Ibintu 5 buri mugore wese aba yifuza ku mugabo we
Umugore aho ava akagera aba yifuza gufatwa neza nâumugabo ndetse hakaba nâibyo yifuza gukorerwa, iyo ibyo bitabaye mu rugo hatangira kumvikana ukutumvikana hagati yâabashakanye. Ni iki gishimisha umugore? Wabyemera utabyemera ibintu bishimisha umugore si ibintu bihambaye ahubwo ni utuntu duto duto dutuma umugore ashobora kunyurwa mu rukundo. Docteur M. Gary Neuman ugira inama imiryango akaba […]
Kenya: Raila Odinga yemeye kwitabira amatora
Raila Odinga uyoboye(NASA), ihuriro ryâamashyaka atavuga rumwe na Perezida Uhuru Kenyatta, yatangaje ko azitabira amatora yap Perezida wa Repubulika azaba muri iki gihugu mu kwezi gutaha. Odinga yasabye abashyigikiye iryo huriro gutanga amafaranga azamufasha mu bikorwa byo kwiyamamaza muri ayo matora azaba tariki ya 17 Ukwakira 2017. Yagize ati “Amatora azaba mu kwezi gutaha, turasaba […]
Umugore nâumugabo bakoze ubukwe bifotoreza mu isanduku bateje impaka
Uko bukeye nâuko bwije, abantu bagenda binguka ibitekerezo bishya bitandukanye, bimwe bigashyigikirwa ibindi bikamaganwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego usanga hari nâabagerageza gukora ibyo abandi batarakora ariko nyamara rimwe na rimwe bagakora amahano cyangwa ibyo bakoze bigaca igihugu umugongo. Umugore nâumugabo mu gihugu cya Thailand baherutse gusezerana ariko bakora agashya ko kwifotoreza mu isanduku […]
Amwe mu mateka yâAbanyamulenge nâuburyo bize bagakunda n'igisirikare
Abanyamulenge ni bumwe mu bwoko bwâabaturage babarizwa mu turere duherereye hafi nâimipaka ya Republika iharanira Demokrasi ya Congo, u Burundi ndetse nâu Rwanda . Nâubwo Wikipedia dukesha aya mateka ibivuga itya ariko nta nâuwabura kuvuga ko ubu bwoko bwâAbanyamulenge bunahana imbibi na Tanzania ahegereye inkombe zâikiyaga cya Tanganyika gihuza u Burundi, Tanzania hamwe nâagace kâAmajyaruguru […]
Murara Jean Damascene na Rutijanwa Marie Pelagie bagarutse mu Nteko Ishinga Amategeko
Murara Jean Damascene wahoze ari Umudepite mu Nteko ishinga Amategeko, muri manda yabanjiriye iri kugana ku musozo, yongeye kugaruka muri iyo nteko ndetse na Rutijanwa Marie Pelagie wahozemo icyo gihe. Ni nyuma yuko abari abadepite bakomoka mu Muryango FPR Inkotanyi baherutse guhabwa imyanya mishya mu buyobozi bwâigihugu. Abo ni Bamporiki Edouard wagize Perezida wa Komisiyo […]
U Rwanda rwungutse abaganga 90 rwohereje mu kazi barimo ab'inzobere 46
Minisiteri yâUbuzima yohereje abaganga bâinzobere 46 mu kuvura indwara zitandukanye barangije imyaka ine muri Kaminuza yâu Rwanda yiyongera kuri itandatu bize mu buganga rusange. Aba baganga bemerewe gutangira akazi ko kuvura mu bitaro bikuru, abandi baganga 44 barangije icyiciro cya mbere (General Practitioners) boherejwe gutangira akazi ko kuvura muri bimwe mu bitaro byâintara nâibyâuturere. Ni […]
Umuhanzi Dr Jose Chameleone i Dubai nâumugore we bahunze amagambo
Umuhanzi Jose Chameleone yamaze gusesekara i Dubai nâumugore we Daniella Atim ndetse nâumwana wa bo wâumukobwa Amma Mayanja, aho bavuga ko bahunze amagambo agenda avugwa kuri uyu muryango. Biteganyijwe ko uyu muhanzi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 9 azaba ari mu kabyiniro ka Las Vegas aho azaba ari kuryoshya ubuzima nâumugore we. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Syria: Ibitero byâindege zâu Burusiya byahitanye abarwanyi 40 ba Islamic state barimo abakomanda bane
Ibitero byâindege zâintambara zâu Burusiya muri Syria byahitanye abarwanyi 40 ba Islamic state barimo abayobozi bakuru bane babo hafi yâumujyi wa Deir el-Zour nkâuko byatangajwe na minisiteri yâingabo kuri uyu wa Gatanu. Ibi bitero byagabwe nâindege zâintambara zo mu bwoko bwa Su-34 na Su-35, byaje nyuma yâamakuru yâiperereza yo kuwa 05 Nzeri yagaragaje ko abayobozi […]
