Ibintu 5 buri mugore wese aba yifuza ku mugabo we

Umugore aho ava akagera aba yifuza gufatwa neza n’umugabo ndetse hakaba n’ibyo yifuza gukorerwa, iyo ibyo bitabaye mu rugo hatangira kumvikana ukutumvikana hagati y’abashakanye. Ni iki gishimisha umugore? Wabyemera utabyemera ibintu bishimisha umugore si ibintu bihambaye ahubwo ni utuntu duto duto dutuma umugore ashobora kunyurwa mu rukundo. Docteur M. Gary Neuman ugira inama imiryango akaba […]

Kenya: Raila Odinga yemeye kwitabira amatora

Raila Odinga uyoboye(NASA), ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe na Perezida Uhuru Kenyatta, yatangaje ko azitabira amatora yap Perezida wa Repubulika azaba muri iki gihugu mu kwezi gutaha. Odinga yasabye abashyigikiye iryo huriro gutanga amafaranga azamufasha mu bikorwa byo kwiyamamaza muri ayo matora azaba tariki ya 17 Ukwakira 2017. Yagize ati “Amatora azaba mu kwezi gutaha, turasaba […]

Umugore n’umugabo bakoze ubukwe bifotoreza mu isanduku bateje impaka

Uko bukeye n’uko bwije, abantu bagenda binguka ibitekerezo bishya bitandukanye, bimwe bigashyigikirwa ibindi bikamaganwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni muri urwo rwego usanga hari n’abagerageza gukora ibyo abandi batarakora ariko nyamara rimwe na rimwe bagakora amahano cyangwa ibyo bakoze bigaca igihugu umugongo. Umugore n’umugabo mu gihugu cya Thailand baherutse gusezerana ariko bakora agashya ko kwifotoreza mu isanduku […]

Amwe mu mateka y’Abanyamulenge n’uburyo bize bagakunda n'igisirikare

Abanyamulenge ni bumwe mu bwoko bw’abaturage babarizwa mu turere duherereye hafi n’imipaka ya Republika iharanira Demokrasi ya Congo, u Burundi ndetse n’u Rwanda . N’ubwo Wikipedia dukesha aya mateka ibivuga itya ariko nta n’uwabura kuvuga ko ubu bwoko bw’Abanyamulenge bunahana imbibi na Tanzania ahegereye inkombe z’ikiyaga cya Tanganyika gihuza u Burundi, Tanzania hamwe n’agace k’Amajyaruguru […]

Murara Jean Damascene na Rutijanwa Marie Pelagie bagarutse mu Nteko Ishinga Amategeko

Murara Jean Damascene wahoze ari Umudepite mu Nteko ishinga Amategeko, muri manda yabanjiriye iri kugana ku musozo, yongeye kugaruka muri iyo nteko ndetse na Rutijanwa Marie Pelagie wahozemo icyo gihe. Ni nyuma yuko abari abadepite bakomoka mu Muryango FPR Inkotanyi baherutse guhabwa imyanya mishya mu buyobozi bw’igihugu. Abo ni Bamporiki Edouard wagize Perezida wa Komisiyo […]

U Rwanda rwungutse abaganga 90 rwohereje mu kazi barimo ab'inzobere 46

Minisiteri y’Ubuzima yohereje abaganga b’inzobere 46 mu kuvura indwara zitandukanye barangije imyaka ine muri Kaminuza y’u Rwanda yiyongera kuri itandatu bize mu buganga rusange. Aba baganga bemerewe gutangira akazi ko kuvura mu bitaro bikuru, abandi baganga 44 barangije icyiciro cya mbere (General Practitioners) boherejwe gutangira akazi ko kuvura muri bimwe mu bitaro by’intara n’iby’uturere. Ni […]

Umuhanzi Dr Jose Chameleone i Dubai n’umugore we bahunze amagambo

Umuhanzi Jose Chameleone yamaze gusesekara i Dubai n’umugore we Daniella Atim ndetse n’umwana wa bo w’umukobwa Amma Mayanja, aho bavuga ko bahunze amagambo agenda avugwa kuri uyu muryango. Biteganyijwe ko uyu muhanzi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 9 azaba ari mu kabyiniro ka Las Vegas aho azaba ari kuryoshya ubuzima n’umugore we. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Syria: Ibitero by’indege z’u Burusiya byahitanye abarwanyi 40 ba Islamic state barimo abakomanda bane

Ibitero by’indege z’intambara z’u Burusiya muri Syria byahitanye abarwanyi 40 ba Islamic state barimo abayobozi bakuru bane babo hafi y’umujyi wa Deir el-Zour nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ingabo kuri uyu wa Gatanu. Ibi bitero byagabwe n’indege z’intambara zo mu bwoko bwa Su-34 na Su-35, byaje nyuma y’amakuru y’iperereza yo kuwa 05 Nzeri yagaragaje ko abayobozi […]

