Nitwa Rudasingwa, narangije Masters kandi mfite n'akazi keza, nshaka umukunzi w’umukobwa n’ubwo yaba yarabyaye nta kibazo

Sangiza iyi nkuru

Muraho, nitwa Rudasingwa Donant  mfite imyaka 30,  ibiro 78 kg , navukiye i Musanze nagize amahirwe yo kwiga ndangiza Masters level , Imana yampaye  akazi keza, ndifuza umukunzi uteye atya :

Wemera Imana, ufite imyaka hagati ya 25 – 40, utananutse cyane abyibushye cyane nta kibazo, ufite uko abayeho (ufite akazi kamutunze), Ufite gahunda, Wambara neza, Aramutse yarabyaye nta kibazo, Niyo yaba aba mu mahanga nta kibazo,  Azi gusoma no  kwandika.

Uwumva  ari tayari  yampamagara cyangwa akanyoherereza nimero ye nkamuhamagara, nimero yanjye ni  0784634239 ihoraho.

NB: Please si nkeneye abadafite gahunda nabatujuje ibyo navuze haruru!

Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n’indirimbo bishya

YouTube player

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *