VIDEO: Arasobanura impamvu umugore ashobora kutazana amavangingo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, umugore ashobora kuzana amavangingo, mu yindi mvugo ni “ukunyara ku mugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ariko na none hari abatayazana bitewe n’impamvu runaka. Uyu mugore (uvuga muri video) arasobanura impamvu zitandukanye zishobora kubuza ayo mavangingo kuza kimwe n’uko ashobora kugufasha akaza. Ati “Umugore ashobora kuzana amavangingo iyo adafite inkomyi ituma ayazana, […]

Urugo rwa Gen Masunzu rwagabweho igitero

Mu ijoro ryo ku wa kane tariki ya 25 Mutarama 2018, mu rugo rwa Gen Masunzu Pacific, wo mu gisirikare cya Congo (FARDC), hagabwe igitero n’abantu bari bitwaje intwaro. Urugo rwa Gen Masunzu rwagabweho igitero n’abantu bari bitwaje intwaro, ruherereye muri Kiziba, mu Minembwe, muri Kivu y’Amajyepfo. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru imurenge, avuga ko humvikanye urusaku […]

Kwizera M.Claire uhanura muri ADEPR, aremera ko ararana n'abagabo muri Lodge bishimisha

Kwizera Marie Claire, umugore wa Pasiteri Hakizimana Stephen, benshi bazi nk’umuhanuzi muri itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR), aremera ko ibyo umugabo we amuvugaho byo kurara muri za lodge ari kumwe n’abandi bagabo ari byo. Kugeza magingo aya, uyu mugore ntabwo abana n’umugabo we nyuma y’amakimbirane bagiranye hagati yabo amaze imyaka. Umwaka ushize nibwo Pasiteri […]

2018 ni umwaka wo guhesha agaciro abamotari- RURA

Umuyobozi w’ikigo cy ‘ibikorwa bifitiye igihugu  akamaro ( RURA ), yatangaje ko umwaka wa 2018, ari uwo guhesha agaciro abakora umwuga w’ubumotari, zimwe mu mvune bagiriraga mu kazi kabo zikagabanuka ndetse hakabaho uguhana neza sirivisi hagati ye n’umugenzi. Umuyobozi wa RURA, Maj. Nyirishema Patrick, ibi yabitangaje ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 26 […]

Uganda: Dr Nyanzi ahamya ko abagabo bamusaba urukundo baba bamushakaho igitsina gusa

Dr Stella Nyanzi wo muri Uganda, yatangaje ko abagabo bamugeraho bamubwira ko bamukunda ari benshi, ariko ngo ahanini baba bagenzwa no kumwaka igitsina. Uyu mugore uvuga ko muri we atiyumvamo urukundo rw’abagabo, yagize ati “Baraza banyizeza urukundo, gusa bose baba bashako gusambana na njye gusa”. Dr Nyanzi ngo hashize igihe kirekire yaratandukanye n’umugabo we babyaranye […]

#Kamonyi: Umuturage yatsinze urubanza mu myaka itatu ishize ariko ntirurarangizwa

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Musambira, Akarere ka Kamonyi, bavuga ko baburana imanza bakazitsinda ndetse baranazitanzeho amafaranga menshi ariko bakababazwa n’uko zitarangizwa. Uyu muturage agaragariza Urwego rw’ Umuvunyi, n’ ubuyobozi muri aka karere ikibazo cy’ urubanza yatsinze, ariko rumaze hafi imyaka 3 rutarangizwa. Iki kibazo cyo gutinda kurangirizwa imanza, ngo hari n’abandi bagihuriyeho […]

Perezida Donald Trump yasabwe gusimbura Arsene Wenger ku butoza bw’ikipe ya Arsenal

Ubwo umunyamakuru wo mu Bwongereza yagiranaga ikiganiro cyihariye na Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamusabye gusimbura Arsene Wenger ku butoza bw’ikipe ya Arsenal. Umunyamakuru, Piers Morgan, umaze igihe kirekire asaba Arsene Wenger gusezera ku butoza bwa Arsenal, yasabye Trump kuzamusimbura avuga ko Wenger gutoza ikipe akayishyira ku rwego rwiza rubasha gutwara […]