Uwamahoro Violette yaje mu Rwanda yikandagira n’ubundi akeka ko azafungwa

Uwamahoro Violette ni Umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bw’u Bwongereza ufungiye mu Rwanda nyuma yo gufatwa na Polisi kubera ibyaha acyekwaho. Umugabo we Rukundo avuga ko n’ubundi umugore we yaje bakeka ko azafatwa agafungwa. Nyuma yo kumenya ko umugore we yafatiwe mu Rwanda, Faustin Rukundo, umugabo wa Violette aganira n’itangazamakuru yatangaje ko umugore yaje akeka ko azafatwa […]

Kaka yasabye Neymar guhindura izina akabona kuba icyamamare ku isi

Nyuma y’ibitego Neymar yatsindiye ikipe FC Barcelona akinira, ku wa Gatatu tariki ya 7 Werurwe 2017, iyi kipe ikabasha gutsina ibitego 5-1 cya Paris Saint-German, mugenzi we Kaka wahoze muri Real Madrid yamusabye kuba yahindura izina. Ricardo Izecson dos Santos (Kakà¡) yasabye Neymar guhindura izina akitwa Reymar, ko aribwo azabasha kugera kure muri ruhago ndetse […]

Abantu bitwaje intwaro barashe abantu 2 mu Rwanda bahungira i Burundi

Igisirikare cy’u Rwanda kiratangaza ko hari abantu 2 b’abasivile barashwe n’abantu bitwaje intwaro mu karere ka Rusizi, umurenge wa Bugarama, akagari ka Ryankana, umudugudu wa Kabuga. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Lt Col RenĂ© Ngendahimana, rigaragaza ko abo bantu bishwe ahagana saa saba z’ijoro 01:00 zo kuri uyu wa 12 Werurwe 2017. […]

Musanze: Umugororwa yarashwe arapfa ubwo yageragezaga gucika

Niyitegeka Emmanuel wari ufite imyaka 26 y’amavuko, yarashwe ahita yitaba Imana ubwo yuriraga urukuta rwa gereza ya Musanze yari afungiyemo ashaka gutoroka. yari yarakatiwe igifungo cy’umwaka umwe n’igice [amezi 18]. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Werurwe 2017, nibwo uyu musore yarashwe (17:45) yitaba Imana. Yakomokaga mu karere ka Gakenke. Hari […]

Umukobwa w’imyaka 21 ushaka umukunzi

Ndumukobwa mfite imyaka 21 nshaka umusore ufite imyaka 25-40 NB: ufite gahundo yo kubaka afite urukundo kd arumudiventiste wumunsi wa karindwi abyujuje yanyandikira kuri whtssp 0727664112 murakoze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com

Inyubako nshya ya P-Square- REBA AMAFOTO

Abasore b’impanga (Peter Okoye na Paul Okoye) baririmba mu njyana ya R&B babicishije ku rukuta rwabo rwa Instagram, aba basore bakomoka muri Nigeria bashyize hanze amafoto y’inzu yab0 nshya. Iyi nzu nshya y’aba basore, iherereye mu mujyi wa Lagos mu gace ka Banana Island, iyi nzu ngo ikaba ari nk’impano bigeneye y’imyaka 35 y’amavuko bujuje […]

Nyamagabe: Abagize komite zo kurwanya ibyaha bahawe ikiganiro ku kunoza imikorere yabo

Abagize komite z’abaturage zo gukumira no kurwanya ibyaha 82 bo mu murenge wa Mbazi, bahawe ikiganiro ku gukomeza kuzuza neza inshingano zabo ; bakora amarondo anoze, batangira amakuru ku gihe y’ikintu cyose gishobora guhungabanya umutekano kugira ngo habeho gukumira. ubu butumwa babuhawe tariki ya 9 Werurwe, bashishikarizwa gukoresha neza ikayi y’abinjira n’abasohoka mu midugudu yabo […]

Umunyamisiri Eman Ahmed, yavuye ku biri 500 ageze kuri 400 aho arimo kuvurirwa- AMAFOTO

Eman Ahmed Abd El Aty, umugore w’imyaka 37 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Misiri ubu akaba arimo kuvurirwa mu gihugu cy’Ubuhinde. Ubu amaze gutakaza ibiro 100 kuri 500 yari asanganwe. Uyu mugore ufatwa nkaho ari we mugore ufite ibiro byinshi ku isi, abaganga bo mu Buhinde bamupimye uburwayi bw’Imidido (Ă©lĂ©phantiasis), uburwayi bukunze kubyimbya amaguru n’ibindi […]

Umugabo yafashwe agerageza kwinjira mu biro bya Perezida Trump

Inzego z’ubutasi muri Amerika zavuze ko umugabo wari ufite igikapo yatawe muri yombi nyuma yo guca ku biro by’umukuru w’igihugu wa Amerika bizwi ku izina rya White House. Ku wa Gatanu tariki ya 10 Werurwe 2017, ubwo ibi byabaga Perezida Donald Trump yari mu biro bye ariko inzego z’iperereza zivuga ko nta kintu cyahungabanya umutekano […]

Nyabihu: Umumotari yafatanwe ibiyobyabwenge abyambariyeho

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyabihu, ku itariki ya 10 Werurwe ahagana saa yine z’amanywa, yafashe umumotari witwa Nturanyenabo Jean Bosco w’imyaka 25 ahetse mu mugongo we amapaki 360 y’inzoga itemewe ya blue sky.Ubu afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi y’u Rwanda ya Mukamira. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’u Burengerazuba Chief […]

Inyeshyamba 7 za Maà¯-Ma௠zishwe n’abasirikare ba FARDC

Igisirikare cya Leta ya Congo (FARDC) cyishe abarwanyi 7 b’inyeshyamba za MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ Simba, ubwo bakozanyagaho mu ijoro ryo ku wa 9 Werurwe 2017. Iyo mirwano yabereye mu gace kazwiho ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ka Muchacha muri teritwari ya Mambasa muri Ituri. Nk’uko umuvugizi w’igisirikare cya Congo muri Ituri, yabitangarijwe radiyo Okapi dukesha iyi nkuru, izi nyeshyamba […]

Col Baratuza yagize icyo avuga ku musirikare w’u Burundi uherutse kwirukanwa muri Somalia

Hashize iminsi mike amakuru atangajwe ko umusirikare w’u Burundi, Caporal-chef LĂ©on Niyonkuru yirukanwe muri Somalia aho yari yaroherejwe n’abandi basirikare b’u Burundi mu butumwa bwo kugarura amahoro. hatangazwaga byinshi kuri we bitandukanye. Colonel Gaspard BARATUZA, umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi yatangaje ko uyu musirikare yarenze ku mategeko agenga abasirikare bari mu butumwa bw’amahoro (AMISOM), afashwe arirukanwa. […]