Sudani y’Epfo:Indege yakoze impanuka irashya ,abagenzi barimo bose bararokoka

Indegey’ubucuruzi itwara abagenzi ya Kampani ya South Supreme Airlines yakoze impanuka irashya abagenzi 44 bose bari bayirimo bararokoka uretse abakomeretse mu buryo bworoheje. Antonov 26 yari ihetse abagenzi 44 ikaba yakoze impanuka ku gicamunci cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Werurwe 2017 ,kubera impamvu kugeza n’ubu zitaramenyekana nk’uko bitangazwa na Chimpreports. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Umugabo wanjye yamfatanye n’undi mugabo none ntakinyitaho (aragisha inama)

Nitwa Kevine, ndi umugore w’imyaka 27 y’amavuko. Umugabo wanjy tubyaranye rimwe ariko ntakinyizera kubera aherutse kumbonana n’undi mugabo ahantu hihrereye. Nakundanye n’umusore tukiga mu mashuri yisumbuye ariko nyuma aza kujya muri Amerika dutandukana gutyo. Mu minsi ishize nibwo yagarutse aje kwereka umuryango we umugore n’abana ubwo nabacagaho mvuye ku kazi biba ngombwa ko njya kubasuhuza. […]

Bujumbura:Colonel Charles Ndihokubwayo yasanzwe yapfuye

Mu nyubako za Paruwasi ya Saint Joseph iri muri Zone ya Ngagara ,Komini ya Ntahangwa ,Intara ya Bujumbura ho mu gihugu cyu Burundi hatahuwe umurambo wa Colonel Charles Ndihokubwayo . Col.Ndikubwayo wari usanzwe ari umupolisi akaba yakoreraga imirimo ye mu ishuri ry’igipolisi cy’u Burundi riri ahitwa Mitakataka mu Ntara ya Bubanza , bagenzi be bakaba […]

Nyarugenge: Abaturage barasabwa uruhare rugaragara mu kurwanya ibiyobyabwenge

Umuyobozi w’akarere ka Nyarugenge, Kayisime Nzaramba yasabye abatuye aka karere kutaba ba ntibindeba mu gufatanya kurwanya ikoreshwa n’icuruzwa ry’ibiyobyabwe; ahubwo bakabyirinda kandi bakagira uruhare mu kubirwanya batungira agatoki inzego zibishinzwe ababyishoramo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubu butumwa yabutanze ku itariki 20 z’uku kwezi mu kiganiro yagiranye n’abaturage bo mu murenge wa Kimisagara ubwo Itangazamakuru ndetse n’abo baturage […]

Papa Francis yasabye imbabazi ku ruhare rwa Kiliziya Gaturika muri jenoside yo mu 1994

Umushumba wa Kiliziya Gaturika ku isi, Papa Francis yagaragarije Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame agahinda gakomeye yatewe n’abahitanywe na jenoside yo muri Mata 1994 mu Rwanda ndetse n’uruhare rwa kiliziya Gatulika yagaragaje muri ubwo bwicanyi. Ni mu ruzinduko Perezida Paul Kagame yagiriye i Roma mu gihugu cy’u Butaliyani, rugamije kongera umubano hagati y’ibihugu […]

Perezida Paul Kagame yakiriwe na Papa Francis

Kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Werurwe 2017, Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Nyirubutungane Papa Francisko ku cyiraro gikuru cya Kiliziya Gatolika mu mugi wa Vatican. Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Mushikiwabo Louise uri kumwe na Perezida Kagame i Vatican agira ati “ Perezida Kagame na Nyirubutungane Papa Francisko baganiriye ku ngingo zitandukanye zirebana n’umubano […]

Green Party ifite byinshi inenga mu butabera bw’u Rwanda

Muri Kongere ya mbere y’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR) yabaye kuri iki cyumweru tariki ya 19 Werurwe 2017, hagaragajwe intege nke mu butabera bw’u Rwannda. Bimwe mu binengwa, harimo imifungire inyuranije n’amategeko, ubwishyu bw’abunganizi n’abahesha b’inkiko, itezwa rya cyamunara n’ibindi. Abarwanashyaka ba DGPR basaga 400 bahagarariye abandi mu turere twose, intara […]

Abarwanyi 66 gategereje kuzataha ari uko FDLR yagiranye ibiganiro na Leta y’u Rwanda

