Minisitiri wâUburezi arasaba ibigo cyâamashuri kuzajya byaka amafaranga ababyeyi bibanje kumenyesha akarere
Minisiteri Ushinzwe Amashuri Abanza n’Ayisumbuye, Munyakazi Isaac, yasabye ibigo byâamashuri byo mu karere ka Karongi kuzajya bibanza kumenyesha akarere mu gihe hari amafaranga bigiye kwaka ababyeyi. Ubwo yari ayoboye inama yaguye yâuburezi ku bukangurambaga bugamije ireme ryâuburezi, Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Gicurasi 2018.  yitabiriwe nâUmuyobozi wâAkarere Ushinzwe Imibereho myiza, Inzego zâumutekano, Abakozi […]
Karongi: HCR irihanganisha umuryango wabuze uwabo mu nkambi ya Kiziba
Ishami rya Loni rishinzwe kwita ku Mpunzi ( HCR ) ryatangaje ko ryihanganishije umuryango wabuze uwabo mu Nkambi ya Kiziba iherereye mu karere ka Karongi, Intara yâi Burengerazuba, ikaba ibarizwamo impunzi zâAbanyecongo. Umuntu umwe yarapfuye abandi benshi barakomereka nyuma yâimvururu zavutse ku wa Gatatu tariki ya 2 Gicurasi 2018, hagati yâimpunzi zâAbanyecongo ziri mu nkambi […]
Uwitwa 'Supersexy' mu nzira zo kureka gukwirakwiza amashusho y'urukozasoni
Umunyarwandakazi ukunzwe ku mbuga nkoranyambaga, wamamaye ku izina rya ‘Supersexy’, utuye mu gihugu cya Uganda, yavuze ku cyemezo cya Minisiteri y’Umuco na Siporo cyo gukurikirana no guhana umuntu wese ushyira amafoto cyangwa amashusho y’urukozasoni ku Karubanda. Nana akunze kugaragara ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane Instagram ashyiraho amafoto yambaye imyenda y’imbere cyangwa amashusho agaragaza bimwe mu […]
U Bushinwa: Umugore yinjiranye inzoka nzima muri Resitora iteza impagarara- AMAFOTO
Mu gihugu cy’u Bushinwa, umugore yagiye gufata ifunguro ry’ijoro afite inzoka ndende nzima ayirambika ku meza atumiza ibyo kurya nta ntugunda namba, abari bayirimo batahwa n’ubwoba. Ni inzoka yo mu bwoko bwa Python yari ifitwe n’uyu mugore utatangajwe amazina, ubwo yageraga kuri resitora yagombaga kuriramo uhagarariye serivisi z’iyi resitora (manager) kwihangana byamunaniye ahita ahamagaza ubutabazi […]
Ishyaka FRODEBU rivuga ko CNDD- FDD ishaka kugarura ingoma ya cyami mu Burundi
Ishyaka âSahwanya FRODEBUâ ritavuga rumwe na Leta yâu Burundi â ritangaza ko ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi rigambiriye kugarura ingoma ya cyami mu Burundi. Iri shyaka ritangaza ibi mu gihe mu Burundi barimo kwitegura amatora ya kamarampaka, ashobora guha amahirwe Perezida Nkurunziza yo kuyobora u Burundi kugera mu 2034. Nk’uko BBC ibitangaza, Umuyobozi wungirije perezida […]
Nitwa Rudasingwa, narangije Masters kandi mfite n'akazi keza, nshaka umukunzi wâumukobwa nâubwo yaba yarabyaye nta kibazo
Muraho, nitwa Rudasingwa Donant mfite imyaka 30, ibiro 78 kg , navukiye i Musanze nagize amahirwe yo kwiga ndangiza Masters level , Imana yampaye akazi keza, ndifuza umukunzi uteye atya : Wemera Imana, ufite imyaka hagati ya 25 – 40, utananutse cyane abyibushye cyane nta kibazo, ufite uko abayeho (ufite akazi kamutunze), Ufite gahunda, Wambara neza, Aramutse yarabyaye […]
Uganda: Umwe mu basirikare barinda umugore wa Perezida Museveni tayewe icyuma
Umwe mu basirikare babarizwa mu itsinda ryâabasirikare kabuhariwe âSpecial Force´barinda Janet Museveni, umufasha wa Perezida wa Uganda, Kaguta Museveni, yatewe icyuma mu nda ubwo yari mu kabari. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 3 Gicurasi 2018, umusirikare witwa Stephen Kangiriho, aterwa icyuma mu nda mu kabari kanyweramo abantu benshi cyane kanabamo […]
Arsenal igira umukino mwiza n'umutoza mwiza, abo nenga ni banyirayo- Perezida Kagame
Perezida Kagame, umufana ukomeye w’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, agaragaza ko ighe kigeze ngo hakorwe amavugurura muri iyi kipe, avuga ko itozwa neza ikanakina neza, ikibazo kikaba ba nyirayo. Ni nyuma y’uko ikipe ya Arsenal isezerewe mu ijoro ryo ku wa 3 Gicurasi 2018, mu mikino y’igikombe cya […]
Goma: Hafashwe imodoka yari itwaye intwaro za gisirikare
Inzego zâumutekano zitangaza ko zafashe imodoka yari ipakiye intwaro za gisirikare i Goma, igana i Masisi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nkâuko byatangajwe nâumuvugizi wâingabo zishinzwe kugaba ibitero no kwambura intwaro imitwe yâinyeshyamba âSokola 2â, Maj. Njike Kaiko, atangaza ko iyo modoka yafashwe ku wa Gatatu tariki ya 2 Gicurasi 2018, nyiri iyo modoka […]
Igiciro cya lisansi cyazamutseho amafaranga 10, icya mazutu kiyongeraho 11
Ikigo ngenzuramikorere (RURA) cyasohoye itangaza rivuga ko ibiciro bya Lisansi na Mazutu byazamutse. Ni itangazo ryasohotse ku wa Gatatu, tariki ya 2 Gicurasi 2018. Igiciro cya lisansi kiyongereyeho amafaranga 10, cyavuye ku mafaranga y’u Rwanda 1055 kuri litiro kigera ku 1065Frw. Igiciro cya mazutu nacyo cyazamutse kigera ku 1048Frw kuri litiro, mu gihe cyari 037 […]
Kigali: Mugimba uregwa ibyaha bya jenoside, arabihakana avuga ko byacuzwe nâabashaka kumutwarira imitungo
Umucamanza mu Rukiko Rukuru mu Rwanda, yatangiye kumva ubwiregure bwa Bwana Jean Baptiste Mugimba ku byaha bya Jenoside aburana n’ubushinjacyaha. Uyu wahoze ari umunyamabanga mukuru w’ishyaka CDR mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi yabwire urukiko ko ibyaha aburana byacuzwe n’agatsiko k’abantu kagambiriye kumutwarira imitungo. Atangira kwiregura ku byaha bya jenoside ubutabera bwâu Rwanda bumukurikiranyeho, Mugimba ni […]
#Rwanda: Imvura imaze guhitana abasaga 180 mu mezi atatu
Minisiteri y’Imicungire y’Ibiza n’impunzi(MIDIMAR ) kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Gicurasi 2018, yatangaje ko ibiza bitewe nâimvura bimaze guhitana abantu basaga 180,  ikaba yarasenye amazu menshi  ndetse ikangiza imyaka yâabaturage ku buso busaga hegitare ibihumbi bine kuva mu kwezi kwa mbere kugeza uyu munsi. Mu kiganiro nâAbanyamakuru, Minisitiri Ushinzwe  Imicungire y’ Ibiza n’Impunzi, Jean […]