Umuhanzi Samputu agiye guhagararira Afurika mu iserukiramuco muri Koreya yâ Epfo
Umuhanzi mpuzamahanga wâ umunyarwanda, Jean Paul Samputu ufatwa nka Ambasaderi wa muzika ni we watumiwe kuzahagararira umugabane wa Afurika ndetse nâ u Rwanda mu iserukiramuco “World Culture Open 2017 “mu gihugu cya Koreya yâ Epfo. Uyu muhanzi wâ icyamamare azataramira abantu bazaturuka imihanda yose yâ Isi ndetse anabagezeho ijambo ryâ ihumure ku isanganyamatsiko igira iti […]
Kenya: Ibihano bikarishye bitegereje abayobozi bâimbuga nkoranyambaga batazazigenzura neza mu bihe byâamatora
Abaturage basaga Miliyoni zigera kuri 19 bo mu gihugu cya Kenya bayiraye ku kababa ,mu gikorwa cyâamatora yâUmukuru wâIgihugu ateganyijwe ku munsi wâejo kuwa 26 Ukwakira 2017. Nkuko rero byatangajwe nâurubuga rwa interneti rukorera muri Kenya âThe Citizenâ, umuyobozi ukuriye Ikigo cyâIgihugu cyItumanaho [ Communication Authority Of Kenya ], Francis Wangusi ari kumwe na Francis […]
Uganda: Bamwe mu badepite bahawe amafaranga ngo bazasubiremo Itegekonshinga bayasubije
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Ukwaira 2017, Abadepite bo mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda bagabagabanye amafaranga baherutse kwemererwa na Perezida museveni ngo bazatore itegeko rikuraho ingingo igenera umukuru wâigihugu imyaka yo kwiyamamarizaho. Ni nyuma yâuko abadepite bemerewe Miliyoni zisaga 29 zâAmashilingi kuri buri wese muri bo uzagira uruhare mu kuvugurura ingingo ya […]
Kigali: Umwari ufite ubumuga yizigamira 90% byâumushahara ngo azakorere mu nzu ye
Mugiraneza Aline, ni umwari wâuburanga ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga. Ubu amaze umwaka urenga akora akazi ko gutunganya imisatsi nâinzara byâabagore, agakundwa nâumukoresha we ndetse nâabakiriya bakamugana ari benshi. Ahembwa ibihumbi 50, agakoreshaho bitanu, andi 45.000 akayazigama ngo azabashe kwiyubakira inzu ye azakoreramo. Ni umukobwa wâimyaka 22, umubonye mu kazi cyangwa agenda ntumenya ko […]
Perezida Ouattara yahakanye yivuye inyuma ibyo kurebana ayâingwe na Guillaume Soro
Ubwo Perezida Alassane Ouattara wa Cote dâIvoire yageraga Niamey muri Niger, aho yagiye mu nama yâUmuryango wâUbukungu Uhuza Ibihugu bya Afurika yâIburengerazuba (ECOWAS) mu magambo ahinnye yâicyongereza, yateye utwatsi ibyo kuba muri iyi ngo haba hari agatotsi hagati ye nâumukuru wâInteko Ishinga Amategeko we ,Guillaume Soro. Perezida Alassane Ouattara yagize ati âUmukuru wâInteko Ishinga Amategeko […]
Nyuma y'amatora twari twacitse intege-Dr Frank Habineza
Dr Frank Habineza, umuyobozi w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda avuga ko nyuma y’amatora ya Perezida wa Repubulika yari yacitse intege kimwe n’abayoboke b’iryo shyaka ariko nyuma akaza gukomeza umurongo we. Ni mu kiganiro abayobozi b’imitwe ya politiki ikorera mu Rwanda n’abanyamakuru cyateguwe na Media Impact communities ku wa Kabiri tariki ya 24 Ukwakira 2017. […]
Burundi: Imodoka yari itwaye Gen Guillaume Bunyoni yarenze umuhanda igonga abantu 4
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Ukwakira 2017, imodoka yari itwaye Minisitiri wâumutekano mu Burundi, Gen Alain Guillaume Bunyoni yakoze impanuka igonga abantu 4, umwe muri bo ahita ahasiga ubuzima. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wâigipolisi cyâu Burundi, OP1 Pierre Nkurikiye yemeje aya makuru, avuga ko iyo modoka (jeep) itwara GĂ©n. Alain Guillaume […]
Kaminuza yâu Rwanda isohora abaveterineri batazi âgutera intangaâ amatungo
Nubwo gahunda yo gutera intanga ariyo ishyizwe imbere mu bworozi bwâiki gihe, inzego zâuturere nâimirenge zihangayikishijwe nâimigendekere mibi yayo kubera basabwa guha akazi abarangije Kaminuza kandi batabizi. Mu ruzinduko abasenateri bagiriye i Rusizi, batunguwe no kuba umuveterineri umwe muri 18 ariwe uzi gutera intanga. Icyo gihe Senetari Karangwa Chrysologue yatunguwe nâireme ryâuburezi aba bakozi bavomye […]
Sudani yâEpfo: Abapolisi bâu Rwanda bari mu butumwa bwâamahoro bambitswe imidari y'ishimwe
Abapolisi bâAbanyarwanda bagera kuri 239 bari mu butumwa bwâamahoro muri Sudani yâEpfo bakaba bakorera mu Ntara ya Malakal bambitswe imidari yâishimwe nâumuryango wâAbibumbye ku munsi wâejo tariki ya 24 Ukwakira 2017. Umuryango wâAbibumbye bambitse aba bapolisi imidari yo kubashimira uruhare rwa bo mu kubungabunga umutekano wâabaturage nâibintu bya bo muri kiriya gihugu ndetse no kuzuza […]
Dore amafoto asekeje ya ba nyampinga babayeho mu mateka yâisi mu bihe bitandukanye
Ubusanzwe, hamenyerewe ko ba nyampinga (Miss) ari abakobwa bâuburanga, ikimero ariko byâumwihariko bakaba banafite uburere nâubumenyi mu bijyanye nâamashuri nâibindi, aba bakabihatanira ndetse bikaba ari na bimwe mu bintu bishimisha mu bihugu bitandukanye hirya no hino ku isi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uru rutonde, rwo rwerekana abakobwa bagiye bahiga abandi Atari mu buranga cyangwa mu bindi byavuzwe […]
Kenya: Urujijo ni rwose mu matora ya Perezida wa Repubulika
Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya rwananiwe guca urubanza rwo gusubika amatora kubera abacamanza batari bakwiye. Umucamanza mukuru David Maraga yavuze ko bamwe mu bacamanza bari hanze y’igihugu abandi na bo bakaba batashoboye kugera mu rukiko kubera impamvu zitandukanye. Uru rubanza rwari gucibwa nyuma yuko abaturage batatu bavuga ko Komisiyo y’amatora idashobora gukoresha amatora atabogamye kandi aciye […]
Umunyeshuri wo muri kaminuza yitwikiye mu nzu arapfa
Umunyeshuri witwa Ivan Ngobi, w’imyaka 23 y’amavuko, akaba yigaga mu mwaka usoza amashuri ya kaminuza muri Uganda yapfuye nyuma yo kwitwikira mu nzu yabagamo ku ishuri ubwo yari ku masomo. Uyu musore ukomoka mu gace ka Kitabi, ngo yitwikiye mu nzu yabagamo ku ishuri ariko bagenzi be barabimenya ntibagira uwo babibwira bamurekeramo, akaba yapfuye amaze […]