Akurikiranyweho gufata ku ngufu abanyeshuri basaga 20 mu kwezi kumwe bahujwe na facebook

Polisi ya Natete muri Uganda icumbikiye umugabo ukurikiranyweho gusambanya ku ngufu abakobwa basaga 20 mu kwezi kumwe, aba banyeshuri akaba abakurura bahuriye ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore witwa Kivumbi Omar bakunze kubyinirira Hamim Senfuka, ni umuturage wo mu gace ka Kabojja akaba asanzwe ari umucuruzi w’imyenda aho akoresha amafaranga mu koshya […]

URwanda na Ethiopia bigiye kongera guhura bihatanira kuzitabira CHAN 2018

U Rwanda na Ethiopia bigiye kongera guhuruzwa n’imikino 2 igomba kuzasigira kimwe muri ibi bihugu itike izatuma gikomeza mu marushanwa ya CHAN c’umwaka wa 2018. Biteganyijwe ko igihugu kizatsinda hagati y’u Rwanda na Ethiopia, kizahura na Misiri mu mukino uzabera muri maroc, iyitsinze ikaba izabasha gukomeza mu irushwanwa riteganyijwe muri 2018. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma […]

Tanzania: Abanya-Afrika y’Epfo 3 bahambirijwe nta mpamba kubera kwamamaza ubutinganyi

Kuwa Gatanu w’iki cyumweru gishize , ni bwo inkuru yabaye kimomo ku itabwa muri yombi no kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania kw’abanya-Afrika y’Epfo 3 bakoreraga umuryango utegamiye kuri Leta ISLA [ Initiative for Strategic Litigation in Africa ],mu magambo arambuye y’icyongereza muri iki gihugu. Uyu muryango ukaba ushinjwa gukwirakwiza inyigisho zikangurira abantu kwitabira ibikorwa by’ubutinganyi […]

Umupasiteri yandagajwe n’umugore w’umusazi avuga ko ari we wamuteye inda y’umwana afite

Umupasiteri mu gace ka Oyo muri Nigeria ari kugenda yihishahisha abantu kubera umugore wumurwayi wo mu mutwe umushinja kuba ari we se w’umwana afite. Uyu mugore ufite ikibazo cyo mu mutwe agendana amafoto y’uyu mupasiteri bari kumwe kera bagisengana akiri muzima, agenda amubaririza abahisi n’abagenzi avuga ko ari se w’umwana. Uyu mugore, Maria w’umwana w’umwaka […]

Rulindo: Amakosa mu byiciro by’ubudehe abuza abafite ubumuga amahirwe kuri serivise zibagenewe

Bamwe mu bafite ubumuga bo mu Murenge wa Bushoki mu Karere ka Rulindo basanga ibyiciro by’ubudehe bagiye bashyirwamo bidahuye n’imibereho ya bo n’ubushobozi, ndetse bitarashingiye no ku bumuga bafite, ibi bikababuza amahirwe yo guhabwa serivisi zimwe na zimwe ziba zigenewe abatishoboye. Mugabire Augustin ni umugabo ufite imyaka hagati ya 40-45 ariko agendera ku kibando akanacumbagira. […]

Maze kubyara abakobwa 6, umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye guca umuryango kuko tutarabyara agahungu! Nkore iki?

Nakuze banyita izina rya Juliet ariko si ryo ryanditse ku irangamuntu yanjye. Ndi umugore mfite imyaka 39, maze kubyara abana 6 b’abakobwa umuto muri bo afite amezi8. Umugabo wanjye amereye nabi ngo ngiye kumucira umuryango ngo kuba tutabyara umwana w’umuhungu ndetse n’umuryango w’umugabo wanjye ntitugicana uwaka ngo naje guca umuryango kuko nabyaye abakobwa gusa. [xyz-ihs […]

Uganda: Abakutse amenyo, abagore batabyara n’abandi, ntibemerewe kwinjira mu gisirikare

Mu gihe hagikomeje imyitozo yo kongera amaraso mashya mu gisirikare cya Uganda, UPDF, hakomeje gushyirwaho imirongo ngenderwaho itangaje ndetse abenshi batanakeka ko ari impamvu zatuma abashaka kwinjira mu gisirikare. Muri ibi bikorwa byo kwinjiza abantu bashya mu gisirikare UPDF bimaze iminsi itari micye bitangijwe mu duce dutandukanye twa uganda, hagenderwaga ku bintu birimo gupima uburebure […]

Ibihano kuri Koreya ya Ruguru bizagira ingaruka kuri rubanda ruto

Intumwa idasanzwe ya Loni ku burenganzira bwa muntu muri Koreya ya ruguru itangaza ko ibihano amahanga yafatiye icyo gihugu bishobora kubangamira bikomeye uburenganzira bwa muntu muri icyo gihugu. Tomas Ojea Quintana avuga ko ibyo bihano bizagira ingaruka mbi ku butunzi bwa Koreya ya ruguru ariko kandi bizatandukira no ku buzima bw’ikiremwamuntu. Atangaza raporo y’umwaka ku […]

Umubyeyi w’abana 8 yicishijwe amabuye azira guca inyuma umugabo we

Mu gihugu cya Somalia, abarwanyi b’umutwe wa al-Shabab bicishije amabuye umubyeyi w’abana umunani nyuma yuko urukiko rumuhamije icyaha cy’ubusambanyi. Uyu mubyeyi yiciwe mu rubuga ruhurirwamo n’abantu b’ingeri zose ruri mu mujyi wa Saakow mu bilometero hafi 400 mu majyepfo y’umurwa mukuru Mogadishu. Mu majwi yashyizwe ku rubuga rwabo kuri interneti umucamaza wo muri al-shabab avuga […]