Tugire umuco wo gukunda kubabarira

Yewe mwana w’ umuntu we, yakweretse icyiza icyo ari cyo. Icyo Uwiteka agushakaho ni iki? Ni ugukora ibyo gukiranuka no gukunda kubabarira, no kugendana n’ Imana yawe wicisha bugufi (Mika 6:8). Kamere y’ Imana ni ukugira neza gusa nibyo tutasabye irabiduha nibyo twe tubona ko ari bibi agenda abihinduramo ibyiza. Ariko rero hamwe niyo neza […]

Masisi: FARDC iravuga ko yavumbuye ibikoresho bya gisirikare mu rwuri rwa Gen. Laurent Nkunda

Kuri uyu wa gatanu, itariki 13 Mata, mu rwuri rw’uwahoze ari umuyobozi wa CNDP, Gen Laurent Nkunda, ahitwa Kasanguru muri Teritwari ya Masisi, ngo havumbuwe ibikoresho bya gisirikare birimo za bombe n’amasasu byari bihishe munsi y’ubutaka nk’uko amakuru ava mu gisirikare cya Congo, FARDC, avuga. Ngo hari ahagana saa munani kuri uyu wa Gatanu ubwo […]

Iby’ingenzi byaranze ¼ cy’irushanwa ‘UEFA Champions League’ n’uko amakipe yakomeje yatomboranye

Mu mikino yo kwishyura muri ¼ cya UCL (UEFA Champions League) yabaye ku wa 10 na 11 Mata 2018, habayemo gutungurana bikomeye kw’amakipe yo mu Butariyani nk’ikipe ya AS Roma yaje guhirwa n’urugendo, isezerera FC Barcelona ku gitego cyo hanze. Ibi ni ibyaranze ¼ cy’irushanwa: Ikipe ya AS Roma yasezereye FC Barcelona: Umukino wabanje FC […]

U Busuwisi: Hakusanyijwe inkunga ya Miliyoni 528 z’Amadolari ya Amerika yo gufasha abababaye muri Congo

Ku wa Gatanu tariki ya 13 Mata 2018, nibwo i Geneve mu Busuwisi habereye inama y’abaterankunga igamije gufasha abaturagae bafite ibibazo bikomeye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Muri iyi nama, byari biteganijwe ko bakusanya inkunga ingana na  miliyoni 530 z’amadolari ya Amerika . Gusa ntabwo byashobotse kuko bakusanyije miliyoni 528 z’amadolari. Aya mafaranga akaba […]

Dore ibyo ugomba kubahiriza mu gihe uri kumwe n'umugore mu buriri

Igihe cyose uha akanya uwo mwashakanye akakwisanzuraho, biba byiza mu mubano wanyu mwembi, ndetse bikanabagurira umurongo wanyu mwiza w’urukundo. Dore ibintu bitanu ukwiye kubahiriza igihe urarana n’umugore wawe. 1. Isuku ku mubiri Ubwanwa ni kimwe mu bintu wakwirinda, igihe bumaze igihe kirekire butogoshwa bujomba uwo muryamanye, bikaba byamutera kutakwisanzuraho neza kimwe no kogosha insya, ugomba […]

Dore ibyo ugomba kubahiriza mu gihe uri kumwe n'umugore mu buriri

Igihe cyose uha akanya uwo mwashakanye akakwisanzuraho, biba byiza mu mubano wanyu mwembi, ndetse bikanabagurira umurongo wanyu mwiza w’urukundo. Dore ibintu bitanu ukwiye kubahiriza igihe urarana n’umugore wawe. 1. Isuku ku mubiri Ubwanwa ni kimwe mu bintu wakwirinda, igihe bumaze igihe kirekire butogoshwa bujomba uwo muryamanye, bikaba byamutera kutakwisanzuraho neza kimwe no kogosha insya, ugomba […]

U Rwanda rwahagaritse kwinjiza ihene n’intama ziva mu Burundi

U Rwanda rwahagaritse ibikorwa byo kwinjiza mu gihugu ihene n’intama biturutse mu Burundi kubera ubwoba bw’indwara ya Muryamo iri kugaragara mu gihugu cy’u Burundi iri kwibasira amatungo yuza. Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda mu ntangiriro z’iki cyumweru ikaba yaratangaje ibi nyuma y’aho u Burundi bumenyeshereje ishyirahamwe mpuzamahanga ryita ku bijyanye n’amatungo ko hadutse indwara ifata […]

Umuhanzi Ringtone avuga ko amaze gutakaza akayabo kuri Zari ashakaho urukundo

Umuhanzi ukora indirimbo zihimbaza Imana muri Kenya, uzwi ku izina rya Ringtone, aratangaza ko amaze gutakaza amashilingi atari make kuri Zari wari umugore w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz nyuma bakaza gutandukana. Aganira na Pulse Magazine, Ringotne  yagize ati “Zari akeneye kongera kwitabwaho, mfite buri kimwe cyatuma aba umugore w’icyubahiro, uriya Diamond yumvaga ko azamuhaza muri buri […]

