Emmanuel Eboué wahoze ari myugariro wa Arsenal arembejwe n’ ubukene
Nyuma yo kugirana ikibazo gikomeye cy’ amafaranga n’ umuntu ushinzwe kurebera inyungu ze, umukinnyi mpuzamahanga wa Ivory Coast, Emmanuel EbouĂ© wahoze ari myugariro wa Arsenal muri 2006 aratabaza avuga ko arembejwe n’ ubukene. Iki kibazo yagiranye n’ ushinzwe gukurikirana inyungu ze nicyo cyatumye EbouĂ© ahagarikwa umwaka umwe ndetse aza no gutandukana n’ umugore atwara n’ […]
Umupasiteri yiyahuye nyuma yo kohereza amafoto ye yambaye ubusa abayoboke be atabishaka
Umupasiteri witwa Pastor Letsego wo muri Repubulika y’Afurika y’Epfo aherutse kwiyahura nyuma yo koherereza abayoboke be amafoto y’abambaye ubusa atabishaka, aya mafoto ngo akaba yarashakaga kuyoherereza umugore we batari bari kumwe ahubwo akayashyira muri gurupe ya Whatsap y’abayoboke be. Uyu muvugabutumwa mu itorero, Christ Embassy church ngo yoherereje aba bayoboke be amafoto y’igitsina cye mu […]
Uko ibihugu byo muri EAC birutana mu mafaranga bishora ku gisirikare
Amafaranga agenda ku gisirikare cy’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba yaragabanyutse cyane mu mwaka ushize wa 2016 bitewe ahanini n’uko ingengo y’imari y’igisirikare cya Sudani y’Epfo yagabanyutse kurenza 50% bitewe n’ibibazo bya politiki n’intambara hagati y’abaturage bikomeje kwibasira iki gihugu. Imibare yatanzwe n’Ikigo Mpuzamahanga ku bushakashatsi mu bijyanye n’amahoro cyo muri Sweden kizwi nka […]
Ingeso abagore basabwa kureka zituma abagabo babaca inyuma
Mu mubano w’umugore n’umugabo habaho bimwe mu bintu buri umwe aba akeneye ku wundi kugirango habeho kuzuzanya, mu gihe rero kimwe kibuze bishobora gutuma umwe ayoboka inzira zinyuranyije n’izagenwe mu mibanire y’abakundana. aha twabakusanyirije zimwe mu ngeso abagore bakunze kugaragaza zikaba zabaviramo gucibwa inyuma n’abagabo babo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuba sibindeba: Buri mugabo aho ava akagera […]
Imikoranire ivugwa hagati y’ inzego z’ iperereza za Uganda na RNC iteye inkeke
Nyuma y’ igihe kini gishize havugwa ibibazo by’ intambara y’ ubutita hagati y’ ibihugu by’ u Rwanda na Uganda, hari amakuru akomeza kuvugwa ko inzego z’ ipereza za Uganda zikorana n’ Umutwe wa RNC mu buryo bumwe cyangwa ubundi. N’ubwo Leta y’ u Rwanda itakunze kugira icyo itangaza kuri iki kibazo ishobora kuba ifitanye na […]
Umugabo yatawe muri yombi afite agahanga ka mwene se wapfuye mu myaka 7 ishize
Umugabo w’imyaka 45 witwa Mwamadhi Isiko wo mu gace ka Iganga muri Uganda aherutse gutabwa muri yombi na polisi nyuma yo gufatanwa agahanga ka mu rumuna we umaze imyaka 7 apfuye. Uyu mugabo yatawe muri yombi kuwa Gatandatu tariki ya 23 Ukuboza 2017, nyuma y’uko ashyikirijwe polisi ikorera mu gace atuyemo afite ibisigazwa by’umubiri wa […]
RDC: Inyeshyamba zisaga 100 za ADF zaba zariciwe mu bitero by’ingabo za Uganda
Inyeshyamba zisaga 100 zo mu mutwe wa ADF biravugwa ko ziciwe mu bitero by’indege n’imbunda ziremereye by’igisirikare cya Uganda byo kuwa Gatanu ushize. Amakuru aturuka mu gisirikare cya Uganda,UPDF, no mu gisirikare cya repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,FARDC, agera ku kinyamakuru SoftPower, aravuga koibitero ku nkambi za ADF muri Beni kuwa Gatanu ushize byahitanye inyeshyamba […]
Hamisa yatutse mukeba we Zari ko ari umukinnyi wa Filimi z’ubusambanyi
Mu cyumweru gishize nibwo Zari Hassan na mukeba we, Hamisa Mobeto bari muri Uganda, bose bitabiriye ibitaramo bitandukanye, aba bose bagiye babazwa byinshi ndetse no ku mugabo (Diamond) bose basangiye, Hamisa akaba yaratangaje amagambo atuka Zari ko ari umukonnyi wa filimi za Porono (Pornographic films). Zari yatangarije imwe muri Radiyo zo muri Uganda ko Diamond […]
Perezida Trump arashinjwa kwibasira abimukira b'abanyafurika, Haiti ndetse n'Afghanistan
Perezida wa leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump aherutse gutungura abantu avuga ko banyamahanga baba mu gihugu cye ariko ukaba usanga nta mugambi wo gusubira iwabo Afite. Mu nama yabaye ku itariki ya 23 uku kwezi, nibwo Perezida Trump yavuze ijambo agaragaza icyo atekereza ku mpunzi n’abimukira baba muri Amerika, agaruka cyane ku bihugu nka […]
RDF yungutse abapilote bashya ba kajugujugu
Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, cyungutse abapilote bashya 11 b’indege za kajugujugu nyuma yo gusoza amasomo y’ibanze yo gutwara indege y’amezi 16 baherewe mu ishuri ryigisha ibyo gutwara indege rya Akagera Aviation Academy. Imihango yo gusoza aya masomo witabiriwe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubwikorezi muri minisiteri y’ibikorwaremezo, Ir. Jean de Dieu Uwihanganye wari kumwe n’Umugaba mukuru […]
Perezida Museveni yasuye ingabo za Tanzania zakomerekeye mu gitero cya ADF ku ngabo za Monusco
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda kuri iki Cyumweru yasuye abasirikare ba Monusco bakomoka muri Tanzania bari kuvurirwa mu Bitaro bya Nakasero muri Kampala nyuma yo gukomerekera mu gitero umutwe wa ADF wagabye ku birindiro byabo kigahitana bagenzi babo 15 abandi benshi bagakomereka. Aba basirikare ba Tanzania bakomerekeye mu gitero bagabweho kuwa 08 Ukuboza 2017, n’inyeshyamba […]