Abarwanyi 66 ba FDLR barikumwe n’imiryango yabo igizwe n’abantu 290, bishyikirije Monusco ku ya 28 Ukuboza 2014, banze kuva mu nkambi ya Kanyabayonga ngo batahe mu Rwanda bavuga ko bategereje kubanza kugirana ibiganiro na Leta y’u Rwanda. Radiyo Okapi dukesha iyi nkuru itangaza ko bamwe bataha mu rwababyaye umwe ku wundi, igatangaza ko bamwe muri […]

Amerika: Hakozwe agakingirizo gatuma abakora imibonano bamenya imbaraga batakaje

Ubushakashatsi bwinshi bugaragaza ko gukora imibonano mpuzabitsina bishobora gutuma umuntu atakaza ibiro cyane cyane ku bagabo. Uku gutakaza ibiro, biterwa ahanini n’igikorwa umuntu aba amaze gukora abenshi bagereranya no gukora imyitozo ngororamubiri kuko bisaba imbaraga nyinshi . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abashakashatsi bo mu bijyanye n’imyororokere bagerageje gukora agakingirizo gafasha abagabo kudatakaza imbaraga nyinshi ndetse bakabasha no […]

Museveni agiye muri Congo guhiga no kwica abarashe AIGP Kaweesi

Agaruka ku iyicwa ry’Umuvugizi w’Igipolisi cya Uganda,AIGP Andrew Felix Kaweesi,Perezida Yoweri Museveni yavuze ko nk’uko bikekwa ko abamwishe bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agiye gukora ibishoboka byose akajya kubahiga ndetse akabica. Mu ijambo yagejeje ku nshuti n’abavandimwe bari bitabiriye umuhango w’isengesho ryo gusabira Nyakwigendera wabereye iwe mu rugo i Kulambilo kuri iki Cyumweru […]

Urubanza Ingabire Victoire yarezemo u Rwanda muri AfCHPR ruratangira kuburanishwa kuri uyu wa Kabiri

Urukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa muntu n’abaturage (African Court on Human and People’s Rights), ruratangaza ko imanza 2; harimo urwo Ingaire Victoire yareze Leta y’u Rwanda ndetse n’urundi rw’Umunyanijeriya, Anudo Ochieng Anudo, wareze Leta ya Tanzania, zagombaga kuburanishwa mu ruhame kuwa 16 no kuwa 17 Werurwe, zimuriwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 no kuwa gatatu, […]

Arsene Wenger ngo ntazava inyuma ya Arsenal nubwo ikomeje gutsindwa uruhuri

Umuyobozi w’ikipe ya Arsenal, Arsene Wenger yatangaje ko ashaka gukomeza gukorana n’ikipe ye atitaye ku bitego imaze iminsi itsindwa ndetse no kuba iri ku mwanya mubi mu irushanwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muyobozi yavuze ko agiye gushaka abandi bayobozi b’iyi kipe bakaganira ku buryo yakomza gukorana nayo nyuma y’imyaka itari micye, mu gihe amasezerano ye ari […]

Nyamagabe: Umuryango w’abantu batatu mu nzu ya metero imwe isakaje ihema-Amafoto

Mu murenge wa Gasaka w’akarere ka Nyamagabe, umuryango wa Bavakure uba mu nzu itarengeje meteri imwe kandi isakaje shitingi. Ibi ngo byatewe n’ubuyobozi bwasabye Bavakure kugabanya inzu yubakaga, ngo ihwanye n’amabati yemerewe, nyamara birangira nayo Gitifu ayariye. Ni mu kagari ka Kigeme, mu mudugudu wa Gakoma, muri Gasaka. Bavakure afite umugore n’umwana. Batuye mu mudugudu […]

Leta y’u Burundi yavuze ko kubana nabi n’ibindi bihugu nta nyungu irimo

Ibi ni ibyatangajwe na Jean Claude Karerwa Ndenzako, uherutse kugirwa umuvugizi mukuru w’umukuru w’igihugu, Pierre Nkurunziza, akavuga ko umubano mubi hagati y’u Burundi n’Ububiligi utatangiye mu 2015, ahubwo ko ari akamaze imyaka n’imyaka. Mu kiganiro yagiranye n’abahagarariye inzego zitandukanye za Leta, ku wa Gatanu tariki ya 17 Werurwe 2017, Jean Claude yavuze ko kubana nabi […]