Gasabo: Polisi yataye muri yombi agatsiko k’abajura bamennye inzu
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Rusororo hafungiye abantu bane bakurikiranyweho ubufatanyacyaha mu bujura ndetse n’ubujura nyir’izina aribo: Muhoza Evariste w’imyaka 29 y’amavuko ukurikiranyweho kwiba, hari kandi Ndaruhutse Jean Claude w’imyaka 35 na Mudahemuka Felicien w’imyaka 27 bafatanywe ibyibwe ndetse n’uwitwa Nyirasafari Marie Gisele w’imyaka 29 wari ubihishe wabibikijwe akanabiha ababijyanye kubigurisha. Nk’uko Polisi ikorera muri […]
Jose Mourinho yakuriye inzira ku murima abavugaga ko ashaka kugura Neymar
Umutoza w’Ikipe ya Manchester United , Jose Mourinho yavuze ko nta gahunda afite yo kugura Neymar Junior,rutahizamu w’Ikipe ya FC Barcelona. Ibi akaba abitangaje mu gihe hari amakuru avuga ko yifuzaga uyu mukinnyi muri Sezo(Saison) itaha. Mourinho yagize ati’’ Ngerageza buri gihe kurasa ku ntego no gukorera kuri gahunda ari nako ngerageza kubaza amakuru y’abakinnyi […]
Perezida Putin arifuza kubonana na Trump
Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin yatangaje ko yipfuza kubonana na perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.Arasaba ibi mu gihe hari amakuru akomeje kuvugwa ko aba bombi bafitenye umubano nubwo hari igihe ibihugu byabo ari ibikeba. Ibi akaba yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Werurwe 2017 mu nama y’ubufatanye hagati y’ibihugu bigize […]
Yakubiswe n’umugabo we aramunoza amuziza Facebook
Umugabo wo muri Misiri yakubise umugore we kugeza aho yendaga kumwica amuziza gufungura konti 3 kuri Facebook, aramukubita arangije anamufungirana mu nzu kugeza aho kwitabaza inzego z’umutekano. Nkuko byatangajwe n’inzego zishinzwe umutekano muri Misiri, Asmaa Samir ni we wakubiswe n’umugabo amufungirana mu nzu akajya amugezaho ibyo kurya no kunywa aho afungiranye mu gihe kigera ku […]
PM Murekezi yasabye abayobozi gucika ku mvugo ngo “genda uzagaruke ejo cyangwa ejobundi”
Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi arasabaa abayobozi n’abandi bose batanga serivisi zitandukanye guha abaturage serivisi zibanogeye ndetse bishimiye mu gihe cyose baje babagana kuko byagaragaye ko hari ibibazo byinshi bishobora kuvuka mu gihe hatanzwe serivisi mbi bikagira ingaruka kuri sosiyete nyarwanda. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 30 Werurwe 2017, ubwo yafunguraga ku mugaragaro gahunda nshya y’ikigo […]
Amerika yahagaritse ibikorwa byo guhiga Joseph Kony
Leta Zunze ubumwe za Amerika zatangaje ko zihagaritse ibikorwa byo guhiga umuyobozi w’Umutwe w’Inyeshyamba urwanya Leta ya Uganda(Lord Resistance Army),Joseph Kony. Ejo ku wa Gatatu tariki 29 Werurwe 2017, nibwo igisirikare cya Amerika cyatangaje ko kigiye kuvana abasirikare bacyo bari muri Cantrafurika bari boherejwe mu mwaka w ‘2013 guhiga Joseph Kony n’inyeshyamba ayoboye nk’uko bitangazwa […]
Abasirikare 3 bashakaga kwica Gen Prime Niyongabo bahanishijwe gufungwa burundu
Urukiko rukuru rwa Komini Mukaza mu mujyi wa Bujumbura rwaciye urubanza rw’abantu 5 bashinjwaga kugira uruhare mu mugambi wo gushaka kwica Gen Prime Niyongabo, umugaba mukuru w’ingabo z’u Burundi. Muri aba bantu 5, batatu muri bo bari abasirikare (Jean Marie Vianney Nzoyihera, Elvis Nkunzimana hamwe na Pascal Tombori) aba urukiko rwabahanishije gufungwa ubuzima bwabo bwose. […]
Byinshi ku muhanzikazi Celine Dion wizihije isabukuru y’imyaka 49 y’amavuko
Umuhanzikazi umenyerewe mu ndirimbo zituje (Slow), Celine Dion yizihije isabukuru y’imyaka 49 y’amavuko kuri uyu wa 30 Werurwe 2017. Uyu muhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo z’igifaransa n’icyongereza zabaye mpuzamahanga ndetse zikaba ari n’indirimbo zagiye zikundwa na bose binatewe n’ijwi rye risa n’iryihariye ndetse zikaba zarakoraga kuri buri rwego rw’abantu ndetse n’ibigreo byabo. Celine Dion utacyumvikana cyane […]
