Umugore wanjye arenda kunyica kuko nanirwa mbere ye iyo turi ku buriri, mbigenze nte?
Nitwa Souleymane maze imyaka 3 nshatse ndetse narasezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko. Gusa natunguwe no gusanga umugore wanjye atajya arangiza cyangwa ngo ananirwe mu gihe turi gutera akabariro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bituma nanjye atanyumva mu gihe tubikoze nkananirwa nshaka nko gufata akanya ngo nduhuke kuko mu gihe nshatse kuruhuka ari bwo we aba afite imbaraga […]
Umuhanzi Young Grace yatangaje impamvu yatumye ava mu idini ya Islam
Umuhanzi Young Grace Abayizera wamaze igihe kinini ari umuyoboke w’idini ya Islam nyuma akaza kuvamo, yatangaje ko yamenye urukundo Yesu yakunze abantu, bityo rukaba ari rwo rwatumye ava mu idini ya Islam akayoboka uwamucunguye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Young Grace akiri mu idini ya Islam yitwaga Housina, nyuma y’aho yakiriye Yesu nk’umwami n’umukiza we, abantu benshi bibajije […]
Somalia: Ingabo za leta zasubiraniyemo hafi y’ingoro ya perezida batandatu barahagwa
Abasirikare 6 ba Somalia barimo umuyobozi mu rwego rw’ubutasi baguye mu mirwano yabaye nyuma yo gusubiramo hagati y’ingabo za leta bikaba ngombwa ko zirasanira hafi y’ingoro y’umukuru w’igihugu. Iyi mirwano biravugwa ko yabaye kuri uyu wa Gatatu, hagati y’ingabo za leta zisanzwe n’izo mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Ubutasi n’Umutekano w’igihugu (NISA). Abandi benshi bakomeretse mu […]
Polisi yaburijemo ubukwe bw’umwana w’imyaka 5 n’umusore ufite imyaka 22 y’amavuko
Polisi yo mu gace ka Raman Shar gaherereye mu mujyi wa Dakhan mu gihugu cya Pakistan yafunze abantu bemeye gushyingiranya umwana w’imyaka 5 n’umusore w’imyaka 22 y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mwana w’umukobwa uteri uzi n’iyo byerekeye, yatanzwe n’umuryango we kubera inyungu ibitangazamakuru byo muri kiriya gihugu byavuze z’imitungo, bamwambika nk’abageni, bahamagara abanyamadini n’abo mu miryango […]
Rubavu: Amazi ya Gisenyi imali ishyushye mu Mujyi wa Goma
Mu gihe ijerikani y’amazi ku mavomero rusange yo mu mujyi wa Gisenyi mu Rwanda ihagaze ku mafaranga hagati ya 20 na 50, mu Mujyi wa Goma muri RDC ihagaze ku mafaranga hagati ya 800 na 1000frw. Impamvu mu mujyi wa Goma ayo mazi y’u Rwanda ahenze cyane, nuko iwabo hataba umugezi bigatuma abenshi bavoma amazi […]
ERC irategura igiterane mpuzamahanga kizitabirwa n’urubyiruko rurenga 5000
Binyujijwe mu rubyiruko ruturutse mu mpande zose z’igihugu, Itorero Evangelical Restoration Church mu Rwanda ryateguye igiterane mpuzamahanga cy’urubyiruko kizamara iminsi irindwi kizabanzirizwa n’ibitaramo bikomeye mu bice bitandukanye, kikaba gifite intego yo kwitoza kubaha Imana ndetse bikaba biteganyijwe ko hazaba ibikorwa bitandukanye birimo kuremera no gufasha abatishoboye. Nkuko bitangazwa n’Intumwa Ndagijimana Yoshua Masasu, Umuyobozi wa Evangelical […]
Burundi: Inyeshyamba za FNL n’ingabo za leta ntibavuga rumwe ku baguye mu mirwano yabahuje
Abantu bitwaje ibirwanisho bagabye igitero ku birindiro by’ingabo z’u Burundi biherereye ahitwa Buringa, mu ishyamba rya Rukoko, riri muri Komini Gihanga mu Ntara ya Bubanza. Amakuru aturuka mu gisirikare cy’u Burundi akaba avuga ko inyeshyamba 2 ziciwe muri iki gitero cyabaye mu ijoro ryo kuwa kabiri, mu gihe ku ruhande rwacyo ngo ntawahasize ubuzima. Iyi […]
Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo n'umujyi
Mu gihe akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza ari mu karere ka Gicumbi yasezeranyije abagatuye guteza imbere imibereho myiza y’Abanyarwanda ariko by’umwihariko ateza imbere umujyi wa Gicumbi ndetse no guharanira uburenganzira bwabavuzi gakondo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Tariki ya 26 Nyakanga 2017, Habineza yiyamamarije mu Mujyi wa Byumba hafi ya gare y’uyu mujyi, aho yakiriwe n’Umunyambanga […]
Umunyarwanda Djihad Bizimana ashobora gukina mu ikipe yo mu Budage
Djihad Bizimana, umukinnyi w’ikipe y’APRFC ashobora kugira amahirwe yo gukina mu ikipe yo mu kiciro cya 2 mu gihugu cy’u Budage, naramuka atsinze igerageza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyumusore umaze gukinira ikipe ya APR Fc imikino itari micye, yemeje aya makuru atangaza ko yagakwiye kuba yaragiye mu igeragezwa mu ikipe yo mu Budage yamwifuje, ariko ko kubona […]
Dr Habineza naramuka atowe azafungura abafite kuva ku myaka 70 bose
Umukandida w’ishyaka Democratif Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza yatangaje ko natorerwa kuyobora u Rwanda azahita afungura imfungwa zose zifite kuva ku myaka 70 y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Yabitangaje ku wa Gatatu tariki ya 26 Nyakanga 2017 ubwo yiyamamarizaga i Gahanga mu karere ka Kicukiro, aho yakiriwe n’umuyobozi w’ako karere, Dr Nyirahabimana Jeanne. Habineza ngo […]
Umugore wa perezida Mugabe ahangayikishijwe n’imyitwarire y’abahungu be
Umufasha wa perezida Robert Mugabe muri Zimbabwe aherutse gutangazwa ko ahangayikishijwe n’imyitwarire y’abana be 2 b’abahungu ikomeje guhesha isura mbi umuryango wa mbere muri kiriya gihugu. Ibi madamu Grace Mugabe, yabitangaje mu gihe abana be 2 baba muri Repubulika y’Afurika y’Epfo, Robert Junior w’imyaka 25 ndetse na Chatunga Bellarmine w’imyaka 21 baherutse gukora ibisa n’urugomo […]
Rwamagana: Abaturanye na perezida Kagame bemeza ko ari umuturanyi mwiza wabagejeje kuri byinshi
Abaturanyi ba perezida Kagame baremeza ko ari umuturanyi mwiza kandi ujya ubafasha mu buryo butandukanye burimo no kubaha akazi bakabasha kubona ikibatunga. Umwe muri aba baturanyi witwa Mukaremera Bonifrida, afite ubutaka buhana imbibi naho perezida wa Repubulika Paul Kagame atuye mu Karere ka Rwamagana mu murenge wa Muhazi. We na bagenzi be batuye muri ako […]