureshyankwano yagarutse ku kibazo abarimu bakunze kugaragaza nk’imbogamizi kijyanye n’umushahara udahagije, aho yabasabye gukora nk’abitanga bakirengagiza ibyo bibazo kuko bigikurikiranwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Guverineri Mureshyankwano yagize ati”tuziko mwitanga cyane mu kazi kanyu ka buri munsi. […]

RDC: Mu ntara za Kasai abantu 140 bamaze kugwa mu makimbirane kuva muri Kanama 2016

Abantu 140 bamaze kugwa mu makimbirane yo mu Ntara za Kasai yo Hagati n’a Kasai y’Iburasirazuba kuva muri Kanama 2016 nk’uko byatangajwe n’Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi by’Umuryango w’Abibumbye, OCHA. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuhuzabikorwa ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri uyu muryango, Mamadou Diallo, yavuze ko ibihumbi by’abaturage batuye mu ntara zavuzwe bugarijwe n’ubugizi bwa nabi bwatangiye […]

Kayonza: Mukiga Musare akurikiranyweho icyaha cyo kwigana amafaranga

Polisi ikorera mu karere ka Kayonza yataye muri yombi umugabo witwa Mukiga Musare w’imyaka 31 y’amavuko akurikiranyweho gutunga amafaranga y’amahimbano agera ku bihumbi 160 by’amafaranga y’u Rwanda yari agizwe n’ inote 32 z’amafaranga 5000 z’mpimbano. Uyu mugabo yafashwe mu ijoro ryo ku italiki 6 Mutarama, mu kagari ka Kayonza, mu murenge wa Mukarange ubu akaba […]