Menya impamvu abagabo benshi bonka amabere y’abagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Ni kenshi bikunze kugaragara abagabo cyangwa abasore bonka amabere y’abagore cyangwa abakobwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina nk’uko bigenda bigarukwaho na bamwe mu bakobwa n’abagore bagirana ibyo bihe n’abagabo. Umwe mu bahanga mu bijyanye n’imikorere y’umubiri w’umuntu Idris Vich akaba akora muri kaminuza ya Florida muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yagarutse ku kamaro umugabo akura […]

Ukwibyara gutera ababyeyi ineza: Kaminuza ya Manchester iravuga imyato Minisitiri Uwihanganye

‘ Umunyeshuri wahawe Buruse yabaye Minisitiri muto muri Guverinoma’. Ni inkuru igaragara ku rubuga rwa Kaminuza ya Manchester mu Bwongereza iri mu rurimi rw’icyongereza igira iti “ Scholarship student becomes Rwanda’s youngest ever government minister”. Ikomeza igaragaza ko Uwihanganye Jean de Dieu yagizwe Minisitiri w’ubwikorezi mu Rwanda, agaca agahigo ko kuba muto muri iyo guverinoma. […]

Burundi: Umushinjacyaha wa repubulika yari yishwe n’umuntu amusanze mu biro

Umushinjacyaha wa repubulika mu Ntara ya Rumonge, mu gihugu cy’u Burundi witwa Donathe Niyonsaba, yaraye arokotse urupfu nyuma yo kugabwaho igitero n’umugabo wamusanze mu biro bye. Amakuru aturuka muri iki gihugu dukesha urubuga Indundi.com, aravuga ko hari kuri uyu wa kane, itariki 07 Nzeri, ubwo umushinjacyaha wa repubulika mu Ntara ya Rumonge, Donathe Niyonsaba, yaraye […]

U Bushinwa: Inzira igoranye abana bacamo bajya ku masomo kubera imiterere y’aho batuye

Abaturage bo mu gace ka Atule’er gaherereye mu majyepfo y’u burasirazuba bw’igihugu cy’u Bushinwa, bavugwaho kuba ari bamwe mu mafite abana babasha kwiga bibagoye bitewe no kuba ako gace gaherereye ku mpinga y’umusozi muremure w’amabuye, mu gihe abana ba bo bajya kwiga ku ishuri ryubatse hasi ku ntangiriro y’uwo musozi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru byo muri […]

Gisagara: Umwaka wa 2018 uzasiga nta munyagikonko ukirema isoko rya ‘Ndaburaye’

Umurenge wa Gikonko, ni umwe mu mirenge 13 igize akarere ka Gisagara, ugizwe n’icyahoze ari Komini Mugusa y’iyahoze yitwa Perefegitura ya Butare. Hazwi cyane ku buhinzi bw’umuceri, abawuzi bemeza ko waba unurira. Abatuye uyu murenge wa Gikonko bavuga ko batagira aho bahahahira cyangwa bagurisha umusaruro wabo, usibye umuceri. Udusoko tuhaba ni uturema nimugoroba bita Ndaburaye, […]

TBB ntabwo twashwanye, turacyabana nk'abajama-MC Tino

Nyuma y’aho itsinda TBB ry’abaririmbyi ryari rigizwe na Tino, Bob na Benjamin risenyukiye, hakomeje kwibazwa impamvu nyakuri yaba yaratumye iri tsinda risenyuka, umwe mu bagize uruhare runini mu gushinga iri tsinda uzwi nka Tino mu muziki yagize icyo abivugaho. Ubwo yatugezagaho amashusho y’indirimbo ye nshya yitwa “Mula”, umuhanzi wahoze muri TBB, ariko usigaye uririmba ku […]

Uganda: Abarwanyi 10 bahoze muri M23 bemeye gutaha mu gihe 11 bamaze gupfira mu nkambi

  Igisirikare cya Uganda, UPDF, cyashyikirije Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Abarwanyi 10 bahoze mu mutwe wa M23. Ni mu gihe bivugwa ko abandi 11 bamaze gupfira mu Nkambi ya Bihanga bacumbikiwemo. Uku gusubiza aba barwanyi byabaye kuri uyu wa kane nyuma ya saa sita ku cyicaro cya division ya 2 y’ingabo za […]

Umupasiteri yakubiswe n’umurwayi wo mu mutwe ubwo yashakaga kumwirukanamo imyuka mibi

Umugabo bavuga ko ari umuntu w’Imana mu gace ka Lokoja muri Nigeria yahuye n’uruva gusenya ubwo yageragezaga gushaka gusengera umurwayi wo mu mutwe, uwo murwayi akamukubita bakarwana kakahava. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mupasiteri yakubiswe nyu ma yo kwegeranya abantu yita ko babaswe n’imyua mibi, ngo abasengere bezwe kubw’ingorane umwe muri bo utatangajwe amazina akabavamo akarwana na […]

