Ese waba uzi impamvu igitsina gabo gikunda abakobwa bafite amabuno manini?

Ni byo koko hari byinshi bigenda bivugwa ku bijyanye n’imiterere y’igitsinagore cyane cyane hitawe ku itandukaniro riri hagati y’imiterere y’umubiri w’umukobwa n’umusore. Nk’uko rero na none abagore bose usanga hari imiterere badahuje ugendeye ku bigaragara inyuma[forme], usanga hari umwihariko w’abagore bafite ibibuno binini bagira mu rwego rwo kwigarurira imitima y’abagabo kurenza abifitiye ibibuno bito. Umuntu […]

Miss Anastasie ntiyumva kimwe na Miss Igisabo kubyo aherutse gutangaza

Mu minsi ishize nibwo Miss Hirwa Honorine wamamaye nk’igisabo ubwo yari mu marushanwa y’ubwiza umwaka ushize 2017 yatangaje ko ariwe Miss ukunzwe w’ibihe byose ntawamusimbura kuri uwo mwanya. Gusa Miss Umutoniwase Anastasie watowe kuri uwo mwanya mu mwaka wa 2018 ntiyemeranya nawe kuri iyi ngingo.  Mu kiganiro uyu nyampiga uhiga abandi mubakunzwe n’abantu benshi  bakunze […]

Rwakazina Marie Chantal ahigitse Henriette Murekatete ku mwanya w'umuyobozi w'umujyi wa Kigali

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018, mu mujyi wa Kigali hari hateganyijwe ibikorwa by’amatora agomba kuvamo ugomba gusimbura Nyamurinda uherutse kwegura ku buyobozi bwawo. Rwakazina Marie Chantal umwe mubahabwaga amahirwe atorewe kuyobora Umujyi wa Kigali ku majwi 146 mu gihe Henriette Murekatete we bari bahanganye agize amajwi umunani Iri tora ryabaye nyuma […]

Abarwanyi ba ISIS bamaze kugera mu bihugu 5 byo muri Afurika  birimo na Uganda

Afurika yunze ubumwe yatangaje ko hari amakuru yizewe avuga ko mu bihugu 5 byo mu Burasirazuba n’Amajyepfo y’Afurika birimo na Uganda hamaze gusesekaramo abarwanyi bo mu mutwe wa ISIS uzanzwe uzwi mu bihugu bya Iraq na Syria. Aba barwanyi bagendera ku matwara y’idini ya kisilamu, bivugwa ko bahoze ari bamwe n’abo mu mutwe w’iterabwoba wamenyekanye […]

Ubufaransa: Urukiko rwahamije Pascal Simbikangwa uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi

Urukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa kuri uyu wa kane bidasubirwaho rwemeje ko Umunyarwanda Capt. Pascal Simbikangwa w’imyaka 58 yagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Pascal Simbikangwa, yari yarakatiwe gufungwa imyaka 25 mu 2014 nyuma aza kujurira mu 2016 maze aratsindwa .Uru rukiko rwemeje ko Simbikangwa rumuhamya ibirimo kugira uruhare muri Jenoside n’ibindi […]

Dore akamaro gakomeye utari uzi ko gukora imibonano mpuzabitsina

Nubwo imibonano mpuzabitsina ari ingenzi, usanga benshi bayikoresha nabi ari byo binabaviramo indwara zanduririra mu mibonano mpuzabitsina cyangwa andi makimbirane atandukanye akomoka ku mibonano mpuzabitsina ikozwe nta gahunda cyangwa mu buryo budakwiye. ubushakashatsi bwakozwe n’impuguke mu bijyanye n’imikorere y’ibitsina Dr. Jay Davidson ndetse n’itsinda ry’abandi bashakashatsi ngo imibonano mpuzabitsina ifata umwanya munini mu buzima n’imitekerereze […]

Umujyi wa Kigali ugiye gutora umuyobozi mushya

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Gicurasi 2018, mu mujyi wa Kigali hateganyijwe ibikorwa by’amatora ahari buvemo ugomba gusimbura Nyamurinda uherutse kwegura ku buyobozi bwawo. Biteganyijwe ko mu bajyanama 26 b’uyu mujyi wa Kigali buri wese aba ari umukandida kuko iyo bageze mu cyumba cy’itora buri wese aba ashobora kwiyamamaza cyangwa akamamaza mugenzi we. […]

Sudani y’Epfo: Umwana w’umukobwa w’imyaka 19 yakatiwe urwo gupfa

Umwana w’umukobwa wo muri Sudani y’epfo yakatiwe n’urukiko igihano cy’urupfu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwivugana umugabo iwabo bari baramushyingiye ku ngufu atabishaka. Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko uyu mwana wahawe izina rya Hussein, ngo yemereye ubutabera ko yishe umugabo iwabo bamushyingiye atabishaka, uwo mugabo nawe akagerageza kumusambanya ku ngufu kuko uwo mwana atabishakaga, mu rwego […]

Nyagatare: Bane batawe muri yombi bazira gucuruza magendu no gutanga ruswa

Polisi y’Igihugu mu murenge wa Rwempasha, mu karere ka Nyagatare yataye muri yombi abagabo bane bakekwaho kwinjiza mu buryo bwa magendu amabaro umunani y’inkweto za caguwa maze bagashaka gutanga ruswa. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba CIP Theobard Kanamugire yavuze ko Polisi yamenye amakuru ko hari ibicuruzwa bya magendu bigiye kujyanwa k’uwitwa Twagirumukiza Celestin kandi […]

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Ethiopia-AMAFOTO

Perezida Paul Kagame yamaze kugera mu gihugu cya Ethiopia aho yakiriwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Dr. Abiy Ahmed. Uru ni uruzinduko rwa mbere Kagame agiriye mri iki gihugu kuva uwari Minisitiri w’Intebe Hailemariam Desalegn yeguye. Aba bayobozi bombi bagiranye ibiganiro byari byitabiriwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia,Hope Tumukunde . Perezida Kagame agize uru […]