Polisi yafashe abagabo 3 bakekwaho gufatanya gutunda urumogi
Polisi y’u Rwanda ifunze abagabo batatu bakekwaho ubufatanyacyaha bwa magendu y’inzoga zo mu bwoko bw’Amalikeri no gutunda urumogi rungana na Bule 84,000 nyuma yo kubyinjiza mu gihugu rwihishwa bivanywe muri kimwe mu bihugu bihana imbibi n’u Rwanda. Ababifungiwe ni Nizeyimana Antoine, Musabyimana Isssa na Hategekimana Augustin. Mu kiganiro n’Itangazamakuru ku wa gatanu tariki 21 Mata […]
Kim Kardashian yigereranyije na Bikiramaliya nyina wa Yezu- REBA AMAFOTO
Kim Kardashian ni umugore w’imyaka 36 y’amavuko akaba umugore w’icyamamare Kanye West, uyu mugore yanenzwe n’abafana be batagira ingano nyuma yo gufata ifoto ye akayigereranya na Bikiramaliya nyina wa Yezu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore amafoto yayashyize ku rukuta rwe rwa Instagram, ariko abafana be bayagaye ko ari ibitagereranywa, bati: “ni ibitagereranywa, biteye isoni n’agahinda ndetse […]
EAC igiye guha abanyeshuri bo muri kaminuza ibiraka byo gusubiramo ibirango bya yo
Umuryango w’ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba, EAC yatangaje ko iri gutegura irushanwa ryo guhindura ibirango bya yo birimo amabara y’ikirango, guhindura ibendera ndetse n’ibindi biri mu biwuranga. Iki bikaba bizakorwa n’urubyiruko rwiga muri za kaminuza zo mu bihugu bigize uyu muryango. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ushinzwe itumanaho n’ibikorwa mpuzamahanga byo muri uyu muryango, Cris Magoba, ryavuze […]
Uwahanuye mu 2015 ko Trump azaba perezida yatangaje itariki intambara y’isi ya 3 izatangiriraho
Uwiyise intumwa y’Imana wahanuye ko Donald Trump azaba perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse akongeraho ko azaba umwami wa Illuminati uzashora Isi mu Ntambara ya 3 y’Isi yose, kuri ubu aratangaza ko azi itariki iyi ntambara izatangiriraho. Uyu mugabo witwa Horacio Villegas avuga ko nta kabuza iyi ntambara y’isi izatangira ubwo hazaba hibukwa […]
Ibice 5 by’umubiri abagabo bareberaho ko umugore anyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
Mu Kinyarwanda baca umugani “Ukurusha umugore aba akurusha urugo”, bisobanuye ko urugo iyo rufite umugore mwiza ruba rubakitse. Burya ubwiza ntyabwo ari isura ubwiza ni ku mutima. Ariko na none umugore nubwo wamuha ibingana iki, ariko ukaba utuzuza neza inshingano z’urugo, byose uba ukorera ubusa, biratinda akazamenya iyo bweze akaguca inyuma. Kimwe n’umugore utazi kuzuza […]
Uganda: Abarobyi 4 bashimutiwe mu Kiyaga cya Albert n’ ingabo za Congo
Abarobyi bane bo mu gihugu cya Uganda bashimuswe n’abantu bikekwa ko ari ingabo za Congo zibasanze mu Kiyaga cya Albert mu burengerazuba bw’igihugu nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’umutekano abyemeza. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’Akarere ka Hoima, Isaac Kawoya, ngo abo barobyi bashimuswe n’abantu bitwaje intwaro kuwa Gatatu ushize ku isaha ya saa munani z’igicuku. Ababibonye […]
Rivers United yasesekaye i Kigali kongera guhura na Rayon Sports
Ikipe yo mu gihugu cya Nigeriya, Rivers United yamaze gusesekara mu Rwanda, aho ije gukina na Rayon Sports mu mukino wo kwishyura mu irushanwa rya CAF Confederation Cup. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi kipe yageze ku kibuga cy’indege i Kanombe ku isaha ya saa tatu z’umugoroba w’ijoro ryakeye, iturutse mu gihugu cyayo aho ikipe ya Rayon Sports […]
