Nyagatare: Umuyobozi wa SACCO arakekwaho kuba mu banyereje asaga miliyoni enye

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyagatare yafashe umuyobozi wa SACCO yo mu murenge wa Matimba , mu karere ka Nyagatare , kubera gukekwaho kuba umwe mu barigishije amafaranga y’u Rwanda arengaho gato miriyoni enye y’iri shami yari abereye umuyobozi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Uburasirazuba , Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi […]

Wema Sepetu nibwo abonye akanya ko kwifuriza inshuti umwaka mushya anabasangiza amafoto

Wema Sepetu benshi bazi nk’umwe mu byamamare byo muri Tanzania bikoresha imbuga nkoranyambaga cyane, muri iyi minsi yari yararuciye ararumira, ubu akaba aribwo arimo kwifuriza abafana be umwaka mushya muhire wa 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram afiteho abamukurikira basaga miiliyoni 2, Wema Sepetu yagize ati: “Waba wifuza ijambo ryiza rinturukamo muri […]

Nta muntu ukwiye kongera gutanga amafaranga ya serivisi yatswe n’abatekinisiye – WASAC

Ikigo cy’Igihugu, gishinzwe amazi, isuku n’isukura, WASAC, kirabuza abaturage kujya baha amafaranga abatekinisiye bacyo bayabasaba ngo babone kubaha serivisi kivuga ko aya mafaranga afatwa nka ruswa. Ibi bije mu gihe abaturage bakunze kuvuga ko bakwa amafaranga ya serivisi nk’igihe bagize ibibazo aho batuye nk’itiyo abagaburira amazi yagize ikibazo cyangwa urutsinga rw’amashanyarazi rwacitse, ugasanga bamwe mu […]

Muhanga: Minisitiri w’Intebe yifatanyije n’abaturage mu kuhira imyaka mu muganda

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 28 Mutarama, Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yifatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Cyeza, Akarere ka Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo, mu muganda rusange ngarukakwezi usoza ukwezi, wakozwe huhirwa ibigori kuri Hegitari 100. Iki gishanga cyakozwemo umuganda gihingwa na Koperative TUZAMURANE ifite abanyamuryango 800. Ibigori iyo Koperative yateye birashimishije ariko byari byatangiye […]

Donald Trump yabwiye Theresa May ko ashyigikiye ko u Bwongereza bwitandukanya na EU

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump kuri uyu wa Gatanu yakiriye umutegetsi wa mbere kuva yagera ku butegetsi, ari we Theresa May, Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, aho yatangaje ko Amerika ifitanye umubano udasanzwe n’u Bwongereza mu gihe May avuga ko ibihugu byombi bisangiye inyungu mu by’ubukungu kandi ko Trump yamwemereye ko ashyigikiye […]

Umusore yasambanye na nyina amutera inda banahita babana

Betty Mbereko, umugore ukomoka mu gihugu cya Zimbabwe yasobanuye uburyo yahisemo gusambana n’umuhungu we nyuma baranabana kuko yamukundaga kurusha abandi bose. Uyu mugore wari watewe inde n’umuhungu we, avuga ko nyuma y’urupfu rw’umugabo we, byashobokaga ko yarongorwa n’umugabo wabo (umuvandimwe w’umugabo we) kandi ko atamukundaga, ahitamo kubana n’imfura ye. Uyu mugore w’imyaka 41 y’amavuko yatewe […]

Musanze: Abaturiye Pariki bakomeje kwishimira byinshi barusha abatayituriye

Kuva mu 2005 hatangijwe uburyo bwo gusangira umusaruro uva mu bikorwa by’ubukerarugendo (Revenue Sharing), aho 5% by’amafaranga pariki yinjiza azajya asigara mu baturage bayituriye mu rwego rwo kubashishikariza gukomeza kuyibungabunga;Ikigo cy’igihugu cy’Iterambere (RDB) kikaba kimaze gutanga 1,830,000 z’amadolari yo gutera inkunga ibikorwa bifitiye akamaro abaturage baturiye pariki. Abaturage baturiye pariki nabo bemeza ko hari byinshi […]

Abasirikare b’u Burundi bakomeje gutabwa muri yombi abandi bicwa

Guta muri yombi abasirikare byafashe indi ntera mu gisirikare cy’u Burundi, kuva tariki ya 24 uku kwezi abasirikare 18 nibo bazwi bafashwe, umwe mu bafashwe akaba yabonwe yishwe. Aba basirikare bafashwe barimo umwe ufite ipeti rya liyetona na majoro bakoreraga mu nkambi ya gisirikare iri mu ntara ya Muyinga. Itabwa muri yombi ryabo rikaba rifitanye […]

RDC: Abakozi bo ku mupaka bahagaritswe bazira umuntu baretse akinjira mu gihugu

Abakozi 6 b’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka mu mujyi wa Goma ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bamaze icyumweru bahagaritswe ku kazi bazira kuba bararetse, Ida Sawyer, umushakashatsi n’umuyobozi wa HRW muri Afurika yo hagati, akinjira ku butaka bwa Congo mu gihe yari yarabwiwe ko atemerewe kongera gukandagiza ikirenge ku butaka bwa Congo (persona non […]

Ababyeyi n’abayobozi b’ibigo by’amashuri barasabwa kwita ku mutekano w’abana mu modoka zibajyana ku ishuri

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda rirasaba Ababyeyi n’Abayobozi b’Ibigo by’Amashuri gukurikirana ko imodoka zijyana abana ku ishuri zikanabacyura ko ba nyirazo bujuje ibyangombwa bibemerera gukora iyi mirimo. Ubu butumwa butanzwe nyuma y’aho hagaragaye bamwe mu batwara izi modoka batujuje ibisabwa birimo ubwishingizi no gusuzumisha ubuziranenge bwazo. Hari ubwo bamwe mu […]

Kajugujugu 2 z’igisirikare cya Congo zakoreye impanuka i Rutshuru

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Mutarama 2017, nibwo indege ebyiri zo mu bwoko bwa kajugujugu z’igisirikare cya Leta ya Congo ( FARDC) zahanutse zirashwanyagurika mu gace ka Rutshuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko byatangajwe na Radiyo Okapi, abakomerekeye muri izi ndege harimo abofisiye 3 ba FARDC n’abandi basirikare bo mu ikipe y’Abarusiya. Aba bose bakaba […]