Burera: Guverineri Gatabazi yijeje abajyaga kuvoma muri Uganda ko ku wa Kabiri bazaba babonye amazi
Mu ruzinduko yakoze rw’igitaraganya, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi JMV, yijeje abaturage bajyaga kuvoma amazi muri Uganda ko bitarenze ku wa kabiri w’icyumweru gitaha bazaba bavoma amazi meza. Abaturage batunzwe n’amazi bavoma Uganda, ni ab’utugari twa Bukwashuri na Nyirataba mu murenge wa Kivuye, ndetse n’aka Rwasa mu murenge wa Gatebe. Ngo ku bw’amaburakindi hari n’abitabaza amazi […]
Kampala: Abafana bateye Diamond amagi bamuziza Zari
Umuhanzi Diamond Platnumz, icyamamare muri muzika ya Afurika ubwo yajyaga kuririmba muri Uganda, abafana bamuteye amagi bamubaza aho yasize umugore we, Zari. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Diamond yibasiriwe n’abafana ku buryo bukomeye dore ko ubwo yaririmbaga mu iserukiramuco riri kubera mu gihugu cya Uganda “Kampala City Festival” , igihugu umugore we avukamo, abafana bamugaragarije ko batamwishimiye kugera […]
Burundi: Abagabo 3 bafatanwe amabuye y’agaciro bari bajyanye mu Rwanda
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 6 Ukwakira 2017, abagabo batatu bafatanwe ibiro 8 by’amabuye y’agaciro bashakaga kwambukana mu Rwanda. Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, Op1 Pierre Nkurukiye, avuga ko abo bagabo bafatanwe ibiro 8 bya coltan, muri komine Kabarore, Intara ya Kayanza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abafashwe ni Nsabimana Patrice w’imyaka 30, Manirakiza Domitien w’imyaka […]
Perezida yaravuze ngo nta mwana ashaka mu muhanda, nimudushyire mu mashuri murebe ko muwutubonamo
Iyi ni imvugo y’abana bari mu kigero cy’imyaka 15, bavuga ko baba ku muhanda, bawuzamo ahanini bitewe n’ubukene bavuga bw’ababyeyo babo ndetse n’amakimbirane yo mu miryango, ngo bajyanwe mu mashuri nk’abandi bana ntibawugarukamo ukundi. Aba bana barya ibyo bibye cyangwa batoraguye [mu mvugo yabo babyita gusyaga], kuryama barara mu myobo no mu miyoboro y’amazi, ari […]
Uburyo 5 wakoresha ukiyegurira umutima w'umukobwa muhuye bwambere
Gutangira gusaba ubucuti ni intambwe ikomeye cyane dore intambwe ugomba kubinyuzamo uko ari eshanu 1. Mbere ya byose, ugomba gufata umwanya wo kwitegereza uwo mukobwa ushakaho ubucuti cyangwa ukamuganiraho n’ umuntu waba amuzi neza. Ariko byose bigakorwa wirinda ko yabimenya (pre-interaction stage). 2. Nyuma yo kumwitegereza cyangwa kumuganiraho ukabona ari sawa, ushaka uburyo mwazaganira agahe […]
Nyamasheke: Ababyeyi bubakiye abana babo b’abanyeshuri icumbi ryo kuraramo rya miliyoni 12
Ababyeyi barerera mu ishuri “Collège officiel Mburabuturo” riri mu murenge wa Karambi, akarere ka Nyamasheke, barishimira kwishakamo ibisubizo bakubakira abana babo icumbi ryo kuraramo, ryuzuye ritwaye miliyoni 12. Iyi nyubako yaratashywe, yuzuye itwaye 12.000.000 z’amanyarwanda, yatangiye kubakwa mu 2015, nyuma yo kubona uburyo abana b’abakobwa bageraga kuri 300 bararaga mu nzu ifunganye, bacuranwa umwuka, ndetse […]
Umugore wa Charles Taylor, acuditse na George Weah batavugaga rumwe atarafungwa
Hashize imyaka itanu Charles Taylor wari Perezida wa Liberia akatiwe igifungo cy’imyaka 50, George Weah utaravugaga rumwe na we akiri perezida, ubu ashyigiki we n’umugore wa Taylor mu matora. Mu gihe yahoze ari mukeba wa Charles Taylor, abantu baribaza ukuntu yagiye kwiyunga n’uwari umugore wa Taylor, bikabayobera. Kujya hamwe kwa Weah uyobora ishyaka CDC, n’ishyaka […]
Umusore yavuye imuzi uko yasambanyaga nyirabuja yabanje kumusinziriza
Umusore wakoraga akazi ko mu rugo yavuye imuzi uburyo bugayitse yakoreshaga kugirango asambanye umukoresha we (nyirabuja) nkuko abivuga ni umusore w’ imyaka 25 utarashatse ko amazina ye atangazwa yatanze ubuhamya bw’ ukuntu yarongoraga nyirabuja nyuma yo kumuha icyayi yashyizemo ibibinini bisinziriza bizwi nka Feneliga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubusanzwe nyirabuja yakundaga icyayi kuburyo yavaga ku kazi agahita […]
Muhanga: Abaturage basabwa kwishyura imisoro y’ubutaka Leta yacishijemo imihanda
Abaturiye igice cy’umujyi mu karere ka Muhanga, barinubira uburyo basabwa gusorera ubutaka bwari ubwabo nyuma Leta ikabucishamo imihanda. Hategekimana Eugene, utuye mu kagari ka Ruli mu murenge wa Shyogwe, avuga ko ubwo yari agiye kugurisha ikibanza mu isambu ye, yasabwe kubanza gusorera ubutaka bwe bwose bwanditse ku cyangombwa cy’ubutaka, kandi ngo isambu ye yaranyujijwemo umuhanda, […]