Dr Habineza aranenga abanyapolitiki barwanya Leta yâu Rwanda bayoborwa nâumujinya
Umuyobozi wâishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera ibidukikije ( DGPR ), Dr Frank Habineza, avuga ko kuba abarwanya Leta y’u Rwanda bari hanze bakora ibidafite ireme, ahanini ngo babiterwa nâumujinya ugeretseho amaburakindi. Dr Habineza asobanura uyu mujinya avuga ko uterwa nâuko baba bari basanzwe bakorana na Leta iriho mu Rwanda, bahunga bakagenda barakaye, umujinya ukabakoresha, iki […]
Mwarimu unyigisha yaryamanye n'umukunzi wanjye ngo mbone amanota none ndumva nabuze amahoro, nkore iki?
Umusomyi wacu yatwandikiye adusaba ko twamugira inama ku kibazo kimuremereye yifuje kubasangiza ngo mu mugire inama. aragira ati”Nanditse ubu butumwa umutwe uri kundya, umutima wanjye wamenetse.umukunzi  wanjye yakoze ibintu agira ngo amafashe ariko aho bigeze ndumva ngiye kumureka.Ndi mu mwaka wa nyuma wa Kaminuza imwe hano I Kigali.Uyu mukobwa twamenyanye ngeze mu mwaka wa kabiri, gukundana […]
Igitero cyo ku munsi wâinyana (IGICE CYA 1)
Iki ni igitero cyabaye ku ngoma ya Yuhi IV Gahindiro, ahasaga mu mwaka wa 1746, uyu mwami yari afite uburyo yagabanyijemo iminsi ye, maze imirimo ye akayigabanya mu minsi umunani, afite gahunda ntatezuka. Buri munsi wagiraga umurimo, umushakira ibindi akamutegereza nimugoroba. Iminsi ye yari igabanije muri ubu buryo: -umunsi wa Mbere nâuwa Kabiri: Iyi yari […]
Gicumbi: Umunyamakuru wa RBA, Camile Athanase yagizwe Meya w'agateganyo
Nyuma y’uko bitangajwe ko uwari umuyobozi w’agateganyo w’akarere ka Gicumbi, Jean Claude Sewase Karangwa yeguye ataramara n’iminsi 7, njyanama y’aka karere yahise iterana itora umunyamakuru Camile Athanase aba ari we umusimbura by’agateganyo. Uyu Camille Athanase amaze imyaka irenga ibiri ari umujyanama wâAkarere ka Gicumbi, ubu akaba yari umunyamabanga wâiyi nama Njyanama yâAkarere hakiyongeraho no kuba […]
Bansezeranyije kunyica ariko nzapfa ndwana ku mitungu ya Mowzey Radio – Weasel Manizo
Umwe mu bagize itsinda rya Goodlyfe Weasel Manizo yatangaje ko azarwana kugeza ashizemo umwuka ariko imitungu ya mugenzi we Radio baririmbanaga mu itsinda rimwe ntizangizwe n’abashaka kuyisahura. Mukiganiro yagiriye kuri NBS TV ubwo yabazwaga ku bashaka kwigabiza imitungu ya mugenzi we Radio harimo na Murumuna wa Radion Frank Sekibogo maze ahamyako n’ubwo bamusezeranyije kuzamwica ark […]
Muhanga: nyuma y'ifungwa ry'insengero batonda umurongo imbere ya gare ngo basengerwe

Ni nde wishe Mzee Kabila? Ese umuhungu we, Joseph Kabila yaba agiye kuva ku buyobozi amuhoreye?