Uganda: IGP Kale Kayihura yirukanye abapolisi hafi ya bose bakoraga mu biro bye
Umukuru w’Igipolisi cya Uganda, IGP Gen. Kale Kayihura yirukanye itsinda hafi ya ryose ryakoraga mu biro bye aryohereza mu bijyanye no gucunga abakozi. Ibi akaba yabikoze mu gihe mu gipolisi hakomeje kurangwa umwuka utari mwiza ndetse akaba yaranatangaje ku mugaragaro ko yumva afite impungenge z’ubuzima bwe. Mu bantu birukanwe biravugwa ko harimo n’umugore witwa Immaculate […]
Ibikorwa bigaragaza itegurwa rya jenoside mu mezi ya Werurwe 1991-1994
Ibikorwa bitandukanye by’ingenzi bigaragaza ku buryo buziguye itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi hagati ya Mata na Nyakanga1994. Mu byaranze amezi ya werurwe harimo: gukomeza ubwicanyi bwatangiye muri 1990 bwibasiye Abatutsi muri Ruhengeri na Gisenyi, ubwicanyi muri Bugesera muri 1992, noneho ukwezi kwa Werurwe 1994 kuba igihe cyo gushyiraho uburyo bwo gukorera kudeta (Coup d’Etat) perezida […]
Ku myaka 24, arashaka kujyana se wabo mu nkiko wamufashe ku ngufu afite imyaka 6
Umugore w’imyaka 24 y’amavuko witwa Catty Carine ukomoka mu mujyi wa Peterborough mu gihugu cy’u Bwongereza yatangaje ko hari amakuru mashya yamenye ku byamubayeho ubwo yari afite imyaka 6 ubu hakaba hashize imyaka isaga 18 bityo akaba agomba kongera gukurikirana ikibazo cye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore avuga ko ubwo yari afite imyaka 6 y’amavuko yafashwe […]
Minisiteri y’uburezi yahakanye ko yahagaritse abarimu b’Abagande
Minisiteri y’uburezi mu Rwanda yanyomoje amakuru yari amaze gukwirakwizwa avuga ko abarimu bakomoka muri Uganda bigisha mu mashuri ya leta bagiye kwirukanwa. Kuva mu cyumweru gishize nibwo aya makuru yari yatangiye gukwirakwizwa agera no muri Uganda avuga ko abarimu bose b’Abagande bakorera mu Rwanda babujijwe gukomeza gukorera akazi kabo mu Rwanda nk’uko ikinyamakuru Redpepper cyo […]
Uganda:Uwashinjwaga kwica uruhinja yapfuye yimanitse mu kagozi
Polisi yo mu Karere ka Rukungiri mu gihugu cya Uganda yatangiye iperereza ku rupfu rw’umugabo w’imyaka 50 y’amavuko wapfuye yimanitse mu kagozi nyuma yo gufungwa ashinjwa kwivugana uruhinja rw’amezi abiri. Ibi bikaba byabereye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Rubabo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Weruwe 2017 nk’uko bitangazwa na Chimpreports dukesha iyi nkuru. […]
Nigeria: Umupasiteri ari mu mazi abira nyuma yo guhanura ibintu muri 2016 ntibibe
Umupasiteri wo mu itorero ry’Imana ry’Abacunguwe, Redeemed Christian Church of God (RCCG), Enoch Adeboye akomeje kukwa igitutu n’abaturage bo mu gihugu cye cya Nigeriya kubera ibyo yabasezeranyije ko bizaba mu mwaka wa 2016 none undi ukaba ugeze hagati nta byo barabona. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bayoboke bo mu itorero riyoborwa n’uyu mukozi w’Imana, Enoch Adeboye bavuga […]
Umusoro wakwa abaturage bazanye mu isoko imyaka n’amatungo wakuweho
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ikigo cy’igihugu cy’ imisoro n’amahoro (Rwanda Revenue Authority), ku wa gatatu Tariki ya 28 Werurwe 2017, rikuraho umusoro wakwa abaturge bazanye ibyo bejeje mu isoko ndetse n’amatungo. Muri iri tangazo kandi, bitangazwa ko amahoro yo mu isoko yishyurwa n’umuntu ufite aho akorera ubucuruzi mu isoko, ni muri urwo rwego abantu bazana […]
Rwamagana: Polisi yafashe ibiro 300 by’urumogi, bane bafungiwe ubufatanyacyaha mu itundwa ryarwo
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rwamagana ifunze abagabo bane bacyekwaho ubufatanyacyaha mu itundwa ry’urumogi rungana n’ibiro 300 ruri mu mifuka icumi rwafatiwe mu karere ka Rwamagana ku wa 28 Werurwe uyu mwaka ruvanywe mu murenge wa Mutenderi, muri Ngoma. Abafunzwe ni Nshimiyimana Eric, Habimana Laurent, Nsenguyunva Tharcisse na Nshimiyimana Karim. Umuvugizi wa Polisi y’u […]