Dore ibintu 5 biranga abantu bashaka guhorana akanyamuneza mu buzima bwabo

Hari abavuga ko ntacyo wakora ngo ubeho wishimye, ariko abo ni abirengagiza ko hari abantu babaho bishimye, abandi bakabaho bababaye.Uko biri kose ababaho bishimye hari icyo barusha abahora bababaye. [xyz-ihs snippet=”google”] Niba ushaka guhora wishimye, dore ibyo usabwa: 1.Guhangana n’ibibazo Nta na rimwe mu buzima guhunga ibibazo byigeze bifasha mu kubikemura.Hari gihe biba bikomeye ariko […]

Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda?

Iki kibazo gitangiye kwibazwaho cyane mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangarije ko zigiye kugabanya inkunga zageneraga ibihugu bikiri mu nzira y’ amajayambere harimo n’ u Rwanda nk’ uko byatangajwe na Perezida Trump mu ntangiriro za 2017. Inkunga yatewe u Rwanda rwonyine muri 2016 yagenewe ibikorwa by’ iterambere, ubuvuzi n’ ubuzima ndetse n’ ibikorwa […]

James Sano wari ukurikiranyweho gukoresha nabi umutungo wa WASAC yagizwe umwere

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Ukuboza 2017, urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwagize umwere James Sano wahoze ari umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura ry’amazi nyuma akaza gutabwa muri yombi ashinjwa gukoresha nabi umutungo wa leta. Ni nyuma y’uko uyu Sano atawe muri yombi mu ntangiriro z’ukwezi kwa cyenda, ubushinjacyaha bugasaba […]

Icyo igisirikare n’igipolisi bya Uganda bivuga ku Banyarwanda bamaze iminsi batabwa muri yombi

Mu minsi ishize nibwo u Rwanda rwandikiye Uganda ruyisaba ibisobanuro ku itabwa muri yombi rya hato na hato rikomeje gukorerwa Abanyarwanda baba cyangwa bagenda muri Uganda ntirubimenyeshwe, ndetse no ku gukorana na RNC, u Rwanda rwita umutwe w’iterabwoba. Usibye ibi, imiryango y’aba Banyarwanda bafatwa ikomeje kwitabaza inzego zitandukanye ivuga ko itazi aho abantu babo bafungiye, […]

Kirehe: Babangamiwe n'imbwa zo mu gasozi zigiye kubamaraho amatungo

Abaturage bo mu murenge wa Mushikiri mu karere ka Kirehe bavuga ko babangamiwe no korora amatungo akaribwa n’imbwa ziba mu gasozi. Abaturage bavuga ko kuva mu kwezi kwa cyenda imbwa zimaze kurya amatungo arimo ihene n’intama ku buryo hatagize igikorwa nta muturage wazongera korora aya matungo magufi. Mutezimana Daniel atuye mu Kagali ka Cyamugurwa, mu […]

RDC: Imirwano hagati y’umutwe wa Mai Mai n’ingabo za leta yaguyemo 7

Umusirikare umwe wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo n’abandi 6 bo mu mutwe wa Mai Mai baguye mu mirwano yahuje aba bombi ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Ukuboza 2017 mu gace ka Kasindi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Imirwano hagati y’aba barwanyi n’igisirikare cya Congo yakajije umurego kuva mu ntangiriro […]

Nyagatare: Abana bafunguwe kubera imbabazi za Perezida basuye bagenzi babo bakiri muri gereza

Mu cyumweru gishize, muri gereza y’abana ya Nyagatare(Nyagatare Juvenile Prison) habereye igikorwa kiswe “Garuka ushime’’, aho abana bahoze bafungiye muri iyi gereza bakaza guhabwa imbabazi na Perezida wa Repubulika kubera ko batsinze ibizamini bya Leta, basuye abana bagifungiye muri iyi gereza babasaba kwitwara neza no kwita ku masomo bahabwa. Aba ni abana batsinze ibizamini by’amashuri […]

Uganda: Umwaka wa 2017 uhitanye ibikomerezwa byinshi byiganjemo abanyepolitiki

Umwaka wa 2017 ni umwaka utaragendekeye neza igihugu cya uganda nubwo ari ibyabaye n’ahandi hatandukanye mu karere, ku kijyanye no gutakaza abantu bakomeye haba mu bijyanye na politiki ndetse no mu butunzi. Aba ni bamwe muri abo bantu bagiye batakaza ubuzima muri uyu mwaka dusoza bikamenyekana haba muri Uganda imbere ndetse no hanze yayo bitewe […]

