Ubutaliyani: Hagiye gutorwa itegeko rizasharirira Abimukira bagacika intege

Kuri uyu wa 23 Mutarama 2017, inteko ishinga amategeko y’Ubutaliyani iratora itegeko rishobora kuzasharirira Abimukira bahoraga bagwa mu nyanja bashaka kujya gushaka amaronko muri iki gihugu, ni itegeko rigaragaza ibimeze nko gukandamiza no gukoroniza abizanye. Ikinyamakuru the times dukesha iyi nkuru cyanditse ko inteko ishinga amategeko y’Ubutaliyani izatorera umushinga w’itegeko rivuga ko umwimukira wese uri […]

Amafoto afite ubusobanuro bwa Demokarasi utapfa kubona ku mugabane w'Afurika

Hibazwa icyaba cyarateye umurozi w’umuhanga kuroga umugabane w’Afurika, n’ubwo uyu murozi ataraboneka ariko ibikorwa bye kuri uyu mugabane biragaragara, hakenewe umuganga w’inzobere uzavura Afurika ikomeje kugaragaza intege nke muri demokarasi. Ifoto igaragaza umukuru w’igihugu ucyuye igihe ari kumwe n’uwugomba kumusimbura ziboneka hake muri Afurika kuko akenshi kuri uyu mugabane hasimburwa uwamaze kwicwa, gushyirwa muri gereza […]

Makenga niyongera gutangiza intambara FARDC izamubereka ari muzima cyangwa ari umupfu — Gen Olenga

Umujyanama mu bya gisirikare mu biro by’umukuru w’igihugu muri Congo, Gen. Francois Olenga, uri i Goma muri Kivu y’Amajyaruguru guhera kuri uyu wa Gatanu, itariki 20 Mutarama 2017, yahamagariye abahoze ari abarwanyi ba M23 kwishyira mu maboko y’ingabo za Congo, FARDC. “ Makenga ndamusaba kujya mu gihugu cye ariko ntatangize intambara, ibitari ibyo, FARDC izabereka […]

Impanuka ya Kamonyi n’imvura ya Kigali byaraje abantu mu tubari

Impanuka yaraye ibereye mu karere ka Kamonyi yatumye imodoka ziva mu majyepfo zijya I Kigali zihagarikwa amasaha arenga 4. Ubwo kandi niko na Kigali imvura yabicaga bigacika. Aho imodoka zirekuriwe, abagenzi bageze Nyabugogo mu ma saa yine z’ijoro ari benshi, kandi amazi yafunze umuhanda imvura ikiri yose. Uburyo bwo kuva Nyabugogo bwari ingorabahizi, utabasha guhendwa […]

Papa Francis yanze kugira icyo avuga kuri Trump amugereranya na Adolf Hitler

Umushumba wa Kiliziya gatorika ki isi yanze kugira byinshi atangaza kuri perezida mushya wa leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump, mu kiganiro Papa Francis yagejeje ku banyamakuru kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21 Mutarama 2017 nyuma y’irahira rya Donald Trump yavuze ko ibya Trump ari ukubhanga ukubitega amaso kugeza bisohoye. Papa Francis wahoze afitanye […]

Padiri Nahimana ngo aragera mu Rwanda kuri uyu wa Mbere

Umunyapolitiki Padiri Thomas Nahimana ngo aragera mu Rwanda kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Mutarama 2017 nyuma yo kwangirwa kwinjira mu Rwanda kuwa 23 Ugushyingo 2016 biturutse ku cyemezo ngo cyafashwe n’abayobozi Perezida Paul Kagame yagaye ku mugaragaro nk’uko itangazo rigenewe abanyamakuru ubuyobozi bw’ishyaka Ishema rya Padiri Nahimana, ryashyize ahagaragara rivuga. Muri iri tangazo ubuyobozi […]

Abanyeshuri 8 bo muri Tanzaniya bakurikiranyweho ibikorwa by'ubutasi muri Malawi

Abanyatanzaniya 8 bafungiye mu gihugu cya Mali guhera mu mpera z’umwaka wa 2016 bakurikiranyweho kwigira abatasi muri kiriya gihugu bateje urunturuntu hagati y’ibihugu byombi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba banyatanzaniya bafashwe n’inzego zishinzwe iperereza muri Malawi mu Kuboza 2016, bavuga ko bari boherejwe na leta ya Tanzaniya gutata niba kiriya gihugu kidakora ibitwaro bikoresha imyuka ihumanya bahita […]

Ku munsi wa mbere w’akazi, Donald Trump yatangiye gufunga ibitangazamakuru bimubeshyera

Perezida wa leta zunze ubumwe z’Amerika utaramara iminsi byibura ibiri ku butegetsi yikomye bikomeye itangazamakuru ryo muri Amerika asaba ikigo cy’ubutasi bw’Amerika gukurikirana imikorere y’ibitangazamaku Ibi perezida Donald Trump yabitangarije mu ruzinduko yagiriye mu kigo cy’ubutasi bw’Amerika (CIA) kuri uyu wa 21 Mutarama 2017 uyu mugabo yagarutse ku mibare yanditswe n’ibinyamakuru bitandukanye bivuga ko ibirori […]