Umuraperi Chris Brown yongeye gutabwa muri yombi
Umuraperi wo muri Amerika wamenyekanye cyane nka Chris Brown yatawe muri yombi mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Nyakanga 20018. Uyu muhanzi wâicyamamare yatawe muri yombi na polisi ubwo yasangaga yamutegeye mu gace yari yakoreyemo igitaramo ka West Palm Beach gaherereye mu mujyi wa  Florida. Kugeza ubu, impamvu yâitabwa muri yombi […]
Umukuru wâitorero ryâigihugu, Bamporiki Edouard arasaba abamwita Umutahira kubireka
Umukuru wâItorero ryâIgihugu, Edouard Bamporiki, aravuga ko nta mutahira wâabantu ubaho ahubwo habaho uwâinka, akaboneraho gusaba abamwita umutahira kubireka. Bamporiki aragira atiâ Ubusanzwe Abanyarwanda bagiraga umutwe wâinka, bakanagira umutwe wâingabo.Ushinzwe umutwe wâingabo akitwa Umutware wâingabo, naho ushinzwe umutwe wâinka akaba ari we witwa Umutahira wazo.â Â âUnyita Umutahira wâintore rero biba bivuze ko intore zose ari […]
Ngoma: Umusore w'imyaka 23 akurikiranyweho gusambanya nyirakuru
Umusore witwa Munezero Said Navuko wo mu murenge wa Rurenge mu karere ka Ngoma mu Burasirazuba bwâu Rwanda, akurikiranyweho gusambanya ku ngufu nyirakuru wâimyaka 86, uyu mukecuru akaba avuga ko uyu mwuzukuru we basanzwe babana yamwihereranye akamurusha imbaraga akamusambanya ku gahato. Nkuko Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâumurenge wa Rurenge, Mapendo Gilbert, yabibwiye ikinyamakuru Ukwezi.com dukesha iyi nkuru, ngo […]
Minisitiri Busingye yibukije abapolisi basoje imyitozo ko batari hejuru yâitegeko
Kuri uy wa Gatanu tariki ya 6 Nyakanga 2018, Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa ya Leta, Johnston Busingye yasoje  icyiciro cya 14 cy’amahugurwa y’abapolisi bato mu muhango wabereye ku ishuri rya Polisi rya Gishari. Muri uyu muhango, minisitiri Busingye yibukije abapolisi basoje amasomo ko na bo bagomba kurangwa nâubunyamwuga mu kazi bakora ibigenwa nâitegeko ndetse yongeraho […]
Urutonde rwâabaperezida ba Afurika bishwe bakiri ku butegetsi- AMAFOTO
Bamwe mu bayobozi bâibihugu bya Afurika bagiye bicirwa ku buyobozi, bigakorwa nâabaturage ubwabo ariko rimwe na rimwe amahanga abiri inyuma, nâubu ugasanga imfu za bamwe zitarasobanuka. 10.Muhammad Anwar El-Sadat: Muhammad yapfuye mu 1981 afite imyaka 62 yâamavuko, yari Perezida wa Misiri, yahoze ari Visi Perezida, afata ubutegetsi asimbuye uwari Perezida, Gamel Abdel Nasser, yaje kwicwa […]
Misiri: Abantu 13 barimo nâuwari umujyanama wa Mohamed Morsi bakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko rukuru rwa Minisiri rwakatiye igifungo cya burundu abantu 13 barimo na Abdullah Shehata wari umunyamabanga wa perezida Morsi ukurikiranyweho ibikorwa byâiterabwoba muri kiriya gihugu. AFP ivuga ko aba bagabo bashinjwa gutunga no gukwirakwiza intwaro mu barwanyo bo mu mitwe yâiterabwoba ubwo perezida morsi yari akiri ku butegetsi, kurema imitwe yâiterabwoba, kwigisha abantu gukoresha ibiturika […]
Umusore wâimyaka 25 yakatiwe igifungo azira gukunda umudepitekazi
Umusore wâimyaka 25 witwa Brian Isiko, wiga muri kaminuza ya YMCA muri campus ya Jinja agiye kumara imyaka 2 mu munyururu nyuma yo kwemerera urukiko ko yakunze depite Sylvia Rwabwogo uhagarariye Kabarole mu nteko ishinga amategeko ya Uganda, akajya amwoherereza ubutumwa bwâurukundo undi yafataga nko kumutesha umutwe. Uyu musore Isiko yemeye ibyaha birimo kujujubya umuntu […]
Rwamagana: Umugore uhorwa kutaba âKavukireâ ahohoterwa ubuyobozi burebera
