Abazahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2018 bazakora n' ikizamini cyanditse
Nyuma y’uko habura amasaha make ngo igikorwa cyo kwiyandikisha kubashaka guhatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018 gitangire, abashinzwe imitegurire n’imigendekere myiza y’iri rushanwa ‘Rwanda Insipiration Backup’ batangaje ingengabihe izakurikizwa ndetse n’impinduka zizagaragara muri aya marushanwa ya nyampinga w’u Rwanda 2018. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Ukuboza 2017 , mu kiganiro […]
Nyamagabe: Uwafashe umwana ku ngufu yahanishijwe igifungo cya burundu y’umwihariko
Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyamagabe rwasomye urubanza ubushinjacyaha bwarezemo Mwumvaneza Patric, maze rwemeza ko ikirego cy’Ubushinjacyaha gifite ishingiro, rumuhamya ibyaha bibiri aribyo gusambanya umwana no gukuramo inda maze rumuhanisha igihano cy’igifungo cya burundu y’umwihariko. Ibyo byaha bikaba byarakorewe umukobwa w’imyaka 14 uba mu Nkambi y’impunzi ya Kigeme aho babanaga mu nzu […]
Nyinawumuntu Grace washinjwaga ubutinganyi yagizwe umwere
Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugunga rwemeje ko Uwamahirwe Chadia ukinira ikipe ya As Kigali yishyura Nyinawumuntu Grace wahoze amutoza amafaranga y’u Rwanda 2 825 000 nyuma yo gutangariza kuri Radio 10 ko yamaze igihe amukoresha ubutiganyi kuva akiri muto. Ibi urukiko rukaba rwabyanzuye nyuma y’ikirego rwagejejweho na Nyinawumuntu Grace, wareze Shadia Mahirwe amushinja kumusebya kuri Radio […]
Poromosiyo ya Noheli n’Ubunani: Ibiciro byo kwamamaza kuri Bwiza.com byahanantuwe
Mu rwego rwo kunezeza abasomyi b’ikinyamakuru www.Bwiza.com, muri iki gihe benshi biteguye kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, twabashyiriyeho poromosiyo mu kwamamaza. Amatangazo yo kubika, aranga n’arangisha tuyabatambukiriza ku buntu, kimwe n’abatwandikira bashaka abakunzi ndetse nabifuriza inshuti zabo Noheli nziza n’umwaka mushya. Naho abamamaza ibikorwa byabo by’ubucuruzi n’izindi serivisi, nabo bashyiriweho poromosiyo ibiciro byahanantuwe, utugana […]
Iyo habaye gutotezwa umubare w'abizera ugenda wiyongera kandi no kwizera kuraguka- Past.Steve Sonderman
Agendeye ku byabaye kuri Sitefano, Pastor Steve Sonderman uturuka muri Elmbrook Church muri Leta Zunze za Amerika ubwo yasuraga itorero ‘Potter’s Hand Ministry’ yashimangiye ko Imana ishobora gukoresha ibintu bisanzwe mu gukora ibintu bidasanzwe. Agendeye ku byanditse, Pst. Sonderman yatangiye kwigisha atanga urugero rwa Sitefano ubwo yigishaga agaterwa mabuye ariko ntibyamuciye intege ahubwo yarakomeje kugeza […]
Bujumbura: Abagabo babiri bicishijwe amahiri bashinjwa amarozi
Abagabo babiri bari batuye muri Komini Kabezi, Intara ya Bujumbura (rural) bakubiswe n’abaturage kugeza bashizemo umwuka, bashinjwa amarozi. Umwe muri aba bagabo yishwe nyuma y’amakuru yavugaga ko yigambaga ko ari we wirogeye umwana w’umuhungu wapfuye ku wa mbere tariki ya 11 Ukuboza 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mugenzi we, na we yashinjwaga n’abaturage ko bafatanyije kwica uwo […]
Ibyo wakorera umugabo wawe akazinukwa kwiruka mu bandi bagore
N’ubwo ingo nyinshi zikunze gusenyuka biturutse ku makimbirane akenshi usanga ashingiye ku mitungo, iyo imibonano mpuzabitsina idakozwe neza na byo bishobora kuba intandaro yo gushwana hagati y’abashakanye biturutse ku gukekana amababa ndetse rimwe na rimwe bikavamo no gutandukana burundu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore inama wakurikiza kugirango urugo rwanyu rudasenyuka biturutse ku mibonano mpuzabitsina itakozwe neza. 1. […]
Abidjan: Demokarasi niyo musingi wo kubungabunga ibidukikije- Dr. Frank Habineza
Ibi byashimangiwe na Dr. Frank Habineza mu nama nyafurika y’ amashyaka ashingiye kuri politiki iharanira Demokarasi inarengera ibidukikije i Abidjan muri Côte d’Ivoire, yatangiye ku wa 11 Ukuboza ikarangira ku wa 13 Ukuboza 2017. Ni mu gihe u Rwanda n’ ibindi bihugu bya Afurika bikomeje guhura n’ ibibazo biterwa no kutabungabunga neza ibidukijije n’ imihandagurikire […]
Nyamasheke: Acuruza afite ubumuga bwo kutabona akinjiza asaga ibihumbi 100 ku kwezi
Irambona David w’imyaka 28, utuye mu murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke, akomeje gutangaza benshi, aracuruza akunguka ku buryo ku kwezi yinjiza asaga ibihumbi 100 kandi afite ubumuga bwo kutabona. Uyu musore acuruza serivisi z’amafaranga, arabitsa akanabikuza kuri mobile money, tigo cash, airtel money, akanacuruza mituyu n’ibindi bimwinjiriza amafaranga akora atabona. Aganira na Bwiza.com, […]
Uwari indaya yatunguwe, ntariyumvisha ukuntu yaba amaze amezi atatu adasambanye
Nyuma yo kwikinisha kenshi no gukuramo inda eshanu ku bushake, umugandekazi Sharon Kalenzi wakoraga akazi k’uburaya mu Bushinwa ndetse no mu bindi bihugu bitandukanye yasoje amasomo ye mu ishuri ryigisha Bibiliya, none yakoresheshe umunsi mukuru ko amaze amezi atatu adasambana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Sharon Kalenzi, yasoje amasomo ajyanye n’imiyoborere mu ishuri ryigisha bibiliya ‘Miracle Bible College’. […]
1973-1994: Leta ya Habyarimana yakoresheje Kiliziya Gatolika ku mbaraga
Mu gihe amateka ya politiki y’ u Rwanda rwategekwaga n’ abami ndetse no muri Repbulika ya 1 bigaragara ko abakoloni n’ abamisiyoneri bari bafite ijambo rikomeye, muri Repubulika ya 2 si uko byagenze kuko Perezida Juvenal Habyarimana nk’ umusirikare yakoresheje abapadiri ndetse anabategeka kwinjira muri MRND ku ngufu. Muri Repubulika ya kabiri yari iyobowe na […]