Dosiye: Umurundi Joseph Birori wize i Burayi bwa mbere yagororewe kwicwa amanitswe

Nyuma yo guhabwa  amahirwe  adasanzwe n’ abakoloni bategekaga Congo-Belge, Ruanda – Urundi yo kujya gukomereza amashuri ya Kaminuza mu Burayi mu gihugu cy’ u Bubiligi, umurundi Joseph Birori yaje kumanikwa ashinjwa kugambanira umwana w’ umwami Louis Rwagasore. Amakuru atangwa n’ abakambwe bakiriho bazi amateka y’ u Burundi bemeza ko  Joseph Biroli yamanitswe ku karubanda ku […]

Mushiki wa Diamond, yaheneye abafana nabo bahanga amaso igitsina cye- REBA AMAFOTO

Umuhanzikazi wo muri Tanzania, Queen Darleen akanaba  mushiki wa Diamond Platnumz, yaheneye abafana be ku bushake, nabo bashimishwa no kumureba hagati y’amaguru. Ubwo yataramiraga imbaga y’abafana mu gace ka Mwembwe Tayari muri Tanzania, ku wa Gatandatu tariki ya 3 Gashyantare 2018, nibwo yabonye abafana bashaka kureba hagati y’amaguru ye, maze aherako abaha amahirwe ngo baharebe […]

Alexis Sanchez yakatiwe igifungo cy’amezi 16

Alexis Sanchez, umusore uherutse kugurwa n’ikipe ya Man.Utd avuye muri Arsenal, yakatiwe n’inkiko zo muri Espagne igifungo cy’amezi 16 azira kunyereza imisoro. Igifungo kiri munsi y’imyaka ibiri muri Espagne cyemerera uwagihawe kuba atajyana muri gereza, ahubwo akaba yakora indi mirimo nsimburagifungo cyangwa akakiriha mu mafaranga. Sanchez, ukomoka muri Chili, ashinjwa kunyereza imisoro yo mu 2012 […]

Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro – NKORE IKI?

Bene data, ndabaramutsa mu izina ry’umwami Yesu, mumbabarire ntabwo nifuje ko amazina yanjye atangaza, kubera inshingano mfite mu itorero umugabo wanjye abereye umuyobozi. Ndi umugore, ubu ntwite inda ya kabiri, kuva mu bukumi bwanjye ku myaka nka 17, sinababwira uko inzoga iryoha ariko ubu umutima wanjye urenda guturika kubera kuyirarikira. Inda mfite imaze kugira amezi […]

Twasuye Makanyaga Abdoul atubwira inkomoko “Rubanda Ntibakakoshye” n'igitaramo yitegura mu Bubiligi 

Bitewe n’ubusabe bwa benshi, bwiza.com yasuye umuhanzi ufite inararibonye mu muziki Makanyaga Abdoul, aho akorera imyitozo yo kuririmba iwe mu rugo i Gikondo, akaba ari no kwitegura igitaramo azakorera mu gihugu cy’Ububiligi muri Mata 2018. yaduhishuriye byinshi bifitanye isano n’ubuzima bwe ndetse na bimwe mubyo abantu batazi kubihangano bye. Kurikirana ikiganiro twagiranye: Bwiza: Tugusuye iwawe […]

REB iratakambira MINIJUST ngo iyifashe gukemura ikibazo ifitanye n’aba Mentors

Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi ( REB ) cyandikiye Minisiteri y’Ubutabera (Minijust) kiyisaba kugifasha gushyikirana n’abari bashinzwe guhugura  abarimu  mu rurimi rw’icyongereza ( mentors ), mu gihe bari bageze mu nkiko bakirega. Abarimu (mentors) bashinja REB kubahagarika ku kazi kandi amasezerano bagiranye agifite agaciro. Bavuga ko bandikiye inzego zitandukanye zirimo na Minisiteri   y’ Abakozi  ba […]

Mowzey Radio yiyongeye ku byamamare byihanuriye urupfu bikarangira rubatwaye

Umuhanzi wabarizwaga mu itsinda rya Goodlyfe Ssekibogo Mowzey Radio abaye umwe mu byamamare byagiye bivuga umunsi wiherezo ry’ubuzima bikarangira bibaye. Nkuko amateka agenda abigaragaza hari ibyamamare byinshi byabayeho gusa mu ipfa ryabyo bigatungura benshi bitewe n’uko batangazaga ikizabica cyangwa umunzi wiherezo ryabo bikaba uko. aha twavuga nka: 1.Ssekibogo Mowzey Radio:  umuhanzi ukomoka mu gihugu cya […]

Abantu baricwa mu Burundi, bapfira mu maboko y’abasirikare, abapolisi n’Imbonerakure- Claver Mbonimpa

Umuyobozi w’umuryango (APRODH) uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Burundi, atangaza ko abantu bakomeje kwicwa mu Burundi,  bagwa mu maboko y’inzego zishinzwe iperereza n’Imbonerakure. Mbonimpa Pierre Claver, atangaza ko iperereza ryakozwe n’imiryango iharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu,  rigaragaza ko abantu basaga 500 bishwe mu 2017, bazira ibitekerezo byabo bya politiki. Raporo ifite umutwe ugira uti “Do not Play with […]

Isirayeli: Abimukira banze koherezwa mu Rwanda bahitamo gufungwa burundu

Uyu mugambi ugamije koherereza abimukira ibihumbi 40 mu Rwanda ukomeje guteza impagarara hagati y’ abantu bigamba ko bagendera ku ndangagaciro n’ abavuga ko bakunda Isirayeli. Ku ruhande rumwe, hari abavuga ko Leta ya Benjamin Netanyahu igomba kwitondera icyemezo cyo kwirukana abimukira. Aha bashimangira ku mateka igihugu cyabo cyaciyemo mu bihe by’ intambara ya kabiri y’ […]

Uganda : Kuki Opozisiyo yemeza ko Gen. Kale Kayihura afatiye Perezida Museveni iry' iburyo?

Muri iyi myaka 10 ishize, abatavuga rumwe na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni bakomeza gushimangira  ko Umuyobozi Mukuru wa Polisi , Gen. Kale Kayihura James yahawe imbaraga zidasanzwe mu rwego rwo kongera Leta imbaraga. Opozisiyo iyobowe na FDC ya Dr.Cyiza Besigye ivuga ko Gen.Kale yahinduye polisi y’ igihugu igikoresho cya politiki gishyigikiye ndetse kinashyira […]

Abafana bakomeje gusaba Zari gutandukana na Diamond bita imfizi y’akarere

Mu gihe hari inkuru zikomeje gucicikana mu binyamakuru byo hirya no hino muri Afurika y’Iburasirazuba, cyane cyane zigaruka ku muhanzi Diamond Platnumz n’abakobwa bararanye mu mahoteli, abafana b’umugore we, Zari, bakomeje kumusaba gutandukana na we, ko akomeje kumwicira izina. Umwaka ushize ubwo umunyamideli Hamisa Mobeto wo muri Tanzania yari amaze kugaragara muri Video y’indirimbo ya […]

Byarangiye Pallaso ariwe usimbujwe Radio witabye Imana muri Good Life

Bitewe n’urupfu rutunguranye rwa Mowzey Radio waririmbanaga na Weasel muri Good Life, ejo hashize tariki ya 06 Gashyantare 2018, abajyanama ba Good Life bakoze inama bemeza ko umuvandimwe wa Weasel, Pallaso ariwe ugiye kuba asimbuye Radio mu itsinda. Mu byagombagwa kwigwaho mu nama yabaye ejo hashize, harimo kwanzura niba itsinda Good Life riri buhagarare, kuba […]