Man. U yegukanye igikombe cya EFL Cup, Southampton itaha yimyiza imoso
Ikipe ya Manchester itahukanye igikombe mu mukino usoza irushanwa ryo mu Bwongereza rya EFL Cup aho yatsinze ikipe ya Southampton ibitego 3 kuri 2. Iyi kipe ikomeje kwandika amateka yo gutwara ibikombe muri iri rushanwa, ubu akaba ari ku nshuro yayo ya 5 itwaye iki gikombe. Igice cya mbere cyarangiye ari ibitego 2 bya Man […]
Perezida Trump ngo ntazitabira umuhango wo gusangira n’abanyamakuru
Nk’uko bisanzwe buri mwaka, muri leta zunze ubumwe z’Amerika haba umuhango udasanzwe aho Perezida uriho ahura n’abanyamakurru bagasangira bagatebya ndetse muri uwo muhango Perezida uriha akanavugiramo ijambo risa n’irisetsa agamije kongera umubano n’itaangazamakuru. Perezida Trump yatangaje ko atazigera yitabira uwo muhango ndetse ko nta n’umubano wihariye ashaka kugirana n’itangazamakuru kubera ibyo arishinja byop gutangaza amakuru […]
Abapolisi 2 bafashwe basambanira mu modoka y’akazi
Abapolisi 2 batawe muri yombi bari mu bikorwa byo gushimishanya mu modoka ubwo bari mu kazi mu gikorwa cyo gucunga umutekano wo mu muhanda mu mujyi wa Rosario mu gihugu cya Argentina. Aba bapolisi batawe muri yombi ubwo telefone y’akazi yabahamagaraga bagatinda kuyifata kugeza ubwo babasanze aho bari bari bagasanga bambaye ubusa. Umuvugizi wa Polisi […]
Ubuyobozi bwa Polisi burashimira abapolisi b'inyangamugayo bitandukanya na ruswa
Ubu ni ubutumwa umuvugizi wa Police, ACP Theos Badege yatanze kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gashyantare 2017, ubwo herekanwaga abantu 30 bakurikiranweho ibyaha bifitanye isano na ruswa. Abo 30, batawe muri yombi bagerageza guha ruswa abapolisi, nyamara bababera ibamba, bahitamo kubatanga bitandukanya na sekibi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni urugamba rukomeye Police yiyemeje rwo kurandura ruswa […]
Irak: Havumbuwe icyobo rusange Islamic State yashyinguyemo abantu 4,000
Mu butayu bwa Khasfa Sinkhole bwo muri Irak havumbuwe icyobo rusange cyarunzwemo imirambo igera ku 4,000 y’abantu bishwe n’umutwe wa Islamic state bikaba byagize aha hantu aha mbere hashyinguwe abantu benshi icyarimwe muri iki gihugu nk’uko byatangajwe na The Telegraph. Aha hantu haherereye hafi y’umuhanda munini ugana mu mujyi wa Mosul mu birometero nk’umunani uvuye […]
(Amafoto) Umugore yatwitse agatimba yihimura ku mugabo we asigara yambaye ubusa
Umugore witwa Katlynn McKee w’imyaka 25 y’amavuko yagaragaje umujinya udasanzwe mu byo yakoraga nk’imikino byo kwihimura ku mugabo we bari baherutse gusezerana kuzabana akaramata. Uyu mugore ukomoka muri leta ya Illinoi muri Amerika, wakwirakwiriye hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga akanamenyekana nk’ukoze ibintu bidasanzwe, byo kwhimura ku mugabo we bari bamaranye imyaka igera ku 10 […]
Polisi y’Igihugu yagaragaje abantu 30 yafatiye mu byaha bifitanye isano na ruswa
Kuri iki Cyumweru, itariki 26 Gashyantare 2017 Polisi y’Igihugu yerekanye abantu 30 batawe muri yombi bakekwaho kugerageza guha abapolisi ngo babafashe kubona serivisi batemerewe. Mu bantu bafashwe harimo abashoferi b’imodoka bafatirwaga mu makosa anyuranye yo mu muhanda bagashaka guha ruswa abapolisi bo mu muhanda ngo babarekure, ariko aho kuyakira bagahita babata muri yombi. Mu bafashwe […]