Menya impamvu abagabo benshi bonka amabere yâabagore mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Ni kenshi bikunze kugaragara abagabo cyangwa abasore bonka amabere y’abagore cyangwa abakobwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina nk’uko bigenda bigarukwaho na bamwe mu bakobwa nâabagore bagirana ibyo bihe n’abagabo. Umwe mu bahanga mu bijyanye nâimikorere yâumubiri wâumuntu Idris Vich akaba akora muri kaminuza ya Florida muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yagarutse ku kamaro umugabo akura […]
Ukwibyara gutera ababyeyi ineza: Kaminuza ya Manchester iravuga imyato Minisitiri Uwihanganye
‘ Umunyeshuri wahawe Buruse yabaye Minisitiri muto muri Guverinoma’. Ni inkuru igaragara ku rubuga rwa Kaminuza ya Manchester mu Bwongereza iri mu rurimi rwâicyongereza igira iti â Scholarship student becomes Rwandaâs youngest ever government ministerâ. Ikomeza igaragaza ko Uwihanganye Jean de Dieu yagizwe Minisitiri wâubwikorezi mu Rwanda, agaca agahigo ko kuba muto muri iyo guverinoma. […]
Burundi: Umushinjacyaha wa repubulika yari yishwe nâumuntu amusanze mu biro
Umushinjacyaha wa repubulika mu Ntara ya Rumonge, mu gihugu cyâu Burundi witwa Donathe Niyonsaba, yaraye arokotse urupfu nyuma yo kugabwaho igitero nâumugabo wamusanze mu biro bye. Amakuru aturuka muri iki gihugu dukesha urubuga Indundi.com, aravuga ko hari kuri uyu wa kane, itariki 07 Nzeri, ubwo umushinjacyaha wa repubulika mu Ntara ya Rumonge, Donathe Niyonsaba, yaraye […]
U Bushinwa: Inzira igoranye abana bacamo bajya ku masomo kubera imiterere yâaho batuye
Abaturage bo mu gace ka Atuleâer gaherereye mu majyepfo yâu burasirazuba bwâigihugu cyâu Bushinwa, bavugwaho kuba ari bamwe mu mafite abana babasha kwiga bibagoye bitewe no kuba ako gace gaherereye ku mpinga yâumusozi muremure wâamabuye, mu gihe abana ba bo bajya kwiga ku ishuri ryubatse hasi ku ntangiriro yâuwo musozi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru byo muri […]
Gisagara: Umwaka wa 2018 uzasiga nta munyagikonko ukirema isoko rya âNdaburayeâ
Umurenge wa Gikonko, ni umwe mu mirenge 13 igize akarere ka Gisagara, ugizwe nâicyahoze ari Komini Mugusa yâiyahoze yitwa Perefegitura ya Butare. Hazwi cyane ku buhinzi bwâumuceri, abawuzi bemeza ko waba unurira. Abatuye uyu murenge wa Gikonko bavuga ko batagira aho bahahahira cyangwa bagurisha umusaruro wabo, usibye umuceri. Udusoko tuhaba ni uturema nimugoroba bita Ndaburaye, […]
TBB ntabwo twashwanye, turacyabana nk'abajama-MC Tino
Nyuma yâaho itsinda TBB ryâabaririmbyi ryari rigizwe na Tino, Bob na Benjamin risenyukiye, hakomeje kwibazwa impamvu nyakuri yaba yaratumye iri tsinda risenyuka, umwe mu bagize uruhare runini mu gushinga iri tsinda uzwi nka Tino mu muziki yagize icyo abivugaho. Ubwo yatugezagaho amashusho yâindirimbo ye nshya yitwa âMulaâ, umuhanzi wahoze muri TBB, ariko usigaye uririmba ku […]
Uganda: Abarwanyi 10 bahoze muri M23 bemeye gutaha mu gihe 11 bamaze gupfira mu nkambi
 Igisirikare cya Uganda, UPDF, cyashyikirije Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Abarwanyi 10 bahoze mu mutwe wa M23. Ni mu gihe bivugwa ko abandi 11 bamaze gupfira mu Nkambi ya Bihanga bacumbikiwemo. Uku gusubiza aba barwanyi byabaye kuri uyu wa kane nyuma ya saa sita ku cyicaro cya division ya 2 yâingabo za […]
Umupasiteri yakubiswe nâumurwayi wo mu mutwe ubwo yashakaga kumwirukanamo imyuka mibi
