Perezida Kagame yabonanye n'Abanyafurika bahagarariye ibihugu byabo mu Bushinwa
Mbere yo gusoza uruzinduko yagiriye mu gihugu cy’Ubushinwa, kuri uyu wa Gatandatu Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abahagarariye ibihugu byabo bya Afurika mu Bushinwa. Ibiganiro Perezida Kagame yagiranye n’aba bayobozi, byibanze ku bijyanye n’amavugururwa mu muryango wa Afurika yunze ubumwe, ndetse n’uruhare rwabo mu gukomeza guteza imbere ibikorwa by’uyu muryango. Ni ibiganiro byibanze ku ngamba n’ibikorwa […]
Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y’imibonano mpuzabitsina
Mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ntabwo ari byiza ko umugabo aza ahita atera akabariro, ahubwo ni ngombwa ko afata akanya agategura umugore we, akamukorakora umubiri wose, akamusoma ari nako amurata ubwiza. Ibi bimwinjira mu mubiri ku buryo abasha kugera kuri wa munezero udasanzwe amaherezo akarangiza, umugore utateguwe neza mbere hari igihe no kurangiza bimunanira pe. 1.Bimufasha […]
DOT-Rwanda irasaba urubyiruko rw’u Rwanda guhindura imyumvire
Umuyobozi w’Umuryango ,DOT-Rwanda(Dot Opportunity Trust),Uwamutara Violette asanga urubyiruko rw’u Rwanda nk’abagize umubare munini w’abanyagihugu rukwiye guhindura imyumbire, rukumva ko gutangira umushinga bidasaba amikoro ahubwo rukumva ko igitekerezo cyiza aricyo kizana amafaranga. Ibi Uwamutara akaba yabitangaje kuri uyu wa Gatanu,tariki 17 Werurwe,2017 mu muhango wo gushyikiriza ibihembo abasore n’inkumi babaye indashyikirwa mu gukora imishinga ihindura ubuzima […]
Abaperezida ba Afurika bageze aho gusinzirira aho bicaye kubera iza bukuru (igice cya 2)
Hasozwa inkuru yatambutse ku wa 13 Werurwe, yavugaga ku bakuru b’ibihugu bya Afurika bakomeje kugundira ubuyobozi ubu bakaba bageze aho umuntu yavuga ko basinzirira mu biro cyangwa aho bicaye mu ruhame, twabizezaga ko hazakorwa igice cya kabiri. Uretse no kuba umuntu yavuga ko aba baperezida basinzirira mu ruhame, ubundi iyo umuntu yageze mu myaka 70, […]
Abarwanyi 15 ba FDLR barimo n'Umurundi bashyize intwaro hasi
Abarwanyi 15 b’umutwe urwanya Leta y’u Rwanda , FDLR/Foca ku wa Gatatu tariki 15 Werurwe 2017, bashyize intwaro hasi bishyikiriza Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu Butumwa bw’Amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(Monusco) i Kanyabayonga muri Teritwari ya Lubero ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Aba banwanyi 15 ba FDLR bashyize intwaro hasi barimo abanyarwanda […]
Musanze: Ba ofisiye bato 36 muri RDF na RNP basoje amasomo bamazemo amezi 4 muri RDF-CSC
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 17 Werurwe 2017, abasirikare 34 ba RDF ndetse n’abapolisi 2 mu Gipolisi cy’u Rwandabasoje amasomo ya ba ofisiye bato n’abakozi mu Ishuri rikuru ry’abayobozi b’ingabo n’abakozi (Rwanda Defence Force Command and Staff College (RDF-CSC), riherereye mu Karere ka Musanze. Umuhango wo gusoza aya masomo wari uyobowe n’umuyobozi w’iri shuri, Major […]
Kenya :Abantu benshi bashobora kwicwa
Perezida wa Kenya ,Uhuru Kenyatta agaruka ku makimbirane ari hagati y’abo mu bwoko bwa Poko na Tugen, yavuze ko umuntu wese wanze gushyira intwaro hasi ku bushake agiye gufatwa nk’umwanzi w’igihugu ndetse akitabwaho ku buryo bushoboka. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter ,Perezida Kenyatta yaguze ati’’ Kuva uyu munsi abanze gushyira intwaro hasi ni abanzi […]
RHA yatangaje icyatumye umushinga wo guca amabati akoze muri Asbestos udindira
Ikigo cy’igihugu cy’imiturire mu Rwanda RHA kiravuga ko ubushobozi buke ari bwo bwatumye umushinga wo gukuraho amabati akozwe mu kinyabutabira kizwi nka Asbetos udindira. Metero kare ibihumbi 790 nibwo buso bwariho amazu asakajwe amabati arimo ikinyabutabire cya Asbestos yamaze gukurwaho. Ubu buso bungana na 46.8 ku ijana . Ni mu gihe ikigo cy’igihugu cy’imiturire mu […]
Kajugujugu y’intambara yarashe ku bwato butwaye impunzi izisaga 40 zihasiga ubuzima
Impunzi z’Abanyasomaliya zisaga 40 mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa Gatanu ziciwe mu gitero cya kajugujugu y’intambara cyagabwe ku bwato zari zirimo ku nyengero z’umupaka wa Yemen mu Nyanja Itukura nk’uko byemejwe n’Umuryango Mpuzamahanga wita ku bimukira, OIM. Abarokotse icyo gitero basobanuye ko bari bari kwerekeza muri Sudani gushaka ubuhungiro bavuye muri Yemen kubera […]
U Rwanda n'u Bushinwa byiyemeje gukomeza ubufatanye ku nyungu z'abaturage b'ibihugu byombi
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’umufasha we, Jeanette Kagame kuri uyu wa Gatanu, itariki 17 Werurwe bageze I Beijing mu Bushinwa mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2, aho bakiriwe na perezida w’iki gihugu, Xi Jinping n’umufasha we , Peng Liyuan. Mu biganiro abakuru b’ibihugu byombi bagiranye, perezida Kagame yashimye umubano mwiza usanzwe hagati y’u Rwanda n’u […]
Perezida Museveni yagize icyo avuga ku iraswa rya AIGP Felix Andrew Kaweesi
Perezida wa Uganda ,Yoweri Kaguta Museveni yamaganiye kure iraswa ry’Umuvugizi wa Polisi ,Assistant Inspector of Police Andrew Felix Kaweesi wishwe arasiwe rimwe n’abarinzi be babiri. Kubera ubwicanyi bukomeje kuba hirya no hino cyane cyane mu mijyi igize igihugu cya Uganda,Perezida Museveni yavuze ko hagiye gushyirwa Camera mu mijyi minini ndetse no ku mihanda minini. Ati“ […]
Rwamagana :Umwana w’imyaka 17 wagwiriwe n'itaka ahita apfa
Umwana w’imyaka 17 wagwiriwe n’itaka, bimuviramo urupfu ubwo we n’abandi bantu barimo bacukura amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Gasegereti mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu ijoro ryo ku itariki 16 Werurwe,2017 mu Kirombe giherereye mu Murenge wa Musha, ho mu karere ka Rwamagana. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burasirazuba, Inspector of Police […]
Gakenke: Abayobozi 3 bafunzwe bakekwaho ubujura bw’amafumbire n’imbuto
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gakenke ifunze abagabo batatu bakekwaho ubujura bw’ifumbire ndetse n’imbuto Leta yari yageneye abaturage muri gahunda yo kongera umusaruro w’ubuhinzi. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gakenke Chief Inspector of Police (CIP) Jean Bosco Minani yavuze ko Ku itariki ya 16 Werurwe, abafashwe ari Ngarukiye Telesphore na […]