Bamwe mu bahesha b’inkiko mu Rwanda barashinjwa kwica amabwiriza agenga umwuga
Minisiteri y’ubutabera mu Rwanda ishinja bamwe mu bahesha b’inkiko gukora ibihabanye n’indangagaciro ndetse n’amahame y’umwuga bakora ahubwo bagakora ibyo yita ko biyihesha isura mbi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bitangajwe mu gihe bigaragara ko hari bamwe mu bakora bene uyu mwuga bashinjwa n’abaturage gushyira mu bikorwa ibyemezo by’urukiko mu buryo bita ko bubangamira uburenganzira bwabo nko mu […]
Uganda: Besigye yasabye abayoboke be kutizera 100% ko yarusha Museveni kuyobora neza
Col Dr Kiiza Besigye, umunyapolitiki umaze igihe urwanya ubutegetsi bwa perezida Museveni ariko rimwe na rimwe akajya anyuzamo agatera abantu urujijo, kuri ubu yabwiye abayoboke be ko batagomba kwizera 100% ko ashobora kurusha Museveni kuyobora neza. Besigye yavuze ko abantu batagomba gutorerwa imyanya y’ubuyobozi kubw’ibyo basezeranyije, ahubwo ko hagomba no kubaho uburyo buzabahatira kunamba ku […]
Ibaruwa ifunze E. Tshisekedi yasize yandikiye Perezida Kabila ishobora guteza ibibazo
Abanyamadini muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo batangaje ko mbere y’uko nyakwigendera Etienne Tshisekedi apfa yasize yandikiye ibaruwa Perezida Joseph Kabila ariko kugeza ubu hakaba hari impungenge ko atarayishyikirizwa. Mu nama y’abahagarariye amadini n’abandi bashinzwe akanama ko kugarura amahoro muri kiriya gihugu yabaye kuwa gatanu tariki ya 24 Gashyantare 2017, bagarutse ku makuru avuga ko […]
Igipolisi cyo mu Budage cyarashe umuntu wari umaze kugonga abantu
Igipolisi cyo mu mujyi wa wa Heidelberg mu gihugu cy’u Budage cyarashe gikomeretsa umuntu wagonze abantu batatu akoresheje imodoka yari atwaye. Uwo mugabo w’Umudage w’imyaka 35 yagonze abo bantu bari bahagaze mu rubuga ruhuriramo abantu benshi, igipolisi kikanavuga ko uwo mugabo yari yitwaje icyuma. Nubwo hataramenyekana impamvu yateye uyu mugabo gukora ibyo yakoze, igipolisi ntikirahamya […]
Abapolisi b’u Rwanda bari muri Centrafrica bifatanyije n’abaturage baho mu muganda
Mu gihe abanyarwanda bose kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Gashyantare bazindukiye mu gikorwa cy’umuganda ngarukakwezi, n’abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrica, bifatanyije n’abaturage b’icyo gihugu mu muganda. Uyu muganda wabereye mu murwa mukuru w’iki gihugu Bangui, mu gace kitwa M’poko kari mu karere ka 8 (8 eme arrondissement), abapolisi b’u […]
Gen Mugisha Muntu, umusirikare wa Museveni wivanye ku ibere imburagihe
Igihugu cya Uganda ni kimwe mu bihugu byakuwe kure, bibona Demokarasi nyuma y’urugamba rutoroshye rwari ruyobowe na Perezida Museveni wari utewe ingabo mu bitugu n’abasirikare b’urugamba barimo n’abana b’u Rwanda. Muri aba bana b’igihugu Museveni yifashishije kugirango avane igihugu mu manga, harimo abagiye bamwiyomoraho nyuma yaho afashe igihugu wasubiza amaso inyuma ugasanga yari yarabafashe nk’abavandimwe […]