Amajyaruguru: Icyumweru cy’icyunamo cyasorejwe mu Karere ka Musanze

Ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru, umuhango wo gusoza icyumweru cy’icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi wabereye mu Karere ka Musanze, Umurenge Busogo kuri uyu wa 13 Mata 20108. Umushyitsi Mukuru yari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney, hari kandi Senateri Uwimana Consolée, Depite Murekatete Marie Thérèse, Inzego z’Umutekano, Abayobozi b’Amadini […]

Guverineri Mufulukye arasaba abatuye Intara y’i Burasirazuba kurwanya icyabazanamo amacakubiri

Guverineri w’Intara y’i Burasirazuba, Mufulukye Fred, arasaba abaturage b’iyi ntara, kurwanyiriza kure icyo ari cyo cyose gishobora kubaryanisha, kikabazanamo amacakubiri. Ubwo yifatanyaga n’abatuye umurenge wa Musha, mu karere ka Rwamagana, mu muhango wo gusoza icyumweru cy’icyunamo ku wa 13 Mata 2018, yabasabye kunga umugozi umwe baharanira icyateza imbere igihugu kurusha uko bagwa mu mutego w’amacakubiri ashobora […]

Umupolisi w’Umurundi yafatiwe mu Rwanda yinjiye mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Igipolisi cy’u Burundi kiratangaza ko umupolisi wacyo umwe kuri uyu wa Gatanu mu masaha ya nimugoroba yambutse umupaka akinjira ku butaka bw’u Rwanda kubera ubusinzi bikamuviramo gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano. Mu itangazo Igipolisi cy’u Burundi cyashyize ahagaragara kibinyujije kuri twitter, cyavuze ko ibi byabaye kuri uyu wa Gatanu, ku isaha ya 18h45, ubwo umupolisi […]

Min. w’Intebe, Dr. Ngirente yakiriye indahiro y’umushinjacyaha n’abacamanza 3 bo mu rukiko rukuru rwa gisirikari

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard yakiriye indahiro y’umushinjacyaha umwe ndetse n’abacamanza batatu bo mu Rukiko rukuru rwa Gisirikare. Ubwo yakiraga indahiro zabo, ku wa 13 Mata 2018, ku biro bye i Kimihurura mu Mujyi wa Kigali, Min. w’Intebe yabibukije ko indahiro bagize, ari igihango bagiranye n’igihugu, by’umwihariko n’umukuru w’igihugu. Yabasabye kuzuzuza neza inshingano bahawe. Agira […]

Uganda yemeye kwakira abimukira b’Abanyafurika batifuzwa muri Israel

Igihugu cya Uganda cyemeranyije na Israel kwakira byibuze abimukira 500, mu bakabaka 38,000 bari baturutse muri Eritrea na Sudani, nk’uko minisitiri ushinzwe impunzi mu nshingano ze, Musa Ecweru yabitangarije itangazamakuru. Minisitiri Ecweru yavuze ko abimukira 500 nabo bemeye kwimurirwa muri Uganda nk’uko tubikesha BBC, yongeyeho ko izi mpunzi ari zo ubwazo zisabiye kujya muri Uganda […]

Abatwara ibinyabiziga barasabwa kubahiriza amategeko mu gihe abanyeshuri basubira ku mashuri

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda  riributsa abatwara ibinyabiziga kubahiriza amategeko n’amabwiriza by’umuhanda kugira ngo igikorwa cyo kujya ku mashuri kw’abanyeshuri kizaba kuva ku wa gatandatu tariki 14 Mata 2018 kugera ku wa mbere tariki 16 Mata 2018 nk’uko bivugwa mu Itangazo ryasinywe ku wa gatatu tariki 11 Mata uyu mwaka […]

Ruhango: Babiri barimo umukozi w'akarere bakurikiranweho uburiganya na ruswa

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ruhango yafashe abantu babiri bakekwaho ruswa n’uburiganya muri gahunda yo gutanga akazi k’uburezi mu mashuri atandukanye muri aka karere. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kayigi, yavuze ko aba bafashwe ku itariki ya 12 Mata ari Ribanje Jean Pierre na Niyomugabo Ernest. […]

Ruhango: Babiri barimo umukozi w'akarere bakurikiranweho uburiganya na ruswa

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ruhango yafashe abantu babiri bakekwaho ruswa n’uburiganya muri gahunda yo gutanga akazi k’uburezi mu mashuri atandukanye muri aka karere. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kayigi, yavuze ko aba bafashwe ku itariki ya 12 Mata ari Ribanje Jean Pierre na Niyomugabo Ernest. […]

Nta washobora kutugamburuza ku byiza twifuza- Hon. Makuza

Perezida wa Sena, Hon.Sen.Makuza Bernard avuga ko Abanyarwanda bakomeje umurongo mwiza wo kunga ubumwe n’agaciro kabo muri rusange, bakesha ubuyobozi bwiza butandukanye n’ubwateguye bukanashyira mu bikorwa umugambi wa jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ubwo yitabiraga umuhango wo gusoza icyumweru cy’icyunamo ku rwego rw’igihugu, wabereye ku i Rebero mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, […]