Ruhango: Hashize amezi asaga 6 badahabwa amafaranga basinyiye
Bamwe mu bafite ubwandu bwa Virusi itera SIDA bo mu Karere ka Ruhango bavuga ko bamaze amezi asaga atandatu badahabwa n’ikigo nderabuzima cya Byimana, ho mu murenge wa Byimana amafaranga agenwa na Ministeri yâubuzima yo kuborohereza mu ngendo igihe bahamagajwe mu nama, kandi barayasinyiye. Aya mafaranga basanzwe bayahabwa akabafasha mu ngendo igihe bitabiriye inama zibafasha […]
Duhunge isi ironona- Pastor Desire
«Niba kumenya neza Yesu Kristo kwarabateye guhunga ibyâ isi byonona ntitukongere kubyizingitiramo. Kuko ibya nyuma byacu byarusha ububi ibya mbere» (2Petero 2:20). Mu isi dufite abanzi batatu. Isi, Satani nâ umubiri. Abo banzi turwana nabo buri munsi kuko Yesu yanesheje akatuneshereza. Kumenya Yesu kwacu gukwiye gutuma duhunga isi, iyo tuvuze isi tuba tuvuze ibyaha nko […]
Ikipe ya FC Barcelona na Las Palmas zigiye gucakirana mu mateka zihure kubakinnyi
FC Barcelona, ikipe ikina muri shampiyona ya Esipanye irahura na Las Palmas kuri uyu wa kane, tariki ya 1 Werurwe, 2018. Aya ni amakipe afite icyo ahuriyeho kinini dore ko hari abakinnyi 10 bambaye imyenda yâaya makipe yombi mu bihe byashize ndetse nâubu hakaba hari abakirimo. Abo bakinnyi ni aba bakurikira: TOMAS MORENO. Yari rutahizamu […]
Perezida Kagame arasaba Minisitiri wâIntebe kwima amatwi abayobozi bamuca intege
Perezida Kagame yasabye Minisitiri wâIntebe, Dr. Ngirente Edouard, kwima amatwi abashaka kumuca intege, bitwaje ko yaje abasanga mu kazi. Ubwo yasozaha ku mugaragaro umwiherero wâabayobozi waberaga i Gabiro mu karere ka Gatsibo, ku wa 1 Werurwe 2018, Perezida Kagame, yabwiye Minisitiri wâIntebe, kutazacika intege mu gihe hari agashya azanye abona kateza imbere igihugu. Ibi perezida […]
Burundi, kimwe mu bihugu byiswe âiseta ibagirwaho abantuâ
Intumwa nkuru ya Loni ku burenganzira bwa muntu, Zeid Ra’ad Al Hussein, yatangaje ko hari ibihugu bimwe byo ku migabane itandukanye birimo u Burundi na Congo, byabaye âiseta ibagirwaho abantuâ. Ibi Zeid Ra’ad Al Hussein yabitangaje mu nama ya 37 ijyanye nâiyubahirizwa ryâuburengenzira bwa muntu, yabereye i Geneve mu Busuwisi ku wa 26 Gashyantare 2018. Avuga ko hari ibihugu bitandukanye byo […]
Nabeshye umwana wanjye ko se ari umusirikare kandi sinzi uwanteye inda muri 2 twaryamanye- NKORE IKI?