Mugore, dore uburyo wakoresha niba ushaka kurangiriza rimwe n’umugabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Akenshi uzasanga umugore ataryohewe mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina amakosa ayagereka ku mugabo, ariko buri gihe ntabwo ari umugabo uba ugomba kuyobora iki gikorwa cyose, na we mugore ugomba kumufasha kugirango mwese muryoherwe kandi munubake urugo rwanyu neza. Ni muri urwo rwego bwiza.com yabateguriye, bimwe mu bishoboka umugore agomba kugirango abashe kurangiriza rimwe n’umugabo we, erega […]

Uganda: Gen. Tumukunde yahishuye ko NRM iri gushaka uzasimbura perezida Museveni ukiri muto

Minisitiri w’umutekano wa Uganda, Lt. Gen. Henry Tumukunde, aratangaza ko ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda ririmo gutegura umuntu uzasimbura perezida Museveni kubw’ibyo ivugurura ry’ingingo y’itegeko nshinga yagenaga imyaka umukuru w’igihugu atagomba kuba arengeje rikaba ntawe rikwiye gutera impungenge. Ibi minisitiri Tumukunde yabitangaje kuri uyu wa Kane, avuga ko Abagande badakwiye gutinya iri vugurura […]

Umugabo utagira amaboko n’amaguru yongeye kwibaruka abyara impanga

Mu gihe abantu benshi bari mu byishimo byo kuba basoje umwaka amahoro, abandi barira ko baburiye babo mu mpanuka zitandukanye n’ibindi, ibyishimo ni byose ku mugabo Nick Vujicic wamenyekanye cyane hirya no hino mu bitangazamakuru bitandukanye, ku mibereho ye itangaje atagira amaguru habe n’amaboko. Uyu mugabo, Nick akomoka mu gihugu cya Australia, yibarutse abana 2 […]

Umuherwe Jack Ma uheruka mu Rwanda yahuriye na Jet li muri filimi igaragaramo imirwanire ihambaye

Umuherwe Jack Ma, uzwi no mu Rwanda dore ko aherutse kurusura, akaba umwe mu bagabo bakize cyane kurusha abandi mu Bushinwa, ari nawe washinze urubuga rw’ubucuruzi kuri internet ruzwi nka Alibaba, yatangiye no kugerageza gukina sinema, aho yatangiriye muri filimi ngufi yiswe Gong Shou Dao (GSD) igaragaramo imirwanire ihambaye ahuriramo n’ibyamamare muri kung-fu nka Jet […]

Ibihugu bya Uganda na Congo ngo byabaye ijuru ry’abajenosideri bacitse ubutabera

Ibihugu bya Uganda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo byaba byarabaye ijuru ry’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 nk’uko amakuru ikinyamakuru KTPress dukesha iyi nkuru gifite avuga. Urutonde iki kinyamakuru cyabashije kubona rugaragaza ko ibihugu bya Uganda na Congo bicumbikiye hafi 55% by’abantu 835 bashakishwa n’ubushinjacyaha mu bihugu 34 ku isi. [xyz-ihs snippet=”google”] Muri aba […]

Perezida Uhuru Kenyatta yashimiye George Weah ku ntsinzi yo mu matora y’umukuru w’igihugu

Bidasubirwaho, uwahoze ari umukinnyi w’umupira wa Ruhago ukomoka muri Liberia, George Weah yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu. Nyuma y’uko bitangajwe ko ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu muri Liberia byerekana ko uyu mugabo, Weah ari we watsindiye kuyobora kiriya gihugu, abandi bakuru b’ibihugu bitandukanye muri Afurika barimo na perezida Kenyatta wa Kenya, bafatanyije na we kubyina intsinzi. […]

Umutekano wa Perezida Paul Kagame wavugishije itangazamakuru mpuzamahanga

Mu gihe umutekano w’ abaperezida bo mu bihugu bya Afurika birangwamo ibikabyo, usanga kenshi mu bashinzwe kubarinda bacye ari bo babyigiye ndetse banafite ibikoresho kabuhariwe. « Uburyo Perezida Paul Kagame arindwa ntibisanzwe kuko tutarabibona no ku banya-Israel ndetse n’ Abanyemerika » , Ibi byashimangiwe na Jeune Afrique ubwo Perezida Kagame yasuraga u Bufaransa bwa mbere […]