Angola: Abantu 7 baguye mu mpanuka y’indege

Abantu barindwi bagizwe n’abakora mu ndege hamwe n’abagenzi bapfiriye mu mpanuka y’indege yabaye muri Angola. Umukuru w’abashinzwe kuzimya umuriro Felismino Ndumba avuga ko iyo ndege yahagurutse ivuye mu mujyi wa Dundo hafi y’umupaka wayo na Congo ahagana saa saba z’ijoro, igiye i Luanda mu murwa mukuru wa Angola nkuko bigaragara ku nkuru ya VOA. [xyz-ihs […]

Niba ukunda imibonano mpuzabitsina kuburyo budasanzwe menya ko urwaye “Nymphomanie” Menya byinshi kuri yo

Indwara ya Nymphomanie ni iki? Nymphomanie ni uburwayi budakunze kugaragara cyane aho umuntu afatwa n’ubushake bukabije bwa gukora imibonano mpuzabitsina ndetse n’igihe agize amahirwe akayikora ntanyurwe. Ibi rero bituma ahorana muri we iki cyifuzo iminsi yose, amasaha yose bigatuma yiheza mu bandi kuko aba yumva bimuteye isoni n’agahinda ko kutamera nk’abandi dore ko iyi ndwara […]

Uruhare rw'Umuturarwanda mu kwiyubakira igihugu mu myaka 5 ishize biciye mu gusora

Muri uyu mwaka w’ingengo y’imari umusoro utangwa n’Abanyarwanda uzaba ugize 66% by’ingengo y’imari y’u Rwanda. Ibi bishimangira ko umuturage usora neza yirase ko umuhanda runaka wubatswe yabigizemo uruhare nta nkomanga byamusigira ku mutima bivugwa ko utarya ruswa. Ubwo hizizwaga ku nshuro ya 15 Umunsi mukuru w’Abasora ku rwego rw’Igihugu, ku wa Gatanu tariki ya 15 […]

Tuributsa abadatanga neza imisoro ndetse n’abatayitanga guhindura imyumvire -PM Dr Ngirente

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard arasaba Abanyarwanda barebwa n’imisoro kwihatira kuyitanga neza, mu gihe agira inama abatayitanga guhindura imyumvire. Yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukwakira, 2017 ubwo mu birori byo kwizihiza ku nshuro ya 15 Umunsi Mukuru w’Abasora ku rwego rw’Igihugu. Umunsi wizihijwe ku nshuro ya 15. Muri uyu muhanga wahembwemo abasora beza […]

CNDP ntiyemeranywa na HRW kuri raporo yasohoye ivuga ko ‘abajura bose bagomba kwicwa’ mu Rwanda

Umuryango Mpuzamahanga urengera uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW) uherutse gusohora raporo igaragaraza ko inzego z’umutekano mu Rwanda zishe abantu batandukanye, muri raporo ivuga ko leta y’u Rwanda yica abajura, yise ‘Thieve must be killed, abajura bagomba kwicwa’. HRW ivuga ko bivugwa ko abantu 37 bishwe n’izo nzego z’umutekano muri raporo yasohotse muri Nyakanga […]

Urukiko rwateye utwatsi bumwe mu busabe bw’abo kwa Rwigara

Urukuko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwabwiye abagize umuryango wa Rwigara bakurikiwe mu butabera ko iby’uko bafunze badahabwa umwanya wo gusurwa no kota izuba, kutabona igitabo cya Bibiliya n’ibindi ngo bitari mu byo urukiko rurimo gusuzuma. Ni mu iburanisha ryabereye muri uru rukiko ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukwakira 2017, ubwo uru rubanza ruregwamo Diane Rwigara […]