Ese Rayon Sports Fc yaba igiye kubona umutoza usimbura Karekezi?
Nyuma yo kunganya nâikipe ya Lydia Ludic, igitego 1-1 mu mukino ubanza wa CAF Champions League, ikipe ya Rayon Sports iri ku gitutu gikomeye, ndetse ko ishobora kubona undi mutoza usimbura Karekezi cyangwa se bagakorana. Ibi byose bije byiyongera ku gutungurana kwa Perezida wa Rayon Sports winjiye mu mukino wayo na Musanze Fc ari kumwe […]
Basezeranye bambaye ubusa, ubukwe bwabo bucishwa kuri Televiziyo Live- REBA AMAFOTO
Jess Shears na Dom Lever basezeranye bambaye imyenda yo kogana (bikini) byâumwihariko ubukwe bwabo buca kuri leteviziyo imbonankubone (live). Bombi bari bambaye imyenda yâumweru ihisha ibice bimwe byâumubiri, basezeranye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Gashyantare, umunsi wahariwe abakundana.  Ubu bukwe bwacishijwe kuri televiziyo yo mu Bwongereza GMB (Live), ba nyiri […]
Afurika yâEpfo: Perezida Jacob Zuma yasabwe kuva ku buyobozi bitarenze saa sita zâijoro
Ishyaka ANC riri ku buyobozi muri Afurika yâEpfo ryasabye Perezida Jacob Zuma kubuvaho obozi bitarenze saa sita zâijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 Gashyantare 2018. ANC (The African National Congres), ishyaka na Perezida Zuma abarizwamo, rimusaba kuva ku buyobozi mu gihe ashinjwa ruswa iri ku rwego rwo hejuru. BBC itangaza ko Jacob […]
Jose Chameleone yongeye kwibasira Bebe cool
Nyuma y’igihe humvikana umwiryane hagati yabahanzi babiri bakomeye bakomoka mu ighugu cya Uganda Chameleone na Bebe Cool, ikiri kuvugwa ubu n’uguterana amagambo hagati yabo, dore ko Chameleone yasaga nuwihimura kuri Bebe cool amunenga ku kayabo yatakaje ku mashusho y’indirimbo ye “want it”. Ibi Dr Jose chameleone yabitangaje nyuma yaho umuhanzi Bebe Cool aherutse gushyira hanze […]
RURA na Yegomoto bavugutiye umuti ikibazo cyâakajagari kagaragara mu bamotari
Ikigo cyâigihugu cyâimirimo imwe nâimwe ifitiye igihugu akamaro(RURA) cyahaye  Kompanyi ya Yegomoto icyemezo cyo gutangiza uburyo bushya bwiswe âIntelligent Connected Fare Meterâ(ICFM).Ubu ni uburyo bwo kwishyura amafaranga yâurugendo rwa moto hifashishijwe ikoranabuhanga buje gufasha ndetse no kunoza byinshi mu bijyanye nâingendo zikorwa hifashishijwe moto mu Rwanda. Impande zombi ziremeza ko ubu buryo buzaca akajagari kagaragaraga […]
RDC: Abana barenga ibihumbi 10 bakoreshwa mu mitwe yâinyeshyamba
Imiryango iharanira uburenganzira bwâabana muri Kivu yâAmajyepfo, ivuga ko imitwe yâinyeshyamba iri ku butaka bwa Congo, ikoresha abana bâabakobwa nâabahungu basaga ibihumbi 10. Murhabazi Namegabe, umuyobozi mukuru wa biro ishinzwe gukurikirana ibikorwa byâabana nâubuzima bwabo muri Kivu yâamajyepfo, yagize ati âImitwe yâinyeshyamba ikomeje kwinjiza mu gisirikare abana, abakobwa nâabahungu bo mu Ntara zose zâigihugu zirimo […]
Inzego zâumutekano zishinja Agathon Rwasa ububeshyi
Visi Perezida wâInteko Nshingamategeko yâu Burundi, Agathon Rwasa, yavugaga ko hari abarwanashaka be bagera kuri 50 bafashwe nâinzego zâumutekano, bazira ibitekerezo byabo bijyanye na Politiki, ibi inzego zâumutekano zabiteye utwatsi. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru, umuvugizi wâigipolisi cyâu Burundi, Pierre Nkurikiye, yatangaje ko mu bafashwe bose, nta numwe wigeze ugaragaza ko ahagarariye ishyaka runaka. Ati âmu […]
Amarozi yavuzwe hagati ya Riderman na M Izzo yasize umubano wabo mukangaratete
Hashize imyaka 5 abahanzi bahoze ari inshuti magara aribo Riderman na M Izzo badacana uwaka, bwiza.com yifuje kumenya niba hari icyahindutse ku mubano wabo nyuma yâiyo myaka yose na nyuma yâibibazo bombi bagiranye bikajyana nâamakuru yigeze gukwirakwira mu binyamakuru yavugaga ko Riderman yaba yarigeze kuroga M Izzo. Dusubiye inyuma gato ubusanzwe M Izzo yahoze ari […]
Ishuri ryo kubyina Jack B yijeje abanyarwanda ryahereye he?
Umuhanzi Rugamba Jack uzwi ku izina rya Jack B yiseguya kubakunzi be yijeje ishuri ryo ku byina mu myaka itatu ishize ariko ntiriboneke, kuri we ngo ubushobozi bwamubereye imbogamizi. Ubwo yatugezagaho indirimbo ye nshya yise âNdabarutaâ, twaboneyeho kumubaza ku makuru yigeze gutangaza muri 2015, aho yari yashimangiye ko uwo mwaka utazamusiga adashinze ishuri ryigisha ku […]
Nitwa Sylvester, nkaba nifuza umukunzi w'umukobwa n'ubwo yaba yarabyaye nta kibazo
Muraho, nitwa Sylvester, nkaba nifuza umukunzi. Mu byukuri ndi umusore ukuze ufite imyaka 38, nkaba nkora muri company ikora ibikorwa bijyanye n’ubwubatsi. Nkaba nifuza inshuti y’umukobwa, cg umukobwa wabyaye kuko nanjye mufite, akaba afite imyaka y’ubukure hagati ya 21 na 38, amashuri yaba yarize ayo ariyo yose ariko afite icyo akora, cyane cyane kijyanye n’umwuga. […]
Umuhanzikazi Lilian Mbabazi arikoma abavuga ko atwite
Mu gihe hari amakuru yavugaga ko Lilian Mbabazi atwite, bivugwa ko iyo nda ari iyâumugabo we, Mowzey Radio, uherutse kwitaba Imana, abandi bakavuga ko yayiterewe i Kigali, kuri ubu yanyomoje aya makuru, avuga ko adatwite. Lilian usanzwe afite abana babiri yabyaranye na Mowzey Radio, avuga ko abatangaza aya makuru yo gutwita kwe, ari abafite umugambi […]