Hollywood: Icyamamare Sylvester Stallone kirashinjwa gufata ku ngufu
Umukinnyi wa filime, Sylvester Stallone wamamaye cyane mu rwego mpuzamahanga akomeje gushinjwa gufata ku ngufu umwana w’ umukobwa witwa Michelle Bega. Sylvester Stallone aregwa kuba yarafashe ku ngufu umwaka w’ imyaka 16 y’ amavuko mu mwaka w’ I 1986 byumvikane ko hashize imyaka 31. Abifashijwe n’ umwunganizi we mu by’ amategeko , Stallone uzwi ku […]
Niba ugiye gukorana imibonano mpuzabitsina n’umuntu bwa mbere, dore ibintu 7 ugomba kwitaho
Aha iyo tuvuga gukorana imibonano mpuzabitsina n’umuntu bwa mbere, aha tuba tuvuga uwo mutangiranye urugendo rwo kubaka urugo, ukitwa umugore, na we akitwa umugabo, ntabwo tuvuga abagiye gusambana n’ubwo nabo biba bibareba, ariko si yo ntego yacu. Musore na we nkumi rero, mugiye gutangira urugendo, akabariro ni ingingo ikomeye mu kurwubaka, ku munsi wa mbere […]
Kamonyi: Umuyobozi mushya yasanganijwe uruhuri rw’ibibazo
-Turagusaba gukemura ikibazo cy’amazi n’amashanyarazi -Turifuza ko akarere kacu kava ku mwanya wa 19, kagasubira ku wa 3 -Imyubakire y’akajagari icike muri Kamonyi – Ubukungu, ubuhinzi n’ubworozi bizamurwe Ibi ni bimwe mu bibazo abaturage n’abayobozi batandukanye bakirije umuyobozi mushya w’akarere ka Kamonyi kari kamaze amezi atandatu katamufite. Ibyibandwaho cyane ni ukwita ku bikorwaremezo no kwesa […]
Mu gitabo ‘Rwanda Demain’, Kimonyo ashimangira ubuhangange bw’ Abanyarwanda na Perezida Kagame
Ubwo yamurikaga igitabo cye yise ‘Rwanda Demain’, Inzobere muri politiki, Jean Paul Kimonyo yerekanye ibitangaza u Rwanda rwagezeho nyuma ya jenoside yari yararushegesheje muri 1994. Mu kiganiro na Jeune Afrique, Jean Paul Kimonyo yavuze ku buryo burambuye, uburyo hashize imyaka isaga 20 u Rwanda rwiyemeje gukurikira inzira yo kubaka ibyasenyutse mu gihe nta nyigo n’ […]
Ubwo Raila Odinga yakirwaga ava muri USA polisi yamwakiranye ibyuka bihumanya 3 barapfa
Ubwo Raila Odinga yavaga mu rugendo rw’ iminsi 10 yagiriraga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, polisi ya Kenya yamwakirije ibyuka bihumanya bitewe n’ uburyo abamushyigikiye bari bafunze imihanda iva ku kibuga cy’ indege cya Jomo Kenyata I Nairobi. Ihuriro ,National Super Alliance (NASA) rya Odinga niryo ryahamagaje abarwanashyaka baryo guha ikaze imodoka ya Odinga. […]
Inama 7 zagufasha kunyurwa n’ubuzima ubayemo bwaba bwiza cyangwa se bubi
Ni kenshi ushobora guhura n’umuntu mukanya aseka akandi kanya ukamubona yarakaye cyane, ni kenshi twumva abantu biyambura ubuzima bakiyahura kuko baba bumva biteze byinshi ariko badafite ubushobozi bwo kubibona, ubuzima ni gatebe gatoki niyo mpamvu rero biba byiza ukakira duke ubonye ukaduha agaciro ukumva ko duhagije, si ngombwa ko buri gihe ubona buri kimwe cyose […]
Abakora ubucuruzi buciriritse bashinjwa na Komisiyo y’uburenganzira bwa Muntu guhohotera abana
Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu, iratunga agatoki bamwe mu bacuruzi baciriritse kugira uruhare mu ihohoterwa rikorerwa abana. Iyi Komisiyo iravuga ko magingo aya, ikibazo cy’ihohoterwa rikorerwa abana cyane cyane irishingiye ku gitsina, riri gufata intera ndende, nkuko bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’iyi Komisiyo. Komiseri muri iyi Komisiyo, Makombe Jean Marie Vianney, ati “ Mu bushakashatsi bwakozwe […]
Perezida Museveni muri dipolomasi y’ ibanga mu gukemura ikibazo cy’ u Burundi
Mu ibanga rikomeye, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yahinduye umukino ndetse anongera imbaraga mu rwego rwo gukemura ikibazo cya politiki cy’u Burundi kimaze imyaka irenga 2 cyaroretse iki gihugu. Perezida Yoweri Kaguta Museveni aherutse kohereza mu ibanga umudiplomate w’ inzobere mu Burundi mu ntangiriro z’ Ugushyingo 2017, kugirango yumvishe Leta iyobowe na Nkurunziza ko […]
Ubukwe bw’icyamamare mu mukino wa Tennis, Serena Williams na Alexis- REBA AMAFOTO
Ubukwe bwa Serena Williams wamamaye mu mukino wa Tennis n’umugabo we, Alexis Ohanian, uzwi nk’umushoramari cyane cyane rirebana n’ikoreshwa rya za interineti, bwabereye muri mu gace ka New Orleans, kari mu mujyi wa Louisiana, uri mu Majyepfo ya Leta zunze ubumwe za Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubu bukwe bwabaye ku wa Kane tariki ya 16 Ugushyingo […]
Kaniga: Ababyaye abana benshi babaye umutwaro ku gihugu no ku miryango yabo
Mu murenge wa Kaniga mu karere ka Gicumbi hari imwe mu miryango yabyaye abana benshi, ubu bakaba basigaye bagorwa n’uburere bwabo ndetse no kubabonera ibibatunga bibabeshaho neza ntibibashobokere. Bamwe bemeza ko byaterwaga n’ubujiji ababyeyi babaga bafite bwatumaga bataboneza urubyaro, abandi bakavuga ko batinze kubyumva, ariko hari n’abemeza ko ntacyo byari bibatwaye muri icyo gihe bababyaraga, […]