Abana banjye bambonye mbana n’undi mugabo bahahamuka- Zari Hassan
Nyuma yaho Zari atangarije ko yatandukanye na Diamond, amakuru yacicikanaga ko afite undi mugabo bagiye kubana, yayahakanye avuga ko abana be babonye abana n’undi mugabo byabatera ihahamuka. Aganira na BBC Swahili, Zari yahakanye yivuye inyuma avuga ko nta mugabo ashaka, ko igihe cy’abagabo ntacyo afite, ahubwo ko ikimuraje ishinga ari ukwita ku bana be. Yagize […]
Vladimir Putin yasabye USA kugaragaza ibimenyetso byemeza ko Uburusiya bwivanze mu matora
Kuri uyu wa gatanu,Perezida w’Uburiya, Vladimir Putin yasabye Leta zunze ubumwe za Amerika kumugaragariza ibimenyetso bihamya ko abaturage be binjiye mu matora y’umukuru w’igihugu, we afata nko gusakuza. Uhagarariye akanama kihariye muri USA, Robert Mueller, yashinje abarusiya 13 n’ibigo bitatu mu kwezi gushize ko binjiye mu matora y’umukuru w’igihugu byafashwe nko gufasha Donald Trump kugira […]
Ariane Grande agiye gusohora umuzingo wakozwe na ba Producer babiri
Nyuma y’igihe kijya kungana n’umwaka, umuhanzikazi w’umunyamerika, Ariana Grande akoreye igitaramo mu mugi wa Manchester( One Love Manchester) mu Bwongereza, cyapfiriyemo abantu 19 abandi 50 barakomereka nyuma y’igitero bagabweho n’agatsiko k’iterabwoba, agiye gusohora umuzingo w’indirimbo(album). Iyi album yayikorewe n’abagabo babiri bazwiho ubuhanga mu gutunganya umuziki, Pharell na Max Martin. Urubuga ruzwiho gutangaza amakuru y’umuziki, billboard, […]
Ali wacitse amaboko yombi, anezezwa n’umwana Imana yamuhaye wo kumuhoza amarira
Ali Abbas, umugabo w’imyaka 27 y’amavuko warokotse igitero cyagabwe n’indege za Amerika i Baghdad mu mwaka wa 2003, agacika amaboko, ubu anejejwe n’uko Imana yamuhaye umwana wo kumuhoza amarira. Ali yacikiye amaboko i Baghdad, muri Irak, mu bitero byagabwe na Amerika, abantu 16 bo mu muryango we bose bahasize ubuzima, asigara ari imfubyi na we […]
Somaliya: Abarwanyi ba Al-Shabaab bishe abasirikare batanu b'u Burundi
Abasirikare b’u Burundi bari mu butumwa bw’amahoro muri Somalia (AMISOM), bagabweho igitero n’abarwanyi ba Al Shabaab, batanu bagipfiramo,babiri baburirwa irengero abandi barakomereka. Aya makuru yemejwe na Leta y’u Burundi, ko icyo gitero cyagabwe ku modoka zari zitwaye abasirikare 49 b’abarundi, bari bageze mu birometero 49 uvuye mu mujyi wa Mogadisco. Igisirikare cya Leta ya Somalia, […]
Umugabo yabazwe mu bwonko ikibyimba cy’ibiro bibiri
Abaganga bo mu Buhinde, ku wa Kane tariki ya 1 Werurwe 2018, batangaje ko babaze umutwe w’umugabo, bamukuramo ikibyimba cyari cyarafashe ku bwonko cya kilogarama ebyiri. Umurwayi yitwa Santlal Pal, asanzwe ari umucuruzi w’imyaka 31, akaba yarabazwe ku wa 14 Gashyantare 2018. Nk’uko bitangazwa n’abaganga bo mu bitaro byitwa ‘BYL Nair’ by’i Bombay’ mu Buhinde, […]
Nyagatare: Ibitera bikomeje kujujubya abaturage bibonera binabasagarira
Ibitera biba mu mashyamba yo mu nkengero z’umujyi wa Nyagatare bikomeje kujujubya abaturage bibonera imyaka ku buryo bukabije ari nako bisagarira abagore n’abana batuye hafi aho. Abaturage b’aka Karere ka Nyagatare, cyane cyane abatuye mu nkengero z’umujyi bamaze kumenyera ko ibyo bahinze cyane cyane ibigori bagomba kubisangira n’ibitera biba muri ako gace, aho badahwema kugaragaza […]
Perezida Kagame yihanganishije abaturage ba Burkina- Faso nyuma y’igitero cy’iterabwoba cyahagabwe
Nyuma y’igitero cy’iterabwoba cyagabwe mu mujyi i Ouagadougou muri Burkina- Faso, kigahitana ubuzima bw’abagera kuri 15, Perezida Kagame yihanganishije abatuye muri iki gihugu. Ni igitero cyagabwe ku wa 2 Werurwe 2018, mu murwa mukuru w’iki gihugu. Mu gihe ibinyamakuru bitangaza ibitadukanye ku mibare y’abakiguyemo, Guverinoma ya Burkina Faso yitangarije ko abagabye igitero 8 n’abasirikare ba […]
Buruseli: Abunganira umwe mu barokokeye muri ETO basabye leta impozamarira igera mu 100,000 y’Amayero
Me Luc Walleyn na Me Philippe Lardinois, bunganira mu mategeko Umunyarwandakazi warokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Werurwe imbere y’urukiko rw’ubujurire rwa Buruseli basabye Leta y’u Bubiligi impozamarira n’inyungu zibarirwa mu bihumbi 100 by’Amayero aho bemeza ko leta yagize uruhare mu bwicanyi bwabereye ku ishuri rya ETO Kicukiro kuwa […]
Karongi: Umuyobozi wa AMIR wari ukurikiranweho gufata ku ngufu yakatiwe imyaka 5 y'igifungo
Ubushinjacyaha urwego rwisumbuye rwa Karongi rwatsinze urubanza rwari rukurikiranyeho umugabo witwa Rwema John Peter icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa w’imyaka 18, maze rumukatira igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’indishyi z’akababaro zingana na miliyoni ebyiri. Ni icyaha cyakozwe mu ijoro ry’itariki ya 16 Ukwakira 2017 mu Mudugudu wa Rurembo, Akagari ka Kibuye, Umurenge wa […]