Rusizi: Abana batawe n’ababyeyi barasaba ko uburenganzira bwabo bwubahirizwa

Abana batabwa n’ababyeyi barasaba ubuyobozi kugira icyo bukorera ababyeyi babo gito, uburenganzira bw’abo bwo kurerwa na bo bukubahirizwa. Bamwe muri aba bana baganiriye na Bwiza.com, bavuga ko nyuma yo kugira ibyago bagapfusha ba nyina, ba se bagiye bishakira abandi bagore bakabata kandi nta bundi buryo bwo kubaho bafite. Uwimana Sharifa w’imyaka 9 y’amavuko wiga mu […]

Amagambo 9 abakobwa bakoresha iyo bashaka kubenga abasore

Hari amagambo menshi yifashishwa n’abakobwa mu rwego rwo kwanga gukundana n’abahungu runaka bitewe n’uburyo batabiyumvamo ariko ntibashake guhita babibagaragariza ako kanya. Dore amwe muri ayo magambo, bwiza.com yifashishije imbuga za internet zitandukanye yabakusanyirije amagambo 9, uzasanga umukobwa akoresha aya magambo mu by’ukuri agamije kukubenga. 1.Ndatekereza ko uri nka musaza wanjye Mu gihe umukobwa wifuzaho kuba […]

Suede: Umunya-Suede ukomoka mu Rwanda agiye kuburanishwa ku ruhare rwe muri jenoside

Umunyarwanda, Theodore Tabaro, ufite n’ubwenegihugu bwa Suede, muri Nzeri azatangira kuburanishwa n’Urukiko Rudasanzwe rwa Stockholm ku ruhare ashinjwa muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda nk’uko byatangajwe n’urukiko kuri uyu wa Gatatu ushize. Theodore Tabaro w’imyaka 49, ashinjwa ibyaha by’ubwicanyi, kugerageza kwica, gufata ku ngufu no gushimuta Abatutsi. Ibyaha ashinjwa ngo akaba yarabikoze hagati y’itariki 09 […]

Kamonyi: Inzu zisaga100 zubatswe buryo bunyuranyije n’amategeko zizasenywa, abayobozi bahanwe

Inzu zisaga 100 zubatswe mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu Mirenge ya Runda, Rugarika na Gacurabwenge, mu karere ka Komonyi zizasenywa mu rwego rwo kubahiriza imiturire ikwiye. Kamonyi, ni akarere gahana imbibi n’Umujyi wa Kigali na Muhanga ahasanzwe inzu zigezweho, hari no kuzamuka izindi. Muri aka karere haragana abaturage benshi bubakayo inzu zo guturamo ndetse n’iz’ibindi […]

Tanzania: Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe na leta yarasiwe mu modoka ye

Umuyobozi w’abatavuga rumwe na leta muri Tanzania, Tundu Lissu yarashwe ku gicamunsi cyo kuwa Kane tariki ya 7 Nzeri 2017 ubwo yari mu modoka ye hafi y’iwe mu mujyi wa Dodoma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibitangazamakuru bitandukanye biravuga ko uyu muyobozi w’ishyaka TSL, yarashwe n’umuntu utaramenyekana wari witwaje intwaro ubwo yamutegaga akamisha urufaya rw’amasasu ku modoka yarimo, […]

Icyo ishyaka FDU-Inkingi rivuga ku bayobozi bayo batawe muri yombi

Abayobozi batandukanye mu mashyaka abiri atavuga rumwe n’ubutegetsi mu Rwanda ariko atemerewe gukorera mu Rwanda, batawe muri yombi nk’uko byemejwe n’abayobozi batavuga ruwme n’ubutegetsi ndetse n’igipolisi kuri uyu wa Kane. Itangazo ryaturutse mu ishyaka FDU-Inkingi rya Victoire Ingabire kuri ubu ubarizwa muri gereza kuva mu 2013 azira ibyaha byo guhakana jenoside n’iterabwoba, rivuga ko abayobozi […]

Ruhango: Inzego z'ibanze ziranengwa kujenjekera ubucukuzi bukorwa mu kajagari

Mu nama yahuje ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango, inzego z’umutekano ndetse n’abacukuzi b’umucanga, bamwe mu bayobozi banenzwe kujenjekera ubucukuzi bukorwa mu kajagari. Ni mu nama yahuzaga izi nzego ku wa Mbere tariki ya 4 Nzeri 2017, ku biro by’akarere ka Ruhango, bakanenga bamwe mu bacukura babikora nta byangombwa mu gihe na bo bavuga ko ari ubuyobozi […]