Perezida Kagame agiye gusubira muri Guinea nyuma y’umwaka umwe ahavuye
Umuvugizi w’agateganyo wa Guverinoma ya Guinea, Moustapha mamy Diaby ndetse na minisitiri w’itumanaho, kuri uyu wa kane batangaje ko perezida w’u Rwanda, Paul Kagame ndetse na mugenzi we wa Tchad, Idriss Deby bitegura kujya muri iki gihugu mu rwego rwo kugisha inama ku mavugururwa ari gukorwa muri Afurika Yunze Ubumwe. Umuvugizi wa guverinoma ya Guinea […]
Nyamasheke:Impanuka ya Bisi yahitanye umugabo w’imyaka 52
Ahagana saa munani n’igice z’amanywa zo kuri uyu wa kane ni bwo Bisi itwara abagenzi ya sosiyete itwara abagenzi ya Ritco Ltd yari ifite plaque RAD 278K yataye umuhanda ihitana umuturage witambukaga witwaga Mukeshimana Jean Damasecène w’imyaka 52 ahita ashiramo umwuka,umushoferi n’imodoka bihitwa bijyanwa kuri Sitasiyo ya polisi ya Kanjongo,mu karere ka Nyamasheke, ubu umushoferi […]
Mobutu yari yabujije perezida Ntaryamira w’u Burundi kujya muri Tanzania ntiyamwumva
Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 23 urupfu rw’uwahoze ari perezida w’u Burundi, Cyprien Ntaryamira, uwahoze ari umujyanama we mukuru, Jerome Ndiho, yavuze ukuntu yari yabanje kurusimbuka inshuro 2 hari umugambi wo kumurasira ku kibuga cy’indege cya Bujumbura, ndetse nuko Mobutu yari yamubujije kujya muri Tanzania ariko akanga akaza gupfana na Habyarimana. Bwana Jerome Ndiho nk’umuntu […]
Uganda: Abanyarwanda basaga 20 batawe muri yombi
Polisi ya Uganda icumbikiye Abanyarwanda basaga 20 bashinjwa kwinjira muri kiriya gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikinyamakuru the New vision cyo muri Uganda dukesha iyi nkuru, kivuga ko aba bantu basaga bafatiwe mu mujyi wa Kabale mu ma saa yine z’igitondo ku munsi w’ejo tariki ya 20 mata 2017, bakabapakira imodoka bakabajyana mu […]
Babiri bamaze gutema DASSO bararashwe barapfa
DASSO (District Administration Security Support Organ), ni urwego rushinzwe umutekano rwaje rusimbuye icyahoze cyitwa “Local Defence”. Uru rwego rwinjiye mu kazi rufite umuvuduko udasanzwe mu gushyira mu ngiro inshingano rufite zirimo gushyira mu bikorwa ibyemezo n’imyanzuro y’akarere irebana n’umutekano ariko bamwe ugasanga bahangana na rwo. Kugeza ubu abasore babiri bararashwe nyuma yo gutema ba DASSO […]
Umugore yitwikiye mu nzu nyuma yo gushumika icyumba umugabo we yari aryamyemo
Umugore witwa Nyangoma, ukomoka mu gace ka Bundibugyo muri Uganda yapfuye yitwikiye mu nzu nyuma yo gushumika ikindi cyumba mugabo we, Isembambu yari aryamyemo atabizi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Daily monitor ivuga ko uyu mugore ngo yafashe uyu mwanzuro nyuma yo gutongana n’umugabo we aho bari ku kabari bacuruza inzoga, bapfa ibibazo byo mu miryango. Nibwo yasangaga […]
Urubanza rw’abashinjwa iterabwoba mu muhezo mu gihe bo batabikozwa
Urubanza rw’Abanyarwanda 44 bashinjwa gukorana n’imitwe y’iterabwoba ya Al Shabab na Islamic State ruzasubukurwa kuwa 02 Gicurasi ariko rubere mu muhezo nk’uko byemejwe n’urukiko. Icyumba kidasanzwe cy’Urukiko Rukuru rwa Kigali kikaba cyemeje aya makuru gisobanura ko kuburanisha uru rubanza mu ruhame byagira ingaruka ku mutekano w’igihugu. Ubwo bwasabaga ko uru rubanza rutaburanishwa mu ruhame, ubushinjacyaha […]