Nitwa Louise iwacu ni mu ntara yâAmajyepfo muri Nyanza, ariko mba mu mujyi wa Kigali, mu byâukuri rero ubu ndi mu ihurizo rinkomereye kandi nzi neza ko hari benshi turihuriyeho. Ubu umwana wanjye wâumuhungu amaze kuzuza imyaka itatu, yatangiye kwiga mu incuke, ariko ibibazo ajya ambaza birantungura kandi bikanantera kwibaza icyo nzajya musubiza nkakibura. Mbandikiye […]
Gutandukana n'umukunzi wawe ntibizatume ukora aya makosa
Mu rukundo bibaho ko watandukana n’uwo wihebeye gusa ntibigomba kuba intandaro yo kugwa mu makosa cyangwa ngo uyishyiremo ubireba kuko uba ugomba kurinda ubuzima bwawe kugeza ubonye undi mukunzi mushya. Dore ibintu usabwa kwirinda mu gihe uhuye nicyo kibazo cyo gutandukana n’umukunzi wawe 1.Wikwihimurira ku buzima bwawe Niba uwo wakundaga akwanze ntago ugomba kwihimurira kâumubiri […]
Neymar wagize imvune byemejwe ko agiye kuvurirwa mu gihugu cye
Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya Brazil akanakinira ikipe ya Paris St Germain (PSG), mu Bufaransa, byemejwe nâikipe akinira ko yagiye kubagirwa mu gihugu cye cyâamavuko. Ni nyuma yo kuvunika akabombampari ku mukino wabahuje nâikipe ya Olympique de Marseille mu cyumweru gishize. Iyi nkuru yatangajwe nâiyi kipe ikinira muri shampiyona yâUbufaransa ivuga ko atazagaragara ku mukino […]
Jacky Ivan Minnaert yahawe igeragezwa mbere yo gusinya nk'umutoza mukuru wa Rayon Sports
Umutoza w’umubiligi byavugwaga ko yamaze gusinyira gutoza ikipe ya Rayon Sports Jacky Ivan Minnaert avuga ko atarasinyira iyi kipe kuko hari ibyo imugomba itaramuha gusa akemeza ko ibiganiro byo byabayeho ndetse ko binashoboka ko yayitoza. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu nibwo  inkuru yabaye kimomo ko uyu mubiligi Ivan Minnaert yamaze gusinyira iyi kipe […]
Mali: Imodoka yagonze igisasu, abasirikare 6 bahasiga ubuzima
Mu birometero 7(7 km) werekeza Dioura, mu burengerazuba bwa Mopti, imodoka ya gisirikare yagonze igisasu cyo mu bwoko bwa âMineâ, abasirikare batandatu bahasiga ubuzima. Byabaye kuri uyu wa gatatu, ku wa 28 Gashyantare. Ikinyamakuru Jeune Afrique cyavuganye na Lt. Colonel Mariam Sagara â Twatakaje abantu bacu 6. Imodoka yagonze igisura bari bavuye mu butumwa, nta […]
FDLR, umwe mu mitwe yagarutsweho na Loni ikwiye kurandurwa burundu
Intumwa yihariye ya Loni mu karere kâibiyaga bigali, Said Djinnit, atangaza ko amahoro nâumutekano bizaboneka neza muri aka karere k’ibiyaga bigari mu gihe imitwe yâinyeshyamba irwanira mu Burasirazuba bwa Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo izaba yaranduwe burundu. Mu birori byâisabukuru yâimyaka itanu ishize habayeho gushyira umukono ku masezerano yâ i Addis-Abeba yo mu 2013, Â yo […]
Zari avuga ko atazajyana Diamond mu nkiko amwaka indezo yâabana
Nyuma yo gutangaza ko yatandukanye na Diamond Platnumz, Zari Hassan atangaza ko nta gahunda afite yo kuzamujyana mu nkiko amwaka indezo yâabana. Zari watandukanye na Diamond bamaze kubyarana abana babiri, Princess Tiffah na Prince Nillan, yashimangiye ko n’ubwo batandukanye nkâumugabo nâumugore, bitakuyeho gufatanya mu nshingano zo kurera, byâumwihariko ko atazanabuza uyu mugabo kuza kureba abana […]
ADEPR: Abakiristo baratabaza Leta, itorero ryaba riri mu nzira yo kwegurirwa abanyamahanga
Bamwe mu bakiristo bâitorero rya Pentecote mu Rwanda (ADEPR), bandikiye inzego za Leta ndetse nâizâiri torero bagaragaza impungenge bafite nyuma yo kumenya ko itorero ryaba riri mu nzira yo kwegurirwa abanyamahanga. Aba bakiristo banagaragaza akarengane bagiriwe bakirukanwa mu itorero, nyuma yo kugenda bagaragaza bimwe mu bibazo byagiye bivugwa mu itorero ADEPR, ubwo ryari rikiyobowe na […]
Ishyaka Green Party rigeze kure imyiteguro yo kuzitabira amatora yâAbadepite
Ubuyobozi bwâIshyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda) ritangaza ko ryatangiye gushaka abazarihagararira muri buri karere mu matora yâAbadepite ateganyije mu kwezi kwa Cyenda uyu mwaka. Umunyamabanga mukuru wâiri shyaka, Ntezimana Jean Claude, yatangarije Radiyo Ijwi rya Amerika ko batigeze bacika intege nyuma yo gutsindwa mu matora ya Perezida wa Repubulika […]