Umugabo bavuga ko ari umuntu wâImana mu gace ka Lokoja muri Nigeria yahuye nâuruva gusenya ubwo yageragezaga gushaka gusengera umurwayi wo mu mutwe, uwo murwayi akamukubita bakarwana kakahava. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mupasiteri yakubiswe nyu ma yo kwegeranya abantu yita ko babaswe nâimyua mibi, ngo abasengere bezwe kubwâingorane umwe muri bo utatangajwe amazina akabavamo akarwana na […]
Rusizi: Abana batawe nâababyeyi barasaba ko uburenganzira bwabo bwubahirizwa
Abana batabwa nâababyeyi barasaba ubuyobozi kugira icyo bukorera ababyeyi babo gito, uburenganzira bwâabo bwo kurerwa na bo bukubahirizwa. Bamwe muri aba bana baganiriye na Bwiza.com, bavuga ko nyuma yo kugira ibyago bagapfusha ba nyina, ba se bagiye bishakira abandi bagore bakabata kandi nta bundi buryo bwo kubaho bafite. Uwimana Sharifa wâimyaka 9 yâamavuko wiga mu […]
Amagambo 9 abakobwa bakoresha iyo bashaka kubenga abasore
Hari amagambo menshi yifashishwa nâabakobwa mu rwego rwo kwanga gukundana nâabahungu runaka bitewe nâuburyo batabiyumvamo ariko ntibashake guhita babibagaragariza ako kanya. Dore amwe muri ayo magambo, bwiza.com yifashishije imbuga za internet zitandukanye yabakusanyirije amagambo 9, uzasanga umukobwa akoresha aya magambo mu by’ukuri agamije kukubenga. 1.Ndatekereza ko uri nka musaza wanjye Mu gihe umukobwa wifuzaho kuba […]
Suede: Umunya-Suede ukomoka mu Rwanda agiye kuburanishwa ku ruhare rwe muri jenoside
Umunyarwanda, Theodore Tabaro, ufite nâubwenegihugu bwa Suede, muri Nzeri azatangira kuburanishwa nâUrukiko Rudasanzwe rwa Stockholm ku ruhare ashinjwa muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda nkâuko byatangajwe nâurukiko kuri uyu wa Gatatu ushize. Theodore Tabaro wâimyaka 49, ashinjwa ibyaha byâubwicanyi, kugerageza kwica, gufata ku ngufu no gushimuta Abatutsi. Ibyaha ashinjwa ngo akaba yarabikoze hagati yâitariki 09 […]
Kamonyi: Inzu zisaga100 zubatswe buryo bunyuranyije nâamategeko zizasenywa, abayobozi bahanwe
Inzu zisaga 100 zubatswe mu buryo bunyuranyije nâamategeko mu Mirenge ya Runda, Rugarika na Gacurabwenge, mu karere ka Komonyi zizasenywa mu rwego rwo kubahiriza imiturire ikwiye. Kamonyi, ni akarere gahana imbibi nâUmujyi wa Kigali na Muhanga ahasanzwe inzu zigezweho, hari no kuzamuka izindi. Muri aka karere haragana abaturage benshi bubakayo inzu zo guturamo ndetse nâizâibindi […]
Tanzania: Umuyobozi wâishyaka ritavuga rumwe na leta yarasiwe mu modoka ye
Umuyobozi wâabatavuga rumwe na leta muri Tanzania, Tundu Lissu yarashwe ku gicamunsi cyo kuwa Kane tariki ya 7 Nzeri 2017 ubwo yari mu modoka ye hafi yâiwe mu mujyi wa Dodoma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru bitandukanye biravuga ko uyu muyobozi wâishyaka TSL, yarashwe nâumuntu utaramenyekana wari witwaje intwaro ubwo yamutegaga akamisha urufaya rwâamasasu ku modoka yarimo, […]
Icyo ishyaka FDU-Inkingi rivuga ku bayobozi bayo batawe muri yombi
Abayobozi batandukanye mu mashyaka abiri atavuga rumwe nâubutegetsi mu Rwanda ariko atemerewe gukorera mu Rwanda, batawe muri yombi nkâuko byemejwe nâabayobozi batavuga ruwme nâubutegetsi ndetse nâigipolisi kuri uyu wa Kane. Itangazo ryaturutse mu ishyaka FDU-Inkingi rya Victoire Ingabire kuri ubu ubarizwa muri gereza kuva mu 2013 azira ibyaha byo guhakana jenoside nâiterabwoba, rivuga ko abayobozi […]
Ruhango: Inzego z'ibanze ziranengwa kujenjekera ubucukuzi bukorwa mu kajagari
Mu nama yahuje ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango, inzego z’umutekano ndetse n’abacukuzi b’umucanga, bamwe mu bayobozi banenzwe kujenjekera ubucukuzi bukorwa mu kajagari. Ni mu nama yahuzaga izi nzego ku wa Mbere tariki ya 4 Nzeri 2017, ku biro by’akarere ka Ruhango, bakanenga bamwe mu bacukura babikora nta byangombwa mu gihe na bo bavuga ko ari ubuyobozi […]