Ku wa 16 Mutarama 2001, nibwo inkuru yakwiriye Isi yose ko Perezida Laurent DĂ©siré Kabila wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo arashwe nâabamurindaga. Yaje gusimburwa nâumuhungu we Joseph Kabila, umaze imyaka 17 ku buyobozi ariko ataragaragaza ukuri ngo uwishe se amenyekane. Umwe mu barinzi ba Perezida Laurent Desire Kabila,Caporal Rachidi Kasereka (Kadogo), niwe warashe sebuja amasasu atatu […]
Burundi: Urukiko rwatangaje intsinzi kuri kamarampaka
Urukiko rurengera Itegeko Nshinga rwa Bujumbura rwatangaje kuri uyu wa Kane tariki ya 31 Gicurasi 2018 ko amatora ya kamarampaka yagenze neza mu mucyo ndetse abatoye âyegoâ bakaba bafite ubwiganze bunini ugereranije nâabatoye âoyaâ ku ivugurura ryâingingo yo mu itegekonshinga yemerera umukuru wâigihugu kuba yakongera kwiyamamaza bityo agakomeza kuyobora u Burundi. Imibare yatanzwe nâurukiko igaragaza […]
Afurika yâEpfo: Korali yâabakobwa b'abanyeshuri yaririmbye yambaye ubusa
Muri Repubulika yâAfurika yâEpfo, ikibazo cyâabana bâabakobwa bâabanyeshuri kahagurukije imbaga hibazwa icyaba cyabateye kuririmba bambaye ubusa, ibintu byatunguye bikanatangaza buri wese wababonye. Aba bana bâabanyeshuri biganjemo abakobwa bari mu marushanwa yo kuririmba, aho byageze bagakora ibiteye isoni byo kubyina bakuyemo imyenda amabere ari hanze buriburi ndetse no ku bice byo hasi bambaye utwenda twâimbere gusa. […]
Gicumbi: Meya Yeguye nta nâicyumweru aramara ku buyobozi
Uwari umuyobozi mushya wâakarere ka Gicumbi, Jean Claude Karangwa Sewase yeguye nyuma yâiminsi 6 gusa agizwe umuyobozi wâagateganyo wa kariya karere. Uyu muyobozi yashyizweho kuri uyu mwanya kuwa Gatanu wâicyumweru cyashize tariki ya 25 Gicurasi 2018, yerekwa abaturage bukeye bwaho mu muganda wo kuwa 26 nkâumuyobozi mushya wâagateganyo, yegura kuwa 31 muri uko kwezi. Ni […]
Ngoma: Aborozi baratabaza kubera indwara yitwa âRift valleyâ yica inka amarabira
Abaturage batuye mu karere ka Ngoma bavuga ko batewe impungenge nâindwara yibasiye inka zabo ndetse zimwe muri zo zikaba zirimo gupfa. Abaturage bavuga hashize ibyumweru bigera kuri bibiri inka zabo zifatwa nâindwara yababereye amayobera, abashinzwe ubworozi bavuga ko zibasiwe n’indwara ya âRift Valleyâ. Nizeyimana Emmanuel, avuga ko indawara yibasiye inka zabo yababereye amayobera ku buryo […]
Tanzania: Rwambikanye hagati yâumugore wa Diamond na mugenzi we bapfa ikanzu
Impaka za ngo turwane hagati ya Hamisa Mobetto wabyaranye na Diamond na mugenzi we, Alliyah ucuruza imyenda zirakomeje ku mbuga nkoranyambaga, bapfa kwiyitirira ikanzu. Abicishije ku mbuga nkoranyambaga, Hamisa yatangaje ko ikanzu yambaye mu birori byo gutangiza ku mugaragaro Wasafi TV ya Diamond Platnumz, ari iyadodewe mu iduka rye âMobetto Stylesâ. Iyi kanzu Hamisa yari […]
Umusore yivuganye mukase na bene se bapfa amasambu
Kuru uyu wa Gatatu tariki ya 31 Gicurasi 2018, polisi ya Uganda ikorera mu gace ka Kalungu yataye muri yombi umusore wâimyaka 22 yâamavuko nyuma yo kwica mukase ndetse na bene se bapfa ikibazo cyâamasambu. Uyu musore witwa Matia Kalimunda yasanze umuvandimwe we Musa-tafa Gwalamubisi kwa se ubabyara ahita amwica hamwe na Vincent Kasolo, mu […]
Mugimba J.B aremera imigabane ye muri RTLM, agahakana kuyitera inkunga mu bikorwa bya jenoside
Urukiko rukuru mu Rwanda rwasubukuye iburanisha ry’urubanza Bwana Jean Baptiste Mugimba aburanamo n’ubushinjacyaha ibyaha bya Jenoside. Uyu wahoze ari umunyamabanga mukuru w’ishyaka CDR yemereye urukiko ko yari afite imigabane muri Radiyo RTLM ahakana ko atigeze ayitera inkunga mu bikorwa bya jenoside. Ku munsi we wa nyuma wo kwiregura ku kirego cyâubushinjacyaha Bwana Jean Baptiste Mugimba […]