Umugore witwa Nyampinga Anisie utuye mu mudugudu wa Rutonde, akagari ka Bwiza, mu murenge wa Kigabiro, akarere ka Rwamagana, aratakamba asaba ubuyobozi kumurenganura kubera gutotezwa nâabaturanyi be bamuziza kutaba icyo yita âkavukireâ.  Nyampinga Anisie akorera ubucuruzi bwâakabari  mu mudugudu wa Rutonde, abana nâabana be batatu yasigiwe nâumugabo we witabye Imana, ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki […]
Uganda: Ari mu mazi abira azira amafoto yâubwambure bwa Lillian Rukundo, umukobwa wa Gen. Muhwezi
Igipolisi cya Uganda muri Kampala cyataye muri yombi umusore wâimyaka 30 nâumwunganizi we mu mategeko ku birego byâuko bashyize ku karubanda amafoto y’ubwambure bwâumukobwa wa Gen Muhwezi Mugyenyi witwa Lillian Rukundo, umunyeshuri mu mwaka wa 3 mu ishami ryâitangazamakuru nâitumanaho muri UCU University ahitwa Mukono. Umusore watawe muri yombi yitwa Ash-berg Katto utuye Ntinda mu […]
U Burundi buri gutsura umubano muri Kenya
Ku munsi wâEjo kuwa kane tariki ya 5 Nyakanga 2018, leta yâu Burundi yohereje intumwa muri Kenya gutsura umubano hagati yâibihugu byombi ugamije kuzamura imikoranire nâinyungu zâAbaturage bâu Burundi. Mu ruzinduko Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Burundi akaba nâintumwa idasanzwe ya perezida Nkurunziza, Ezechiel Nibigira yagiriye muri kenya, yavuze ko u Burundi bushaka umutekano uhamye ndetse […]
Nyamagabe: Umugabo uba mu Bubiligi yakatiwe burundu yâumwihariko kubera uruhare rwe muri jenoside
Urukiko rwâIbanze rwa Kaduha rwasomeye mu ruhame urubanza Ubushinjacyaha bwaburanagamo nâ Umugabo witwa Ndasingwa Jovith wari wasubirishijemo imanza yakatiwe nâinkiko Gacaca zimuhamya kugira Uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994, maze kuwa 29 Kamena rwemeza ko ahamwa nâibyaha rumuhanisha igifungo cya burundu yâumwihariko. Ndasingwa Jovith ubu uba mu gihugu cyâUbubiligi, akomoka mu murenge wa Musange […]
Gisenyi: Yafatanywe udupfunyika 662 twâurumogi yari yambariyeho plante
Polisi yâu Rwanda iraburira abishora mu biyobyabwenge; ni ukuvuga ababyinjiza mu gihugu, ababikwirakwiza babikura hamwe babijyana ahandi, ababicuruza nâababikoresha ko nâiyo bakoresha amayeri ameze ate bazafatwa kubera ko iyazi; ikaba igira inama ababikora kubireka bagakora ibindi byemewe nâamategeko. Ubu butumwa Polisi ibutanze nyuma yâaho hirya no hino mu gihugu hakomeje gufatirwa abantu bafite ibiyobyabwenge byâamoko […]
Abantu 15 baguye mu mirwano yabaye hagati y'igisirikare cya Uganda n'icya Congo
Ku munsi wâejo tariki ya 5 Nyakanga 2018, abasirikare 4 nâabasivile 3 bose bo muri Uganda baguye mu mirwano yahue kiriya gihugu nâabasirikare bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ku kiyaga cya Edouard. Umuyobozi wâakarere ka Beni muri Kivu ya Ruguru, Donat Kibwana avuga ko hari indi mirwano yahuje ibi bihugu mu gitondo cyo […]
Rusizi: Meya mushya yijeje kunoza imikoranire myiza nâitangazamakuru
Umuyobozi mushya wâakarere ka Rusizi, Kayumba Ephrem avuga ko agiye kuzahura imikoranire nâitangazamakuru itari yifashe neza nyuma yâaho uwari umuyobozi wako ucyuye igihe Harelimana FrĂ©dĂ©ric yigeze kumvikana mu mpera zâumwaka ushize abuza abaturage gukorana na ryo. Iki kibazo cyâimikoranire nâitangazamakuru muri aka karere cyavuzweho byinshi nâinzego zitandukanye ndetse nâabaturage bagasanga ibyo uyu muyobozi yari yavuze […]
Tumwe mu dutsiko twâiterabwoba duhanze amaso u Rwanda – Amb. Frank Mugambage
U Rwanda rukomeje kuvuga ko itabwa muri yombi ryâAbanyarwanda muri Uganda ridasobanutse, ariko rukemeza ko rwiyemeje kurushaho gukaza umubano hagati yâibihugu byombi nkâuko bitangazwa na ambasaderi wâu Rwanda I Kampala, Maj. Gen. (Rtd) Frank Mugambage ugaya uburyo hadakorwa iperereza ku mitwe yâiterabwoba ishaka guhungabanya ubutegetsi bwâu Rwanda yoroherezwa mu rujya nâuruza muri iki gihugu. Ambasaderi […]